Blog

  • Bimwe mu byo ubuyobozi bwa APR FC bwaraye buganiriye n’abakinnyi #rwanda #RwOT

    Ku munsi w’ejo hashize ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwakoze inama n’abakinnyi b’iyi baganira ku ngingo zinyuranye aho kimwe mu byo basabwe ari ukwitwara neza mu mikino nyafurika ya CAF Champions League ya 2020-2021 izitabira.

    Ni inama yabaye mu gitondo cyo ku wa 3 Kanama 2020 ibera Kimihurura ku biro by’iyi kipe aho isanzwe ikorera ibikorwa byayo bya buri munsi.

    Iyi nama yari iyobowe n’umuyobozi wungirije w’iyi kipe, Maj. Gen Mubaraka Munganga, yitabiriwe n’abakinnyi, staff technique(abatoza) n’abandi bari mu buyobozi bw’iyi kipe.

    Uyu muyobozi yatangiye ashmira abakinnyi uburyo bitwaye muri COVID-19 cyane ko nta n’umwe wiyongereye ibiro.

    Muri iya nama kandi ni naho bahereye ikaze abakinnyi bashya baguzwe babereka bagenzi babo, babereka umuryango mugari wa APR FC bazafatanya gushakira intsinzi APR FC mu mwaka uataha w’imikino.

    Abakinnyi 4 baherutse kugurwa berekaniwe muri iyi nama

    Abakinnyi baganirijwe byinshi by’ibanze ku hazaza h’ikipe, intego ifite mu myaka iri imbere, icyo basabwa n’ibyo abakinnyi basabwa.

    Nk’uko urubuga rw’iyi kipe rubitangaza, Maj. Gen. Mubaraka Muganga ku byerekeranye n’imikino nyafurika ya CAF Champions League bazitabira, abakinnyi n’abatoza basabwe kuzarenga icyiciro cy’ijonjora bakagera byibuze mu mikino y’amatsinda, ni mu gihe ikipe yiteguye gukora ibyo isabwa kugira bagere ngo kuri iyo ntego.

    Yagize ati”Impavu nyamukuru yaduhurije aha, ni ukugira ngo tugire ibyo tuganiraho bijyanye n’intego dufite umwaka utaha w’imikino, turifuza kwitwara neza hano iwacu nk’uko mwabikoze umwaka ushize ariko cyane cyane nditsa ku mikino nyafurika ari nayo ntego yacu nyamukuru. Umwaka utaha turifuza kugera mu matsinda y’imikino nyafurika, kwegukana ibikombe by’imikino yo mu karere (CECAFA) tutibagiwe n’andi marushanwa yose akinirwa hano mu Rwanda.”

    Nk’ibisanzwe, APR FC ni ikipe yitsa kandi igarukirana imyitwarire y’abakinnyi ba yo, ushobora kunanirwa gukina ariko ufite ikinyabupfura aho bakwihangira. Muri iyi nama abakinnyi bongeye kwibutswa amahame iyi kipe igenderaho, basabwa kurangwa n’ikinyabupfura aho bari hose yaba mu kibuga cyangwa hanze yacyo.

    Babwiwe ko bazihanganira byinshi ariko umukinnyi witwara nabi uwo nta mwanya aba agifite muri APR FC.

    Ni inama yabaye hakurikijwe uburyo bwo kwirinda COVID-19

    Abakinnyi basabwe gukomeza gukurikiza amabwiriza yo kurwanya COVID-19 ariko banakurikiza gahunda y’umutoza abaha ijyanye no gukora imyitozo muri ibi bihe bya COVID-19.

    Umutoza Adil ndetse na kapiteni w’iyi kipe, Manzi Thierry bijeje ubuyobozi bw’iyi kipe ko bazakora ibishoboka byose bakagera ku ntego nk’ikipe biyemeje.

    Manzi Thierry yijeje ubuyobozi kugera ku ntego biyemeje

    source http://isimbi.rw/siporo/article/bimwe-mu-byo-ubuyobozi-bwa-apr-fc-bwaraye-buganiriye-n-abakinnyi

  • DRC Court To Rule On Provisional Release Of Vital Kamerhe #rwanda #RwOT

    Congo’s former all powerful Vital Kamerhe is expected to know later Tuesday whether he could win a provisional release from prison.

    The Court of Cassation convened on Monday to hear an appeal against the judgment of the Kinshasa Gombe Court of Appeal on Vital Kamerhe’s request for provisional release.

    According to the judicial system in DRC, the Court of Cassation has jurisdiction over all civil and criminal matters triable in the judicial system, and is the supreme court of appeal in these cases.

    After hearing Kamerhe’s request for provisional release, the court said on Monday that it would give a ruling in not more than 48 hours.

    Last week, the Kinshasa Gombe Court of Appeal rejected Vital Kamerhe’s request for provisional release. Vital Kamerhe’s lawyers raised an argument of “the deterioration of his state of health”.

    Vital Kamerhe’s lawyers moved to convince the president of the Court of Cassation Ibanda following the refusal of the Court of Appeal of Kinshasa / Gombe to grant provisional release to their client.

    “The court must rule on the bail refused by the Court of Appeal,” he said on his Twitter account and added: “The hearing is over,” Kamerhe’s lawyers said.

    Kamerhe is currently sentenced to 20 years of forced labor for embezzling public funds as part of President Tshisekedi’s 100-day emergency program, in its construction component prefabricated houses including Samih Jammal and Muhima Ndoole.

    Vital Kamerhe remains in detention at Makala Prison.

    At the court of cassation, Vital Kamerhe maintained that the judges of the Kinshasa Gombe court of appeal did not say the right thing in the council chamber. They made an analogical reasoning, made deductions on allegations without proof, he added.

    He asked the judges of the court to re-analyze the conditions for his provisional release by referring to the code of criminal procedure (articles 27 to 32).

    However, the appeal trial has already started but the case has been postponed until August 7 by the Kinshasa-Gombe Court of Appeal.

    The postponement was granted to the accused party in order to regularize the proceedings against the civil party, the DRC.

    source https://taarifa.rw/drc-court-to-rule-on-provisional-release-of-vital-kamerhe/

  • Three Arrested Selling Dog Meat #rwanda #RwOT

    Three young men in their 20s have been arrested red handed with dog meat which they were attempting to sell to unsuspecting clients.

    The suspects have only been identified as Ihimbazwe (aged 20), Yangeneye (aged 22) and Nshimiyimana (27). They are residents of Gikumba village, Gikoma cell in Ruhango district.

    Jean Bosco Nizeyimana the executive secretary at Ruhango sector was quoted saying that he was aware of the incidence but didn’t have more details.

    According to a local newsblog Umuseke, the suspects had bought the dog from Alexis Gasatsi on Sunday but the dog bit Dusingizimana a resident who was later rushed to Kinazi hospital.

    On realising that the situation had turned complicated, the owners of this dog decided to slaughter it and sold the meat claiming it was goat meat but residents burst their ploy.

     

    source https://taarifa.rw/three-arrested-selling-dog-meat/

  • Kenya’s High Oil Prices Could Have Ripple Effects In Rwanda #rwanda #RwOT

    Rwanda’s economy could be braced for tough times as fuel prices not far away in Kenya rise to a 12-month high according to statistics from Central Bank of Kenya (CBK).

    The East African economy said on Monday that its fuel inflation rose for the fourth straight month to hit 8.6 per cent in July, up from 4.5 per cent in March.

    A careful analysis of this data shows that it is the first time since June last year for Kenya’s fuel inflation to be above food inflation.

    Oil prices and levels of inflation are often seen as being connected in a cause-and-effect relationship. As oil prices move up, inflation—which is the measure of general price trends throughout the economy—follows in the same direction higher.

    Earlier this year, oil prices collapsed amid the COVID-19 pandemic and economic slowdown. OPEC and its allies agreed to historic production cuts to stabilize prices, but they dropped to 20-year lows. So far oil prices are shooting higher and higher because of effects of growing scarcity.

    Kenya has an advantage of being a coastal country which makes importation of oil products much easier directly from OPEC suppliers.

    However, in Kenya, Diesel and petrol prices last month jumped by Sh17.30 and Sh11.38 per litre, respectively—the fastest single month jump in 13 years—blunting the pace of easing cost of living.

    For land locked countries like Rwanda importing the already highly priced oil in OPEC is again further affected by transport costs and the final consumer will definitely fork out extra cash per litre.

    The costs of energy and transport will now be of concern to the economy given that it affects the pricing of goods and services in many other sectors such as transport, manufacturing and agriculture.

    source https://taarifa.rw/kenyas-high-oil-prices-could-have-ripple-effects-in-rwanda/

  • Kenya’s High Oil Prices Could Have Ripple Effects In Rwanda #rwanda #RwOT

    Rwanda’s economy could be braced for tough times as fuel prices not far away in Kenya rise to a 12-month high according to statistics from Central Bank of Kenya (CBK).

    The East African economy said on Monday that its fuel inflation rose for the fourth straight month to hit 8.6 per cent in July, up from 4.5 per cent in March.

    A careful analysis of this data shows that it is the first time since June last year for Kenya’s fuel inflation to be above food inflation.

    Oil prices and levels of inflation are often seen as being connected in a cause-and-effect relationship. As oil prices move up, inflation—which is the measure of general price trends throughout the economy—follows in the same direction higher.

    Earlier this year, oil prices collapsed amid the COVID-19 pandemic and economic slowdown. OPEC and its allies agreed to historic production cuts to stabilize prices, but they dropped to 20-year lows. So far oil prices are shooting higher and higher because of effects of growing scarcity.

    Kenya has an advantage of being a coastal country which makes importation of oil products much easier directly from OPEC suppliers.

    However, in Kenya, Diesel and petrol prices last month jumped by Sh17.30 and Sh11.38 per litre, respectively—the fastest single month jump in 13 years—blunting the pace of easing cost of living.

    For land locked countries like Rwanda importing the already highly priced oil in OPEC is again further affected by transport costs and the final consumer will definitely fork out extra cash per litre.

    The costs of energy and transport will now be of concern to the economy given that it affects the pricing of goods and services in many other sectors such as transport, manufacturing and agriculture.
    http://dlvr.it/Rcy5MD

  • Perezida wa Afurika y’Epfo yise “Impyisi” abasahurira muri Covid-19”, abateguza ko agiye kubahagurukira #rwanda #RwOT

    Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’epfo yaburiye abo yise “impyisi” bungukira mu mafaranga ya Leta agenewe kurwanya icyorezo cya coronavirus, avuga ko bagiye kukabona. Aba barimo abakozi ba Leta, abacuruzi n’undi wese usahurira muri iki cyorezo.

    Aya magambo ya Perezida Ramaphosa akubiye mu itangazo asohora buri cyumweru, agenewe abategetsi muri Leta bashinjwa gufata amasoko ya Leta, abacuruzi bahanika ibiciro ku bikoresho byo kwirinda, n’abategetsi bo mu nzego z’ibanze bari kwirundaho inkunga y’ingoboka y’ibiribwa igenewe abatishoboye.

    Yagize ati: “Kugerageza kungukira mu makuba ari guhitana ubuzima bw’abaturage bacu buri munsi ni igikorwa cyo gutoragura. Ni nk’itsinda ry’impyisi zizengurutse inyamaswa y’umuhigo yakomeretse. Turi kubona ubujura bukorwa n’abantu na kompanyi batagira umutima-nama”.

    Mu cyumweru gishize, umuvugizi wa Perezida Ramaphosa yafashe ikiruhuko nyuma yuko umugabo we avuzweho kugira aho ahuriye n’itangwa ry’amasoko yo mu rwego rw’ubuzima rwo mu ntara ya Gauteng. Uwo mugore n’umugabo we bahakana bavuga ko nta kibi na kimwe bakoze.

    Perezida Ramaphosa yasezeranyije ko agiye gufatira ingamba zikomeye abazahamwa no kwiyitirira amafaranga agenewe kurwanya Covid-19. Yagize ati: “Abo bizagaragara ko barenze ku mategeko ngo bikungahaze binyuze muri aya makuba ntabwo ibyo [basahuye] bazabirya mu mahoro, hatitawe ku cyo bari cyo cyangwa uwo baziranye na we”.

    Afurika y’epfo ni cyo gihugu cya mbere cyashegeshwe na Covid-19 kurusha ibindi bihugu byo muri Afurika. Kugeza ubu nkuko BBC ibitangaza, abanduye coronavirus muri icyo gihugu barenga 500,000, muri bo abarenga 8,000 imaze kubica nkuko imibare ya Kaminuza ya Johns Hopkins yo muri Amerika ibigaragaza.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/perezida-wa-afurika-yepfo-yise-impyisi-abasahurira-muri-covid-19-abateguza-ko-agiye-kubahagurukira/

  • Mu Bwongereza hagiye gutangizwa uburyo bwo gupima Covid-19 n’ibicurane munsi y’iminota 90 #rwanda #RwOT

    Ibipimo bishya byo gupima coronavirus mu minota 90 umuntu akaba yabonye igisubizo bigiye gutangizwa mu Bwongereza mu nzu zita ku bageze mu zabukuru no muri za ‘laboratoires’ guhera mu cyumweru gitaha.

    Leta y’ubwongereza, ivuga ko ubu buryo bwo gupima umurwayi agahita abona igisubizo akihibereye, bizafasha gutandukanya abarwaye Covid-19 n’abarwaye izindi ndwara ziza bitewe n’igihe cy’umwaka kigezwemo.

    Umunyamabanga w’ubuzima w’Ubwongereza yavuze ko ibi bizaba “ingirakamaro cyane” muri iki gihe cy’ubukonje bwinshi. Kugeza ubu, ibisubizo bingana na bitatu bya kane by’ibipimo biba byafashwe biboneka mu masaha 24, naho kimwe cya kane cyabyo bishobora kuboneka hashize iminsi ibiri.

    Leta itangaje ibi nyuma yo kwigiza inyuma intego yari yihaye yuko mu kwezi gushize kwa karindwi 2020 yari kuba yatangiye gupima mu buryo buhoraho abakora mu nzu zita ku bageze mu zabukuru ndetse n’abageze mu zabukuru, ivuga ko ibikoresho byo gupima byarushijeho kuba bikeya.

    Hafi ibipimo bishya 500,000 byo gupima mu buryo bwihuse, bizwi nka LamPORE, mu cyumweru gitaha bizaba byamaze kugezwa mu nzu zita ku bageze mu zabukuru no muri za ‘laboratoires’, nkuko leta ibivuga.

    Biteganyijwe ko ibindi bipimo bishya bibarirwa muri za miliyoni bitangira gukoreshwa nyuma yaho muri uyu mwaka. Ikindi, imashini zibarirwa mu bihumbi zipima DNA (ADN) zizatangira gukoreshwa guhera mu kwezi gutaha kwa cyenda mu bitaro bitandukanye by’ikigo cy’ubuzima cy’Ubwongereza kizwi nka NHS. Imashini ipima DNA izwi nka ‘Nudgebox’.

    Izo mashini zari zaramaze gukoreshwa mu bitaro umunani byo mu murwa mukuru London, zikaba zishobora gusesengura ibipimo byafashwe mu mazuru.

    Urwego rw’ubuzima rwa leta y’Ubwongereza rwavuze ko imashini zirenga gato 5,000 zizapima abantu miliyoni 5,8 mu mezi ari imbere.

    Kugeza ubu nta mibare iriho igaragaza uko ibyo bipimo bishya bitahura neza neza uburwayi. Ariko Regius Professor Sir John Bell wigisha ubuvuzi bw’abantu kuri Kaminuza ya Oxford mu Bwongereza, umaze igihe agira inama leta ku bijyanye no gupima, yavuze ko ibyo bipimo bishya bitanga “umusaruro” umwe n’ibipimo bisanzweho byo muri ‘laboratoire’.

    Matt Hancock, umunyamabanga ushinzwe ubuzima w’Ubwongereza, yavuze ko uku guhanga udushya kundi kubayeho mu gupima coronavirus “kuzarokora ubuzima”. Yongeyeho ati: “Ibipimo bishya bya coronavirus bibarirwa muri za miliyoni bizatanga ibisubizo umuntu akihibereye mu gihe cy’iminota iri munsi ya 90, bidufashe gusenya byihuse uruhererekane rw’ubwandu”.

    Yongeraho ati: “Kuba ibi bipimo bishobora gutahura ibicurane ndetse na Covid-19, ni ingirakamaro cyane muri iki gihe turi kwerekeza mu gihe cy’ubukonje bwinshi, kugira ngo abarwayi bakurikize inama ijyanye n’uburwayi bw’ukuri bafite ngo birinde barinde n’abandi”.

    Kugeza ubu mu Bwongereza ibipimo bya coronavirus bifatwa haganwa ibigo byagenwe ndetse no ku bitaro ku barwayi n’abandi bakozi bamwe b’ikigo NHS. Ibikoresho byo kwipima bishobora no gushyirwa ku muryango w’inzu kugira ngo abantu bipime bo ubwabo. Ibipimo byafashwe bisesengurirwa muri ‘laboratoire’ mbere yuko igisubizo gishyikirizwa uwo muntu wipimye.

    Bitandukanye n’izindi ndwara ziza mu gihe runaka cy’umwaka, abanduye Covid-19 basabwa kwishyira mu kato mu gihe cy’iminsi 10.

    Mu gihugu cy’Ubwongereza, nkuko BBC ibitangaza, hamaze gutangazwa abantu barenga 300,000 bamaze kwandura icyorezo cya coronavirus kuva yagera muri iki gihugu, muri bo abarenga 46,000 yarabishe nkuko imibare ya Kaminuza ya Johns Hopkins yo muri Amerika ibigaragaza.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com
    http://dlvr.it/Rcxl5M

  • Seif wa APR FC arakora ubukwe na Belyse mu kwezi gutaha #rwanda #RwOT

    Umukinnyi ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya APR FC, Niyonzima Olivier Seif, nyuma yi gutera ivi asaba Mushambokazi Belyse ko yazamubera umugore, bazakora ubukwe mu kwezi gutaha kwa Nzeri 2020.

    Ku Cyumweru tariki ya 8 Werurwe bari Quiet Haven Nyarutarama mu mujyi wa Kigali ni bwo Sefu imbere y’inshuti n’abavandimwe yasabye Belyse bamaranye umwaka n’igice bakundana ko yazamubera umugore maze igihe asigaje ku Isi bakazakimarana. Yaravuze ngo yego Seif yashyize ivi hasi asaba Belyse ko yazamubera umugore

    Nyuma yo gutera ivi yabwiye ISIMBI ko atazi igihe azakorera ubukwe ariko abiteganya muri Nyakanga cyangwa Kanama 2020. Belyse ni we wanyuze umutima wa Seif

    Mu cyo benshi bakunze kwita Save the Date mu mvugo y’iki gihe, aba bombi bateguje abantu ko bazakora ubukwe tariki ya 6 Nzeri 2020. Save the Date ya Seif na Belyse

    Seif avuga ko impamvu yahisemo kuzamarana ubuzima bwe bwose asigaje ku Isi na Mushambokazi Belyse ari uko ari we mukobwa yasanze umunyura kandi bahuje byinshi.
    http://dlvr.it/Rcxl66

  • Military Plane Crashes In Cameroon, No Fatalities Reported #rwanda #RwOT

    A Cameroonian military plane crashed in a bush during landing at Maroua Airport in the country’s Far North region on Sunday, but there were no fatalities, local authorities said.

    The plane sped off the runway following landing and crashed in the bush, authorities said.

    Several people, including civilians and soldiers, were injured and were immediately rushed to the hospital to receive medical attention.

    The cause of the incident has not been established, but preliminary investigations indicate it was caused by “poor weather,” according to military sources. 

    source https://taarifa.rw/military-plane-crashes-in-cameroon-no-fatalities-reported/

  • Imbuto Foundation Holds Retreat, Makes Renewed Commitments #rwanda #RwOT

    Imbuto Foundation held a staff annual virtual retreat on Monday and reflected on personal and professional achievements in 2019.

    The Foundation said staff are committed to keep serving the Rwandan community with renewed energy, and adapting to the new normal as a result of the current #COVID19 pandemic.

    Imbuto Foundation is a charity organisation founded by the First Lady, Mrs. Jeannette Kagame, to support the development of a healthy, educated, and prosperous society.It focuses on the provision of knowledge and skills to the youth in a variety of fields, including health, education, mentorship, and self-development.

    The Deputy Director General of Imbuto Foundation, Geraldine Umutesi, said the institution will continue investing in solutions that will alter the spread of #COVID19, locally, regionally and globally.

    “Self-discipline and abiding to the measures put in place by the government will be our way to defeat this pandemic,” she told the team.Joel Murenzi, the Youth Empowerment Unit Coordinator said the team is not working to improve the lives of Rwandans, “we are working to transform the lives of Rwandans. These unusual times call for us to serve Rwandans more than we ever did before.”

    Radegonde Ndejuru, a Board member and Advisor to the First Lady, who also attended the retreat said that, “Our emotions can negatively or positively impact our working relationships. For us to remain relevant, efficient and effective in our everyday work, we must have empathy  and constantly improve our emotional intelligence.”

    The Foundation is currently running a campaign to promote and support youth in the creative industry as a contribution to the ongoing efforts of economic recovery.

    With a Rwf300 million fund, the initiative dubbed the ‘Cultural and Creative Industry (CCI) recovery plan’ in partnership with ArtRwanda –Ubuhanzi project, the Ministry of Youth and Culture, the Rwanda Language Academy of Language and Culture (RALC) and Imbuto Foundation will benefit dozens of youths from around the country.

    Previous winners of Art-Rwanda Ubuhanzi pose for a photo with officials.

    What challenge do you want to solve in the creative industry in regards to #COVID__19?

    Do you have an innovative project that responds to that challenge?

    If yes, then you stand a chance to win a Rwf10 Million for your project!

    APPLY BEFORE AUGUST 7th: https://t.co/MNBPGJrNm3

    — ArtRwanda – Ubuhanzi (@ubuhanziRw) July 31, 2020

    source https://taarifa.rw/imbuto-foundation-holds-retreat-makes-renewed-commitments/