Nubwo ari kure ariko abazagerayo muzahirwa: Karasira Clarisse yijeje ibidasanzwe abakunzi be bazagera ahantu azakorera udushya – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Nubwo ari kure ariko abazagerayo muzahirwa: Karasira Clarisse yijeje ibidasanzwe abakunzi be bazagera ahantu azakorera udushya.

Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu Rwanda Karasira Clarisse yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yatumiye abakunzi be bose muri 'Concert' afite izaba tariki 20 Kanama 2023 ikaba izabera mu gihugu cya Portland.

Uyu muhanzikazi yatangaje ko abantu bazagera muri Portland abafitiye udushya twinshi.

Ifoto ya Karasira Clarisse ari kumwe n'umugabo we:

Source : https://yegob.rw/nubwo-ari-kure-ariko-abazagerayo-muzahirwa-karasira-clarisse-ari-kumwe-nurukundo-rwe-yatumiye-abakunzi-be-bose-abizeza-ibirenze-ibyo-bari-bamenyereye/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *