Category: Uncategorized

  • Tanasha yahaye isezerano umuhungu we yabyaranye na Diamond #rwanda #RwOT

    Umuhanzikazi w’umunyakenya, Tanasha Donna yasezeranyije umuhungu we yabyaranye na Diamond Platnumz ko nta kintu na kimwe azigera amuburana n’ubwo kumurera wenyine bigoranye.

    Muri werurwe 2020, ni bwo Tanasha Donna yatandukanye na Diamond hari nyuma yo kubyarana umwana w’umuhungu, Naseeb Jr wavutse ku wa 2 Ukwakira 2019.

    Uyu mukobwa wabanaga na Diamond muri Tanzania akaba yarahise asubira iwabo muri Kenya n’umwana we.

    Ubwo yishimiraga inzu nshya yimukiyemo, Tanasha yasezeranyije umuhungu we ko azakora ibishoboka byose kugira ngo abeho neza nta kintu na kimwe abura mu buzima bwe.

    Yagize ati'Naseeb inseko yawe iranezeza muhungu wanjye. Nishimiye ko wakunze urugo rwawe rushya. Mama wawe akora ijoro n’amanywa kugira ngo amenye neza ko ubayeho neza, kandi nibwo agitangira nyizera.'

    'Ntabwo byoroshye kubikora njyenyine, igitutu kirahari ariko gifite igiciro, mu gihe cyose nk’iri muzima nta kintu na kimwe uzabura ndagusezeranyije. Imana iri ku ruhande rwacu.' Tanasha mu butumwa yashyize kuri Instagram

    Tanasha yatandukanye na Diamond amushinja kumuca inyuma, kumutera umwanya kandi abizi neza ko atamukundaga, gusa Diamond na we yavuze ko yamukundaga kandi yari afite gahunda yo kumushaka.

    Tanasha yasezeranyije umuhungu we ko ntacyo azamuburana

    Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/tanasha-yahaye-isezerano-umuhungu-we-yabyaranye-na-diamond

  • Igitaramo Jay Polly yari gukorera i Dubai cyahagaritswe #rwanda #RwOT

    Abateguye iki gitaramo bo bashyize hanze itangazo bavuga cyahagaze kubera COVID-19 ariko siko biri.

    Kaganda Kassim uhagarariye ihuriro ry’abanyarwanda baba muri muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yatangarije igihe ko iki gitaramo cyahagaze kubera ko abateguye iki gitaramo batari barabibamenyesheje.

    Ati 'Ababiteguye na Jay Polly nyir’izina ntabwo bigeze bamenyesha ambasade cyangwa se diaspora, bituma ubuyobozi bwa Ambasade na Diaspora twaracukumbuye dusanga ibyo bintu bibujijwe.'

    Iki gitaramo cyari cyiswe East African Night cyatangajwe mu buryo butunguranye. Cyari giteganyijwe kuba tariki 19 Nzeri 2020 kikabera ahitwa Venom Deira Club & Lounge aho kucyinjiramo byari kuba ari ama AED 50, akabakaba ibihumbi 12 Frw.

    Mu ijoro ryo ku wa 11 Nzeri 2020 nibwo Jay Polly n’ikipe bari gukorana bya hafi berekeje i Dubai, aho bageze mu gitondo cyo ku wa 12 Nzeri 2020.

    Uyu muraperi yerekeje i Dubai avuga ko ajyanywe na gahunda zo kurangura ibyuma bya Studio ye nshya agiye gutangiza i Kigali. Jay Polly ari kugura ibyuma bya Studio yaba ikora indirimbo mu buryo bw’amajwi n’ubw’amashusho (Audio&Video).

    Iyi studio Jay Polly agiye gufungura mu Mujyi wa Kigali, izaba igamije kumufasha gukora umuziki we neza no kuzamura abana bafite impano.

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/article/Igitaramo-Jay-Polly-yari-gukorera-i-Dubai-cyahagaritswe

  • USA: Urupfu rw'umucamanza Ginsberg rwabyukije intambara y'amagambo kuri Trump n'abahanganye na we #rwanda #RwOT

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko umucamanza mushya mu Rukiko rw'Ikirenga agomba kujyaho hatabayeho gukererwa, nyuma y'urupfu rwa Ruth Bader Ginsberg, witabye Imana kuri uyu wa Gatanu ku myaka 87.

    Source : https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/usa-urupfu-rw-umucamanza-ginsberg-rwabyukije-intambara-y-amagambo-kuri-trump-n

  • Umunyarwandakazi w'imyaka 26 yishwe na COVID-19 #rwanda #RwOT

    Minisiteri y'Ubuzima yatangaje ko Umunyarwandakazi w'imyaka 26 yishwe na COVID-19, bituma umubare w'abamaze guhitanwa n'iki cyorezo mu Rwanda ugera ku bantu 26, mu gihe abamaze kwandura bose hamwe ari 4689.

    Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/umunyarwandakazi-w-imyaka-26-yishwe-na-covid-19

  • ZANU-PF Cadres Claim Ex-President of Botswana Can't Tell Woman 'I love you' #rwanda #RwOT

    Former President Ian Khama of Botswana may not recover from a jab from his enemies in Zimbabwe that still loath his leadership days.

    At the age of 67, Mr Khama is allegedly  a bachelor although three years ago he tasked two of his confidants to help him identify a beautiful woman he will marry and live happily in retirement.

    Zimbabwe African National Union — Patriotic Front (ZANU—PF) Patriots, a division of the country's ruling party, has blasted former President Ian Khama's leadership qualities saying they are amongst others influenced by his failure to marry. Speaking at a rally recently, the officials said Khama claims he can heal or fix Zimbabwe 'when he does not even have the courage to tell a woman that 'I love you''.

    'Zimbabwe is above that level, we have better things to think of,' the ZANU-PF Patriots further attacked Khama racially, accusing him of being confused on whether he is black or white. Former President Khama has been the Zimbabwean government's loudest and courageous critic even before his retirement.

    While serving as President, Khama soiled the diplomatic relations with his neighbours after he called the late Zimbabwean president, Robert Mugabe to step down due to old age saying he has also overstayed his welcome.

    ZANU-PF Patriots are developing into the party's attack dogs. Recently they at-tacked South Africa saying SA does not have an overseer role to play with Zimbabwe further warning against forces seeking to destabilise the ANC and other liberation movements in the region.

    This came a week after a delegation of the ANC, led by secretary-general Ace Magashule jetted to Zimbabwe to engage ZANU-PF on a number of issues plaguing the neighbouring country, including the decline of the economy and claims of a purge against government opposition members and journalists.

    The group said it was decided during a meeting that in a diplomatic sense, South Africa was in no way linked to Zimbabwe and had no mediatory role to play. Pressure is mounting on President Emmerson Mnangagwa to fix the Zimbabwean economy amid protests suggesting that his predecessor, Mugabe was even better than him.

     

    The Botswana Gazette

    Source : https://taarifa.rw/zanu-pf-cadres-claim-ex-president-of-botswana-cant-tell-woman-i-love-you/

  • RRA yashyizeho uburyo bushya bufasha abafite ibirarane by'imisoro kwishyura mu byiciro #rwanda #RwOT

    Ikigo cy'Imisoro n'Amahoro, RRA, cyoroheje uburyo bwo kwishyura mu byiciro ibirarane by'imisoro, igipimo fatizo gisabwa usora ushaka kwishyura muri ubwo buryo kivanwa kuri 25%, gishyirwa ku 10%.

    Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/rra-yashyizeho-uburyo-bushya-bufasha-abafite-ibirarane-by-imisoro-kwishyura-mu

  • Crystal Palace Beats Manchester United 1-3 #rwanda #RwOT

    Wilfried Zaha has punished Manchester United to a sour 1-3 beating and imposing a very bad weekend for the Red Devils.

    The first of Wilfried Zaha's two goals was a penalty that the Var Jonathan Moss identified long after the play had moved on as a handball by Victor Lindelof. The defender, who had a dreadful afternoon, had his hand in an unnatural position when the ball struck and referee Martin Atkinson, having reviewed the incident, gave the penalty retrospectively.

    On his debut, Donny van de Beek pulled one back 10 minutes from time but Zaha struck again against his former club to secure a deserved victory for Palace.

    For United boss Ole Gunnar Solskjaer, it was a horrible day. Too many of his players were off the pace, including Paul Pogba, who was replaced by Van de Beek midway through the second half.

    Although the penalty decision will be seized upon as the flawed law-making of the game, and its Var-dominated decision-making, the truth is that United did not deserve to win this game. Palace let them have the ball for the most part because Solskjaer's players did so little with it. Yet Zaha, Ayew and Andros Townsend, who scored the first Palace goal, were outstanding in pressing United and taking their back four into places they simply did not want to go.

    There were 33 points between United and the champions Liverpool at the summit of the Premier League last season, and at best they might hope to close that gap. It is an enormous task and this was such an insipid start. It is early days of course, but on Tuesday they go to Kenilworth Road in the Carabao Cup and then to Brighton next weekend with the pressure already building.

     

    Wire

     

    Source : https://taarifa.rw/crystal-palace-beats-manchester-united-1-3/

  • Ugandans In Rwanda Finally Repatriated #rwanda #RwOT

    A group of Ugandan nationals that had been stuck in Rwanda due to Covid-19 have returned to their motherland after six months since the first Coronavirus infection was reported in the country. They were seen exiting Rwanda through border post in Gicumbi district in Northern Rwanda.

    About three weeks ago, the Uganda High Commission in Kigali said it was negotiating with host government to process the possible repatriation of Ugandans.

    'The High Commission is in negotiation with the home Government to see how we can be repatriated before the earlier communicated date of 24/09/2020 (TBD),' Ugandan mission said in an earlier statement.

    The communiqué further stated that, 'The Mission is negotiating with the host government to allow the registered Ugandans go without PCR Test and test at the entry point (Katuna).'

    Rwanda has so far recorded a total of 4671 cases as at September 18th. The country has also recorded 25 deaths while recovered cases are 2845 and active cases still 1801. Government has since March tested 471,767 people.

    Ugandan Embassy Negotiating With Kigali To Repatriate Ugandans

    Source : https://taarifa.rw/ugandans-in-rwanda-finally-repatriated/

  • Soma iyi nkuru yabaye ku mwana w' imyaka 9 wakoze ubukwe n' umugore w' imyaka 64 muri 2014 [AMAFOTO] #rwanda #RwOT

    Hellen Shabangu na Sanele Masilela bashyingiwe muri 2014, ni inkuru yabaye kimomo

    Aba bakundana bo muri Afurika y'Epfo, niba bashyingiwe ku Isi umugore arusha imyaka myinshi umugabo mwana Sanele Masilela wari ufite 9 gusa ubu akaba afite imyaka 15, naho umukecuru ubu akaba akwije 68, bashyingiwe ku mugaragaro nicyo cyatumwe ubukwe buba ikirangirire.

    Icyaje kuba rero, imihango y'ubukwe irangiye abakundana ntibabanye bahise basubira mu buzima bwabo busanzwe.

    Icyo gihe bavuze ko ubukwe bwabaye nk'ikimenyetso cy'abakurambere babo ko batakoze ubukwe bagamije kubana cyangwa kubyarana doreko n'umwana mugabo yari muto cyane atamenya amabanga y'abakuru.

    Hellen ni inshuti magara y'umuryango wa Sanele bahura kenshi ariko ubukwe bwari umukino rwose, yavuze ko bikiniraga kandi ni byiza kuri bo.

    Ubu ubuzima bwabo bwakomeje uko busanzwe, umuhungu ariga ishuri kandi amasomo aragenda neza.


    Gusa ku ishuri aba afite umurimo ukomeye wo gusubiza ibibazo by'abana bagenzi be by'ukuntu yakoze ubukwe, bamwe bakamubwira ko yakoze nabi bamuseka, ariko hakaba n'abandi bumva ibyerekeye imigenzo yabo y'abakurambere babyumva vuba batirirwa banamubaza, ubu nawe ni umuhungu wishimye wakomeje ubuzima bwe busanzwe.

    Source : https://impanuro.rw/2020/09/19/soma-iyi-nkuru-yabaye-ku-mwana-w-imyaka-9-wakoze-ubukwe-n-umugore-w-imyaka-64-muri-2014-amafoto/

  • Ibintu abagabo, abahungu banga urunuka kumvana abakunzi babo #rwanda #RwOT

    Akenshi usanga abantu babana nk’umugore n’umugabo cyangwa umusore n’umukobwa bari mu rukundo hari imirongo ngenderwaho biha cyangwa amwe mu mahame bagenderaho kugirango urukundo rwabo rugende neza.

    iyo hatabayeho ubwumvikane rero usanga umuriro uhora waka mu ngo cyangwa abakundana bagahora bashwana.

    Hano hari urutonde rw’ibintu 8 abashakashatsi basanze atari byiza ko umugore abibwira uwo bashakanye cyangwa umukobwa abibwira umusore bakundana nubwo baba batarabanje kubiganiraho.

    1.Kubwira umugabo wawe iby’abandi bantu bfite imbaraga

    Bitewe nuko umugabo mu rugo rwe cyangwa umusore aba yumva ko ari umuntu ukomeye imbere y’umukunzi we, si byiza ko uwo bakundana amuganiriza ku bandi bantu yabonye cyangwa bigeze kubana bafite imbaraga kuko ngo bishobora gutuma uyu mugabo yifata nk’aho nta mbaraga afite (yumva ko asuzuguritse).

    2.Kubwira umukunzi we ko amusumba mu burebure

    Mu miterere y’umugabo, aba yumva ko akomeye mu bintu byose bimukikije kandi agaharanira ishema rye n’igitinyiro.

    kuba rero umugore cyangwa umukobwa yabwira uwo bakundana ko amusumba, umugabo ngo yumva ko ari nk’igisebo bityo ngo bikaba atari byiza ko umugore cyangwa umkobwa abimubwira nubwo byaba ari impamo.

    3.Kumwumvisha ko arwanyw n’igikoko runaka atakinesha

    Ibi ngo bituma umugabo yiyumva ko nta cyo ashoboye kandi yararemanywe ububasha. Ngo si byiza rero ko umugore cyangwa umukobwa abwira uwo bakundana ko atashobora ikintu runaka kuko ahita yumva nta n’ikindi yabasha.

    4. Icyampa amaguru nk’ayawe

    ibi na byo abagabo n’abasore ngo ntibabikunda kuko bahita bumva ko bafite amaguru nk’ay’abakobwa bityo bakumva bitabanyuze na gato. Abantu b’igitsinagabo rero ngo bumva banyuzwe n’uko bari ariko bakababazwa cyane n’uwashaka kubapfobya cyane cyane mu bijyanye n’urukundo.

    5. Uri nka musaza wanjye cyangwa umuvandimwe wanjye

    Ubu bushakashatsi bwerekana ko abagore benshi cyangwa abakobwa bakunze kugwa mu ikosa nk’iryo babigira imikino ariko burya ngo si byiza kuko umugabo cyangwa aba ashaka urukundo ku wundi muntu utari mwene wabo.

    Ibi rero ngo bituma umuntu yongera gusubira mu masano ndetse ngo akaba yajya ahora no ku rwikekwe mu rukundo rwanyu iyo ubimubwiye kenshi.

    6.Kwita umukunzi wawe Sugar Dady

    Kugereranya umukunzi wawe na bariya bantu bashuka abana cyangwa abandi bantu ngo bakorane imibonano mpuzabitsina kubera indnke (sugar dady, mummy) , ngo bisa no gukomeretsa ubwonko nubwo ushobora kubivuga wikinira bitewe n’ibyo umukunzi wawe aguha cyangwa akandi kamaro agufitiye.

    ibi rero ngo si byiza kuko bishobora no gutuma umukunzi wawe ahagarika impano yakugeneraga bitewe n’ibyo wamubwiye cyangwa wamuvuzeho.

    7.Kubwira umukunzi wawe ko afite igitsina gitandukanye n’iby’abandi

    Hari abantu bizihirwa bakavuga ibitavugitse kubera ibyishimo cyangwa amarangamutima batewe n’abakunzi babo.

    Ibi rero ngo si byiza kuko bishobora gutuma umukunzi wawe yibaza niba hari abandi bafite igitsina gitandikanye n’icye n’aho yababonye.

    Ibi byo ngo si byoza na gato kuko ngo bishobora no guhita biteza intonganya mu gihe umugabo cyangwa umusore atabasha kwihangana.

    8. Abagabo cyangwa abasore ntibakunda ko abakunzi babo babagereranya n’abandi babonye

    Umugabo aho ava akagera ngo aba yumva ko yihagije. Nkuko byagaragaye mu ngingo zavuzwe hejuru, ngo si byiza ko umugore cyangwa umukobwa anenga imikorere y’umugabo we amugereranya n’abandi ahubwo ikiruta ko yamugira inama bari bonyine.

    Source : http://isimbi.rw/andi-makuru/article/ibintu-abagabo-abahungu-banga-urunuka-kumvana-abakunzi-babo