Category: Uncategorized

  • Nitwa Odeth umusore twakundanaga yanshiye inyuma ndamufata none ndashaka umukunzi. #rwanda #RwOT

    Muri iki gihe nta muhungu ukigira umukunzi umwe abahungu benshi usanga bafite abakobwa benshi babeshya. Hari umuhungu usanga ntamukunzi w’ukuri afite ahubwo afite abakobwa barenga 5 bose abeshya ko akunda. Iyo ukunda umuntu by’ukuri ntushobora kumenya ko aguca inyuma, ndetse baranabikubwira ukabihakana ukumva ko bakubeshya. Nakunze umusore n’umutima wanjye wose, abahungu b’inshuti ze bakamunshimira bakambwira ko nahisemo neza, ariko abakobwa b’inshuti zanjye bo bakambwirako uwo muhungu anca inyuma ariko simbyemere.

    Igihe kimwe nagiye kumusura nsanga iwe hari imyenda y’umukobwa mubaza icyo iyo myenda ikora ahongaho ambwira ko hari umuturanyi wasize yanitse imyenda, maze imvura igiye kugwa ahitamo kuyimwanurira. Numvise ntakibazo kirimo ahubwo numva ko cheri wanjye ari umuntu mwiza wita no kunyungu z’abaturanyi. Hashize iminsi rero nagiye kumusura maze mu gutaha nibagirirwayo charger ya phone yanjye, bituma mugitondo nzindukira yo kugira ngo nyifate mbone kujya mu bindi ubwo rero mpita nsanga hari umukobwa waharaye ndetse mbona naya myenda nahasanze ari iye. Nahise nibwiriza icyo gukora. Ubu rero ndashaka umuhungu twakundana, nubwo abahungu benshi bangiritse ariko nziko nabavugisha ukuri bagihari. Nitwa Kayitesi Odeth ndashaka umusore utazantendeka tuzakundana tugatandukanwa n’urupfu. Ndahari nawe abaye ahari yanyansikira inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/nitwa-odeth-umusore-twakundanaga-yanshiye-inyuma-ndamufata-none-ndashaka-umukunzi/

  • Umugabo wanjye yantaye azi ko ngiye gupfa ahubwo bimbera amarembo y’umugisha. #rwanda #RwOT

    Nitwa Mukamucyo Salima mfite imyaka 34, nkaba naratandukanye n’umugabo wanjye. Ariko twatandukanye ntabishaka kuko niwe ubwe wantaye ansiga munzu twakodeshaga ansigana n’abana 3 twabyaranye. Mu by’ukuri icyatumye anta si uko yari anyanze, ntanubwo ari uko atankundaga, si n’uko wenda hari ikibazo twari dufitanye, ahubwo n’uko yabonaga inzara igiye kuzatwicira mu nzu, kuko twari dufite ubukene buteye ubwoba, ubwo rero abonye bikomeye afata icyemezo kigayitse cyo kudusiga. Gusa si ibyo gusa ahubwo yanahoraga ancyurira ambwira ngo niwe ungize ngo ntamufite nakwipfira. Icyamuteraga kubivuga n’uko kuva twabana ntakintu na kimwe nigeze nkora kinjiza, ahubwo niwe winjizaga wenyine niwe wari utunze urugo. Ubwo rero mu byamujyanye harimo no gushaka kunyereka ko ntakintu na kimwe nageraho ntamufite. Yumvaga ko nzamwirukaho ndetse nkanamwingingira kugaruka mu rugo. Akimara kugenda rero nahise mbona ko ibintu bihinduye isura, nahise ndeka ubutesi ndahaguruka ntangira gushaka amafaranga. Burya iyo umuntu afite umugabo umuhahira bituma hari akazi runaka adakora kuko aba yumva gasuzuguritse ko gashobora gutuma umugabo we asuzugurwa. Ariko umugabo wanjye amaze kunta narahagurutse ndakora ntakazi na kamwe nasubizaga inyuma uko kaba kameze kose niyo kaba gasuzuguritse gapfa kuba katanjyana mu ngeso mbi. Akazi naragakoze byaba kuvoma, byaba kumesa, byaba kurera abakecuru, byaba kwikorera ibishingwe, byaba akazi ko mu rugo ariko nkagakora ntaha byaba no gucuruza agataro. Ako kazi gatandukanye nakoze kagiye kampa amafaranga make make, ngenda nyabika, mu gusoza rero nibwo nacuruje agataro nkajya ncuruza imbuto nzizengurutsa ahantu hose, nyuma naje gukodesha ibaraza ry’umuntu imbuto nkajya nzicururira kuri iryo baraza. Uwo muntu yaje guhomba maze mfata inzu yose, mu nzu nkahacururiza ibiribwa, aho kwibaraza nkomeza kuhacururiza imbuto. Ubucuruzi bwanjye bwakomeje kuzamuka ntera imbere cyane ubu nkaba nohereza imbuto nyinshi hanze y’igihugu. Umugabo wanjye rero abonye nteye imbere yaragarutse ansaba ko twakongera kubana, ambwira ko mu by’ukuri yankinishaga ko atari bugende burundu ahubwo ko yagiraga ngo mbone agaciro ke. Gusa naramuhakaniye mubwira ko inshuti nziza umuntu ayibona mu byago. Ubu rero aracyakomeje kunyirukaho ariko njye narahiye ko ntazasubirana nawe, akaba ari no muri urwo rwego nshaka umuntu twakundana ndetse tukabana. Uwumva twahuza yanyandikira inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/umugabo-wanjye-yantaye-azi-ko-ngiye-gupfa-ahubwo-bimbera-amarembo-yumugisha/

  • Nitwa Gentille ndashaka umukunzi ufite urukundo rwinshi kandi rw’ukuri. #rwanda #RwOT

    Nitwa Umutoni Gentille mfite imtaka 24 ntuye Kimisagara ndashaka umukunzi ufite gahunda atari babandi baba bakinisha umuntu, umusore wakwemera ko dukundana akankunda njyenyine ntazigere antendeka kuko nanjye sinzamutendeka. Umusore w’inzobe ufite hagati y’imyaka 20 na 30 uburebure butari munsi ya 170 cm bikaba byaba byiza abaye afite akazi, gusa ukiri umunyeshuri we ntacyo twavugana. Niba ahari anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/nitwa-gentille-ndashaka-umukunzi-ufite-urukundo-rwinshi-kandi-rwukuri/

  • Ndashaka umukunzi kuko umuhungu twendaga kubana yasambanye n’umukobwa w’inshuti yanjye none kumubabarira byarananiye. #rwanda #RwOT

    Amazina yanjye ni Dusabe Mamerthe bakaba bampamagara Dudu. Hari umusore, uwo musore twari dusanzwe tuziranye kuko kuva kera twari duturanye twarareranywe. Hakaba hari umuhungu twakundanaga ariko rwari rwa rukundo rudafite intego kuko ntagitekerezo cyo gushinga urugo yari afite. Igihe kimwe twari twagiye mu bukwe bw’umwe mu bantu tuziranye, n’uko njyana n’uwo muhungu twareranywe. Maze ubukwe burangiye twaje kwicara turaganira byimbitse n’uko ambwira ko afite igitekerezo cyo gushinga urugo kandi ko yatekereje agasanga ntawundi mukobwa numwe wamubera umugore keretse njye. Yambwiye ibyo yashingiyeho ajya kumpitamo ngo mubere umugore numva birafatika, kuko nanjye natekerezaga ko ubushuti bwacu bwo kuva kera bwari kuba umusingi wo kubaka urugo rugakomera. Nyuma yo kubitekerezaho nemeye ko uwo mushinga wo kubaka urugo twawufatanya, guhera ubwo dutangira gukundana uwo twakundanaga mbere ndamureka. Urukundo rwacu rwari rwiza cyane, twarakundanaga by’ukuri tukabwirana byose kandi bitewe n’uko twari tuziranye kuva kera byatumye n’umuryango we unyishimira ndetse n’uwanjye uramwishimira dutangira gupanga ubukwe. Hashize igihe umukobwa w’inshuti yanjye yaje kunsura turaganira bigeze hagati mbona atangiye kurira, mubaza ikiri kumuriza. Ahita atangira kunsaba imbabazi ngo umutima we wakomeje kumubuza amahoro none yahisemo kunsaba imbabazi, numva birancanze musobanuza neza impamvu ansaba imbabazi ahita ambwira ko yasambanye n’umukunzi wanjye. Njye ntagaciro nabihaye ahubwo nahise numva ko ari umuntu ushaka kunyicira ubukwe. Gusa mbibika k’umutima hashize iminsi mbibaza uwo musore twendaga kubana ahita abyemera atabanje no kureba kuruhande. Gusa ansaba imbabazi ambwira ko yabikoze bimugwiririye atabipanze.

    Yambwiye ngo yanyuze iwabo w’uwo mukobwa yihitira, ahageze asanga hari abana bashaka kwiba imyenda yari yanitse hanze, niko kwinjira muri urwo rugo kugira ngo ababurire. Ngo yarasuhuje yumva ntibakoma arakomanga, abona wa mukobwa w’inshuti yanjye asohotse akenyeye agatenge konyine kuko yari aryamye kandi yari wenyine mu rugo, bitewe nuko bombi bari baziranye bahise bicara batangira kuganira bisanzwe.  Muri uko kuganira umusore yakomeje gutwarwa n’ukuntu umukobwa akenyeye agatenge kerekana ibibero n’amatako, nuko atangira gukoraho biza kurangiza basambanye. Bamaze gusambana bemeranya ko ari ibanga ntanumwe ugomba kuzarimbwira. Ibyo bintu byarambabaje cyane, nabifashe ko ari inshuti zanjye zangambaniye rero kubababarira bombi byarananiye niyo mpamvu nafashe icyemezo cyo gushaka undi musore tukikundanira. Uwaba yumva yiteguye kandi we akiyemeza ko atazigera anca inyuma yanyandikira inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/ndashaka-umukunzi-kuko-umuhungu-twendaga-kubana-yasambanye-numukobwa-winshuti-yanjye-none-kumubabarira-byarananiye/

  • Nitwa Umumararungu mba muri America none ndashaka umusore twakundana kuburyo nzagaruka duhita twibanira. #rwanda #RwOT

    Nitwa Umumararungu Moryne mba muri USA kuva mu mwaka wa 2016 nkaba nzasubira mu Rwanda mu ntangiriro z’umwaka utaha kuko nzaba ndangije amasomo ya kaminuza niyo yanzanye inaha. Mu mujyi ntuyemo haba ivangura rikabije, kuburyo abazungu bakomeza guhohotera abirabura ibyo nibyo byatumye iki gihugu numva ntagikunze. Ntagahunda mfite yo kuzakomeza kuba muri iki gihugu, ahubwo nindangiza kwiga nzahita ntaha njye gufatanya n’abandi kubaka igihugu cyanjye, niyo mpamvu nshaka umuhungu twakundana kuburyo nzagaruka i Kigali duhita twibanira. Uwaba abishaka yanyandikira inbox tukabipanga neza.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/nitwa-umumararungu-mba-muri-america-none-ndashaka-umusore-twakundana-kuburyo-nzagaruka-duhita-twibanira/

  • Isabelle arashaka umuhungu bakundana bagafatanya urugendo rw’ubuzima. #rwanda #RwOT

    Buri gihe kigendana n’ibyacyo kandi buri muntu aba afite uko yumva ibintu bitandukanye n’undi. Nitwa Gatera Umuhoza Isabelle mfite imyaka 30 njye mbere numvaga ko amafaranga ari byose, numvaga ko amafaranga azampa ibyo nifuza byose. Abantu bavuga ngo amafaranga ntatanga umunezero numvaga ari abasazi kuko kubwanjye natekerezaga ko biterwa nuko aba ari make, nah’ubundi nkumva ko umuntu aramutse afite amafaranga menshi cyane afite imitungo myinshi cyane hirya no hino ku isi byatuma anezerwa. Gusa naje gusanga naribeshye, ariko nanone ndacyafite igarururiro kuko mbifata nkaho byari igihe cyabyo.

    Amafaranga mvuze ko kuyabona bitampaye umunezero sinaba mbeshye cyakoze wenda byaranshimishije ariko ibyishimo yampaye sibyo nari niteze Nirutse ku mafaranga cyane, numvaga muri iyi si ntakintu na kimwe kiyarusha agaciro, nyirukaho igihe kinini, nyirukaho n’umutima wanjye wose, nyirukaho nziko ninyabona nzanezerwa nkamera nkugeze muri paradizo. Nyakunda nta buryarya, numvaga ko ninyabona abasore bazankunda cyane bakajya banyirukaho, ariko siko byagenze kuko amafaranga maze kuyabona sinongeye kubona umwanya wo kwita ku nshuti zanjye, sinongeye kubona umwanya uhagije wo gusabana n’ababyeyi banjye, amafaranga ntiyampaye byose, ntiyampaye urukundo ahubwo yatumye urukundo rumpunga, ubu rero nicyo gihe ngo niruke k’urukundo.

    Ndashaka umusore twakundana tugafatanya urugendo rw’ubuzima. Umusore ufite urukundo rw’ukuri kuburyo azamfasha kwisubiza imyaka nataye ntafite umukunzi. Ndifuza umusore wabasha kumpa umunezero, akankunda by’ukuri ntangingimira kuko nanjye niteguye kumukunda. Nzamukunda cyane, nzamuha umwanya wanjye wose, nzakora ibishoboka byose munezeze. Urukundo nakundaga amafaranga rwose nzarumuha ndetse ndurenze, mu maso yanjye ntakintu na kimwe kizamurusha agaciro kuko nzamurutisha byose. Anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/isabelle-arashaka-umuhungu-bakundana-bagafatanya-urugendo-rwubuzima/

  • Maze imyaka 7 nta mukunzi mfite none ndashaka umusore dukundana. #rwanda #RwOT

    Nitwa Monique Uwanyirigira mu myaka 8 ishize nakundanye n’umusore, uwo musore ndamukunda cyane mwimariramo ariko naje gutungurwa n’uko igihe kimwe yampamagaye ari kuri Noheli akambwira ngo amfitiye impano, icyo gihe nanjye nari mufitiye impano nuko njya kumureba mpageze turaganira cyane ampa impano yanteguriye nanjye muha iyo namuteguriye. Maze aramperekeza tugiye gutandukana arambwira ngo umukobwa bakundanaga mbere yamusabye imbabazi none yiyemeje kuzimuha. Arambwira ngo:”Nibyo imbabazi nazimuhaye none tugiye gusubirana, gusa ndamuzi ni umunyamafuti n’ubundi azahita akora andi makosa duhite dutandukana, ubwo rero ndagusaba ngo wowe ube untegereje nimara gutandukana nawe nzagaruka dukundane.” Ayo magambo yarambabaje cyane, kuko numvise ko uwo muhungu amfashe nk’igicucu ariko ntakundi nari kubigenza. Nahise ntandukana nawe ariko muri njye narabyumvaga ko tutazasubirana. Hashize ukwezi kumwe yahise ambwira ko wa mukobwa batandukanye none ko yifuza ko twasubirana ndamuhakanira. Nahise numva iby’urukundo mbizinutswe kuburyo maze imyaka 7 nta mukunzi mfite. Gusa ubu noneho ndumva niteguye uwaba yumva twahuza anyandikire inbox twikundanire.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/maze-imyaka-7-nta-mukunzi-mfite-none-ndashaka-umusore-dukundana/

  • Peace-loving Trump super-supporter Bernell Trammell shot dead hours after giving pro-Trump interview #RwOT

    black trump supporter bernell trammell killed milwaukee
    Black Trump supporter Bernell Trammell was gunned down in Milwaukee shortly after an alleged dispute over his Trump signs. 
    “Trammell, 60, was gunned down on July 23 near the very spot where he gave a video interview a few hours before explaining why he supported Trump,” according to the Daily Callout. “The motive is not clear, including whether the slaying was tied into Trammell’s political beliefs or Trump support.”
    Trammell was a Rastafarian street preacher who advocated for President Trump’s reelection both in front of Milwaukee’s City Hall and in his black-majority neighborhood.
    Police say Trammell was shot to death at around 12:30 p.m. in front of his business, Expression Publications. Trammell’s storefront is plastered with “Trump 2020” signs.
    Reggie Moore, the director of the Milwaukee Office of Violence Prevention, told the Milwaukee Journal-Sentinel that he had “intervened in a dispute between Trammell and a young man” that was “related to a Trump sign that Trammell was carrying.”
    black trump supporter bernell tremmell store
    Bernell Trammell’s storefront was plastered with “Trump 2020” signs. (Fox 6/screenshot)

    Trammell was well-known in his neighborhood for his pro-Trump advocacy and his religious preaching.
    Neighbors fondly remembered Bernell as a friendly, peace-loving man. “The guy was just full of love,” local resident Dick Nelson told Fox 6.
    Source : Youtube
  • Polisi y’u Bufaransa yongeye guta muri yombi Umunyarwanda ukekwaho uruhare mu nkongi yibasiye cathédrale y’i Nantes #rwanda #RwOT

    Polisi yo mu Bufaransa yongeye guta muri yombi umunyarwanda ukekwaho kugira uruhare mu nkongi yatwitse cathédrale Saint-Pierre-et-Saint-Paul y’i Nantes mu Bufaransa.
  • Somalia: Abadepite beguje Minisitiri w’Intebe bamushinja ubushobozi buke #rwanda #RwOT

    Inteko Ishinga Amategeko ya Somaliaa yatakarije icyizere Minisitiri w’Intebe, Hassan Khaire, imushinja ubushobozi buke harimo; kunanirwa gushyiraho urwego rw’umutekano rukomeye, no gutegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka utaha.