Perezida Trump yasabiye umunyamakuru wavuze ko yise abasirikare ba Amerika ’ibigwari’ kwirukanwa #rwanda #RwOT

Written by

in

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yasabiye umunyamakuru wa Televiziyo yo muri iki gihugu ya Fox News witwa Jennifer Griffin kwirukanwa nyuma y’uko ahamije ko uyu mukuru w’igihugu yavuze amagambo atesha agaciro abasirikare ba Amerika.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *