Blog

  • Kigali: Umugabo uvuga ko yakorewe ihohoterwa n’umugore we arasaba kurenganurwa na Perezida

    Habarugira n’umugore we, Ingabire Vestine basezeranye imbere y’amategeko mu 2008, baza gusezerana imbere y’Imana ku wa 30 Gicurasi 2009.

    Ubwo bashakanaga umugore yari afite abana batatu barimo abahungu babiri n’umukobwa umwe, ubu umukuru muri bo afite imyaka irenga 20.

    Muri rusange abana bafitanye ni batanu kuko bamaze kubyarana babiri biyongera kuri abo batatu umugore yazanye. Umugabo avuga ko abana umugore yazanye babandikishije mu muryango bitwa abana mu rugo.

    Habarugira avuga ko kuva mu 2011, umugore we yatangiye kwadukana imyitwarire idahwitse, atangira kujya ava mu rugo akajya mu Ntara rimwe na rimwe akanararayo kandi umugabo atabizi.

    Mu buryo bw’amajwi n’amashusho, Habarugira yaganiriye na UKWEZI, agaruka kuby’agahinda afite yatewe n’icyo yita ihohoterwa ryo mu buriri, irishingiye ku mutungo ndetse rimwe na rimwe ngo umugore yamufataga mu mashati ashaka kumukubita.

    Yagize ati “Mu 2011, yadukanye imico idasanzwe rimwe na rimwe akava mu rugo akagenda mu ntara za Muhanga, Nyagatare n’ahandi henshi kandi akagenda ntabizi. Naje kumubaza ikibimutera arambwira ngo azabicikaho nindamuka nemeye ikintu kimwe yansabaga.”

    “Nibwo yambwiraga ati, amafaranga yose ukoreye uzajya uyanyuza mu ntoki, nyakoreshe gahunda z’urugo zirimo kwishyurira abana amashuri, guhaha, kwishyura inzu ndetse asagutse nkazayashyira kuri konti kugeza igihe azagwira tukazemeranye ikintu cyo kuyakoresha.”

    Reba hano ikiganiro cyose twagiranye

    Uyu mugabo akomeza avuga ko yaje kwemera kubahiriza ibyo yasabwaga n’umugore we [Icyo gihe yari umushoferi wigisha amategeko y’umuhanda no gutwara imodoka], atangira kujya ahembwa amafaranga yakoreye yose akayahereza umugore.

    Habarugira avuga ko byaje kugera nyuma wa mugore atangira kujya akoresha ya mafaranga uko yishakiye noneho ngo atangira kujya ayakoreshamo amatike ajya mu mahanga mu bagabo.

    Yavuze ko bitarangiriye aho kuko byageze aho umugore akajya amubwira ko ari imbwa kandi yanamuteza abagabo be bakamukubita.

    Ati “Muri uko kubana gutyo ikintu cyaje kubisembura ngatangira no kumujyana mu buyobozi ni uko yandwanyaga. Yarampimye sinagenda dore ko yambwiraga ati wowe uri imbwa njyewe mfite abandi bagabo bakomeye batari nkawe.”

    “Akambwira ati wowe ntacyo uvuze, uri imbwa ahubwo banakwica niba waranze kugenda ni akazi kawe uzahura n’ibibazo. Ibyo narabiretse bikajya birangira ariko igihe cyaje kugera akajya amfata mu mashati kugira ngo nimvuga amfatanye na ba bana be bankubite. Icyo gihe uko yamfataga nararaga mu ruganiriro.”

    Amakuru avuga ko byaje kugera nyuma aba bombi bagura ikibaza mu Karere ka Kamonyi, bubakamo inzu ariko nyuma umugore aza guca ruhinga nyuma yiyandikishaho iyi mitungo.

    Habarugira ati “Urumva ko ari ihohoterwa rishingiye ku mitungo naryo nararikorewe.”

    Mu mpera za Gicurasi uyu mwaka nibwo ubuyobozi bw’Akagari ka Munanira bwafashe icyemezo cy’uko aba bombi baba batandukanye by’agateganyo nk’uko bigaragara mu ibaruwa ikinyamakuru UKWEZI gifitiye kopi.

    Ku wa Mbere w’iki cyumweru nibwo uyu mugore yafashe ibintu bye arimuka ariko agiye kwimuka atwara ibintu byose byo munzu ku buryo uyu Habarugira avuga ko yasigaye iheruhero.

    Uyu mugabo kuri ubu uri gusembera acumbika mu nshuti ze yavuze ko yifuza kurenganurwa n’ubuyobozi bukuru bw’igihugu kuko inzego z’ibanze zakomeje kugenda gake muri iki kibazo cye kimaze imyaka myinshi.


    Reba hano ikiganiro cyose twagiranye

    Click here for more…
    from #Bangladesh #News aka Bangladesh News Now!!!

  • Kigali: Umugabo uvuga ko yakorewe ihohoterwa n’umugore we arasaba kurenganurwa na Perezida

    Habarugira n’umugore we, Ingabire Vestine basezeranye imbere y’amategeko mu 2008, baza gusezerana imbere y’Imana ku wa 30 Gicurasi 2009.

    Ubwo bashakanaga umugore yari afite abana batatu barimo abahungu babiri n’umukobwa umwe, ubu umukuru muri bo afite imyaka irenga 20.

    Muri rusange abana bafitanye ni batanu kuko bamaze kubyarana babiri biyongera kuri abo batatu umugore yazanye. Umugabo avuga ko abana umugore yazanye babandikishije mu muryango bitwa abana mu rugo.

    Habarugira avuga ko kuva mu 2011, umugore we yatangiye kwadukana imyitwarire idahwitse, atangira kujya ava mu rugo akajya mu Ntara rimwe na rimwe akanararayo kandi umugabo atabizi.

    Mu buryo bw’amajwi n’amashusho, Habarugira yaganiriye na UKWEZI, agaruka kuby’agahinda afite yatewe n’icyo yita ihohoterwa ryo mu buriri, irishingiye ku mutungo ndetse rimwe na rimwe ngo umugore yamufataga mu mashati ashaka kumukubita.

    Yagize ati “Mu 2011, yadukanye imico idasanzwe rimwe na rimwe akava mu rugo akagenda mu ntara za Muhanga, Nyagatare n’ahandi henshi kandi akagenda ntabizi. Naje kumubaza ikibimutera arambwira ngo azabicikaho nindamuka nemeye ikintu kimwe yansabaga.”

    “Nibwo yambwiraga ati, amafaranga yose ukoreye uzajya uyanyuza mu ntoki, nyakoreshe gahunda z’urugo zirimo kwishyurira abana amashuri, guhaha, kwishyura inzu ndetse asagutse nkazayashyira kuri konti kugeza igihe azagwira tukazemeranye ikintu cyo kuyakoresha.”

    Reba hano ikiganiro cyose twagiranye

    Uyu mugabo akomeza avuga ko yaje kwemera kubahiriza ibyo yasabwaga n’umugore we [Icyo gihe yari umushoferi wigisha amategeko y’umuhanda no gutwara imodoka], atangira kujya ahembwa amafaranga yakoreye yose akayahereza umugore.

    Habarugira avuga ko byaje kugera nyuma wa mugore atangira kujya akoresha ya mafaranga uko yishakiye noneho ngo atangira kujya ayakoreshamo amatike ajya mu mahanga mu bagabo.

    Yavuze ko bitarangiriye aho kuko byageze aho umugore akajya amubwira ko ari imbwa kandi yanamuteza abagabo be bakamukubita.

    Ati “Muri uko kubana gutyo ikintu cyaje kubisembura ngatangira no kumujyana mu buyobozi ni uko yandwanyaga. Yarampimye sinagenda dore ko yambwiraga ati wowe uri imbwa njyewe mfite abandi bagabo bakomeye batari nkawe.”

    “Akambwira ati wowe ntacyo uvuze, uri imbwa ahubwo banakwica niba waranze kugenda ni akazi kawe uzahura n’ibibazo. Ibyo narabiretse bikajya birangira ariko igihe cyaje kugera akajya amfata mu mashati kugira ngo nimvuga amfatanye na ba bana be bankubite. Icyo gihe uko yamfataga nararaga mu ruganiriro.”

    Amakuru avuga ko byaje kugera nyuma aba bombi bagura ikibaza mu Karere ka Kamonyi, bubakamo inzu ariko nyuma umugore aza guca ruhinga nyuma yiyandikishaho iyi mitungo.

    Habarugira ati “Urumva ko ari ihohoterwa rishingiye ku mitungo naryo nararikorewe.”

    Mu mpera za Gicurasi uyu mwaka nibwo ubuyobozi bw’Akagari ka Munanira bwafashe icyemezo cy’uko aba bombi baba batandukanye by’agateganyo nk’uko bigaragara mu ibaruwa ikinyamakuru UKWEZI gifitiye kopi.

    Ku wa Mbere w’iki cyumweru nibwo uyu mugore yafashe ibintu bye arimuka ariko agiye kwimuka atwara ibintu byose byo munzu ku buryo uyu Habarugira avuga ko yasigaye iheruhero.

    Uyu mugabo kuri ubu uri gusembera acumbika mu nshuti ze yavuze ko yifuza kurenganurwa n’ubuyobozi bukuru bw’igihugu kuko inzego z’ibanze zakomeje kugenda gake muri iki kibazo cye kimaze imyaka myinshi.


    Reba hano ikiganiro cyose twagiranye

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/2/article/Kigali-Umugabo-uvuga-ko-yakorewe-ihohoterwa-n-umugore-we-arasaba-kurenganurwa-na-Perezida

  • Musanze FC yatandukanye n’abakinnyi 8

    Nyuma yo kongerera abakinnyi 3 amasezerano ikagura abandi 3, Musanze FC yamaze gutandukana n’abandi 8.

    Mu ijoro ryakeye ni bwo Musanze FC yongereye amasezerano abakinnyi 3 ndetse igura n’abandi 3.

    N’ubwo hari bakinnyi baguze bivuze ko hari abo igomba gutandukana na bo harimo 5 basoje amasezerano ndetse n’abandi batatu bari bagifite amasezerano bagomba gusezererwa.

    Mu basoje amasezerano barimo; Maombi Jean Pierre, Nduwayezu Jean Paul Chouchou, Touya Jean, Gabiro Claude na Mugenzi Cedric.

    Abakinnyi batatu bari bagifite amasezerano ariko bakaba bagomba gutandukana n’iyi kipe ni; Ernest Adeola, Okwecuku Okay bari bagifite imyaka 2 n’umunyezamu Muhawenayo Gad.

    Uretse aba bakinnyi biteganyijwe ko abandi bakinnyi 3 barimo umunyezamu Ntaribi Steven, Samson Okwecuku na Kyambadde Fred bashobora kwinjira

    Mugenzi Cedric(22) mu bakinnyi bagomba gutandukana na Musanze FC

    Click here for more…
    from #Bangladesh #News aka Bangladesh News Now!!!

  • Musanze FC yatandukanye n’abakinnyi 8

    Nyuma yo kongerera abakinnyi 3 amasezerano ikagura abandi 3, Musanze FC yamaze gutandukana n’abandi 8.

    Mu ijoro ryakeye ni bwo Musanze FC yongereye amasezerano abakinnyi 3 ndetse igura n’abandi 3.

    N’ubwo hari bakinnyi baguze bivuze ko hari abo igomba gutandukana na bo harimo 5 basoje amasezerano ndetse n’abandi batatu bari bagifite amasezerano bagomba gusezererwa.

    Mu basoje amasezerano barimo; Maombi Jean Pierre, Nduwayezu Jean Paul Chouchou, Touya Jean, Gabiro Claude na Mugenzi Cedric.

    Abakinnyi batatu bari bagifite amasezerano ariko bakaba bagomba gutandukana n’iyi kipe ni; Ernest Adeola, Okwecuku Okay bari bagifite imyaka 2 n’umunyezamu Muhawenayo Gad.

    Uretse aba bakinnyi biteganyijwe ko abandi bakinnyi 3 barimo umunyezamu Ntaribi Steven, Samson Okwecuku na Kyambadde Fred bashobora kwinjira

    Mugenzi Cedric(22) mu bakinnyi bagomba gutandukana na Musanze FC

    source http://isimbi.rw/siporo/article/musanze-fc-yatandukanye-n-abakinnyi-8

  • Rayon Sports yahembye

    Nyuma y’igihe mu ikipe ya Rayon Sports havugwamo ibibazo by’amikoro, kuri ubu iyi kipe yaraye ihembye abakinnyi ba yo ibirarane by’amezi 2 yari ibafitiye.

    Kuva muri Werurwe 2020 ubwo shampiyona yahagarikwakaga kubera icyorezo cya COVID-19, yahise ihagarika imishahara y’abakinnyi kuko yabonaga itagifite ubushobozi bwo gukomeza kubahiriza amasezerano bagiranye, ibi bikaba byaratumye hazamuka umwuka mubi muri iyi kipe ndetse igenda inyura mu bibazo binyuranye.

    Nyuma y’ubwumvikane abakinnyi bemeye guhara ukwezi kwa Mata 2020, bivuze ko yari ifitiye abakinnyi ibirare by’amezi 2, Gashyantare na Werurwe 2020.

    Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo perezida w’iyi kipe, Munyakazi Sadate yatangaje ko yihaye iminsi 3 akaba yakemuye ibibazo biri muri Rayon Sports harimo n’ikibazo cy’imishahara.

    Amakuru ISIMBI yamenye ikesha bamwe mu bakinnyi b’iyi kipe ni uko baraye bahembwe n’ubwo abakinnyi bose batarayabona ariko bamwe baraye bayabonye.

    N’ubwo hari abatarayabona n’abandi bizeye ko uyu munsi bwira bayabonye kuko badahemberwa muri banki zimwe akaba ari yo mpamvu bamwe bayabonye abandi ntibayabone.

    Umwe yagize ati“ibyo ni ukuri, bamwe bayabonye abandi ntibarayabona ariko urumva ntibahemba bamwe ngo abandi babareke ubwo byatewe n’uko badahemberwa muri banki zimwe.”

    Ku kijyanye n’amafaranga iyi kipe ifitiye abakinnyi baguzwe batarishyurwa(recruitment), amakuru avuga ko mu minsi mike na yo baratangira kuyatanga.

    Bamwe mu bakinnyi ba Rayon Sports baraye babonye umushahara

    Click here for more…
    from #Bangladesh #News aka Bangladesh News Now!!!

  • Rayon Sports yahembye

    Nyuma y’igihe mu ikipe ya Rayon Sports havugwamo ibibazo by’amikoro, kuri ubu iyi kipe yaraye ihembye abakinnyi ba yo ibirarane by’amezi 2 yari ibafitiye.

    Kuva muri Werurwe 2020 ubwo shampiyona yahagarikwakaga kubera icyorezo cya COVID-19, yahise ihagarika imishahara y’abakinnyi kuko yabonaga itagifite ubushobozi bwo gukomeza kubahiriza amasezerano bagiranye, ibi bikaba byaratumye hazamuka umwuka mubi muri iyi kipe ndetse igenda inyura mu bibazo binyuranye.

    Nyuma y’ubwumvikane abakinnyi bemeye guhara ukwezi kwa Mata 2020, bivuze ko yari ifitiye abakinnyi ibirare by’amezi 2, Gashyantare na Werurwe 2020.

    Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo perezida w’iyi kipe, Munyakazi Sadate yatangaje ko yihaye iminsi 3 akaba yakemuye ibibazo biri muri Rayon Sports harimo n’ikibazo cy’imishahara.

    Amakuru ISIMBI yamenye ikesha bamwe mu bakinnyi b’iyi kipe ni uko baraye bahembwe n’ubwo abakinnyi bose batarayabona ariko bamwe baraye bayabonye.

    N’ubwo hari abatarayabona n’abandi bizeye ko uyu munsi bwira bayabonye kuko badahemberwa muri banki zimwe akaba ari yo mpamvu bamwe bayabonye abandi ntibayabone.

    Umwe yagize ati“ibyo ni ukuri, bamwe bayabonye abandi ntibarayabona ariko urumva ntibahemba bamwe ngo abandi babareke ubwo byatewe n’uko badahemberwa muri banki zimwe.”

    Ku kijyanye n’amafaranga iyi kipe ifitiye abakinnyi baguzwe batarishyurwa(recruitment), amakuru avuga ko mu minsi mike na yo baratangira kuyatanga.

    Bamwe mu bakinnyi ba Rayon Sports baraye babonye umushahara

    source http://isimbi.rw/siporo/article/rayon-sports-yahembye

  • Mu bantu 10 bashya ba Covid-19 babonetse, Rusizi hari abo ifitemo

    Imibare yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ku buryo y’icyorezo cya Covid-19 kiriwe gihagaze kuri uyu wa 05 Kamena 2020, hatangajwe ko abantu 10 babonetse mubipimo 1,558 byafashwe none. Aba bantu, babonetse mu turere twa Rusizi na Rusumo, bitangazwa ko n’abo babonanye batangiye gukurikiranwa. Imibare ya Rusizi mu minsi ine iri hejuru y’abantu 35. Ubu Umurenge wa Kamembe n’indi imwe n’imwe iri muri Guma mu rugo.

    Uko ishusho y’umunsi yerekanwe; 

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/mu-bantu-10-bashya-ba-covid-19-babonetse-rusizi-hari-abo-ifitemo/

  • Mu bantu 10 bashya ba Covid-19 babonetse, Rusizi hari abo ifitemo

    Imibare yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ku buryo y’icyorezo cya Covid-19 kiriwe gihagaze kuri uyu wa 05 Kamena 2020, hatangajwe ko abantu 10 babonetse mubipimo 1,558 byafashwe none. Aba bantu, babonetse mu turere twa Rusizi na Rusumo, bitangazwa ko n’abo babonanye batangiye gukurikiranwa. Imibare ya Rusizi mu minsi ine iri hejuru y’abantu 35. Ubu Umurenge wa Kamembe n’indi imwe n’imwe iri muri Guma mu rugo.

    Uko ishusho y’umunsi yerekanwe; 

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Click here for more…
    from #Bangladesh #News aka Bangladesh News Now!!!

  • Musanze FC yasinyishije abakinnyi 6, babiri na bo bari hafi

    Ikipe ya Musanze FC yaraye isinyishije abakinnyi 6 barimo batatu basanzwe bakinira iyi kipe mu gihe abandi 3 ari bashya bazaba bayikinira umwaka utaha w’imikino.

    Iyi kipe yo mu Majyaruguru y’u Rwanda ikaba yaratangiye kwitegura umwaka w’imikino utaha isinyisha umutoza Seninga Innocent.

    Ku mugoroba w’ejo hashize ni bwo ibi byose byabaye, muri Faradja Hotel i Musanze, babanje kongera amasezerano bahereye kuri Mussa Ally Sova wari usigaje umwaka ariko iyi kipe ihita imwongerera amasezerano y’imyaka 2. Dushimumugenzi Jean kimwe na Habyarimana Eugene bari basoje amasezerano bongerewe imyaka 2.

    Myugariro wo ku ruhande rw’ibumoso usoje amasezerano muri Sunrise FC, Niyonsuti Gad bakunze kwita Evra yabimburiye abandi kuba yasinyira Musanze FC amasezerano y’imyaka 2.

    Ndizeye Innocent [Kigeme], wakiniraga Mukura VS na we yaraye asinyiye ikipe ya Musanze FC amasezerano y’imyaka 2.

    Rutahizamu wa Heroes FC, umwe mu basore bigaragaje umwaka ushize w’imikino, Munyeshyaka Gilbert uzwi nka Lukaku ni umwe mu bo Musanze yasinyishije amasezerano y’imyaka 2.

    Ba rutahizamu Fred Kyambadde na Samson Ikwecuku bo bakaba banze gusinya badahawe amafaranga, Musanze FC na yo ibasaba ko bagomba kuzana impapuro zibarekura zivuye mu makipe bakiniraga ‘release letter’, bakaba bazitumyeho biteganyijwe ko zibageraho uyu munsi bagahita basinyira Musanze FC

    Evra usoje amasezerano muri Sunrise yamaze gusinyira Musanze FC

    Kigeme(w’imihondo) yasinye muri Musanze FC imyaka 2

    Moussa Ally Sova yongereye amasezerano muri Musanze FC

    source http://isimbi.rw/siporo/article/musanze-fc-yasinyishije-abakinnyi-6-babiri-na-bo-bari-hafi

  • Ndi muri gahunda z’umutoza rwose – Sibomana Patrick Papy

    Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira Young Africans muri Tanzania, Sibomana Patrick Papy avuga ko atazi aho inkuru zirimo kumuzana mu Rwanda ziri guturuka cyane ko we akiri muri gahunda z’umutoza w’iyi kipe Luc Eymael.

    Uyu musore usoje umwaka we wa mbere muri Young Africans, avuga ko yatunguwe no kuba arimo abona inkuru zimugarura mu Rwanda kandi agifite amasezerano muri iyi kipe.

    Yabwiye ISIMBI ko avugana n’umutoza ndetse ko yamweretse ko ari muri gahunda ze z’umwaka utaha w’imikino bityo ko gutandukana na yo bitarimo.

    Yagize ati“njyewe ndacyafite amasezerano hano muri Young Africans, nta kibazo na kimwe. Umutoza ndi muri gahunda ze cyane turavugana, ibyo bindi simbizi.”

    Yinjiye muri Young Africans umwaka ushize wa 2019 avuye muri Mukura VS, yayisinyiye imyaka 2 ubu akaba asoje umwaka we wa mbere.

    Mu mikino nyafurika ya CAF Champions League, yayikiniye imikino 6 ayitsindira ibitego 2, ni mu gihe muri shampiyona afite ibitego 5 ndetse n’imipira 3 yavuyemo ibitego.

    Umusaruro we muri Yanga

    Papy ngo nta gahunda yo kuva muri Tanzania afite

    Ngo umutoza Luc Eymael amufite muri gahunda

    source http://isimbi.rw/siporo/article/ndi-muri-gahunda-z-umutoza-rwose-sibomana-patrick-papy