Category: Uncategorized
-
Perezida wa Kyrgyzstan yeguye nyuma y'imyigaragambyo ikomeye y'abaturage #rwanda #RwOT
Perezida Sooronbai Jeenbekov wa Kyrgyzstan ygeuye nyuma y'imyigaragambyo idasanzwe, yateguwe n'abaturage batishimiye ibyavuye mu matora, avuga ko abikoze mu kwirinda ubushyamirane bushobora kuvuka hagati y'abashinzwe umutekano n’abigaragambya. -
Kirehe: Umucungamutungo w'Umurenge ukekwaho kunyereza umutungo yasanganywe miliyoni 5.1 Frw mu rugo #rwanda #RwOT
Umucungamutungo w'Umurenge wa Kigarama mu Karere ka Kirehe na rwiyemezamirimo watsindiye isoko ryo kugemura ibikoresho byo kubakisha amashuri, batawe muri yombi bakekwaho kunyereza amafaranga ya leta binyuze mu kwishyuza ibikoresho biruta ibyatanzwe. -
IFOTO Y’UMUNSI : Dr Daphrose Gahakwa wahoze ari Minisitiri yurira imodoka ya RIB #rwanda #RwOT
Dr Gahakwa akurikiranyweho ibyaha birimo kunyereza umutungo wa Leta no gutanga amasoko ya Leta mu buryo bunyuranije n’amategeko.
Umucamanza yatangije iburanisha, abaza Dr Gahakwa Daphrose niba yemera ibyaha akekwaho, undi avuga ko atabyemera. Ubushinjacyaha bwahise buhabwa ijambo, buvuga ko bwasabye ko afungwa by’agateganyo kuko ubwo yari Umuyobozi wungirije muri RAB, yafashe imashini yuhira akayijyana mu ifamu ye iherereye mu Murenge wa Gashora. Mu 2017 nibwo byaje kumenyekana iyo mashini ikurwa mu murima we.
Ubushinjacyaha bwavuze ko akekwaho icyaha cyo kuba yarahaye isoko umuntu utabifitiye uburenganzira, aho ku itariki ya 08 Kanama 2016 ubwo Dr Gahakwa wari Umuyobozi Mukuru w’Umusigire wa RAB, yasinye amasezerano y’isoko ryo kuhira. Iryo soko ryahawe umukwe we Dr Edouard Kamugisha.
Iryo soko ngo ryari rifite agaciro ka miliyoni zirenga 800 Frw, ayo masezerano ayasinya mu gihe muri RAB hari ikibazo cy’ingengo y’imari idahagije.
Ubushinjacyaha bwavuze ko hari umukozi wa RAB watanze ubuhamya, akavuga ko imashini yuhira yari mu isambu ya Gahakwa yagiye kuyifata, Gahakwa abimenye ahita amuhamagara amubwira ko adakwiriye kuvogera umutungo we kuko ngo iyo mashini atari iya RAB, ahubwo ari iye bwite.
Bwavuze kandi ko hari inyandikomvugo igaragaza ko iyo mashini yasubijwe ubuyobozi bwa RAB mu 2017, nyuma yaho yari yafatiwe mu ifamu ya Gahakwa. Iyo mashini ngo yageze mu ifamu ye mu 2013 ihakurwa mu 2017, bigaragaza ko yari yarayigize igikoresho cye kandi ari icya leta.
Bwakomeje buvuga kandi ko Gahakwa yemera ko iyo mashini ya RAB yasanzwe mu isambu ye, ariko ngo mu Bugenzacyaha yahinduye imvugo avuga ko ari ubuyobozi bwa RAB bwayijyanye mu isambu ye ngo ijye yuhira imyaka mu gihe cy’amapfa. Ibi byose ariko we n’abunganizi be babihakanye, basobanura ko atari ashinzwe amasoko atari anazi ko sosiyete yaritsindiye ari iy’umukwe we, ikindi ngo imashini yasanzwe mu murima we ntaho bihuriye no kuba yarashatse kuyinyereza kuko byari muri gahunda yo gufasha abaturage kuhira muri rusange.
Dr. Daphrose Mukankubito Gahakwa yarangije mu by’ubuhinzi muri Kaminuza ya Makerere mu 1979. Yakoze muri Minisiteri y’Ubuhinzi muri Uganda ashinzwe ubugenzuzi bw’imbuto. Nyuma yaho yaje kubona Impamyabumenyi y’Ikirenga mu Buhinzi mu 2001 yakuye muri Kaminuza ya East Anglia mu Bwongereza.
Mu Rwanda yabaye Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi mu by’Ubuhinzi (ISAR) ; yanabaye Umuyobozi Mukuru wungirije w’Inama y’Ubutegetsi ya RAB. Yabaye kandi Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi, Minisitiri w’Uburezi n’Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda.
Yabaye kandi Umuyobozi w’Inama Nkuru y’Uburezi, HEC, mu gihe cy’imyaka itandatu.
Mu bijyanye n’ubushakashatsi mu buhinzi afite inyandiko zirenga 34 yanditse zigaruka ku bijyanye n’ibihingwa n’iterambere ry’ubuhinzi mu Rwanda.
IVOMO : Igihe
-
Tanzania igiye kwifashisha indege mu kuzimya umuriro ku musozi wa Kilimanjaro #rwanda #RwOT
Leta ya Tanzania yatangaje ko kuri uyu wa Kane iratangira gukoresha indege mu kuzimya umuriro umaze iminsi itanu wigabije umusozi wa Kilimanjaro, umwe mu misozi miremire ku isi. -
Meschack Elia n'ikipe ye bahanishijwe kwishyura TP Mazembe asaga miliyoni 600 Frw #rwanda #RwOT
Meschack Elia uri mu bakinnyi bakomeye bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n'Ikipe ye yo mu Busuwisi yitwa BSC Young Boys bahanishijwe na FIFA kwishyura $617,365 [anga na 602 604 790 Frw] ikipe ya TP Mazembe. -
Kenny Sol yasohoye indirimbo ya kabiri nyuma yo gutangira gufashwa na Bruce Melodie #rwanda #RwOT
Umuririmbyi Rusanganwa Norbert wiyise Kenny Sol mu muziki, uri mu bahanzi babiri bafashwa na Igitangaza Music ya Bruce Melodie, yashyize hanze indirimbo ye ya kabiri nyuma yo kwinjira muri iyi nzu ahuriyemo na Juno Kizigenza. -
Bakame yavuze ku ngorane abakinnyi b’Amavubi bahuye nazo mu minsi ya mbere y’imyitozo(AMAFOTO) #rwanda #RwOT
Umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Ndayishimiye Eric Bakame avuga ko bagowe n’iminsi 3 ya mbere y’imyitozo y’Amavubi bitewe n’uko bari bamaze igihe badakina ndetse batanakora imyitozo ihagije.
Ibikorwa bya siporo mu Rwanda cyane umupira w’amaguru byongeye gufungurwa muri uku kwezi kwa 10, ni nyuma y’uko byari byarahagaze muri Werurwe 2020 kubera icyorezo cya Coronavirus.
Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, Amavubi yatangiye umwiherero bitegura umukino wa Cape Verde mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2022.
Bakame akaba yavuze ko bagowe cyane n’iminsi itatu ya mbere y’imyitozo bitewe n’igihe bari bamaze badakina umupira.
Ati'uko twaje tumeze n’uko duhagaze ubu ni ibintu 2 bitandukanye kuko iminsi 3 ya mbere, yari iminsi navuga ko itari yoroshye ku bakinnyi bitewe n’umubiri kubera igihe bari bamaze badakora imyitozo. Yaratugoye cyane.'
Akomeza avuga ko umunsi ku munsi bagenda babona impinduka, ndetse ubu batangiye kumenyera basubiye mu mwuka w’akazi.
Ati'ikimaze guhinduka, urwego rw’abakinnyi uko bahagaze kugeza aka kanya urabona ko yaba kugabanya ibiro ndetse no kuzamura umwuka(igihaha) birimo kugenda neza, abatoza batubwira ko hari aho twavuye hari n’aho turimo kugenda tugera.'
Ahamya ko umukino wa Cape verde uzajya kugera bariteguye neza bishoboka ku buryo bazitwara neza bagaha intsinzi abanyarwanda babategerejeho.
Bakame(iburyo), Kwizera Olivier(hagati) na Kimenyi Yves(Ibumoso) abanyezamu bazifashishwa ku mukino wa Cape Verde
Bakame abona icyizere cyo kuzitwara neza gihari
Ngo iminsi 3 ya mbere ntiyari yoroheye abakinnyi b’Amavubi
Ubu ngo bamaze kumenyera imyitozo
Myugariro Aimable Nsabimana mu myitozo y’Amavubi
Umutoza mukuru Mashami Vincent akurikirana imyitozo
Muhadjiri Hakizimana, umwe mu bitezwe ku mukino wa Cape Verde
Emery Bayisenge, ashaka umwanya ubanzamo mu Mavubi -
RURA sets new travel fares and guidelines #rwanda #RwOT
This comes following the Cabinet resolution of 12th October 2020 that Public transport buses with only seated passengers are allowed to operate at full capacity (100%).
Buses in the City of Kigali will operate at 100 % of the capacity for seated passengers and 50% of the capacity for standing passengers.
In an announcement, RURA stated that Inter-city transport fares have been reduced from 30.8 – 25.9 Frw/km per passenger, while transport in the City of Kigali have reduced from 31.9 -28.9 Frw/km per passenger.
'Passengers are encouraged to pay using the available digital payment options; Public transport buses should always operate with windows open for good ventilation, except when it is raining;'
'Passengers are required to continue observing measures and guidelines to contain the spread of the COVID- 19 pandemic, especially hand washing with clean water and soap or use hand sanitizer before getting on or off the bus;
Passengers are required to always wear face masks properly, avoid hugs and/or shaking hands and must comply with other measures and guidelines as issued by the Ministry of Health from time to time;' reads part of the announcement.Public transport service providers were also reminded to monitor and ensure that passengers observe measures and guidelines to contain the spread of COVID- 19 pandemic; adding to that failure to comply with COVID 19 preventive measures and guidelines will attract administrative sanctions and penalties.
Nicole Kamanzi M.
Source : https://en.igihe.com/news/article/rura-sets-new-travel-fares-and-guidelines
-
Une bonne santé financière des assureurs rwandais : 44 milliards de chiffre d’affaires au 1er semestre 2020 #rwanda #RwOT
Ce secteur de l’Assurance affiche une bonne santé financière au point que de deux sociétés qui existaient avant 1994 à savoir la SONARWA (1975) et SORAS (1984), il est né quelques dix autres dont les plus en vue étaient la CORAR et COGEAR. Ces sociétés se sont ouvertes au capital étranger au fil des ans.
“L’industrie de l’assurance se porte bien. Cependant, il y a de progrès à faire”, a confié à la presse Jean Chrysostome Hodari, Directeur Adjoint de ASSAR pour qui le chiffre d’affaire de ces sociétés d’assurance opérant au Rwanda est sans cesse en pleine expansion.Une cartélisation des assureurs-de bons profits
“Et même les profits attendus par les investisseurs dans le secteur ont été satisfaisants au point que leur capitalisation a changé la stature de ces maisons d’assurance”, a-t-il ajouté fier de voir que ces Maisons ont lancé sur le marché de nouveaux produits d’assurance.Pour cet officiel de ASSAR, cette bonne santé financière affichée vient d’une collaboration professionnelle initiée par ASSAR en partenariat avec les Maisons d’Assurances et leurs commissionnaires mais aussi et surtout avec les prestations de l’Organe public de contrôle qu’est la BNR (Banque Nationale du Rwanda).
Le monsieur veut-il entendre par là que les maisons d’assurances se sont concertées sur les prix des produits d’assurance proposés au public pour éviter l’indiscipline ? Il ne le dit pas mais c’est ici que le bat blesse. La compétition ne manque pas mais cette entente qui fait que le secteur ressemble à un cartel ne fait pas honneur à l’industrie de l’Assurance rwandaise.
“Les chiffres d’affaires des maisons d’assurance ont monté. Nos produits d’assurance ont totalisé 44 milliards de francs de recettes par rapport à 41 milliards pour la même période en 2019. Nous avons aussi réduit 500 millions de francs les pertes qui étaient d’un milliard l’an passé”, a déclaré à la presse Annie Nibishaka, la Directrice de ASSAR qui entend relever le défi de faire en sorte que les consommateurs de produits d’assurance passe du chiffre insignifiant de 1.7% de la population à un pourcentage respectable.
“Le peu de preneurs d’assurance fait que les Assureurs ne réalisent pas de confortables profits leur permettant de couvrir les sommes remboursées dans les divers accidents, de réassurance, d’impôts et autres”, a-t-elle ajouté.Le législateur invité à légiférer de façon spécifique et détaillée
Le Directeur adjoint de ASSAR trouve que la non clarté de la loi régissant le secteur de l’Assurance est un autre défi à relever. Il ne comprend pas pourquoi quand il faut compenser un individu ayant eu un accident, la loi en question ordonne que le calcul des indemnités à lui verser doivent se faire à partir du seuil-repère du SMIG de 90.000 Frw mensuels.“Ceci nous est préjudiciable. En principe pour payer ses indemnités, nous devrions partir de son salaire réel. La chose est vérifiable surtout quand il s’agit de commerçants s’acquittant de leurs impôts, quand ce sont des agents du secteur public ou privé. Mais il s’avère difficile quand il s’agit d’individus du secteur informel”, s’est plaint Jean Chrysostome allant plus loin jusqu’à dire que dans les circonstances de décès d’un tel assuré, l’assureur verse une somme consolidée où est prise en compte la part de ses parents, de ses frères et soeurs, de ses enfants. “A la fin on constate que l’assureur débourse une somme de loin supérieure aux revenus réunis de toute la famille”, a-t-il dit, réclamant que le législateur se penche sérieusement dans la régulation rationnelle de ce secteur.
Le monsieur passe en silence le fait que ce sont les fonds déposés par l’assuré qui, placés ici ou là, font tourner l’assureur. Pense-t-il seulement au bien être et salaire confortable de l’agent de l’assureur ?
Pourtant l’idée d’étendre l’assurance à une grande frange de la société est le seul point important qu’il a soulevé.“Dans le domaine de la législation en matière de couverture d’assurance, d’après l’expérience d’autres pays, presque tous les produits d’assurance ont leurs lois particulières. Dans certains pays, tu ne verras un enfant qui n’est pas couvert par une assurance. Et de tes revenus, il faudra prévoir une portion pour ton enfant. Va dans les places de marchés publics. Atteintes par un incendie, les biens des commerçants ne sont pas couverts par une assurance…”, a-t-il dit montrant que les pouvoirs publics devraient sensibiliser le public à l’importance de prendre une assurance pour son bien ou son avenir ou pour celui des siens.
Annie Nibishaka décidée
Une campagne de sensibilisation populaire à une couverture d’assurance est nécessaire. Nous allons nous y atteller, a dit Annie Nibishaka pressentaqnt une collaboration sans faille avec les pouvoirs publics.
Les assureurs qui se partagent le secteur Assurance rwandais sont pour le moment : Sanlam GI, Sanlam Vie, Radiant Insurance, UAP Insurance Company, BK-General Insurance, Prime Insurance, MUA Insurance, May Fair Insurance, Prime Life, Sonarwa GI, Sonarwa Life et Britam Insurance.IGIHE
-
Ishimwe rya Niyomugabo n'umuryango we baguye mu manga muri Nyungwe bagatabarwa na RDF #rwanda #RwOT
Umuturage witwa Niyomugabo Gad yashimiye Ingabo z'u Rwanda nyuma y'aho we n'umuryango we barokotse impanuka ikomeye, ubwo bagwaga mu manga mu ishyamba rya Nyungwe, zikabageraho mu gihe gito zikabatabara.