Nyina ashobora kuba aroga! Umukobwa ugize imyaka 33 akiri isugi akomeje gushyira benshi mu rujijo – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umukobwa w'uburanga akomeje gushyira benshi mu rujijo nyuma yo gutangaza ko agize imyaka 33 akiri isugi.

Umukinnyikazi wa Filime mu gihugu cya Nigeria, Destiny Etiko yatangaje isi yose nyuma yo kuvuga ko akiri isugi.

Uyu mukobwa uzwi cyane yatangaje ibi ubwo yaganiraga n'itangazamakuru gusa nyuma yaje kongera gushyira abantu mu rujijo ababaza uwababwiye ko ari isugi.

Ukuri ni ukwanyirako, ubu biracyari urujijo mu bafana b'uyu mukobwa w'imiterere idasanzwe ukomeje kwemeza ko ari isugi akongera akabihakana.

Source : https://yegob.rw/nyina-ashobora-kuba-aroga-umukobwa-ugize-imyaka-33-akiri-isugi-akomeje-gushyira-benshi-mu-rujijo/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *