Blog

  • Sarpong yavuze ikimuraje ishinga muri Yanga #rwanda #RwOT

    Umunya-Ghana wahoze akinira Rayon Sports, Michael Sarpong yavuze ko kuri ubu ikimuraje ishinga ari ukureba uburyo yafasha ikipe ye kubona amanota akurikiza amabwiriza y’umutoza Kaze Cedric aho guha agaciro ibivugwa n’abafana.

    Uyu rutahizamu winjiye muri Yanga muri uyu mwaka w’imikino, niwe uyuboye ubusatirizi bw’iyi kipe aho amaze gutsinda ibitego 4 mu mikino 12, ibintu abafana b’iyi kipe batishimira kuko bavuga ko ibyo bari bamwitezeho sibyo yabahaye.

    Uyu rutahizamu avuga ko icy’ingenzi ku ruhande rwe ari ukureba uko yafasha ikipe ye, n’aho ngo abafana bo kuvuga muri ruhago ni umuco wabo.

    Ati'ndakeka kuvuga kw’abafana muri ruhago ni ibisanzwe, ibyo rero ntabwo byanshyira ku gitutu, icyo ndebe ni uburyo nafasha ikipe yanjye nkurikije inama z’umutoza n’icyo yifuza. Ndabizi gutsinda kuri rutahizamu ni ingenzi, ndimo ndakora ibyo umutoza yifuza kugira ngo tugere ku ntego zacu.'

    Nyuma yo gusoza amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports, mu mpera za Kanama 2020 nibwo yerekeje muri Yanga ayisinyira amasezerano y’imyaka 2.

    Ngo ntiyitaye ku magambo y’abafana

    Sarpong ngo icyo areba ni ugukurikiza inama z’umutoza

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/sarpong-yavuze-ikimuraje-ishinga-muri-yanga

  • Tranquillity amidst Luxury: Fascinating memories at Émeraude Kivu Resort #rwanda #RwOT

    Besides being exactly where the Congo Nile trail begins, in its proximity, one of Africa’s oldest rainforest 'Nyungwe National Park’ is found. In addition to that, you can spot the plush Green Hills Tea Estate and its factory Shagasha, Cyamudongo Chimp’s Forest, Mashyuza Hotsprings, the Bugarama Valley amongst other attractions.

    Emeraude Kivu Resort welcomes you to a fresh and unique atmosphere from its mixture of African and contemporary decor to its rooms and facilities. The rooms vary in size with the view of a lush and well-maintained garden and the majestic Lake Kivu.

    If you allow it to brag, the hotel has a spa—Sauna, Steamer and Massage Room—indoor and outdoor restaurant and bar, a fitness centre and conference rooms, all to compliment your stay. Whether you wish to wind down and relax, or simply need to work in a charming and cosy place, t Emeraude Kivu Resort offers it all.

    And that’s not all!

    Among the activities that you can do while in your touristic stay at the hotel includes Nyungwe Forest National Park and Tea Garden’s tourism, bird-watching, Bugarama Hot Spring, Kamembe City Tour, Lake Kivu “Singing Fishermen” Experience, Hiking Trails, Cyamudongo Chimps Experience, Canopy Walkway, Nkombo Island and Gihaya Island visit, and more!

    Suppose you book at least 2 nights from the 23rd December 2020 to the 3rd of January 2021 the hotel has a Christmas Promo of 30% off on all its regular prices for individuals, 35% and 40% for a group of five (5) and ten (10) people respectively. No wonder it’s one of the partners in 'A Traveler’s Story' contest. They are also offering a two-night stay full board for the winners, they genuinely care about Rwanda tourism and the travellers!

    So, welcome to Emeraude Kivu Resort! A perfect venue for a comfortable stay, nature experiences, business meetings, training workshops and really amazing views of Rwanda.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/tranquillity-amidst-luxury-fascinating-memories-at-emeraude-kivu-resort

  • Burundi's Ex-President Pierre Buyoya Dead #rwanda #RwOT

    Former Burundian President Pierre Buyoya is dead. He breathed his last on December 17th at the age of 71.

    Details of the cause of his death are scanty but with high suspicion that Buyoya may have succumbed to Covid-19.

    Taarifa will keep tracking details of this developing story on the demise of the former Burundi leader, a military man at a rank of Major.

    Before his death, Buyoya served as High Representative of the African Union for Mali and the Sahel.

    He had been battling court cases in Burundi until he was convicted in absentia to life imprisonment for the murder of his predecessor Melchior Ndadaye in 1993.

    Buyoya rejected claims of murdering his predecessor Ndadaye.

    Melchior Ndadaye was Burundi's first democratically elected president and was assassinated in October 1993 in a military coup that would lead the country into a civil war between the army and rebel groups opposed to government leading  to 300,000 deaths until 2006.

    Ndadaye had succeeded Buyoya, carried by the army in power in 1987 and who became president again in a new coup between 1996 and 2003, before handing over power to Domitien Ndayizeye, a Hutu, under a peace agreement signed in 2000 in Arusha (Tanzania).

    Buyoya was convicted of 'attack against the head of state, attack against the authority of the state and attack tending to bring about massacre and devastation', according to the text which only contains the operative part (conviction and sentence) of the decision handed down by the Supreme Court.

    The name of Pierre Buyoya had already been cited in connection with this assassination, without the beginning of any proof being provided.

    Eighteen senior military and civilian officials close to the former head of state were sentenced to the same sentence, three others to 20 years in prison for 'complicity' in the same crimes and only one, the former transitional Prime Minister, Antoine Nduwayo, was acquitted.

    According to Buyoya, the trial was conducted 'in violation of the Arusha Accords' and was neither 'fair' nor 'equitable' as the rights of the defence were allegedly violated.

    The post Burundi's Ex-President Pierre Buyoya Dead appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/burundis-ex-president-pierre-buyoya-dead/

  • Pierre Buyoya wayoboye u Burundi yitabye Imana #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Pierre Buyoya
    Pierre Buyoya

    Ibitangazamakuru birimo Radio y’Abanyamerika(VoA) byatangaje ko yaba yazize icyorezo Covid-19. Buyoya yari amaze ukwezi yeguye ku mwanya wo kuba Intumwa yihariye y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(AU) muri Mali no mu Karere ka Sahel.

    Inkiko zo mu Burundi zahamije Pierre Buyoya ibyaha byo kwica uwamusimbuye wari umaze amezi atatu atowe, ari we Perezida Melchior Ndadaye wishwe ku itariki 21 Ukwakira 1993.

    Majoro Buyoya abaye umuntu wa kabiri wayoboye u Burundi witabye Imana muri uyu mwaka nyuma ya mugenzi we Petero Nkurunziza witabye Imana muri Kamena 2020.

    Maj Petero Buyoya yagiye ku butegetsi ahiritse uwo byavugwaga ko ari mubyara we Col Jean Baptiste Bagaza, na we wari warabufashe abanje guhirika Michel Micombero mu mwaka w’ 1976.

    Majoro Petero Buyoya wo mu Ishyaka UPRONA yari yavuye ku butegetsi mu 1993 ubwo yatsindwaga mu matora rusange y’abaturage na Melchior Ndadaye wari mu ishyaka ryitwa FRODEBU.


    source https://www.kigalitoday.com/politiki/amakuru/article/pierre-buyoya-wayoboye-u-burundi-yitabye-imana

  • COVID-19: Rwanda reports 78 new cases, 32 recoveries #rwanda #RwOT

    The statement released last night shows that new cases were found in Kigali: 36, Huye: 17, Musanze: 13, Rubavu: 5, Burera: 1, Muhanga: 1, Nyanza: 1, Nyamagabe: 1, Gicumbi: 1, Kayonza: 1 and Nyagatare: 1.

    Rwanda confirmed the first COVID-19 patient on 14th March 2020. As of today, 7032 people have been tested positive out of 679,132 sample tests of whom 6089 have recovered, 886 are active cases while 57 have succumbed to the virus.

    MoH figures indicate that the prevalence of recoveries, deaths and new cases respectively stands at 86.5%, deaths at 0.8% and 2.5%.

    Coronavirus symptoms include coughing, flu, and difficulty in breathing. The virus is said to be transmitted through the mucous membranes of the respiratory tract.

    Rwandans are urged to adhere to COVID-19 health guidelines, washing hands frequently using soaps and safe water, wearing face masks and respecting social distancing.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rwanda-reports-78-new-cases-32-recoveries

  • Will Europe Convince World To Adopt Tough Green Standards? #rwanda #RwOT

    In 2019, European Commission President Ursula von der Leyen boldly declared 'Europe's man on the moon' moment, as she announced the continent's plans to be carbon neutral by 2050.

    The European Green New Deal would, among other bold proposals, halve Europe's greenhouse gas emissions by 2030, decarbonize the energy sector, and influence environmental standards internationally by raising Europe's own.

    But the European Union produces only 10% of the world's greenhouse gas emissions, so having what is widely considered the world's most ambitious climate change policy plan isn't enough to fix the problem.

    And so to realize its green ambitions, the EU intends to reach beyond its borders, to bring along countries including the United States and the globe's No. 1 polluter, China.

    The challenge is determining who can be coaxed to come along for the ride, and what levers Europe can pull — such as a carbon tax on imported goods — to bring them on its turbulent journey towards a greener future.

    'Stringent climate policy will create winners and losers in society,' says Sonja Peterson, a climate economist at the Kiel Institute for the World Economy.

    'Industries will have to change, new fields of work will be created. But, ultimately, EU climate policy is of little help alone. It will be very important to get the U.S. and China on board to reach temperature targets [of the Paris accord]. Though, I think it can be helpful to show how decarbonization can work in Europe first.'

    Europe's leadership intends to leave no person behind as it attempts to overhaul nearly every sector, from transportation to agriculture to energy, via regulation and legislation.

    'The biggest challenge within the next couple of years will be to design this transformation in a way that brings people along,' says Vicki Duscha, business climate policy analyst at Fraunhofer Institute for Systems and Innovation Research.

    'We have the goal to take everyone with us. If we do it right, there will be new jobs created. This transformation won't be possible without the people.'

    Ironically, the COVID-19 pandemic has presented an opportunity. Not only has the world-at-a-standstill triggered in a sharp reduction in carbon emissions, but it has allowed the

    EU to roll out a stimulus package in which roughly €275 billion ($335 billion) has been dedicated to a recovery effort that will also combat the effects of climate change.

    'In principle, I think Europe's goals are reachable,' says Dr. Peterson of the Kiel Institute.

    'Many studies show, with which mixture of technologies, we can become completely carbon-neutral. But in reality, this is a huge challenge and we're far from the goal. The steps that are missing are much more demanding than what's already been achieved.'

    The path is clear in certain industries such as energy, but more challenging in emissions-heavy sectors such as agriculture and transportation.

    'Liquid fuels seem to be the best way to decarbonize transportation. Yet, we have ideas about a climate-neutral liquid gas, but we're far away from generating the amounts necessary,' says Dr. Duscha.

    'The same holds for agriculture; there are only a handful of technological possibilities to reduce methane, and we'll also have to change our dietary habits. That's hard to address from a political point of view.'

    And the transition could spark a public backlash as it starts to affect jobs. It already is at the world's oldest Mercedes-Benz plant, in the Marienfelde region of Berlin.

    European Commission President Ursula von der Leyen

    This year, Daimler management announced plans to phase out combustion engine production there as the company turns toward electric motors.

    The factory, which Daimler has run since 1902, might be downsized, prompting hundreds of workers to protest earlier this month.

    'You can't just stop using the internal combustion engine right away,' says Heike Fesinger, who, along with her husband, was marching on a cold, overcast day.

    She started at the plant as a lathe operator 38 years ago, and is now a test-equipment instructor. 'This factory shouldn't be closed down just because some CEOs missed the boat for e-mobility. The transformation needs to go slower.'

    Even if Europe convinces its own people to embrace the green path, it remains to be seen whether other countries will follow along.

    The U.S. has a stated goal of becoming carbon neutral by 2050, while China this year announced plans to peak CO2 emissions in the year 2030, and aims to become carbon-neutral by 2060.

    'The three biggest emitters are China, the U.S., and the EU, with everyone else trailing in their wake,' says Jeremy Shapiro, research director at the European Council on Foreign Relations.

    'Any sort of three-way agreement with them would set the tone.' That might include, say, setting a standard for assessing the carbon content for exported industrial goods.

    Yet the U.S. policy-making environment is incredibly polarized, and America is emerging from four years under a president who refused to

    acknowledge climate science. Meanwhile China, for decades the world's factory floor, can't easily curb emissions in an economy still so reliant on a coal-powered industrial sector.

    If other countries do not follow along, Europe may need to deploy its unmatched regulatory capability, and the mechanisms that spring from that, to increase its sovereignty and ability to act, say experts.

    That includes a border carbon adjustment, which the EU intends to finalize in 2021.

    Such an adjustment is most likely to take shape as a tax levied on imports into the EU, pegged to the amount of greenhouse gases emitted in their manufacture. This 'carbon tax' is being discussed in part because international cooperation might fall short; it would attempt to subject international industry to the same terms of competition as those inside Europe.

    Under such a scheme, Daimler would derive little benefit from shuttering an engine factory in high-regulation Germany,

    moving production to a more-permissive China, and importing engines back into Europe. Simultaneously, such a tax would hamper foreign manufacturers from selling 'dirty' products to Europe. In other words, a carbon tax helps level the playing field.

    'Conceptually it makes a lot of sense,' says Mr. Shapiro of ECFR. 'Because if you don't do something like this, the carbon would essentially get exported abroad. But it's a very, very difficult thing to implement.'

    That's not only because of the diplomatic tensions that would result, or the uncertainty around whether such a scheme would be compliant with World Trade Organization rules. There's also the intricate logistics of determining the carbon content of an import. 'It might require insight into six different countries' supply chains before you even get to Europe,' says Mr. Shapiro.

    Most exciting for the near term, say experts, is the industrial policy Europe would deploy in the race to develop green technologies. In certain sectors, including renewable energies, Europe has already shown the green choice can be low-cost enough to be profitable.

    'That's giving people money,' says Mr. Shapiro. 'That's always a bit easier to push through.'

    The post Will Europe Convince World To Adopt Tough Green Standards? appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/will-europe-convince-world-to-adopt-tough-green-standards/

  • Kamonyi: Uruganda rw'umuceri rwibarutse urw'ifu y'ibigori-kawunga #rwanda #RwOT

    Uruganda rw'ifu y'ibigori-Kawunga rwiswe Mukunguri Maize Flour ( MUMAF), rubaye urwa gatatu muri aka gace k'amayaga, rukomotse ku ruganda rw'Umuceri rwa Mukunguri-MRPIC rwahabanje. Akawunga ka mbere kamaze kugera ku isoko, mu ngano y'ibiro bitanu, icumi na 25.  

    Niyongira Uzziel, umuyobozi w'uruganda rutunganya umuceri rwa Mukunguri (Mukunguri Rice Promotion Investment Company-MRPIC) ari nawe uzamuye aka gace kagezemo izi nganda uko ari eshatu, avuga ko ifu (Kawunga) bagejeje ku isoko bizeye ubwiza bwayo ndetse n'uburyohe.

    Urebeye inyuma, inyubako z'uruganda rutunganya Kawunga.

    Niyongira, avuga ko ibi abihera ku bushobozi bw'uruganda ndetse n'ibikoresho bafite bagereranije n'ibindi basanzwe babona hanze aha, bakongeraho imitunganyirize y'umusaruro w'ibigori bakuramo ifu, inzira banyuramo babitunganya kugera ku ifu bakeneye.

    Avuga kandi ko gushinga uru ruganda rutunganya ifu y'ibigori-Kawunga babanje kubyigaho, biga ku isoko, bashaka inyubako ziberanye n'uruganda, bashaka abahanga babafasha kubona imashini zigezweho zizababashisha kugera ku bwiza bw'ifu ikenewe.

    Imbere mu ruganda, imashini zigezweho.

    Niyongira Uzziel, avuga ko nyuma yo kuba batangiye uru ruganda rw'akawunga, bafite gahunda yo gushyiraho urundi ruganda rwa kane ruzajya rutunganya ibiryo by'amatungo, aho narwo ngo rutazatinda.

    Aka gace k'amayaga, kabanje kubakwamo uruganda rw'umuceri rwa MRPIC, aho bigaragara ko rumaze gutera imbere kandi rwunguka. Ibi bigaragazwa no kuba rugenda rubyara izindi nganda zirimo urutunganya ibicanwa-amakara ( Briquettes) biva mu bisigazwa by'umuceri, hamwe n'uru rwa Kawunga rwatangiye.

    Uru ruganda rw'Ifu y'Ibigori rwuzuye, ruje gukomeza iterambere ry'aka gace k'amayaga n'iry'akarere muri rusange, rufasha abaturage mu kubaha akazi no kugura umusaruro w'Ibigori byabo. Rufite ubushobozi bwo gutunganya Toni 30 z'ibigori ku munsi.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/kamonyi-uruganda-rwumuceri-rwibarutse-urwifu-yibigori-kawunga/

  • Ndicuza impamvu naje muri ibi bintu ndaza no kubivamo – Perezida wa Kiyovu Sports ku itabwa muri yombi kwe #rwanda #RwOT

    Nyuma y’inkuru yaraye ikwirakwiye ko perezida wa Kiyovu Sports yatawe muri yombi azira amafaranga yayobeye kuri konti ye ya banki akanga kuyatanga, uyu mugabo avuga ko ari ibihuha bidafite aho bishingiye ndetse ubu akaba yatangiye kwicuza impamvu yaje mu mupira.

    Ku mugoroba w’ejo hashize ku wa Gatatu nibwo haje inkuru y’uko perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvenal yatawe muri yombi n’Urweo rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha 'RIB’ aho yari akurkiranyweho amafaranga miliyoni 19 zayobeye kuri konti ye akanga kuzitanga.

    Amakuru avuga ko uyu mugabo kuri konti hayobeyeho miliyoni 19 za Muhirwa Prosper wahoze ari visi perezida wa Rayon Sports undi akanga kuzimusubiza agahita yitabaza RIB.

    Mu kiganiro n’ikinyamakuru ISIMBI, perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvenal yavuze ko atari byo ndetse ko ibintu by’umupira yishoyemo aza kubivamo kuko yasanze bavuga ibyo bishakiye.

    Ati'ibyo rwose ntabwo mbizi. Ibintu by’umupira naje gusanga bavuga ibintu bishakiye, umupira umaze kungera ahantu urinjira mu buzima bw’umuntu, buri muntu wese arampamagara abimbaza, ndafunze se ndi umujura? Ndicuza impamvu naje muri ibi bintu ndaza no kubivamo.'

    Mu kwifuza kumenya niba koko uyu mugabo yaba yari yatawe muri yombi na RIB, ISIMBI yavuganye n’umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry maze mu magambo make ati'ayo makuru ntayo mfite ningira icyo nyamenyaho ndakubwira.'

    Mu gushaka kumenya ukuri kuri iki kibazo bivugwa ko Juvenal yagiranye na Muhirwa Prosper, ISIMBI yagerageje kuvugana na Muhirwa Prosper ariko ntibyakunda kuko atitabaga telefoni ye ngendanwa.

    Amakuru ISIMBI yamenye ni uko ku wa Kabiri w’iki Cyumweru tariki ya 15 Ukuboza 2020 ari bwo aya mafaranga Muhirwa Prosper yayayobereje kuri konti ya Mvukiyehe Juvenal.

    Juvenal akaba yaragoranye kuyatanga aho yavugaga ko ari umuntu wari umurimo amafaranga umwishyuye, nyuma aza kuvuga ko ari Prosper wamwishyuraga amafaranga ye yari amufitiye.

    Muhirwa Prosper akaba yarahise yitabaza RIB kugira ngo imukemurire ikibazo cye. Ku munsi w’ejo RIB ikaba yaratumijeho uyu mugabo kuri iki kibazo cye na Prosper ndetse yemera kwishyura amafaranga ahita ayamwishyura ikibazo kirakemuka ahita yisubirira mu rugo, ni ikibazo cyacyemutse ahagana mu ma saa mbili n’igice z’ijoro.

    Muhirwa Prosper yayobereje amafaranga kuri konti ya Mvukiyehe Juvenal

    Mvukiyehe Juvenal gusubiza amafaranga ya Muhirwa Prosper byabanje kugorana

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/ndicuza-impamvu-naje-muri-ibi-bintu-ndaza-no-kubivamo-perezida-wa-kiyovu-sports-ku-itabwa-muri-yombi-kwe

  • Gisa Cy’Inganzo na Ish Kevin muri batandatu bageze mu cyiciro cya nyuma cya The Next Pop Star #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Gisa Cy
    Gisa Cy’Inganzo

    Abageze kuri iki cyiciro bose hamwe ni Cyiza Jackson, Gisa Cy’Inganzo, Yannick Gashiramanga, Ish Kevin, Hirwa Irakoze Honorine ndetse na Jasmine Kibatega. Bageze aha batoranyijwe muri 20 mu cyiciro cyabanjirije iki, aho bazamutse hagendewe ku majwi bavanye mu matora y’abantu kuri murandasi (online vote).

    Kuri ubu aba bahanzi uko ari batandatu bazajya mu mwiherero (boot camp) uzamara iminsi itandatu kuva tariki 18 kugera tariki 24 Ukuboza 2020, ukabera muri Hotel Portofino.

    Biteganyijwe ko iri rushanwa rizasozwa tariki ya 26/12/2020 hahembwa abahanzi babiri bazaba bahize abandi. Ni igikorwa kizanitabirwa n’abahagarariye Kompanyi Network Show Biz (NSB) na SM1 Music Group/ Sony Music Group ari na bo bateguye iri rushanwa.

    Ish Kevin
    Ish Kevin

    The Next Pop Star ni irushanwa rigamije kuzamura abahanzi nyarwanda bakagera ku rwego mpuzamahanga. Ryateguwe na sosiyete mpuzamahanga zinyuranye zihagarariwe mu Rwanda na kompanyi itegura ibitaramo yitwa More Events.

    Uzaryegukana azahabwa ibihembo bifite agaciro ka Miliyoni 50 z’amafaranga y’u Rwanda (Rwf50M) mu gihe uwa Kabiri na we azasinyana amasezerano y’imikoranire na kompanyi itunganya imiziki SM1 Music Group ya Sony Music Group.


    source https://www.kigalitoday.com/imyidagaduro/muzika/article/gisa-cy-inganzo-na-ish-kevin-muri-batandatu-bageze-mu-cyiciro-cya-nyuma-cya-the-next-pop-star

  • #COVID19: Habonetse abarwayi bashya 78, abakize ni 32 #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Abo barwayi bashya 78 babonetse mu bipimo 3,054 bakaba barimo ababonetse i Kigali: 36 (abahuye n’abanduye), Huye: 17, Musanze: 13, Rubavu: 5, Burera: 1, Muhanga: 1, Nyanza: 1, Nyamagabe: 1, Gicumbi: 1, Kayonza: 1, Nyagatare: 1.

    Kugeza kuri uyu wa Kane, mu Rwanda abari bamaze kwandura icyo cyorezo ni 7,032 muri bo abamaze gukira ni 6,089 naho abakivurwa ni 886.

    Umugabo w’imyaka 70 y’amavuko witabye Imana ku wa Kabiri tariki15 Ukuboza 2020 ari i Rubavu azize Covid-19, yahise yuzuza umubare w’abantu 57 bamaze kwicwa n’iki cyorezo kuva cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020.

    source https://www.kigalitoday.com/ubuzima/indwara/article/covid19-habonetse-abarwayi-bashya-78-abakize-ni-32