Ngoga Emile yasohoye indirimbo ikomoka ku buzima bw’umwana biganye wari ubayeho mu bukene #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuhanzi nyarwanda uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ngoga Emile, yasohoye indirimbo yitwa ‘Wirira’ yakomotse ku buzima bw’umwana biganye, kubera ubukene bwari mu muryango we abandi bajya gutaha we akumva yakwigumira ku ishuri kuko iwabo ntabyo kurya yahabonaga.

source https://igihe.com/iyobokamana/muzika/article/ngoga-emile-yasohoye-indirimbo-ikomoka-ku-buzima-bw-umwana-biganye-wari-ubayeho

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *