Amarira menshi n’agahinda mu muhango wo gusezera bwa nyuma umuhungu wa Mama Nick – VIDEWO – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Gicurasi 2023 mu mujyi wa Kigali, Nyamirambo murugo kwa Mukakamanzi Beatha wamamaye muri filime nyarwanda mu mazina ya Mama Nick habereye umuhango wo gusezera bwa nyuma umuhungu we.

Uyu muhango waranzwe n'amarira menshi witabiriwe n'inshuti ndetse n'abo mu muryango we.

Uyu nyakwigendera witwa Uwitonze Fabrice yatabarutse kuwa Gatanu, tariki 19 Gicurasi 2023, azize irwara y'umutima.

Source : https://yegob.rw/amarira-menshi-nagahinda-mu-muhango-wo-gusezera-umuhungu-wa-mama-nick/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *