Blog

  • AMAFOTO: Yizengurukijeho ikiyoka kinini ku munwa n'amazuru aho kwambara agapfukamunwa yaciye ibintu hirya no hino ku Isi #rwanda #RwOT

    Umugabo utavuzwe amazina yagaragaye mu mujyi wa Manchester mu Bwongereza ari muri Bisi yizengurukijeho ikiyoka kinini ku munwa n'amazuru aho kwambara agapfukamunwa mu ruhame nkuko leta y'iki gihugu ibitegeka.

    Abagenzi bari bateze bisi rusange imwe batunguwe no kubona uyu mugabo yinjiye yizengurukijeho iki kiyoka aho yagombaga kwambara agapfukamunwa.

    Uyu mugabo wavaga Swinton yerekeza I Manchester,yafashe iki kiyoka kinini akizengurutsa mu ijosi gipfuka umunwa n'amazuru yinjira mu modoka itwara abagenzi.

    Abagenzi batangajwe n'uyu mugabo ndetse bamuhanga amaso cyane bitewe n'iki kiyoka ndetse no kuba yari yishe nkana amabwiriza yo kwambara agapfukamunwa mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus.

    Uyu mugabo yaje kwikuraho iki kiyoka cyizinga ku cyuma cya bisi abagenzi bareba ndetse n'umushoferi w'iyi bisi yavuze ko byari bitangaje.

    Uyu mugabo avuga ko abaturage bakurikije buhumyi amabwiriza yo kwirinda Coronavirus yashyizweho na Minisitiri w'Intebe, Boris Johnson,nta gusesengura.

    Source : https://impanuro.rw/2020/09/19/amafoto-yizengurukijeho-ikiyoka-kinini-ku-munwa-namazuru-aho-kwambara-agapfukamunwa-yaciye-ibintu-hirya-no-hino-ku-isi/

  • Uburyo u Rwanda rutangiye gusarura ku mbuto z’ishoramari rwakoze mu ikoranabuhanga #rwanda #RwOT

    Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yigeze kugirana na RBA muri 2017, yagarutse ku buryo nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, leta yagerageje kureshya ikigo cya MTN Group kugira ngo gishore imari mu ikoranabuhanga ry’itumanaho ariko bikagorana, kuko iki kigo kitumvaga uburyo kizunguka mu gihugu cyari kitaragira umurongo ufatika, kikiva muri Jenoside kandi cyugarijwe n’ubukene bukabije.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/uburyo-u-rwanda-rutangiye-gusarura-ku-mbuto-z-ishoramari-rwakoze-mu

  • Amarushanwa ya Miss World na Miss Uganda 2020 yasubitswe, bite muri Miss Rwanda? #rwanda #RwOT

    Nyuma y’uko mu minsi ishize hatangajwe ko irushanwa rya Miss World ku nshuro ya 70 rihagaritswe, n’irya Miss Uganda 2020 ryamaze gusubikwa byemezwa ko Oliver Nakakande wari usanganywe ikamba ariwe uzarigumana.

    source https://igihe.com/imyidagaduro/article/nyuma-y-irushanwa-rya-miss-world-n-irya-miss-uganda-2020-ryasubitswe-bite-muri

  • Abadepite bagaragaje impungenge ku bihombo bishamikiye kuri Positivo BGH #rwanda #RwOT

    Abadepite bagize Komisiyo y’Inteko Ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo n’imari by’igihugu, PAC, bagaragaje ko hari ibihombo leta imaze kugira bifitanye isano n’uruganda rwa Positivo ndetse ko bishobora kwiyongera, basaba inzego bireba kubikurikirana.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abadepite-bagaragaje-impungenge-ku-bihombo-uruganda-rwa-positivo-bgh-rurimo

  • Ikipe yo mu Budage yatsinzwe ibitego 37-0 kubera kubahiriza intera hagati y’umukinnyi n’uwo bahanganye #rwanda #RwOT

    Ikipe yo mu cyiciro cy’abatarabigize umwuga mu Budage yatsinzwe ibitego 37-0 mu mukino wabaye ku Cyumweru, aho yakinaga na SV Holdenstedt II, kubera kubahiriza gusiga intera hagati y’umukinnyi n’uwo bahanganye nk’imwe mu ngamba zo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus.

    source https://igihe.com/imikino/football/article/ikipe-yo-mu-budage-yatsinzwe-ibitego-37-0-kubera-kubahiriza-intera-hagati-y

  • Inama yagombaga guhuza ibihugu byo mu Karere k’ibiyaga bigari yongeye gusubikwa kubera coronavirus #rwanda #RwOT

    Guverinoma ya RDC yatangaje ko inama yagombaga guhuriza abakuru b’ibihugu by’u Rwanda, Uganda, u Burundi, Angola na RDC mu mujyi wa Goma ku wa 20 Nzeri 2020 yasubitswe, hagaragazwa covid-19 nk’imbogamizi.

    source https://igihe.com/amakuru/article/inama-yagombaga-guhuza-ibihugu-byo-mu-karere-k-ibiyaga-bigari-yongeye-gusubikwa

  • Icyo APR FC ivuga ku bihano yafatiye Bukuru, ibyo guhindura Umunyamabanga Mukuru no kugura Kagere Meddie #rwanda #RwOT

    Visi Perezida wa APR FC; Maj Gen Mubaraka Muganga yavuze ko Bukuru Christophe wahagaritswe muri iyi kipe kubera imyitwarire mibi atarafatirwa umwanzuro nubwo yasabye imbabazi ndetse akanazisabirwa n’umubyeyi we; Rwabarinda Omar uherutse kwitaba Imana.

    source https://igihe.com/imikino/football/article/icyo-apr-fc-ivuga-ku-bihano-yafatiye-bukuru-ibyo-guhindura-umunyamabanga-mukuru

  • Muhanga: Hoteli yari imaze imyaka 17 mu mushinga igiye kubakwa #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ikibanza kimuriwemo Hotel RMK
    Ikibanza kimuriwemo Hotel RMK

    Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bwanzuye ko iyi hoteli izaba ifite inyenyeri eshanu izubakwa mu Murenge wa Shyogwe haruguru y’igishanga cya Rugeramigozi, nyuma yo kwimurirwa ikibanza bimaze kugaragara ko icyari cyarateganyijwe kitakijyanye n’urugero rw’amahotel y’icyitegererezo.

    Mu mwaka wa 2003 ubwo Perezida wa Repubulika Kagame yasuraga icyahoze ari Perefegitura ya Gitarama, yagiranye ibiganiro n’abikorera baho bemeranya kubaka hoteli y’icyitegererezo, yajya yakira abahagana ndetse anemera gutanga miliyoni 10frw icyo gihe ngo hoteli yubakwe.

    Icyo gihe haguzwe ikibanza mu Murenge wa Nyamabuye mu mpinga y’agasozi ka Binunga maze abaturage barimurwa, ariko kuva icyo gihe kugeza magingo aya inzego zitandukanye ntizahwemye kwibutsa kubaka iyo hoteli ariko birananirana, kugeza n’ubwo ikibanza cyayo cyubatswemo ibigega by’amazi.

    Inzego zitandukanye kandi zakomeje gusaba ko ibyo bigega bisenywa ikibanza kigakoreshwa ibyo cyari kigenewe ntibyakorwa, mu mwaka ushize akaba ari bwo hafashwe umwanzuro wo kwimurira iyo hoteli mu Murenge wa Shyogwe, mu kindi kibanza kinini ugeraranyije na hoteli y’inyenyeri eshanu nk’uko abayobozi batandukanye n’ubundi bagiye babifataho imyanzuro.

    Ni iki cyatumye hoteli itubakwa?

    Mu kibanza cya mbere hubatswe ibigega by
    Mu kibanza cya mbere hubatswe ibigega by’amazi

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bwakomeje gusobanura ko impamvu nyamukuru yatumye hoteli yatewe inkunga na Perezida Kagame itubakwa, byaturutse ku mihindagurikire y’imiterere y’inzego z’ubuyobozi ubwo icyari Perefegitura ya Gitarama yavanwagaho, ndetse n’uturere tuyigize tugahinduka.

    Gitarama yahise iba Muhanga, maze Uturere twa Ruhango na Kamonyi twari tuyigize na two tugira ubwigenge n’ingengo zatwo z’imari, bituma ikibanza cyari kimaze kugurwa gisigara mu maboko y’Akarere ka Muhanga gusa.

    Hakomeje gukorwa ibiganiro ngo utwo turere n’ubundi dukusanye amafaranga twubake iyo hoteli birananirana ndetse n’abikorera birabananira, ariko inzego zasuraga ahagombaga kubakwa iyo hoteli zikanenga uko abayobozi bitwaye mu kibazo.

    Urugero ni nko muri Werurwe 2016, ubwo hamurikwaga raporo ku ngendo abadepite bakoreye mu gihugu hose mu gihe cy’iminsi icyenda mu rwego rwo gukurikirana ishyirwa mu bikorwa rya gahunda z’igihugu, bakanenga uburyo iyo hoteli itubakwa ndetse bigafatwa nk’agasuzuguro ku Mukuru w’Igihugu.

    Ikibanza cyarahinduwe Guverineri Kayitesi ahabwa inshingano zo kubakisha iyo hoteli

    Nyuma y’uko inzego zitandukanye z’ubuyobozi zikomeje kwibutsa ibyo kubaka hoteli isa n’iyananiranye, hafashwe umwanzu wo kuyimurira mu kindi kibanza cy’akarere giherereye mu Murenge wa Shyogwe.

    Habaye gusura icyo kibanza no gukora inama nyinshi kugeza n’ubwo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice ubwo yahererekanyaga ububasha na Guverineri wari ucyuye igihe ku buyobozi bw’Intara y’Amajyepfo yasabwe kuzubaka iyo hoteli.

    Guverineri Kayitesi avuga ko ikigo kizakora inyigo n’igishushanyo cy’inyubako ya hoteli cyamaze kuboneka kandi cyatangiye imirimo nyuma hakazatangira gushyira mu bikorwa, ariko igihe ntarengwa cyo gutangira imirimo kikaba kitaratangazwa.

    Ubwo Abadepite basuraga ikibanza muri 2016 banenze kutubaka Hotel yatewe inkunga na Perezida Kagame
    Ubwo Abadepite basuraga ikibanza muri 2016 banenze kutubaka Hotel yatewe inkunga na Perezida Kagame

    Agira ati “Amakuru agezweho kuri iyi hoteli ni uko Kompanyi igomba gukora inyingo n’igishushanyo mbonera cya hoteli yabonetse kandi imirimo ikaba yaranatangiye”.

    RMK Resort Hotel niyuzura izaba ibaye hoteli ya gatatu mu Mujyi wa Muhanga, ikaba yakunganira izisanzwe mu kuzamura ubukerarugendo n’ishoramari, kuko hari bimwe mu bikorwa bitarabasha kuhabera ahanini bigaterwa n’imbogamizi zo kwakira abashyitsi.

    Urugero ni nk’amasiganwa ya Tour du Rwanda ku magare aho byagaragaye ko Muhanga idafite ibikorwa remezo bihagije ngo icumbikire abaryitabira uko bakabaye nk’uko biteganywa n’imitegurire y’irushanwa.

    Uturere twa Ruhango, Kamonyi na Muhanga ni two tugiye gushora muri iyi hoteli, ndetse n’abikorera muri utwo turere bakaba basabwa kwitegura gushoramo imari.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/muhanga-hoteli-yari-imaze-imyaka-17-mu-mushinga-igiye-kubakwa

  • Facebook igiye gufungura ishami i Lagos muri Nigeria #rwanda #RwOT

    Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Facebook cyatangaje ko umwaka utaha kizafungura ishami ryacyo mu mujyi wa Lagos muri Nigeria.

    source https://igihe.com/amakuru/muri-afurika/article/facebook-igiye-gufungura-ishami-i-lagos-muri-nigeria

  • Remembering World's Greatest Electric Guitarist 'Jimi' Hendrix #rwanda #RwOT

    Late 1960s were good happy times, the electric guitar ruled the sounds in night clubs and large audience live performances.

    With a sleek 5-inch afro hair, bell bottom pants and platform shoes while strapped with an electric guitar, left-handed 'Jimi' Hendrix always walked to the stage before 1960's happy fans ready to party.

    Born James Marshall 'Jimi' Hendrix was an American musician, singer, and songwriter and widely regarded as one of the most influential electric guitarists in the history of popular music, and one of the most celebrated musicians of the 20th century.

    In his book 'Stone Free' American music journalist Jas Obrecht recounts how French paper Eure Éclair described Hendrix as: 'a singer-guitarist with bushy hair, an unpleasant cocktail of James Brown and Chuck Berry, who did a 15-minute contortionist act on stage and played the guitar with his teeth'.

    With his innovative style and extreme performances, he revolutionized rock music like no other- many fans revere Jimi Hendrix as the best guitarist of all time. His band became known as the Jimi Hendrix Experience, combining American and British blues styles with R&B and rock. The sound combined hard rock and groovy elements; it was sexy and psychedelic at the same time.

    As a child, Jimi was crazy about playing the guitar- born in Seattle in 1942, and was raised mainly by his father Al, since his mother struggled with family life.

    Coming from a poor background, he never considered going to college, and joined the army in 1961 instead, a way for young Black men to make a decent living.

    But after spending only one year with the paratroopers, Hendrix broke his ankle during a jump and had to be discharged from duty. That's when Hendrix started to accompany different R&B bands.

    'I know I can't sing; I'm primarily a guitarist. Some people think I'm good, and that's what I want to find out. I've been working with myself and my ideas for 21 years. Now I want to find out from everyone else if they are any good,' he was quoted.

    In 1966, Hendrix had moved from the US to London, where music producer Chas Chandler was in the midst of gathering together a band centered around the exceptionally talented performer, who was only in his mid-20s then.

    'I just called my dad once when I came to England to let him know I'd reached something. He asked me who I had robbed to get the money to go to England,' Hendrix said after arriving in London.

    'Actually, I'm scared to go home. My father is a very strict man. He would straight away grab hold of me, tear my clothes off and cut my hair,' he said.

    Today in history, Hendrix died on September 18th 50 years ago, aged just 27. In just four years he changed the face of rock music forever. Born in NY, he rose to fame in London, but his first concerts with the Jimmy Hendrix Experience were here in France, thanks to teen rock idol Johnny Hallyday.

    Source : https://taarifa.rw/remembering-worlds-greatest-electric-guitarist-jimi-hendrix/