Blog

  • Umuhanzi Chris Gikundiro yasohoye amashusho y’indirmbo “Afite imbaraga” #rwanda #RwOT

    Umuhanzi Chris Gikundiro ubarizwa muri Australia ari naho akorera umuziki, yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yise “Afite imbaraga” irimo ubutumwa buvuga ko Yesu Kristo afite imbaraga zimira izindi bityo ibyo abantu bahura nabyo n’ibyo babona ari we ubigena.

    Chris Gikundiro yatangiye kuririmba mu 2014 atangirira muri korali y’urusengero. Mu mwaka wa 2019 ni bwo yatangiye gukora indirimbo ze bwite. Kugeza ubu amaze gushyira hanze indirimbo 4 ari zo; ‘Mperumutima’ (yakoranye na Esron), ‘Agakiza’, ‘Mwami we’ (yakoranye na Gentil Misigaro) ndetse n’iyi nshya yashyize hanze yitwa ‘Afite imbaraga’. Yavuze ko afite n’izindi nyinshi ziri gutunganywa muri studio.

    Yaragize ati:”Mu ndirimbo zanjye ubutumwa burimo cyane ni ukwamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, kubwira abantu uwo ari we ndetse no kubibutsa iby’ubugingo, guhumuriza abaremerewe n’ibibazo ndetse no kwibutsa abantu umumaro wo gutunga Kristo mu buzima bwabo”. Aya ni amagambo ya Chris Gikundiro ubwo yari abajijwe ubutumwa yibandaho iyi yandika indirimbo ze. Umuhanzi Chris Gikundiro

    Uyu muhanzi avuga ko imbogamizi ahura nazo mu muziki atari nyinshi cyane. Yavuze ko afite gahunda yo gukora indirimbo nyinshi cyane ndetse no gukora ibitaramo hirya no hino ku Isi. Ati “Mfite gahunda yo gukora indirimbo nyinshi (albums) ndetse no gukora ibitaramo bitandukanye ku isi hose”. Yatangaje ko indirimbo ari gushyira hanze azikorera muri Rock Net studio yo muri Australia ndetse na Hetivu Music y’i Kigali.

    Chris Gikundiro kimwe n’abandi benshi ku isi, nawe yagizweho ingaruka n’icyorezo cya Coronavirus cyakomye mu nkokora gahunda iremereye yari afite yo gukora ibitaramo. Ati “COVID-19 yaje mfite gahunda yo kujya mu yindi City (undi mujyi) gukorayo igitaramo turagisubika”. Yagize icyo asaba abakunzi b’umuziki, ati “Ubutumwa nababwira ni uko barushaho gusengera impano kugira ngo bahore ku gicaniro cy’Imana kuko ni umurimo ukomeye cyane, kandi babikore intego ari ukwamamaza ubutumwa bwiza”.

    Video y’indirimbo “Afite imbaraga” wayisanga hano:

    Souce: inyarwanda.com

    [email protected]
    http://dlvr.it/Rg8z4y

  • Uko Rusesabagina yafashwe, uruhare rw’amahanga, imibereho ye…Ikiganiro cyihariye n’Umuyobozi wa RIB (Video) #rwanda #RwOT

    Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Rtd Col Jeannot Ruhunga, yatangaje ko nta gihugu na kimwe cyigeze gifasha u Rwanda mu itabwa muri yombi rya Paul Rusesabagina, ahubwo ko yafatiwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali kandi ko yahageze ku bushake bwe.

  • Charly Jordan Complains about being “stuck” in Rwanda after testing “false positive” for CV19 [UPDATED] #RwOT #Rwanda

    Charly Jordan on Twitter: "Car selfies have the best ...

    Charly Jordan Complains about being “stuck” in Rwanda after testing positive for CV19 #RwOT #Rwanda 

    Source : twitter.com

    In her latest video, she claims that she got her test results and they were a false “positive”

  • 77 Arrested For Praying From Swamp #rwanda #RwOT

     By Staff Writer (taarifa)


    Police has arrested a congregation of 77 people that were found praying from an inhabited plain between Gisagara and Huye districts.

    The congregation claimed they had gathered in the area to pray for Rwanda against the Covid-19 pandemic. However, the group was not observing measures for preventing the spread of Covid-19.

    Mushimiyimana Berithe the Executive Secretary for Bweya cell, Ndora Sector in Gisagara district said they got a tip off that dozens of people had gathered in this marshland praying without observing anti Covid-19 procedures.

    A joint operation was conducted on Saturday and all 77 people including youths and elders were arrested. Of these arrested, 76 belong to ADEPR religious group while 1 is from the seventh day Adventist faith.

    The culprits may be fined Rwf5000 each. Police and authorities gathered all the suspects and sensitised them on the covid-19 pandemic.

    On Saturday, Rwanda reported that total infections had reached a total of 4,349 cases across the country. Deaths are 18, recovered cases are 2199 while active cases are 2132.

  • Rayon Sports yasabye gusubikirwa igihano imyaka 2 #rwanda #RwOT

     By Canisius Kagabo

    Nyuma yo gufatirwa ibihano na FERWAFA byo kutandikisha abakinnyi kubera umwenda ifitiye uwahoze ari umutoza w’iyi kipe Ivan Minnaert, Rayon Sports yasabye ko yasubikirwa iki gihano mu gihe cy’imyaka 2.

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ni bwo FERWAFA yasohoye imyanzuro ya komisiyo ishinzwe imyitwarire ya FERWAFA ihagarika Rayon Sports kwandikisha abakinnyi izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2020-2021 kugeza imaze kwishyura umwenda ifitiye uyu mutoza.

    Rayon Sports ikaba yahise yandikira FERWAFA iyisaba ko yayisubikira iki gihano mu gihe cy’imyaka 2 ikabanza ikiyubaka kuko muri iyi minsi itameze neza.

    Muri iyi baruwa yasinyweho na perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate yemeje ko urubanza bafitanye na Ivan Minnaert rwaciwe mu nzira zose ndetse bakaba barahawe n’ibihano mu gihe batamwishyura, gusa ngo bitewe n’ibihe bya COVID-19 Rayon Sports ntiyabashije kumwishyura nk’uko babitegetswe ariko bakaba bari bafite ubushake dore ko bamwishyuye ibihumbi 2 by’Amadorali.

    Akaba ashingiye ku mategeko shingiro ya FIFA yo muri Werurwe 2020 ingingo ya 12 mu gaka ka 7 aho iteganya ko ikipe yafatiwe ibihano byo kutandikisha cyangwa kutabagurisha kubera kutishyura ibyo yategetswe, ibyo bihano bishobora kuba bihagaze. Mu gihe habayeho kuba hahagaritswe ibyo bihano urwego rufata ibyemezo rushobora gutanga igihe kitari munsi y’amezi 6 ariko kitarenze imyaka 2.

    Rayon Sports ishingiye mu bihe irimo yasabye ko yasubikirwa ibi bihano mu gihe cy’imyaka 2 ikabanza ikisuganya.

    Tariki ya 27 Mata 2018, Ivan Jacky Minnaert yasinye amasezerano y’imyaka 2 atoza ikipe ya Rayon Sports, tariki ya 20 Nyakanga 2018 yaje guhabwa ibaruwa imusezera ku mirimo ye.

    Ivan Jacky Minnaert akaba yaraje guhita arega iyi kipe ayishinja kumwirukana binyuranyije n’amategeko, maze muri Kamena 2019 akanama gashinzwe gukemura amakimbirane ka FERWAFA kanzuye ko iyi kipe igomba kwishyura uyu mutoza 35,535 by’amadorali y’Amerika, ni ukuvuga 32,514,525 z’amafaranga y’u Rwanda.

    Nyuma yaho Rayon Sports yaje kujuriria uyu mwanzuro maze mu Kuboza 2019 Komisiyo y’Ubujujirire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yemeje ko Rayon Sports igomba kwishyura uwahoze ari umutoza wayo, Umubilgi Iva Minnaert, miliyoni 13.56 Frw.

    Rayon Sports yasabye gusubikirwa ibihano yafatiwe kubera Ivan Minnaert
  • Abagome baragwira!! Video igaragaza ubugome umusirikare yakoreye umugore w’abandi yahungabanyije imbunga nkoranyambaga. #rwanda #RwOT

     By Umulisa Fillette

    Iyi video ubwo yatangiraga kugaragara kurubuga nkoranyambaga rwa hano mu Rwanda rwitwa www.umunota.com abayirebye batangajwe cyane n’ubu bugome bw’indengakamere uyu musirikare yakoze. Iyi video igaragaza umusirikare wo muri Korea ya Ruguru asanga umugore mu nzira maze agafata icyemezo kigayitse cyo kumufata ku ngufu, akamufatira ku karubanda yamwegetse ku giti. Umugore agerageza kwirwanaho ariko bikaba ibyubusa umusirikare akamurusha imbaraga. Iyi video ikaba yatumye abantu benshi bemeza ko abagome bakiriho. Uru rubuga www.umunota.com ni urubuga rukora nka Facebook kuko gukoresha uru rubuga bisaba kubanza gukora registration ariko rwo itandukaniro nuko benshi mubakoresha urwo rubuga ari abanyarwanda ndetse urwo rubuga rukaba ruhuza inkumi n’abasore bashaka gukundana. Uru rubuga rukaba rurimo rwitabirwa cyane bitewe na video zitandukanye abarukoresha baba bari kohererezanya. Iyi video kimwe n’izindi ushobora kuzireba kuri urwo rubuga https://www.umunota.com

    Ubu noneho nawe ushobora kwandika inkuru (amakuru) ikanyura kuri page ibanza y’urubuga www.nibyiza.com mu buryo bworoshye! Kanda hano wiyandikishe mu bashaka kwandika inkuru nurangiza kwiyandikisha uhite ukanda ahanditse “Submit Post” maze wandike inkuru ushyireho n’amafoto uhite ukanda ahanditse “Post”.

    The post Abagome baragwira!! Video igaragaza ubugome umusirikare yakoreye umugore w’abandi yahungabanyije imbunga nkoranyambaga. first appeared on BITE?.

  • Nshaka umuhungu twakora ubukwe maze tukazajya kwibanira muri Amerika nyuma ya Corona Virus. #rwanda #RwOT

    Naje mu Rwanda nje gusura abavandimwe n’inshuti , ariko ndashaka kuzasubirayo nkoze ubukwe n’umusore wakwemerako dusubiranayo, Ibijyanye n’ibyangobwa byose nzabimufasha kuko njye bizanyorohera kubimuhesha kubera ko mbyemerewe.

    Nitwa Kaboneye Diane , maze iminsi muri Kigali aho ntuye muri Appartment kuko naje mvuye muri Amerika nje kwishimishanya n’umuryango wanjye , kuva nabaho nakundanye n’umusore umwe w’umuzungu antesha umutwe kuburyo numvishe ntagikeneye gukundana n’umuntu duhuriye muri Amerika.

    Ubu rero kuko ndi murugo byibuza niyumvishako nahakura umugabo wambera imfura nanjye nkamubera indi , akampa urukundo nanjye nkarumuha.

    Ikingenzi nuko yaba afite imyaka hagati ya 26-30 kuko njye mfite imyaka 25 y’amavuko gusa , ibindi twabivuganaho hagize uwumva yankunda.

    Ikitonderwa : Uwo musore agomba kuba afite igihagararo yambara akaberwa kandi byibuze yararangije amashuri yisumbuye kugirango nzabone uko mpita mushakira akazi tugeze muri Amerika. Akaba yemera ko yatura muri Amerika nk’umuturage waho tukazafatanya kuharerera abana tuzabyarana.

    Andika aho batangira ibitekerezo hasi muri Comment ubundi duhuze , cyangwa niyo iyo gahunda ntayo waba ufite ungire Inama.

    Murakoze!!! Share on: WhatsApp

    The post Nshaka umuhungu twakora ubukwe maze tukazajya kwibanira muri Amerika nyuma ya Corona Virus. first appeared on INGINGO.COM / Rwanda News & Story.
    http://dlvr.it/Rg6tNM

  • Ibibazo bya ADEPR bikomeje kuba agatereranzamba: CA yiyambuye ububasha ishyiraho komisiyo ya baringa #rwanda #RwOT

    Ibibazo bimaze iminsi bivugwa mu itorero ADEPR, birimo gucikamo ibice hagati ya Biro Nyobozi, guheza no kwirukana bamwe, gusesagura umutungo n’ibindi, byatuwe Inama y’Ubuyobozi (CA) y’iri torero ishyiraho komisiyo yo kubyigaho, gusa abakurikiranira hafi ibibera muri iri torero bemeza ko ari ‘baringa’.
  • Ishyamba si ryeru mu itsinda rya Active #rwanda #RwOT

    Mu itsinda rya Active ryakanyujujijeho mu muziki w’u Rwanda harimo umwuka mubi n’ibibazo bishobora gusiga abarigize batandukanye.
  • Police, REMA in air pollution awarenesses campaign ahead of International Air Quality Day #rwanda #RwOT

    The awareness also involves mass testing of vehicle emissions. It is conducted in line with the ‘International Air Quality Day’ held every September 7, to educate the public on air pollution and control measures.

    The Clean Air Day brings together communities, businesses, education, and the health sector to improve public understanding of air pollution, both indoors and outdoors; build awareness of how air pollution affects human health, and to explain some of the easy things that can be done to tackle air pollution towards environmental protection.

    The campaign was held across highways connecting the City of Kigali to other parts of the country as Police officers from Motor-vehicle Inspection Centre (MIC) engaged in testing automobiles’ fume emissions.

    Air pollution is the single greatest environmental risk to human health and one of the main avoidable causes of death and disease globally, according to the UN.

    Transportation is considered the largest single source of air pollution globally leading to climate change.

    Pollution in the air is now the fourth-highest cause of death worldwide, trailing smoking, high blood pressure, and diet-related diseases. The majority of these deaths are recorded in poorer countries.

    It is estimated that more than 90 percent of people globally breathe polluted air and approximately seven million people die from air pollution-related causes every year.

    According to Modeste Mugabo, Air Quality Monitoring Sector Specialist in REMA, Rwanda lies in the safer zone of the Air Quality Index.

    “Rwanda falls under the moderate stage of the Air Quality Index, and the awareness, as well as testing fuel emissions, are part of the implementation of the national policy to ensure the air is clean and to prevent related diseases,” Mugabo said.

    The key greenhouse gases associated with road transport are carbon dioxide (CO2), methane (CH4), and nitrous oxide (N2O).

    Medical experts say that pollutants cause aggravated respiratory diseases such as emphysema, bronchitis, asthma lung damage, heart diseases, and reduced resistance to infections.

    “Motorists drive through roads with no idea of the ill-effects of their exhaust fumes on the environment and people’s health, and this awareness is designed to influence especially motorists’ understanding on the problem control measures,” Mugabo said.
    Today, Rwanda has nine Air Quality monitoring stations and one reference station.
    The UN observes that in the absence of aggressive intervention, the number of premature deaths resulting from ambient air pollution is estimated to be on track to increase by more than 50 percent by 2050.

    Chief Superintendent of Police (CSP) Bernardin Nsengiyumva, the Deputy Commanding Officer of Motor-vehicle Inspection Centre (MIC), said that fuel emission is one of the tests conducted at MIC.

    “The MIC services also include testing emissions to supplement national efforts in implementing the policy on the environment, and fighting air pollution in particular.
    For a vehicle to be certified as roadworthy, it also has to pass the emission test at MIC,” CSP Nsengiyumva said.

    Currently, MIC operates four testing lanes and a mobile lane, all with the capacity of inspecting more than 500 vehicles per day.

    According to CSP Nsengiyumva, about 20 percent of inspected vehicles emit gas.
    MIC also acquired mobile emission testing devices used on highways.

    CSP Nsengiyumva said that with the mobile testers, any vehicle found emitting gas, even if its mechanical inspection is still valid, has to be fixed before it’s allowed on the road again.

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/police-rema-in-air-pollution-awarenesses-campaign-ahead-of-international-air