Category: Uncategorized

  • #COVID19: Habonetse abarwayi bashya 17, abakize ni 21 #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Abo barwayi bashya 17 babonetse mu bipimo 3,712 bakaba barimo ababonetse i Kigali: 10, Gatsibo: 3, Rusizi: 2, Musanze: 1, Rubavu:1.

    Kugeza kuri uyu wa Kane, mu Rwanda abamaze kwandura icyo cyorezo ni 6,011 muri bo abamaze gukira ni 5,596, naho abakivurwa ni 365.

    Mu Rwanda umugabo w’imyaka 45 yishwe na Covid-19 i Kigali ku wa Gatatu tariki 02 Ukuboza 2020 ahita yuzuza umubare w’abantu 50 bamaze kwicwa n’iki cyorezo kuva cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020.

    source https://www.kigalitoday.com/ubuzima/indwara/article/covid19-habonetse-abarwayi-bashya-17-abakize-ni-21

  • Bobi Wine Turns To Bulletproof Vest & Helmet #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    The cost of getting a vote is high in the ongoing Uganda Presidential campaigns- It is now a matter of life and death.

    Opposition candidate Robert Kyagulanyi aka Bobi Wine has turned to bulletproof vest and military helmet as the only secure way to maneuver through the constituencies as he begs for votes under the National Unity Party.

    'Even though I walk through the valley of the shadow of death, I will fear no evil, for the Lord is with me!' Candidate Kyagulanyi said on Thursday as he unveiled himself in a new style to his supporters, adding, and 'Today we resume our campaigns in Kibuku, Budaka and Manafwa! Ours is a mission to freedom.'

    However, some critiques have lashed out at Kyagulanyi saying his new antiques have gone too far to soil the campaigns.

    'How will our children be told that a time reached when a duly dominated presidential candidate had to dress like a military combatant, in order to go for his campaigns?' said David Lewis Rubongoya the Secretary General, National Unity Platform.

    The military helmet and bulletproof vest have become a choice for Kyagulanyi after a nasty incidence on Tuesday; 'Our lives are in danger! After blocking us in Kayunga, on the way to Jinja, they blocked the main road & diverted us to a remote road. As if to set us into a 'kill spot', they shot the tyres of my car and directly into our windscreen, narrowly missing Hon Zaake and my driver.'

    Kyagulanyi went on to spit fire at his rival incumbent Yoweri Museveni, 'Our crime is preaching a message of change. Our crime is campaigning in an election. Our crime is moving across the country. Our crime is being received by our people with love. And Gen. Museveni has determined that the penalty for this crime is torture, brutalisation and death.'

    Museveni Campaign Trail

    President Museveni said on Wednesday that the mantle of securing the future of Uganda is so great a task to play bets on. It is not a gamble. It is a matter which requires life-long commitment, unending sacrifice, and vast experience.

    'Having finished campaign engagements in Bukedi sub-region, we move to Busoga sub-region today. Thank you Bukedi and Bugisu for the hospitality,' Museveni said on Thursday as he kicked off into the campaign trail.

    0Shares
    0

    The post Bobi Wine Turns To Bulletproof Vest & Helmet appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/bobi-wine-turns-to-bulletproof-vest-helmet/

  • Will Rwanda-South Africa Relations Normalise? #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    South Africa and Rwanda are once again working on mending fences and taking their cooperation to a cordial level.

    The Rwandan Foreign Affairs Minister Vincent Biruta said on Thursday that he received at his office the High Commissioner-Designate Mandisi Bongani Mabuto Mpahlwa of the Republic of South Africa to Rwanda, for the presentation of copies of his credential letters.

    'This was an occasion to discuss ways to further strengthen Rwanda-South Africa bilateral relations,' the Minister said without divulging more details.

    Rwanda and South Africa have had a tense diplomatic past over disagreement on a range of issues.

    For example, the South African embassy in Kigali has been unable to issue visas to Rwandans despite both countries reappointing envoys.

    'We don't deny South Africans visas to travel to our country, but the reverse to South Africa is not the same,' President Paul Kagame said in previous engagements.

    When the South African government appointed Grace Naledi Mandisa Pandor as Minister of International Relations and Cooperation, there was a feeling that the diplomatic impasse would be sorted quickly.

    Rwanda has concerns about South Africa hosting the Rwanda National Congress (RNC) led by renegade Kayumba Nyamwasa — a terrorist group that has an objective of overthrowing government in Kigali.

    During an Extraordinary Summit of the African Union in Kigali in 2018, President Kagame and his South African counterpart President Cyril Ramaphosa ordered Foreign Affairs Ministers to work on normalization of relations between the two countries.

    Rwanda is concerned about South Africa accepting distortions propagated by Rwandan detractors based in South Africa, and media platforms associated with them.

    Towards the end of Pandor's tenure while serving as Home Affairs Minister in 2014, it is when much of the relations between the two countries collapsed based on recommendations from her ministry, leading to the expulsion of several Rwandan diplomats by Pretoria.

    Rwanda-South Africa Relations, Hot Potato For Dr. Pandor

    0Shares
    0

    The post Will Rwanda-South Africa Relations Normalise? appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/will-rwanda-south-africa-relations-normalise/

  • 'Martha' Zimbabwe Mother Elephant Saved From Hunter's Snare #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    A team of conservationists have saved a mother elephant in Zimbabwe after it was spotted limping in pain as it traversed the plains with its calf.

    Named Martha, the elephant, was seen with the looped piece of wire tightly cutting into her leg.

    'There was a wire snare digging deep into her left front leg, crippling her and causing severe pain,' said Catherine Norton, 58, a conservationist.

    'We had to clean the wound as it was infected, give her antibiotics and remove the snare with wire cutters.

    'It only took her a few minutes to come around but the outcome could have been so much worse.' Norton said Martha's calf was still completely dependent on her, meaning if her mother had died she would likely die too.

    Wire snares like the one found around Martha's leg are usually set to catch smaller animals around the neck, however large animals like elephants and rhinos can sometimes step into them.

    Such snares are often set up along game trails and watering holes, according to the Lilongwe Wildlife Trust in Malawi, and are designed to catch specific animals.

    Usually, they are suspended from small trees to trap an animal by the neck as it passes. The creature will then panic, pulling the wire tighter around its throat as it struggles to break free until it is asphyxiated and dies.

    While bigger animals like elephants are strong enough to detach the snare from the tree or branch it is anchored to, this process often results in the wire being pulled more tightly around their leg.

    The animal then is subject to constant painful constriction that causes swelling and infection. Animals in this state often die from infection or stop eating and starve.

    0Shares
    0

    The post 'Martha' Zimbabwe Mother Elephant Saved From Hunter's Snare appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/martha-zimbabwe-mother-elephant-saved-from-hunters-snare/

  • Rwanda Local Government Has Fewer Women in Decision Making Positions #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Despite Rwanda being the first country in the world with a female majority in parliament, reaching 64% representation, there are still wider gaps in other sectors.

    The Ministry of Gender and Family Promotion is concerned that there is less involvement of women in local government decision making positions.

    'At local government level, we still notice a small number of women in decision making positions. For example, only 26,7% of mayors are women; 16.7% of vice mayors in charge of economic affairs are women and 45.2% members of the district councils are women,' said Bayisenge Jeannette, the Minister of Gender and Family Promotion.

    Minister Bayisenge made the remarks on Thursday while speaking at the closing ceremony of 1st edition of the internship program for fresh female university graduates. The program aims at promoting gender equality in local government through women empowerment.

    'From this program, we expect graduates to compete for leadership positions and join the decision-making processes at local and national levels. We recognize that this program constitutes a golden initiative that will raise young women interest in serving local government,' she said.

    The minister said that through collaboration with UN-women Rwanda and RALGA, the Ministry will support the next group of 120 female fresh graduates to conduct professional internship in local government. The program is expected to start in January 2021 and end in June 2021.

    0Shares
    0

    The post Rwanda Local Government Has Fewer Women in Decision Making Positions appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/rwanda-local-government-has-fewer-women-in-decision-making-positions/

  • Rwanda's 6th Demographic & Health Survey Launched #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Prime Minister Dr. Edouard Ngirente on Thursday afternoon launched the 6th Demographic & Health Survey an important tool for evidence-based policy making and planning.

    The current edition 2019-2020 Demographic and Health Survey is expected to play a key role in availing up-to date and accurate information on demographic and health indicators.

    'The Government of Rwanda is committed to double efforts in reinforcing key strategic interventions in the health sector as detailed in the National Strategy for Transformation (NST1). This will ensure that all indicators are on-track by 2024,' the Premier said.

    More details underway

    0Shares
    0

    The post Rwanda's 6th Demographic & Health Survey Launched appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/rwandas-6th-demographic-health-survey-launched/

  • Bugesera: Abaturage b’Umudugudu bishimira ko ari bo bihitiramo ibibakorerwa #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Umuyobozi w
    Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera Mutabazi Richard n’abaturage b’Umudugudu wa Nyarugati I Akagari ka Kanazi muri Nyamata bari gufatanya mu gikorwa cyo gukusanya ibitekerezo bizashyirwa mu igenamigambi hagamijwe kutoranyamo ibizajya mu mihigo ya 2021-2022

    Umuyobobozi w’Akarere yabanje gusobanurira abaturage bari bitabiriye inama, uko iyo gahunda ikorwa, na cyane ko atari inshuro ya mbere batanze bene ibyo bitekerezo, ariko yabibukije ko ibyo bitekerezo batanga ku rwego rw’umudugudu bigenda bikagera ku rwego rw’igihugu.

    N’ubwo ku rwego rw’Akarere iyo gahunda yatangirijwe mu Mudugudu wa Nyarugati I, ariko ngo gahunda igomba gukorwa midugudu yose iri muri ako Karere. N’ubwo ibitekerezo byose bituruka mu midugudu bidashingirwaho mu gukora igenamigambi ry’ingengo y’imari, ngo nta gitekerezo kijyamo kitavuye mu baturage nk’uko byasobanuwe n’Umuyobozi w’Akarere, Richard Mutabazi.

    Yagize ati “Ubu hano muri uyu mudugudu turafata ibitekerezo bitandatu, 2 bijyanye n’iterambere, 2 bijyanye n’imibereho myiza y’abaturage na 2 bijyanye n’imiyoborere myiza. N’ubwo igitekerezo watanze utazabona ko cyashyizwe mu bikorwa mu ngengo y’imari y’umwaka utaha, ariko hari icyatanzwe n’umuturage wo mu wundi mudugudu kizaba cyashyizwe mu bikorwa”.

    Uko bigenda, ibyo bitekerezo bitandatu bituruka muri Nyarugati I bizahuzwa n’ibizaturuka mu yindi midugudu bihurizwe ku Kagari, Akagari ka Kanazi nikamara gukusanya ibitekerezo byaturutse mu midugudu ikagize, kazatoranyamo ibitekerezo bitandatu by’ingenzi, bigezwe ku Murenge wa Nyamata.

    Umurenge wa Nyamata numara gukusanya ibitekerezo byaturutse mu tugari twose tuwugize, uzatoranyamo bitandatu by’ingenzi, bihuzwe n’ibyaturutse mu yindi mirenge y’Akarere ka Bugesera. Ibyo ni byo Akarere kazigaho kabishyikirize abategura igenamigambi ry’ingengo y’imari ku rwego rw’Igihugu.

    Ibitekerezo bikusanywa ubu, ngo ni ibizashingirwaho mu igenamigambi ry’umwaka w’ingengo y’imari uzatangira muri Nyakanga 2021 ugasozwa muri Kamena 2022.

    Mbere yo gutangira gutanga ibitekerezo by’ibyo bifuza ko byazakorwa mu mwaka w’ingengo y’imari utaha, Umuyobozi w’Akarere yababajije niba hari ibyo babona batanze nk’ibitekerezo, ubu bikaba byarashyizwe mu bikorwa. Kuko ngo bibaye nta na kimwe cyakozwe mu byo batanze nk’ibitekerezo mu gihe cyashize, no kubitanga ubu, babyihorera kuko ntacyo byaba bimaze.

    Umuturage witwa Gasamagera Daniel utuye muri Nyarugati ya mbere akaba ari no mu Nama Njyanama y’Akagari ka Kanazi,yavuze ko hari ibyo batanze nk’ibitekerezo ubu bikaba byarakozwe, harimo ivuriro rito (poste de santé) ryubatswe muri uwo Mudugudu.

    Hari kandi umuhanda urimo gutunganywa muri gahunda ya VUP, ishuri ryubatswe ndetse n’ivomo rusange nubwo ubu ngo ridatanga amazi ahagaije. Agaruka ku byakozwe byari byaragaragajwe nk’ikibazo gikomeye mu gihe gishize,Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamata yavuze ko mu miryango 72 yabarurwaga mu Murenge wa Nyamata itari ifite aho kuba, ubu yose yabonye aho kuba, kandi 15 muri yo, yubakiwe mu Kagari ka Kanazi.

    Mushenyi yongeyeho ko n’ubwo umuhanda uturuka mu Mujyi wa Nyamata ugana aho mu Kagari ka Kanazi wagiye ukorwa kenshi, abaturage bagashyiraho imbaraga zabo ndetse rimwe ngo banyuzamo n’imashini itunganya imihanda ariko ngo, amazi y’imvura arawangiza cyane ku buryo ubu ngo aho byageze byarenze ubushobozi bw’abaturage.

    Hagitangira kwakirwa ibitekerezo by’ibyo babona byazaherwaho mu igenamigambi ry’ingengo y’imari y’umwaka utaha, uwitwa Gasamagera wabaye uwa mbere mu gutanga igitekerezo cy’ibyo yumva byaherwaho na we yahise agaruka kuri uwo muhanda.

    Yagize ati “Numvise bavuga y’uko habaho ubwoko bwa kaburimbo iciriritse, kandi umuhanda ukaba ukomeye ushobora no kumara imyaka 9 utarangirika. Twifuza ko iyo kaburimbo yakoreshwa muri uyu muhanda. Ikindi ni isoko, mwaradufashije tugumana isoko hano muri Nyarugati I, kuko mwahaye ingurane umuturage none ubu, ubutaka buremeraho isoko buri mu mutungo w’Akagari ka Kanazi, ariko turifuza ko iryo soko ryakubakwa ku buryo bugezweho, kuko umuganda w’abaturage ntiwabishobora nkurikije uko amasoko yubakwa”.

    Umuyobozi w’Akarere abajije abaturage niba ibitekerezo bya Gasamagera byakwandikwa nka bimwe mu bizaherwaho, bahise bakoma mu mashyi bagaragaza ko babishyigikiye, ubwo ibitekerezo bibiri bijyanye n’iterambere biba bimaze kuboneka hasigara kumva ibindi bine.

    Ikindi gitekerezo cyatanzwe n’uwitwa Kimanuka Augustin ni icyo kongera ubushobozi bw’ivuriro rito (poste de santé), ku buryo ababyeyi bajya bahabyarira, abarembye bakaguma kwa muganga kugira ngo bitabweho kurushaho(hospitalisation) ndetse rikagira na Laboratwari ipima ibizamini abarwayi baba basabwe gukoresha.

    Ikindi gitekerezo cyatanzwe n’uwitwa Bizumuremyi Gakwandi ni icyo kongera ingano y’amazi mu muyoboro kugira ngo agere ku bantu bose.Igitekerezo cya gatanu cyatanzwe, ni ugusaba ko hakorwa ikibuga gifasha urubyiruko rwo muri Nyarugati ya mbere kubona aho rukorera imyidagaduro, ndetse no kubaka ishuri ry’uburezi bw’imyaka 12 y’ibanze muri uwo mudugudu kuko ubu ntarihari.

    Ibyo bitekerezo bitandatu ni byo byemejwe ko bizagezwa ku Kagari bigahuzwa n’ibizaturuka mu yindi midugudu.Gusa hari n’abatanze ibindi bitekerezo ariko ugasanga byo bifite ibisubizo biri hafi.

    Uwitwa Nzabonimpaye Jeannette yari yasabye ko iryo vuriro ryahabwa umuriro w’amashanyarazi,Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge ahita asobanura ko mu cyumweru gishize yazanye abakora amashanyarazi gupima, bityo ko umuriro ugiye kuhagera.

    Hari kandi n’uwasabye ko muri uwo muhanda wabo hashyirwa imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange, ariko umuyobozi yamusubije ko icyo kitabarwa nk’igitekerezo kuko n’ubundi kuba nta modoka iwukoreramo biterwa n’uko ukimeze nabi, ariko ngo ukozwe ab’imodoka barizana.

    Asoza icyo gikorwa, Umuyobozi w’Akarere yibukije ko ibitekerezo byose batanga bidashyirwa mu igenamigambi ry’ingengo y’imari y’igihugu uko byakabaye, ahubwo ko ababishinzwe bareba ibyakorwa mbere y’ibindi nk’uko bigenda no mu muryango, aho umugabo n’umugore n’abana bakuru bashobora kujya inama, bakareba icyakorwa mu rugo, bakabishyira ku murongo barebye ikihutirwa cyangwa igikenewe kurusha ikindi.

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/bugesera-abaturage-b-umudugudu-bishimira-ko-ari-bo-bihitiramo-ibibakorerwa

  • SouthBridge Group Announces Two Major Transactions In Togo #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    SouthBridge Group (www.SouthBGroup.com), the official financial advisor of the Togolese government, today announced two transactions with Olam International Limited and its subsidiary Arise Special Economic Zone.

    SouthBridge Group, an innovative, pan-African financial advisory and investment firm, working with corporates, sovereigns and multinationals across the Continent, concluded two significant transactions in the Republic of Togo, today.

    Sani Yaya, Togo's Minister of Finance, said that, 'We are delighted with the support provided by the Southbridge Group for the completion of these two transactions at the heart of the National Development Plan and the Government's Roadmap.

    He noted that, 'The commitment and professionalism of Southbridge's team was key to the successful completion of these two transactions despite the health crisis. It is once again proof of the attractiveness of the Togolese economy.'

    SouthBridge advised the Government of Togo to facilitate a strategic partnership with Olam International Limited, a global agri-business firm, headquartered and listed on the Singapore Exchange (SGX), and the Arise Special Economic Zone, an Olam subsidiary, jointly owned with the Africa Finance Corporation.

    The State of Togo and Arise signed an initial agreement on July 8, 2020, which created an integrated industrial platform in order to attract investors and develop multi- sector industrial collaborations within the country including the production and processing of agricultural products, locally.

    As per the agreement, this project will be developed by a private company, owned and operated by the State of Togo (35%) and Arise (65%) trading as Plateform Industrial Adétikopé SAS (PIA SAS).

    The company will be considered as a 'zone developer' pursuant to Togolese Free Trade Zone laws. The total investment for the project is EUR200 million.

    Additionally, the Togolese government sold 51% of Nouvelle Société Cotonnière du Togo (NSCT), to Olam, for EUR34.4 million. It includes EUR15.3 million for Olam's equity stake plus 51% of net working capital (€19.1 million). Therefore, Olam pays a 70% premium to the Togolese Republic for this acquisition.

    Donald Kaberuka, Chairman and Managing Partner of SouthBridge Group, commented on these operations: 'they are a landmark for Togo and its partner Olam. It is a step change in the economic transformation of the country and its cotton/textile industry.'

    'This partnership between the global agri-business player Olam and the Republic of Togo augurs well for the country's economy. SouthBridge is proud to have been associated and facilitated this outcome,' Kaberuka added.

    Lionel Zinsou, Chairman and Managing Partner of SouthBridge Group said that, 'Our involvement with these operations fully corresponds to the Group ambition. We intend to contribute to the emergence and uprising of Africa and Togo, which remain at the forefront with these two transactions.'

    Zinsou added that, 'They demonstrate how much having a global vision on the entire value chain from production to industrialisation is crucial for our countries to capture added value and build future growth.'

    Frannie Léautier, Senior Partner of SouthBridge Group, also commented.

    He said that, 'The development benefits of this public-private partnership are transformational, and I am very honored to have worked with the Government of Togo, Olam and Arise to deliver on these transactions.'

    'When we started working intensively on these two complex transactions, the pandemic hit. We continued to work seamlessly via Zoom and Teams, bringing together the key stakeholders from four continents and five time zones, managing to close this complex transaction in record time, 100% negotiated by video links,' he said.

    0Shares
    0

    The post SouthBridge Group Announces Two Major Transactions In Togo appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/southbridge-group-announces-two-major-transactions-in-togo/

  • Vladimir Bosnjak watozaga ikipe y’igihugu yeguye #rwanda #RwOT

    Mu itangazo ishyirahamwe ry’uyu mukino mu Rwanda, FERWABA ryashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane, ryatangaje ko ryemeye ubwegure bwe.

    Riti 'Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) ritangaje ku mugaragaro ko ryemeye isezera ry’umutoza guhera kuri uyu wa 3 Ukuboza 2020, harebwe ku musaruro mubi w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu cyiciro cya mbere cy’amarushanwa yo gushaka itike yo kuzitabira AfroBasket.'

    Ferwaba yatangaje ko mu gihe igishakisha umutoza mukuru, ikipe y’igihugu izaba itozwa na Henri Mwinuka usanzwe atoza REG Basketball Club, uzungirizwa na Karim Nkusi utoza APR BBC.

    Uyu mutoza asezeye nyuma y’umukino aheruka gukina wo mu itsinda D ry’amajonjora ya AfroBasket 2021, u Rwanda rwatsinzwemo na Sudani y’Epfo amanota 67-55 ku Cyumweru. Ni umukino warebwe na Perezida Paul Kagame na Minisitiri wa Siporo Aurore Mimosa.

    Iyi mikino yari imaze iminsi itanu ibera muri Kigali Arena, yari yahuje ibihugu 12 bigabanyije mu matsinda atatu : A, B na D mu gihe itsinda E riri gukinira mu Misiri naho itsinda C ryakinnye muri Gashyantare.

    Ikipe y’u Rwanda yari mu itsinda D yasoje nta mukino n’umwe itsinze, kuko yatsinzwe na Mali na Nigeria na Sudani y’Epfo byari mu itsinda rimwe.

    Indi mikino y’amajonjora muri aya matsinda izaba muri Gashyantare 2021 mu gihe u Rwanda ruzakira irushanwa nyir’izina hagati ya tariki ya 24 Kanama n’iya 5 Nzeri 2021

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imikino/article/Vladimir-Bosnjak-watozaga-ikipe-y-igihugu-yeguye