Hakenewe izindi mbaraga twifitemo mu guhangana n’icyorezo cya Coronavirus #rwanda #RwOT

Written by

in

Kuva kera ibibazo bitandukanye byarabaga, ndetse bikaba ingorabahizi. Nk’uko bisanzwe hari ubwo byasabaga amaboko aturutse hirya no hino. Duhereye no mu ngo iyo hadukaga ikibazo, byabaga byiza iyo abagize umuryango biyambaje ingufu z’abaturanyi. Ibi ariko ntabwo byavugaga ko ikibazo cyugarije bene cyo cyakemukaga burundu, ahubwo hari iturufu nziza yiyambazwaga.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *