Hagati yanjye na mama hagombaga gupfa umwe, aba ari we ugenda – Ibitaramenyekanye ku buzima bwa Fireman #rwanda #RwOT

Written by

in

Uwimana Francis uzwi nka Fireman ni umusore w’imyaka 29 uherutse gufata icyemezo cyo gutera ivi asaba umukobwa bakundana ko yazamubera umugore. Iyo muganiriye umwanya munini akubwira inkuru ndende y’ubuzima bwe bwiganjemo inzira z’inzitane.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *