Abafana ntibazajya banyagirwa! Sitade Amahoro iri kubakwa nk’iz’i Burayi yenda kuzura – VIDEWO – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Imirimo yo kubaka sitade Amahoro irarimbanyije aho ubu ikigezweho hari gusakarwa aho abafana bazajya bicara kugira ngo batajya banyagirwa.

Iyi sitade Amahoro biteganyijwe ko izuzura hagati mu mwaka wa 2024.

Source : https://yegob.rw/abafana-ntibazajya-banyagirwa-sitade-amahoro-iri-kubakwa-nkizi-burayi-yenda-kuzura-videwo/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *