Category: Uncategorized

  • TOP10! Abanyamakuru bahuza mu kiganiro bikaryohera ababakurikira kuri Radiyo na Televiziyo mu Rwanda #rwanda #RwOT

    Mu Rwanda, itangazamakuru ni rumwe mu nzego ziri kwiyubaka, ibitangazamakuru biri gukura umunsi ku wundi. Uko bikura ariko nanone ni ko bamwe mu banyamakuru barushaho gukuza amazina yabo. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe abanyamakuru icumi bakorana mu kiganiro bagahuza ndetse bikaryohera ababakurikira.
  • TOP10! Abanyamakuru bahuza mu kiganiro bikaryohera ababakurikira kuri Radiyo na Televiziyo mu Rwanda #rwanda #RwOT

    Mu Rwanda, itangazamakuru ni rumwe mu nzego ziri kwiyubaka, ibitangazamakuru biri gukura umunsi ku wundi. Uko bikura ariko nanone ni ko bamwe mu banyamakuru barushaho gukuza amazina yabo. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe abanyamakuru icumi bakorana mu kiganiro bagahuza ndetse bikaryohera ababakurikira.
  • Umukunzi wanjye yaranyanze ngo kubera ntaciye imyeyo none ndashaka umuhungu wakwemera kunkunda. #rwanda #RwOT

    Nitwa Uwera Sabine mfite imyaka 26 ntuye i Kigali. Nakundanye n’umusore turakundana cyane bigera ubwo dutangira gutekereza kuba twabana. Buri gihe iyo icyo kiganiro twatangiraga kukivugaho yahitaga ambwira ko mbere yo gutangira gupanga ubukwe tugomba kubanza kuryamana. Jye nari naramuhakaniye kuko nabyiyumvagamo ko umunsi twaryamanye ashobora kuzahita anyanga. Byakomeje gutyo dukomeza gukundana, ajya kunyerekana iwabo nanjye mwerekana iwacu ibyo byatumye mugirira ikizere mbona ko ankunda by’ukuri. Uretse n’ibyo, ibintu byose yankoreraga byanyerekaga ko ankunda nta buryarya. Maze kubyishyiramo ko twamaze guhuza, twongeye kugira ibiganiro byo kuba twapanga ubukwe, nawe yongera kunsubiriramo ko atapanga ubukwe tutararyamana. Bitewe n’uko nari namaze kumwizera narabyemeye kuko nubundi kuva yaramaze kunyerekana iwabo nari naratangiye kwitwara nk’aho ndi umugore we. Nyuma y’uko turyamanye yanyoherereje ubutumwa ambwira ko adashobora kubana nanjye. Namubajije impamvu ambwira ko kuba ntaraciye imyeyo byerekana ko ntazigera mufata neza mu buriri, ko ntazamushimisha, ko bizatuma ararikira abandi bagore bityo akanca inyuma. Ngo rero icyo yifuza n’ukubana n’umukobwa waciye imyeyo kuko ari byo bizamurinda kujya mu busambanyi. Uretse kuba narabyumvaga gutyo, ibyerekeranye no guca imyeyo nta muntu wundi wari warigeze abinganirizaho muri make sinari mbisobanukiwe kuko sinagize amahirwe yo kubana n’ababyeyi banjye, bitabye Imana nkiri muto, wenda bo bari kuba barabinsobanuriye. Ubu rero ndashaka umuntu twakundana tukibanira we akankunda by’ukuri kandi akanyizeza ko atazanca inyuma kandi ko atazanziza icyo kintu. Habaye hari uhari yanyandikira inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/umukunzi-wanjye-yaranyanze-ngo-kubera-ntaciye-imyeyo-none-ndashaka-umuhungu-wakwemera-kunkunda/

  • Hyundai mu rugamba rwo kwiharira isoko ry’imodoka zikoresha amashanyarazi #rwanda #RwOT

    Uruganda kabuhariwe mu gukora imodoka rwa Hyundai, rwashyize hanze gahunda rufite yo gukora imodoka zikoresha amashanyarazi, zizarufasha mu mugambi rufite wo gucuruza imodoka miliyoni imwe zikoresha amashanyarazi mu gihe gito.
  • Musanze: Igare rikomeje kugira uruhare mu guteza imbere ubukerarugendo bw’imbere mu gihugu #rwanda #RwOT

    Hashize amezi abiri gusa hatangijwe ku mugaragaro ubukerarugendo bushingiye ku igare, aho abifuza gutembera bihera ijisho ibyiza nyaburanga bitatse Igihugu by’umwihariko mu Karere ka Musanze, bifashisha igare bagakora siporo ari nako bateza imbere ubukerarugendo bwo mu gihugu imbere.
  • Abanyafurika barenga miliyoni 13 bashobora kwisanga mu bukene bukabije kubera Coronavirus #rwanda #RwOT

    Abanyafurika babarirwa muri miliyoni 13 byitezwe ko bashobora kugirwaho ingaruka zikomeye na Coronavirus bakisanga munsi y’umurongo w’ubukene mu mpera z’uyu mwaka aho mu gihe ibintu byaba bigenze nabi cyane uyu mubare ushobora kwiyongera bakagera nibura kuri miliyoni 50.
  • Ni nde uzabazwa ibikoresho bya Leta byibwe n’ibyangirikiye mu karere ka Rubavu? #rwanda #RwOT

    Imyaka ishize ari itatu mu karere ka Rubavu by’umwihariko mu biro by’akarere ndetse no mu mirenge hagaragayemo ubujura bw’ibikoresho bitandukanye ariko hakabura ibimenyetso.
  • Asuka amarira, uwabyaranye n’Umudipolomate w’u Rwanda arabara inkuru ibabaje isa na filime #rwanda #RwOT

    Eric Kayoge Rutoni, ni umujyanama wa kabiri wa Ambasaderi w’u Rwanda mu Misiri, umwanya yagiyeho avuye ku kazi yakoraga muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga aho yari Umuyobozi ushinzwe imikorere ya za Ambasade/Consulars z’u Rwanda.

    Hashize igihe kirenga umwaka, uyu mudiplomate w’u Rwanda aregerwa Perezida wa Repubulika binyuze kuri twitter, aho umugore witwa Uwimana Consolée yamushinjaga kumwibira umwana babyaranye muri 2008, akamujyana mu Misiri aho asanzwe akorera. Vuba aha ariko, n’ubundi ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amashusho agaragaza ibyishimo n’urugwiro rw’uyu mubyeyi wari wongeye kubona umwana we.

    Nk’uko Uwimana Consolée yabisobanuye mu kiganiro kirekire cy’amashusho yagiranye n’ikinyamakuru Ukwezi, yabyaranye na Rutoni Kayoge Eric muri 2008. Avuga ko agisama umugabo yamubwiye ko natabyara umuhungu munini w’inzobe umwana atazaba ari uwe, bikaza kuba amahire umwana akavuka ameze uko.

    Nyuma umwana agize imyaka ibiri n’igice, Kayoge Rutoni Eric yaje kuvuga ko atari we se w’umwana, ariko aza kwivuguruza imbere y’urukiko yemera ko ari we wamubyaye ndetse aranamwandikisha nk’uko bigaragazwa n’impapuro z’irangizarubanza twabashije kubonera kopi.

    Uyu mwana yagiye atuma ababyeyi be bahatana kenshi mu nzego z’ubugenzacyaha n’inkiko, kuva ari igitambambuga kugeza n’ubu rugeretse. Nyina agaragaza ko yagiye afungwa abeshyerwa guhohotera umwana we igihe yigaga muri Green Hills, agasobanura uko umwana we yaje gushimutwa bigizwemo uruhare na se, ndetse n’akarengane yagiye ahura nako kubera ko yari afitanye ikibazo n’umuyobozi wakoreshaga inzego za Leta mu nyungu ze bwite.

    REBA IKIGANIRO TWAGIRANYE NA UWIMANA CONSOLEE HANO :

    Ni inkuru ndende bigoye guhina, avugamo uko nyuma yo gufungwa azira uyu mwana, mu gihe yari agifite ihungabana yatewe no kurenganywa, mu mwaka wa 2019 wa mwana we yaje kuburirwa irengero, agafashwa mu buryo bw’uburiganya kubona inyandiko z’inzira zatumye ajyanwa na Se mu Misiri nyina atabizi. Iki kibazo agaragaza ko yakigejeje ku nzego nyinshi, ntizigikemure ndetse ntihagire n’umuhamagara ngo amusobanuze ikibazo cye, kugeza ubwo yaje kwigira inama yo gutangira kukibwira Perezida wa Repubulika abinyujije kuri Twitter.

    Kera kabaye, muri uku kwezi kwa Kanama 2020 yaje kubona umwana we agaruwe mu Rwanda, nabwo uburyo yamuhawemo akagaragaza ko byamuteye agahinda. Nyuma yo kumuhabwa ariko, nabwo yahise abona ikirego cya se avuga ko umwana yari yarajyanye mu Misiri, yaje kumenya ko ashobora kuba atari uwe.

    Uwimana Consolée n’ibitwenge byinshi, aha asobanura ko yatangajwe n’impamvu Kayoge Eric Rutoni ashingiraho avuga ko ashidikanya ku kuba ari se w’umwana nk’uko bigaragara muri icyo kirego.

    Rutoki Kayoge Eric mu kirego ati : “Nyuma y’igihe mbana n’uyu mwana aho nakoreraga mu Misiri, natangiye kugenda mbona imyifatire idasanzwe y’umwana aho umwana yagendaga ambwira ko ntari se umubyara ko ndi se wo mu mategeko. Rimwe na rimwe yansubiriraga mu mateka ati erega mama yambwiraga ko bishoboka ko utari papa nyakuri. Ikindi gihe akabwira abandi bana banjye ko batavukana, kuko papa wabo atari Kayoge Rutoni Eric ubabyara, ibi byakomeje kuntera impungenge nkibaza koko niba umwana avuga ukuri.”

    Muri iki kirego kandi, uyu mudipolomate avuga ko umwana yabwiraga abandi bana be ko badasa, bityo ko atagomba kujya abita barumuna be ahubwo azajya abita inshuti ze. Yongeraho ko umwana yamubwiye ko nyina yajyaga aryamana n’abandi bagabo benshi.

    Ibi byose ariko, kuri Uwimana Consolée ngo birasekeje cyane ko uretse kuba ngo abeshyera umwana, ngo no kuba umwana ari we waha se amakuru y’uko yaba atari se ndetse akagerekaho kumukuraho amakuru y’uko yaryamanaga n’abandi bagabo, akibaza niba umwana yamenya ko nyina aryamana n’abandi kandi akabimenya ataravuka kuburyo icyo gihe aterwa inda umwana waje kuvuka nyuma yabonaga abo bagabo bandi baryamanaga.

    Uwimana Consolée ariko ngo ntazigera yitaba urukiko kuko agize amahirwe yatsindwa adahari, Kayoge Rutoki Eric akemererwa n’urukiko ko atari se w’umwana, ngo ibyo byazatuma uyu Uwimana Consolée atazakomeza guteshwa umutwe no gufungishwa nk’uko byakunze kugenda, ikindi ngo byaha umwana umutuzo akiga ntakomeze gusiragizwa, yazakura akazitangira ikirego asaba uburenganzira bwe nk’umwana. Ngo afite akazi kamufasha gutunga umwana no kumwishyurira ishuri, akabikora wenyine nk’uko yajyaga abikora rimwe na rimwe se yanze gutanga ibyo yari yarategetswe n’urukiko.

    JPEG - 24.1 ko

    Ku ruhande rwa Kayoge Rutoni Eric uri mu Rwanda muri iki gihe, ikinyamakuru Ukwezi cyaganiriye nawe avuga ko ntacyo yifuza gutangaza na kimwe, kuko ngo akazi akora katamwemerera guha umunyamakuru ‘Interview’.

    REBA IKIGANIRO TWAGIRANYE NA UWIMANA CONSOLEE HANO :

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/3/article/Asuka-amarira-uwabyaranye-n-Umudipolomate-w-u-Rwanda-arabara-inkuru-ibabaje-isa-na-filime

  • Ifoto ya Tokyo yakuyemo ikariso ikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga. #rwanda #RwOT

    Tokyo wamenyekanye cyane muri film yitwa La casa de papel (Money heist) yashyize hanze amafoto amugaragaza yambaye ikariso yonyine.

    Uyu mukobwa amazina ye bwite ni Úrsula Corberó akaba yashyize hanze ayo mafoto maze avugisha imbaga y’abantu dore ko akurikirwa n’abarenga Miliyoni 20 k’urubuga rwa Instagram. Aya ni amwe mu mafoto yashyize hanze maze abamukurikira baratangara cyane. Ifoto imugaragaza yakuyemo ikariso ari kurunguruka igitsina cye niyo yakomeje gutangaza abantu.

    source https://nibyiza.com/ifoto-ya-tokyo-yakuyemo-ikariso-ikomeje-guca-ibintu-ku-mbuga-nkoranyambaga/

  • Film y’urukozasoni igaragaramo abakobwa babiri umwe w’umwirabura n’undi w’umuzungu bari guhuza ibitsina yanyuze kuri Television yateje ikibazo mu gihugu. #rwanda #RwOT

    Film y’urukozasoni yitwa Vivante yakozwe n’umugore usanzwe ukora ama film witwa Anoushka, muri iri joro yaraye inyuze kuri Television yitwa Canal+ yateje ikibazo gikomeye mu gihugu cy’Ubufaransa. Iyi Film igaragaramo abakobwa babiri uwitwa Charlotte (Bertoulle Beaurebec) hamwe na Lou (Romy Furie) umwe ni umwirabura undi ni umuzungu barimo bahuza ibitsina. Muri iyi film umwe muri aba bakobwa akora impanuka maze akongera kuba muzima bitewe n’urukundo mugenzi we amwereka. Si urukundo gusa ahubwo kubyina ndetse n’uko guhuza ibitsina nibyo bituma uwendaga gupfa yongera kuba muzima. Mu gihe uwo wakoze impanuka aba yaramugaye agendera mu kagare, mugenzi we akora ibishoboka byose kugira ngo yongere kuba muzima. Muri iyi film hakaba harimo n’aho abo bakobwa bahuza ibitsina ari batatu. Iyi film rero ikaba yateje ibibazo muri iki gihugu cy’Ubufaransa bitewe n’uko hari itegeko ribuza gukorera umuntu ubana n’ubumuga ikintu cyose kijyanye no guhuza ibitsina cyangwa se ikindi cyose gisa nabyo.

    Nubwo m’Ubufaransa bibujijwe ariko m’Ububiligi, Ubudage hamwe n’Ubusuwisi ho biremewe. Anoushka wakoze iyi film ubwo bamubazaga icyatumye ayikora yavuze ko yashakaga kugaragaza ibyiza byo guhuza ibitsina ndetse n’akamaro bishobora kugira m’ugufasha umuntu ndetse ko yashatse kugaragaza ko buri wese afite uburenganzira bwo kubikora. Ibi rero bikaba byongeye kugaragaza ko turi mu minsi ya nyuma aho abantu basigaye bakora ibidakorwa. Muri iyi film hagaragaramo kandi umugore witwa Marie-Léa Kinka akaba ari umwe mu bakinnyi ba film z’urukozasoni b’ibyamamare muri iki gihugu.

    Dore muri iyo film uko byari byifashe.

    source https://nibyiza.com/film-yurukozasoni-igaragaramo-abakobwa-babiri-umwe-wumwirabura-nundi-wumuzungu-bari-guhuza-ibitsina-yanyuze-kuri-television-yateje-ikibazo-mu-gihugu/