Umukinnyi wabigize umwuga mu gusiganwa ku magare, Mugisha Moïse wamamaye muri ‘Tour De Rwanda’ yakoze impanuka ikomeye cyane ubwo yari mu myitozo – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umukinnyi wabigize umwuga mu gusiganwa ku magare, Mugisha Moïse, yakoze impanuka ikomeye akomereka urutugu ubwo yari mu myitozo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 6 Ugushyingo 2023.

Mu butumwa yasangije abamukurikira ku rukuta rwe rwa X, Mugisha Moïse yagize ati 'Harubwo tuzaramukira turi bazima ariko bwire tutakiri muruyu mubiri. Hashimwe yesu unkijije muruyu mugoroba. Urakoze Mana.'

Source : https://yegob.rw/umukinnyi-wabigize-umwuga-mu-gusiganwa-ku-magare-mugisha-moise-wamamaye-muri-tour-de-rwanda-yakoze-impanuka-ikomeye-cyane-ubwo-yari-mu-myitozo/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *