Itsinda rya Biden ryavuze kuri Trump wibaza ku nkomoko ya Kamala Harris, ribyita kwisuzuguza #rwanda #RwOT

Written by

in

Itsinda rishinzwe kwamamaza Joe Biden, umukandida w’ishyaka ry’aba-Democrates, ryasubije mu mvugo ikarishye Perezida Donald Trump wavuze ko yumvise ko Kamala Harris uziyamamazanya na Biden yaba atujuje ibisabwa byo kuba Visi Perezida.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *