Byagenze bite ngo u Rwanda rugire igisirikare nyuma y’Ubukoloni? #rwanda #RwOT

Written by

in

Imyaka isaga 60 irashize u Rwanda rugize igisirikare cyarwo bwite kirinda ubusugire n’umutekano by’abagituye, nyuma y’indi isaga 60 igihugu cyari kimaze mu bukoloni bw’u Budage n’u Bubiligi.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *