Bahahinduye muri Lodge: Ishyamba risambanyirizwamo abanyeshuri b’abakobwa, rikomeje guteza uruntu runtu – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Mu mu Murenge wa Rukara, mu Kadere Karere ka Kayonza, haravugwa ko hari ishyamba ryabaye indiri y'abasambanya abanyeshuri b'abakobwa.

Abatuye aho bavuga ko iryo shyamba riganwa n'abagabo bari kumwe n'abanyeshuri b'abakobwa baba bagiye gusambanya.

Amakuru avuga ko abo bagabo bashukisha abo bana utuntu tw'utureshya bana ni uko bagacunga bugorobye maze bakabajyana muri iryo shyamba kugira ngo babasambanye.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Ummurenge wa Rukara, Nyirabizeyimana Immaculée, yavuze ko iryo shyamba batari barizi.

Source : https://yegob.rw/bahahinduye-muri-lodge-ishyamba-risambanyirizwamo-abanyeshuri-babakobwa-rikomeje-guteza-uruntu-runtu/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *