Blog

  • Hari abamotari bavuga ko baterwa ipfunwe n’umwambaro w’akazi wabasaziyeho #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Hari abo usanga uyu mwambaro warabacikiyeho bikaba ngo bibatera ipfunwe ndetse ntibabone n
    Hari abo usanga uyu mwambaro warabacikiyeho bikaba ngo bibatera ipfunwe ndetse ntibabone n’abakiriya

    Abo bamotari baravuga ko ubuyobozi bw’amakoperative yabo aribwo bubyihishe inyuma, kuko isosiyete y’itumanaho ibambika bakaba banayamamaza yarenze ku masezerano yagiranye n’abo bamotari ubuyobozi burebera.

    Abo bamotari kandi bavuga ko mu masezerano iyo sosiyete y’itumanaho, yari yabemereye kujya ibaha imyambaro mushya buri mezi atatu, ariko ngo bamaze umwaka urenga bakoresha umwambaro umwe, aho wamaze kubasaziraho, bageza ikibazo cyabo mu buyobozi bubakuriye ntibubyiteho.

    Hakizimana Viateur ati “Ebundi twari dusanzwe duhabwa amakoti atatu tukagenda dusimbuzanya, ariko aho haziye iyi sosiyete nshya y’itumanaho twamamaza, murabona imyambaro yadusaziyeho tuyimaranye umwaka, hari abo yashaje bahitamo gukora banyuze mu nzira zitemewe birinda guhanwa, niba umufatanyabikorwa bimunaniye batugarurire uwo twahoranye waduhaga imyambaro itatu zo gusimburanya”.

    Arongera ati “Mu masezerano twagiranye, yavugaga ko bazongera kuduha undi mwambaro mu mezi atatu none umwaka urashize, twagiye muri COVID-19 iyi ariyo twambaye na n’ubu niyo twambaye, ubundi isosiyete y’itumanaho twamamaza usanga ntacyo bibabwiye, ndetse n’abayobozi bacu nta munsi tutabibabwira bakatwima amatwi, ugasanga abayobozi baravuga ngo abamotari mu mujyi wa Musanze tugira umwanda kandi ari bo bawudutera”.

    Abenshi muri abo bamotari baganiriye na Kigali Today, bagarutse no ku bibazo bari guterwa n’umwambaro ushaje aho ngo muri aya mezi asoza umwaka bakabaye binjiza amafaranga bari mu bihombo bikabije, kuko batakibona abagenzi batwara kubera uwo mwambaro wabasaziyeho.

    Bucyensenge ati “Ni mundebere iyi nambaye yarashwanyaguritse wagira ngo ndi umushumba kandi nkorera amafaranga, nta mugenzi ukintega ngo mutware kubera iyi Jire iteye isoni, ni badufashe baduhe imyambaro yacu kuko mu misanzu dutanga buri munsi n’uwo mwambaro urimo”.

    Nsayisenga Benjamin ati “Guhora wambara umwambaro umwe buri munsi utagira uwo uwusimbuza ugusaziraho kandi mbere twarahabwaga itatu ni ibibazo, umuntu araturuka i Kigali asuye Musanze wajya kumutwara akakureka akagenda atwita abanyamwanda kandi atariko biri, isosiyete twamamariza yohereza amafaranga muri Federation agenewe umwambaro wacu w’akazi, ariko iyo bamaze kuyafata ntacyo badukorera”.

    Abo bamotari bavuga ko uretse kuba uwo mwambaro ubateza umwanda ukabateza n’ibihombo, ngo n’inzego zishinzwe umutekano mu muhanda ntiziborohera mu gihe hari utwaye umugenzi atambaye uwo mwambaro mu gihe wamaze kumusaziraho akawureka.

    Niho bahera basaba ubuvugizi kugira ngo abayobozi babo n’iyo sosiyete y’itumanaho ibambika bubahirize amasezerano bagiranye yo guhabwa umwambaro mu mezi atatu, bitaba ibyo bagahindura bakagarura isosiyete bahoze bakorana kuko ngo yo yabitagaho kandi ikubahiriza ibiri mu masezerano aho yabahaga imyambaro itatu yo kujya bahinduranya, bityo akazi kabo kakarushaho kugenda neza dore ko ariko kabatunze n’imiryango yabo.

    Ubuyobozi bw’akarere ka Musanze buremeza ko abo bamotari bakorewe akarengane aho ngo bugiye gukurikirana icyo kibazo, aho nabwo bubona gihangayikishije abantu banyuranye barimo abakora ako kazi n’abakenera iyo serivise y’ingendo kuri moto.

    Si icyo kibazo kireba inyungu z’abamotari n’abagenzi gusa gihangayikishije ubuyobozi bw’akarere, kuko ngo kuba abo bamotari bambara imyambaro yabasaziyeho, ari kimwe mu bishobora kwanduza isura y’umujyi wa Musanze ndetse n’akarere ubwako, nk’uko Nuwumuremyi Jeannine Umuyobozi w’ako karere yabitangarije Kigali Today.

    Yagize ati “Ubuvugizi nizo nshingano zacu, abo bantu turabegera n’abo bayobozi babamotari turebe uko uwo mwambaro uboneka vuba, cyane cyane ko baba baragiranye amasezerano n’iyo sosiyete aho igomba kubaha ibyo ibagomba ni ngombwa”.

    Arongera ati “Ubwo buvugizi turabubemereye kandi birakemuka vuba, cyane cyane ko twimakaza umuco w’isuku mu karere kacu, ntibikwiye ko abamotari batanga serivise ikenerwa na benshi twese tubona uruhare rwabo bakomeza kwambara ibicitse cyangwa bisa nabi, umwenda niba ushaje ugomba guhindurwa kuki bitakorwa hakiri kare?”.

    Umujyi wa Musanze urakoreramo abamotari basaga 800, bibumbiye muri Koperative eshatu.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/hari-abamotari-bavuga-ko-baterwa-ipfunwe-n-umwambaro-w-akazi-wabasaziyeho

  • Kagame Makes Case For Women At G20 Summit #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    The Covid-19 pandemic has affected women 'disproportionately' and placed them in a position that forced them out of participation in the mainstream economic realm, President Paul Kagame highlighted at the just closed G20 Summit.

    President Kagame was speaking to other world leaders on the second day of the 2020 #G20 Leaders' Summit where he delivered a statement on behalf of The African Union Development Agency (AUDA-NEPAD) in a session on 'Building an Inclusive, Sustainable, and Resilient Future'.

    'The burden of caring for the sick relatives falls primarily on the women in our families,' Kagame said and added that, 'women have also been forced to exit formal sector employment to take care of children during the lock-down. We cannot continue to accept structural gender disparities as the status quo in a truly inclusive and sustainable future.'

    'I was pleased to represent NEPAD at G20, and commend the Saudi #G20 Presidency under His Majesty King Salman for the Riyadh Summit's focus on Africa in the context of global cooperation on Covid-19, climate change, and more,' Kagame said.

    The session was chaired by Saud Arabia's Royal Highness Prince Mohammed bin Salman bin Abdulaziz.

    Leaders of the world's wealthiest countries have been meeting online for the G20 summit hosted by Saudi Arabia.

    The virtual gathering has been dominated by efforts to end the coronavirus pandemic and deal with its economic fallout.

    The biggest economies pledged to pay for fair distribution of COVID-19 vaccines and testing, so that poor countries are not left out.

    Debt relief is also likely to be extended. Saudi Arabia's human rights violations have repeatedly been pointed out ahead of this summit. For example, human rights groups say Saudi women are still oppressed despite the country's efforts to prove the opposite.

    0Shares
    0

    The post Kagame Makes Case For Women At G20 Summit appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/kagame-makes-case-for-women-at-g20-summit/

  • Nyuma y’amezi 6 yareguye, Nizeyemana Olivier yongeye kugirirwa icyizere cyo kuyobora Mukura VS #rwanda #RwOT

    Nizeyemana Olivier wari umaze amezi atandandatu yareguye ku mwanya wo kuyobora ikipe ya Mukura VS, uyu munsi mu nama y’Inteko Rusange yongeye gutorerwa kuyobora iyi kipe mu myaka ine iri imbere.

    Uyu munsi nibwo habaye Inama y’Inteko Rusange ya Mukura VS ibera muri Stade Huye. Hafashwe umwanzuro ko komite nyobozi yose y’iyi kipe iseswa hagatorwa indi.

    Mu matora yabaye, Nizeyimana Olivier wari umaze imyaka 9 ayobora iyi kipe ariko akaba yari yareguye mu mezi 6 ashize, ni we watorewe kuyobora iyi kipe mu myaka ine iri imbere.

    Nizeyimana Olivier yatowe ku bwiganze bw’amajwi 72, aho azungirizwa na Sakindi Eugène wari usanzwe ari Visi Perezida, bagakorera mu nama y’Ubutegetsi igizwe n’abantu 15.

    Nizeyimana Olivier yongeye kugirirwa icyizere cyo kuyobora Mukura VS

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/nyuma-y-amezi-6-yareguye-nizeyemana-olivier-yongeye-kugirirwa-icyizere-cyo-kuyobora-mukura-vs

  • Rubavu: Ukekwaho gucuruza ibiyobyabwenge yafatanwe urumogi yigize umunyeshuri #rwanda #RwOT

    Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Busasamana mu Kagari ka Gihonga yafashe Umulisa Josiane w'imyaka 25. Abapolisi bamufashe kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Ugushyingo 2020, yambaye umwambaro w'ishuri ndetse afite igikapu kirimo ibitabo n'udupfunyika 1000 tw'urumogi.

    Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Iburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi yavuze ko Umulisa yari yambaye umwambaro w'abanyeshuri ndetse yari afite igikapu kirimo ibitabo mu rwego rwo kwiyoberanya ngo bagire ngo ni umunyeshuri.

    Yagize ati 'Ubundi Umulisa akomoka mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, ninaho avuga ko uwamutumye urwo rumogi atuye. Avuga ko ariho yavuye aza kuvana urumogi mu Karere ka Rubavu, aje kuruhabwa n'undi muntu adashaka gusobanura. Yari yiyoberanyije nk'umunyeshuri nyamara amaze gufatwa twasanze nta n'ibyangombwa afite bigaragaza ko ari umunyeshuri ndetse n'ibye bwite ntabyo afite'.

    CIP Karekezi yavuze ko kugira ngo Umulisa afatwe byaturutse ku makuru yatanzwe n'umumotari wari umutwaye kuri moto.

    Ati 'Umumotari wo muri Busasamana yatanze amakuru nyuma yo gutegwa n'uriya mukobwa ariko yamureba akabona afite ubwoba. Umumotari yahise ashaka uko abimenyesha abapolisi nabo batega iyo moto, ibagezeho barayihagarika basaka uwo mukobwa'.

    Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Iburengerazuba yashimiye umumotari watanze amakuru, aboneraho gushimira abamotari uruhare bakomeje kugaragaza mu kurwanya ibyaha.

    Ati 'Turashimira abaturage muri rusange ariko by'umwihariko abamotari bo muri iyi Ntara ku bufatanye bakomeje kugaragaza mu kurwanya ibyaha. Mu minsi ishize hari undi muturage wafashwe n'abapolisi atwaye urumogi kandi nabwo byaturutse ku makuru yatanzwe n'umumotari wari umutwaye'.

    CIP Karekezi yakanguriye abantu kureka ibyaha ariko cyane cyane kureka ibiyobyabwenge kuko amayeri yose barimo gukoresha agenda atahurwa. Yabakanguriye gushaka indi mirimo bakora bakiteza imbere kuko ibiyobyabwenge ntacyo bizabagezaho uretse gufatwa bagafungwa ndetse bagahomba ibyo baba babishoyemo.

    Umulisa, nkuko urubuga rwa Polisi rubitangaza, nyuma yo gufatwa yashyikirijwe urwego rushinzwe ubugenzacyaha(RIB) ikorera muri sitasiyo ya Polisi ya Busasamana kugira ngo hatangire iperereza.
    Ingingo ya 5 y'Iteka rya Minisitiri Nº001/MoH/2019 ryo ku wa 04/03/2019 rigena urutonde rw'ibiyobyabwenge n'ibyiciro byabyo, rishyira urumogi mu biyobyabwenge bihambaye.

    Itegeko nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n'ibihano muri rusange, ingingo ya 263 ivuga ko umuntu wese ukora, uhinga, uhindura, utunda, ubika, uha undi, ugurisha mu gihugu ibiyobyabwenge cyangwa urusobe rw'imiti ikoreshwa nka byo mu buryo bunyuranije n'amategeko, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n'urukiko igihano kiba igifungo cya burundu n'ihazabu y'amafaranga y'u Rwanda arenze miliyoni makumyabiri (20.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni mirongo itatu (30.000.000 FRW).

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/rubavu-ukekwaho-gucuruza-ibiyobyabwenge-yafatanwe-urumogi-yigize-umunyeshuri/

  • Museveni Fears Clashing With Bobi Wine, Cancels National Address #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Uganda's incumbent, President Kaguta Museveni has cancelled his expected Presidential Address that was scheduled for 7pm this Sunday after his biggest opponent Kyagulanyi Ssentamu Robert announced to hold his address at the same time.

    Senior Press Secretary to President Museveni, Don Wanyama said via tweeter that the address 'has been deferred to a new date that will be announced. We regret any inconveniences.'

    Wanyama announced Museveni's U-turn an an hour after Kyagulanyi a.k.a Bobi Wine's party National Unity Platform (NUP) announced that he would address the nation today at 7:00 PM via Facebook and all other social media platforms.  'A wide range of matters of national importance to be communicated,' the tweet read.

    The incident has attracted all forms of reactions particularly many Ugandans mocking Museveni as a scared candidate.

    'He saved himself an embarrassment…We are watching our generation president Kyagulanyi Ssentamu Robert, we are tired of lies,' said Gai Simon Peter.

    'Nobody is interested in listening to [Museveni's] 1980s lectures. You have to agree that Museveni's message no longer resonates with the young people of this country. You can't go on murdering innocent Ugandans and you expect everyone to listen to you. It doesn't work like that,' said one Elijah Were.

     

    0Shares
    0

    The post Museveni Fears Clashing With Bobi Wine, Cancels National Address appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/museveni-fears-clashing-with-bobi-wine-cancels-national-address/

  • Umunyarwanda yegukanye isiganwa rya Grand Prix Chantal Biya #rwanda #RwOT

    Kuri iki Cyumweru nibwo hasojwe isiganwa rya Grand Prix Chantal Biya ryari rimaze iminsi 5 ribera muri Cameroon, umunyarwanda Mugisha Moise akaba ari waje kwegukana iri siganwa.

    Ku munsi w’ejo byari akaruhuko, uyu munsi abasiganwa bakaba bakinnye agace ka nyuma ko kuva Sangmelima berekeza i Yaoundé ku ntera y’ibilometero 166,2.

    Mugisha Moise akaba yarambaye umwenda w’umuhondo kuva isiganwa ryatangira kugeza uyu munsi risojwe abifashijwemo n’abakinnyi bagenzi be bo muri Team Rwanda, nta muntu wigeze abasha kuwumwambura.

    Ni isiganwa ryabaga ku nshuro ya 20 aho riri ku rwego rwa 2.2 ku ngebabihe mpuzamahanga y’amarushanwa yo gusiganwa ku magare ya UCI.

    Ni isiganwa ryitabiriwe n’amakipe 9 arimo iy’u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Benin, Côte d’Ivoire, Burkina Faso, Sénégal, Mali, Dukla Banska Bystrica yo muri Slovaquie na SNH Vélo Club yo muri Cameroun bakaba barasiganywe ibilometero 699,4.

    Mugisha Moise yegukanye Grand Prix Chantal Biya

    Team Rwanda itahukanye intsinzi muri Cameroun

    Source : http://isimbi.rw/siporo/umunyarwanda-yegukanye-isiganwa-rya-grand-prix-chantal-biya

  • Rwanda Signs Deal With Afrexim Bank To Establish Continental Fund For Export Development #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Historic signatures were put on agreements to establish and host a Fund for Export Development in Africa (FEDA) in Rwanda. 

    Rwanda's Ambassador to Egypt, Alfred Kalisa, also a highly experienced banker, and Afrxim Bank executives on Sunday afternoon, November 22, put pen to the establishment of the continental multi-billion fund.

    The monumental signing was held in Egypt's capital Cairo.

    The Kigali-based FEDA will be the bank's subsidiary providing seed capital to companies seeking to grow their export markets.

    The fund will initially raise US$500 million and later grow to over US$ 1 billion within a few years of operation.  Afrexim Bank  has already committed US$350 million to the fund including commitments for operation of a credit fund, strategic investments and partnerships.

    'The ability to host FEDA is testament to the good leadership and pan-Africanism of Rwanda.' — Prof. Benedict Oramah, President of Afrexim Bank said.

    'Today, we make history, one that will be remembered for decades. We bring hope for small businesses. We commit to re-energize Africa's industrial aspirations and support the emergence of regional supply chains one of the goals of the African Continental Free Trade Agreement,' Oramah said.

    The fund initially targeted at US$500 million is expected to grow to over US$ 1 billion within a few years of operation. @afreximbank  has already committed US$350 million to the fund including commitments for operation of a credit fund, strategic investments and partnerships.

    'Thank you for your confidence in Rwanda and its efforts to increase private equity investments, in sectors critical to driving Intra-African Trade and export development,' Ambassador Kalisa said.

    'FEDA is expected to address the issue of long term funding and draw Foreign Direct Investment to Africa'- Prof. Benedict Oramah at the Signing Of the Establishment Agreement, HQ Agreement and the MOU for the Fund for Export Development in Africa btwn @afreximbank and @RwandaGov pic.twitter.com/oTwc7sV0sg

    — Afreximbank (@afreximbank) November 22, 2020

    0Shares
    0

    The post Rwanda Signs Deal With Afrexim Bank To Establish Continental Fund For Export Development appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/rwanda-signs-deal-with-afrexim-bank-to-establish-continental-fund-for-export-development/

  • S. African President Calls For Inclusive Economic Recovery #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    South African President Cyril Ramaphosa pleaded with Group of 20 (G20) leaders to ensure an inclusive global economic recovery when speaking at the virtual G20 Leaders' Summit on Saturday.

    He said the COVID-19 pandemic hit Africa hard. 'Economic activity on the continent is expected to contract by 3.2 percent in 2020, with the region falling into a recession for the first time in 25 years.'

    'In the middle of the pandemic — even as we battle rising global infections — we must look towards an inclusive economic recovery, where no country is left behind,' the president said.

    'We call on the G20 member states to use all of their persuasive powers, individually and collectively, to convince all creditor countries, the multilateral development banks, the credit rating agencies and the private sector to continue to work with us to address the problem of burgeoning and unsustainable developing country debt,' he added.

    Ramaphosa, current chairperson of the African Union (AU), said the organization has proposed several measures to ease Africa's debt problem, which include debt relief in the form of interest-payment waivers and deferred payments.

    'In addition to the suspension of debt service payments, large financing needs remain necessary to both stave off a deep humanitarian crisis and stimulate economic rebirth. The IMF (International Monetary Fund) should urgently consider the issuance of additional special drawing rights and for the allocation of these to member countries that need the resources most,' he added.

    Ramaphosa also said all countries should have access to the COVID-19 vaccine once it is available. 'Another immediate task is to ensure that there is equitable and affordable access for all countries to the COVID-19 vaccine once it is developed,' he said.

     

    0Shares
    0

    The post S. African President Calls For Inclusive Economic Recovery appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/s-african-president-calls-for-inclusive-economic-recovery/

  • Barack Obama yerekanye ko akunda umuziki, atangariza abakunzi be zimwe mu ndirimbo akunda #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Barack Obama n
    Barack Obama n’umugore we Michelle Obama

    Yabaye Perezida wa 44 asimburwa na Donald Trump, uherutse gutsindwa amatora, akazasimburwa na Joe Biden.

    Obama yatangaje ko umuziki ufite agaciro gakomeye cyane mu buzima bwe, ngo ukaba ari kimwe mu byamufashaga gukora akazi ke neza igihe yayoboraga Amerika.

    Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, yerekanye urutonde rw’indirimbo 20 zizahora zimwibutsa urugendo rwe, ubwo yayoboraga Amerika, aho yizera ko abakunzi be bazazumva, zikabaryohera.

    Muri zo, harimo indirimbo yitwa “Michelle”, iyi akaba ayikunda ko ifite izina ry’umugore we “Michelle Obama”, aho muri iyo ndirimbo, umugabo aba aririmbira umugore we Michelle, avuga ko amukunda cyane kandi by’iteka ryose.

    Kuri uwo rutonde kandi, hagaragaramo indirimbo ebyiri za Beyonce, uyu na we ukunzwe n’abatari bake.


    source https://www.kigalitoday.com/imyidagaduro/muzika/article/barack-obama-yerekanye-ko-akunda-umuziki-atangariza-abakunzi-be-zimwe-mu-ndirimbo-akunda

  • Ugandan Calls Bobi Wine 'True Messiah Of Faith And Hope' #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    A video of a yet to be identified Ugandan man by names, is going rounds on social media where the man describes Uganda's Presidential Candidate Bobi Wine a 'true messiah' of faith and hope.

    In a deep voice, the calmly composed man, elegantly expressed what political observers have described as the bone in the meat. He challenged Bobi Wine's critics who have for long doubted his ability to lead the country.

    In the video, link below, the man says; 'I don't care what you call him,' he said, 'I don't care what you try to do to him, Bobi Wine is the true messiah of faith and hope.'

    In the 1:31 minutes video, the man explained what he believes Bobi Wines stands for and what he represents.' Before you judge and before you call him names, and say whatever you want to say, ask yourself one question,' he said, adding, 'If you had what he has, in terms of money, in terms of family and children, and fame…would you have done what he has done, would you have risked what he has risked?'

     

     

    0Shares
    0

    The post Ugandan Calls Bobi Wine 'True Messiah Of Faith And Hope' appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/ugandan-calls-bobi-wine-true-messiah-of-faith-and-hope/