Tag: news

  • S. Africa Fines Pharmacy Chain For Jacking Up Mask Prices #rwanda #RwOT

    South Africa’s Competition Tribunal has fined Dis-Chem Pharmacies 1.2 million rand (70,300 U.S. dollars) for charging exorbitant prices for surgical masks during the COVID-19 pandemic.

    Dis-chem, one of South Africa’s major pharmacy chains, hiked prices by 261 percent on the day when the country reported its first COVID-19 on March 5.

    “Dis-Chem’s conduct was not only exploitative to the detriment of consumers but also reprehensible in the context of COVID-19, and requires serious sanction,” the tribunal ruled on Tuesday.

    Shortly after the guilty verdict, Dis-Chem released a statement, saying it was unfair and contained errors of fact and law.

    The company argued that the case focused on a short time period in March without considering the full context in which its local suppliers had no stock and it had to pay higher prices to import millions of masks.

    source https://taarifa.rw/s-africa-fines-pharmacy-chain-for-jacking-up-mask-prices/

  • Ni ibicucu gusa – Zari Hassan nyuma yo gutukwa #rwanda #RwOT

    Umugandekazi w’umuherwe wibera muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan yasabye abantu bo mu bwoko bwe bwa Basoga guhaguruka bakarwanira uburenganzira bwabo, ni nyuma yo gutukwa azizwa ko yari yibajije niba Bobi Wine afite ubushobozi bwo kuyoboa Uganda.

    Mu minsi ishize uyu mugore w’abana 5 yifashe amashusho yibaza niba Bobi Wine afite ubushobozi bwo kwiyamamariza kuyobora Uganda, ntabwo byakiriwe neza akaba yaratutswe n’abantu batandukanye.

    Nyuma yo gutukwa akaba yongeye kwifata andi mashusho ashishikariza abantu bo mu bwoko bwe[Basoga], kutagira umutwe wa politiki n’umwe bashyigikira ahubwo bakarema uwabo, kuko iyo bashyigikiye yose nta n’umwe ubitayeho.

    Yagize ati“twebwe Basoga reka dushinge ishyaka ryacu rya politike kuva abo bose batadukunda ubundi dutangire urugamba rwacu. Ni ibicucu gusa. Nta cyaha twakoze kuba Basoga. Nta kintu ncuruza Kampala habe n’umuziki, nta n’ubwo ndi no kuri televiziyo ngo ndasubira hasi. Reka tuzamure ijwi ryacu.

    Zari Hassan akaba yarabwiye abanya-Uganda ko kuba bakeneye impinduka bashaka usimbura Museveni kuko abarambiye, bagakwiye gutekereza k’ugiye kumusimbura bakareba niba koko afite ubwo bushobozi, ari n’aho yahereye yibaza niba Bobi Wine koko afite ubwo bushobozi bwo kuba perezida wa Uganda.

    Zari yatutswe ubwo yibazaga niba Bobi Wine afite ubushobozi bwo kuyobora Uganda

    Bobi Wine yemeje ko aziyamamariza kuyobora Uganda

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/ni-ibicucu-gusa-zari-hassan-nyuma-yo-gutukwa

  • Afrobeat Superstar Tiwa Savage Returns With Brand New Single “DANGEROUS LOVE #rwanda #RwOT

    Nigerian-born singer, songwriter and fashion icon TIWA SAVAGE – widely regarded as the ‘Queen of Afrobeats’ – releases her brand new single, “Dangerous Love,” via Motown Records. The song is the first official single taken from her long-awaited fourth studio album ‘CELIA’, aptly named after her mother. Listen to “Dangerous Love” HERE.

    Produced by Cracker Mallo and recorded in Tiwa’s home city of Lagos, Nigeria, “Dangerous Love” is the perfect blend of R&B and Afrobeats.

    With a powerful, enchanting chorus and silky ‘afro’ beat throughout, the mid-tempo record is a representation of Tiwa’s musical growth and preview to her upcoming project.

    “Dangerous Love is such a vibe! It’s a song that is basically about a girl who is dipping in and out of a ‘relationship’ with a guy that really doesn’t deserve her time or attention. She knows that he is bad for her but she gambling with her heart anyway.” Says Tiwa Savage. “I feel like every girl and maybe guys too can relate to this one.” 

    Savage’s fearlessness in combining various genres has paid off, earning her abundance of award wins and recognitions.

    In 2018 she made history by becoming the first female to win the MTV European Award for ‘Best African Act’. She has since earned four Channel O Music Video Awards nominations, five World Music Award nominations, MTV Africa Music, BET & MOBO Award nominations and many more.

    In 2019 she signed an exclusive recording contract with Universal Records and in September released her first global single titled ’49-99’ under Motown Records.

    In May, 2020, Tiwa Savage graced the cover of Billboard Magazine’s first issue devoted entirely to Africa alongside Afrobeat superstars Davido and Mr Eazi.

    Tiwa was born in Lagos, Nigeria, where she lived until the age of 11 when her parents decided to move to London.

    In her early days, like most families, she would attend church with her parents and soon developed a love for performing and relocated to London. At the age of 16, Tiwa found herself singing backing vocals for George Michael.

    As a result of that session, Tiwa quickly found further work over the years with the likes of Mary J. Blige, Kelly Clarkson, Emma Bunton and Blu Cantrell.

    Despite having already completed a degree in Business Administration at the University of Kent, she was focused to continue pursuing music and received a scholarship at the esteemed Berklee College of Music in Boston, Massachusetts.

    With her newfound strength to push forward with music, Tiwa moved from London to New York City and began taking meetings with various producers and industry professionals.

    Inspired and stimulated by the lack of true female superstars in her home country, she moved back to Nigeria.

    Savage has also been active in her philanthropic endeavors, supporting various youth engagement organizations and breast cancer screening projects across Nigeria and further afield.

    Tiwa also is very active in #JusticeForUwa, loudly voicing her disgust at the rape of a young girl in a church in Nigeria, and creating an instagram page @WeAreTiredNg where rape victims can speak out.

    source https://taarifa.rw/38819-2/

  • Karongi: Polisi yataye muri yombi Abantu 13 bacukura Amabuye y’Agaciro. #rwanda #RwOT

    Ku wa mbere tariki ya 06 Nyakanga, mu Kagali ka Birambo mu murenge wa Gashari mu Karere ka Karongi, Polisi y’U Rwanda yataye muri yombi Abaturage 13 nyuma yo gusangwa mu Mugezi wa Mashyiga bari kuyungurura Amabuye y’Agaciro bacukuye mu buryo butemewe n’Amategeko.

    Nkuko byatangajwe n’umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba CIP Bonaventure Karekezi, ngo aba baturage bafashwe biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage basanzwe bababona baje muri ubwo bucukuzi.

    Yagize ati” twari dufite amakuru ko Umugezi wa Mashyiga wangiritse, kandi ukangizwa n’itaka rituruka mu bucukuzi butemewe bw’amabuye y’agaciro. Ku bufatanye n’uzindi nzego rero n’Abaturage, twagiye aho ibyo bikorwa bibera dufatira 13 mu cyuho bari kuyungurura Ayo bari bamaze gucukura.”

    Yavuze kandi ko Aba bacukura aya mabuye babikora mu buryo butemewe n’amategeko, ndetse bakanayagurisha ku bacuruzi batemewe n’amategeko. Yibukije abaturage ko ubucukuzi bw’Amabuye y’agaciro bugira inzira bukorwamo zemewe n’Amategeko, ko bityo ushaka kubukora yakwegera inzego zibishinzwe zikamufasha.

    Yasabye Abaturage kwirinda ibikorwa bitemewe n’Amategeko, kuko uzajya abifatirwamo azajya abihanirwa n’amategeko. Yabasabye kandi gukomeza kurwanya abantu nk’abo baza kwangiza ibidukikije. Yavuze ko Leta itazicara ngo irebere abo bantu.

    Itegeko N° 58/2018 ryo ku wa 13/08/2018 ingingo ya 54 ivuga ko Umuntu wese ushakashaka, ucukura, utunganya, ucuruza amabuye y’agaciro cyangwa kariyeri nta ruhushya, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi abiri (2) ariko kitarenze amezi atandatu (6) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni eshanu (5.000.000 FRW) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.Abatawe muri yombi na polisi bacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe.

    The post Karongi: Polisi yataye muri yombi Abantu 13 bacukura Amabuye y’Agaciro. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/karongi-polisi-yataye-muri-yombi-abantu-13-bacukura-amabuye-yagaciro/

  • Miss josiane akomeje gutungura benshi mu mafoto iyi minsi #rwanda #RwOT

    Miss Mwiseneza Josiane ni umwe mu banyarwandakazi bamenywe na benshi biciye mu marushanwa ya Miss Rwanda 2019 uyu mukobwa yitabiriye ndetse akaba yaranegukanye ikamba rya Miss Popularity 2019 ariwe Nyampinga wakunzwe n’abantu benshi mu mwaka wa 2019. Kuva ubwo uyu mukobwa yamenyekanye cyane ndetse izina Mwiseneza Josiane risakara hirya no hino ku isi.

    Miss Mwiseneza Josiane

    Mu minsi ishize, Mwiseneza Josiane yashyize hanze amafoto agaragaza imiterere y’umubiri we nyuma aza gushyira hanze andi amugaragaza arimo kurya isi ku mazi. Mu masaha ashize uyu mukobwa yongeye kugaragara mu yandi mafoto agaragaza ikibuno cye bigaragara ko uyu mukobwa yabyibushye cyane.

    source https://www.hillywood.rw/?p=74729

  • Sunny yahawe inkwenene nyuma y’ifoto igaragaza imfundiko ziri ku maguru ye yashyize hanze. #rwanda #RwOT

    Umuhanzikazi Sunny ni umwe mu banyarwandakazi bamaze igihe bavugwa cyane muri iyi minsi. Kuvugwa cyane kwa Sunny kwiyongereye cyane muri iyi minsi kubera amashusho aherutse gushyira hanze yambaye ubusa bikaba byaratumye abantu benshi bamumenya.

    Sunny

    Sunny rero ku munsi w’ejo, abinyujije kurukuta rwe ra Instagram yashyize hanze ifoto agaragaza imfundiko ziri ku maguru ye maze ahabwa inkwenene na benshi mu bafana be bamukurikirana ku rubuga rwa instagram.

    Iyi niyo foto Sunny yashyize kuri instagram ye

    Sunny akimara gushyira hanze iyi foto, benshi mu bafana be ndetse n’abamukurikirana ntibaripfanye bivuye inyuma bavuga ku miterere ye ndetse banabisanisha nibyo amazemo iminsi akora benshi bakunze kuvuga ko bidahwitse. Si ibyo gusa ahubwo banavuze no ku maguru ye agaragaraho imfundiko.

    The post Sunny yahawe inkwenene nyuma y’ifoto igaragaza imfundiko ziri ku maguru ye yashyize hanze. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/sunny-yahawe-inkwenene-nyuma-yifoto-igaragaza-imfundiko-ziri-ku-maguru-ye-yashyize-hanze/

  • Umuraperi Neg G The General yatangaje amagambo akomeye ateguriza kugaruka kwe muri muzika Nyarwanda. #rwanda #RwOT

    Ngenzi Serge ukoresha amazina ya Neg G The General, mu muziki byumwihariko injyana ya hip hop abarizwamo kuva na cyera, yahishuye ko agiye kugarukana mu muziki imbaraga zidasanzwe.

    Ni nyuma yuko uyu musore amaze igihe gito cyane avuye ku cyirwa cya Iwawa gisanzwe kigorerwamo urubyiruko rukoresha ibiyobyabwenge we na bagenzi be barimo Young Tone ndetse na Fireman wavuyeyo mbere yabo, Abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook Neg G The general yatangaje amagambo agaragaza imigabo n’imigambi agiye kugarukana muri muzika
    Umuraperi Neg G The General uteganya kongera gukora umuziki.

    Neg G yagize ati “Kuvuka gushya kwa Neg G, Kuvuka gushya kwa Hip hop nyarwanda” Uyu musore atangaje aya magambo nyuma yuko hari hashize amasaha macye mugenzi we bakoranye igihe kinini mu itsinda UTP Soldiers, Riderman ashyize hanze indirimbo nshya yise “Padre” nayo ikubiyemo amagambo yo guhamya ibigwi n’imyato bye muri Hip Hop nyarwanda nkaho agira ati “Abaraperi bo mu Rwanda bakwiye kumenya ko ari njye nkingi ya mwamba muri Hip hop nyarwanda”

    Bamwe mu bari bagize itsinda rya UTP Soldiersryakunzwe cyane mu myaka ya za 2005

    Neg G The General uri mu baraperi batangije injyana ya Hip hop Crack & Raggaton” yamenyekanye cyane mu ndirimbo zitandukanye zirimo “Parler, Internat, Umurabyo, Karara, Abashomeri” ndetse n’izindi nyinshi, Yajyanywe Iwawa nyuma yo gufatwa akoresha ikiyobyabwenge cyo mu bwoko bwa Heroine kizwi nka “Mugo”
    Neg G kandi yaherukaga kumvikana mu ndirimbo “Nshingukaho” yafatanyijemo na Amag The Black

    The post Umuraperi Neg G The General yatangaje amagambo akomeye ateguriza kugaruka kwe muri muzika Nyarwanda. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/umuraperi-neg-g-the-general-yatangaje-amagambo-akomeye-ateguriza-kugaruka-kwe-muri-muzika-nyarwanda/

  • Imbwa yiyahuye nyuma yo kumenya ko shebuja apfuye #rwanda #RwOT

    Iyi mbwa yasimbutse muri etage ahantu harehare. Iyi mbwa yari itunzwe n’ umuryango w’abadogiteri babiri.

    Dr. Anita Raj, umugore wa Dr. Rajkumar Sachaan, yitabye Imana ku wa Gatatu w’icyumweru gishize azize indwara y’ impyiko yari amaranye igihe.

    Ubwo umurambo wa nyakwigendera wari usanywe mu rugo, iyi mbwa yagize agahinda kenshi itangira kumoka mu buryo budasanzwe. Umuhungu wa shebuja ayishumika muri sitoke.

    Ubwo bari bagiye gushyingura iyi mbwa yasohotse muri sitoke ijya kuri etage ya kane irasimbuka igwa hasi ihita ipfa.

    Dr. Rajkumar yatangarije ibinyamakuru byo mu Buhinde ko iyi mbwa umugore we yayitoraguye mu myaka 13 ishize.

    Dr Anita yatoraguye iyi mbwa imeze nabi arayivura kuva ubwo itangira kuba mu muryango we.

    source http://www.ukwezi.rw/Udushya/article/Imbwa-yiyahuye-nyuma-yo-kumenya-ko-shebuja-apfuye

  • Mary akeneye umusore bakundana bakabana akamufasha kurera abana. #rwanda #RwOT

    Nitwa Furaha Mary mfite imyaka 38 umugabo wanjye yitabye Imana mu myaka 4 ishize. Umugabo wanjye twakundanye urukundo rw’ukuri tubana neza imyaka 10 tubyarana abana 4 abahungu 3 n’umukobwa umwe, nyuma aza gufatwa n’indwara iramuhitana nsigara ndera abana ndi umwe. Ibi mu bihe bya mbere ntibyangoye ariko nyuma y’uko umugabo wanjye apfuye nahise ntangira ubucuruzi ngira amahirwe burampira buraguka cyane ntangira kujya mbura umwanya wo kwita ku bana. Kurera abana b’abahungu uri umugore biragoye niyo mpamvu nshaka umusore wakwemera ko tubana akamfasha kurera abana akababera se akajya abashyiraho igitsure kugira ngo babashe kugendera mu murongo muzima. Uwumva twakundana anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    The post Mary akeneye umusore bakundana bakabana akamufasha kurera abana. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/mary-akeneye-umusore-bakundana-bakabana-akamufasha-kurera-abana/