Uko umugabo yamuharitse kubera ingaruka za COVID-19 #rwanda #RwOT

Written by

in

Ingaruka za Covid-19 ku isi zamaze kuba nyinshi; haba mu nzego z’ubuzima, ubukungu, imibereho n’imibanire y’abantu by’umwihariko mu miryango yagize ibibazo by’ubukene biturutse ku ihagarara ry’ibikorwa bimwe na bimwe byateye n’ibura ry’imirimo kuri bamwe. Mu Rwanda hari ingo zatakaje ubushobozi bwo kwitunga cyangwa kubasha kwibonera aho kuba, hari aho byateje amakimbirane hagati y’abashakanye ahandi bakabaho uko bidakwiye. Urugero ni urw’umuryango utuye mu Karere ka Kicukiro aho uwo muryango (…)

Urugo

Source : http://agasaro.com/spip.php?article4347

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *