Ubudage Bwahaye Ukraine Inkunga ya Miliyari 3 z'Amadolari y'Amerika – Umuryango.rw #rwanda #RwOT

Written by

in

Perezida w'Ubudage Frank-Walter Steinmeier yakiriye Perezida Volodymyr Zelenskyy mu ngoro ye iri i Berlin mu murwa mukuru aho byari bitegenijwe ko abo bategetsi bombi bari bugirane ibiganiro bari kumwe n'abajyanama babo bane kuri buri ruhande.

Chancellier w'Ubudage Olaf Scholz,we yakirije Perezida Zelenskyy akarasisi ka gisirikare mbere y'uko bagirana ibiganiro.

Bitegenyijwe ko Perezida Zelenskky ari bukomereze mu mujyi wa Aachen aho ahabwa igihembo cyitiriwe Charlemagne, kigenerwa abantu bagize uruhare rukomeye mu guharanira ubumwe bw'Ubulayi.

Zelensky yshimiye Ubudage asinya no mu gitabo cyagenewe abashyitsi kiri mu ngoro y'umukuru w'igihugu

Source : https://umuryango.rw/amakuru/mu-mahanga/politiki/article/ubudage-bwahaye-ukraine-inkunga-ya-miliyari-3-z-amadolari-y-amerika

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *