Umunyamidelikazi Bianca yatangaje amakuru atashimishije abakunzi be habe na gato – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umunyamakuru akaba n'umunyamideli Uwamwezi Mugire uzwi nka Bianca yatangaje ko muri uyu mwaka atazakora ibirori by'imideli bizwi nka 'Bianca Fashion Hub' kubera ko hari ibyo ahugiyemo.

Ibi Bianca yabitangaje mu kiganiro yagiranye na InyaRwanda, avuga ko kuri iyi nshuro ibi birori bitazaba biturutse ku mpamvu nyinshi zirimo no kuba hari ibyo ahugiyemo.

Ati 'Muri uyu mwaka ibi birori ntibizaba kubera ko hari ibindi mpugiyemo niyo mpamvu.'

Source : https://yegob.rw/umunyamidelikazi-bianca-yatangaje-amakuru-atashimishije-abakunzi-be-habe-na-gato/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *