Author: webrwanda

  • Ya saha igezweho (Smart Watch) irimo telefone n’ibindi byinshi yongeye yabonetse #rwanda #RwOT

    Nyuma y’iminsi zarashize kubera ubwinshi bw’ababa bazishaka, ya saha nziza cyane yo mu bwoko bwa X6 Smart Watch yongeye yagarutse. Iyi ni isaha nziza cyane yo kwambara ariko yifitemo ikoranabuhanga rihambaye, kuko ushobora gushyiramo Simcard ukayikoresha nka telefone ukitaba ukanahamagara, irafotora, wayumvaho umuziki kuko ijyamo na memory card, ifite bluetooth, wayikoreshaho internet, wayikoreshaho facebook n’izindi mbuga nkoranyambaga. Iracagingwa kandi uyibonye ntiwahita ukeka ko irimo ibyo byose.

    Uramutse uyishaka wadusanga kwa Rubangura muri etage ya kabiri mu muryango wa 206. Waduhamagara cyangwa ukatwandikira kuri 0788542538 kandi ntugire impungenge ntihenda kuko igura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi cumi n’umunani gusa (18.000 Frw) ubundi ukagendana n’ibigezweho.

    source http://www.ukwezi.rw/gura/article/Isaha-igezweho-Smart-Watch-ifite-whatsapp-ifotora-irimo-telefone-n-ibindi-byinshi-kuri-macye-cyane

  • Ibivejuru byamenye mbere ko Isi igiye kwibasirwa na coronavirus byohereza ubutumwa #rwanda #RwOT

    Professor Nancy McMurray avuga ko ayo majwi ari ubutumwa bw’imbuzi ibivejuru ‘aliens’ zohereje ku Isi ziyimenyesha ko igiye kwibasirwa n’icyorezo kidasanzwe.

    Aliens ni ibiremwa bidasanzwe bitekerezwa ko biba mu isanzure, ibi biremwa ngo bifite ubwenge buruta ubw’abantu ariko ntabwo biva amaraso y’umutuku. Nta gihamya ihari yemeza 100% ko ibivejuru biriho.

    Ayo majwi yinjiye kuri frequence 23 z’amaradiyo. Yari amajwi afite uburebure bw’amasagonda 4,23.

    Iyi nzobere ivuga ko 17 asa yinjiye mu Isi kuva tariki 4 kugera tariki 29 Ugushyingo 2019.

    Professor McMurray ati “Aya ntabwo yari amajwi asanzwe kuko ntabwo amajwi aturuka ku miterere y’isanzure ashobora kwisubiramo mu buryo bumwe mu gihe cy’amezi abiri”.

    Inzobere za NASA zivuga ko aya majwi ari ubutumwa bwoherejwe n’ibivejuru mu rwego rwo kuburira Isi ko igiye kwibasirwa n’icyorezo cya coronavirus.

    Ati “Dushingiye ku gihe ubu butumwa bwasiye, bwari imbuzi y’uko Isi igiye kwibasirwa n’icyorezo cya covid-19”

    Bamwe mu bashakashatsi banenze igisobanuro cyahawe aya majwi bavuga ko habayeho kuvuga ibintu uko babyumva badashingiye ku bimenyetso bifatika.

    Kaminuza zitandukanye bw’Isi zasabye NASA kuziha kopi kuri aya majwi ariko kugeza ntabwo NASA iratanga aya majwi.

    source http://www.ukwezi.rw/Udushya/article/Ibivejuru-byamenye-mbere-ko-Isi-igiye-kwibasirwa-na-coronavirus-byohereza-ubutumwa

  • Yahya wari umaze imyaka irenga 20 mu itorero ry’iihugu yitabye Imana #rwanda #RwOT

    Munyashongore Yahaya wari umubyinnyi mu Itorero ry’Igihugu Urucyerereza akaba no mu itsinda Gakondo yaraye yitabye Imana azize uburwayi.

    Uyu musaza w’imyaka 75 akaba yaraye yitabye Imana ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 17 Nyakanga 2020.

    Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ni bamwe mubabajwe n’urupfu ry’uyu mubyinnyi, aho bihananishije umuryango we binyuze ku rukuta rwayo rwa Twitter.

    Bagize bati“Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ibabajwe n’urupfu rwa Munyanshongore Yahaya watabarutse none. Yari amaze imyaka irenga 20 ari Intore y’inararibonye mu Itorero ry’Igihugu Urukerereza. Dukomeje kandi twifatanyije n’umuryango we n’abagize Urukerereza bose.”

    Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ibabajwe n’urupfu rwa Munyanshongore Yahaya watabarutse none. Yari amaze imyaka irenga 20 ari Intore y’inararibonye mu Itorero ry’Igihugu Urukerereza. Dukomeje kandi twifatanyije n’umuryango we n’abagize @Urukerereza bose. pic.twitter.com/JWLHHXB4rW

    — Ministry of Youth and Culture | Rwanda (@YouthCultureRW) July 17, 2020

    Urupfu rwa Yahaya rukaba rwashenguye bikomeye kandi abo babyinanaga mu itorero ry’Igihugu Urucyerereza ndetse no mu itsinda Gakondo.

    Yahaya yitabye Imana

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/yahya-wari-umaze-imyaka-irenga-20-mu-itorero-ry-iihugu-yitabye-imana

  • Djihad Bizimana yahuye na Neymar amaso ku maso #rwanda #RwOT

    Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Waasland Beveren mu Bubiligi, Bizimana Djihad yaraye ahuye na Paris Saint Germain yo mu Bufaransa ikinamo rutahizamu ukomoka muri Brazil ufatwa nk’umwe mu beza ku Isi, Neymar Jr.

    Hari mu mu mukino wa gishuti wabereye kuri Parc des Princes mu Bufaransa, ikibuga PSG isanzwe yakiriraho imikino yayo.

    Ni umukino Djihad Bizimana yabanje mu kibuga ndetse akina iminota yose 120 uko yari igabanyije mu duce 4 tw’umukino.

    Ntibaje guhirwa n’uyu mukino kuko batsinzwe ibitego 7-0. Ibitego bya PSG byatsinzwe na Aleksandar Vucotić ku munota wa 21, icya Neymar kuri penaliti nziza yo ku munota wa 28, Mauro Icardi kuri penaliti yaherejwe na Neymar ku munota wa 47 ndetse Kylian Mbappé ashyiramo ikindi ku wa 60, Eric Choupo-Moting yatsinze ibitego bibiri ku munota wa 65 n’uwa 66 mu gihe Loïc Mbe Soh yatsinze agashinguracumu ku munota wa 93.

    Bizimana DJihad yagiye yigaragaza muri uyu mukino aho yanagerageje gutera mu izamu nko ku munota wa 35 ariko umupira ukorwaho na Marquinhos ujya muri koruneri.

    N’ubwo ikipe ye yatsinzwe, ni umwe mu basore ba Beveren bitwaye neza muri uyu mukino dore ko yagiye agerageza kugora abakinnyi ba PSG, bamwe abakoreraho amakosa na we bakayamukoreraho.

    Djihad Bizimana agerageza kuzibira Neymar Jr.

    Djihad yitwaye neza muri uyu mukino

    source http://isimbi.rw/siporo/article/djihad-bizimana-yahuye-na-neymar-amaso-ku-maso

  • Umunyarwandazi wanduye coronavirus atwite yibarutse umuhungu #rwanda #RwOT

    Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter,RBC,yavuze ko uyu mubyeyi wibarutse ameze neza we n’umwana we.Ntabwo umubyeyi wabyaye yatangajwe amazina gusa afite imyaka 41 y’amavuko.

    RBC yagize iti “Tunejejwe no kubamenyesha ko umwe mu bavurwa COVID-19 yibarukiye umwana w’umuhungu mu Kigo Nderabuzima cya Rugerero kimwe mu bigo bivurirwaho abarwaye COVID-19 mu Rwanda. Umwana na nyina bameze neza.”

    Umuyobozi w’Ibitaro bya Gisenyi, Lt Col Dr Kanyankore William, yavuze ko n’ubwo bitaramenyekana niba urwo ruhinja rwavukanye ubwandu bwa coronavirus cyangwa ntabwo, ngo bazakomeza kurwitaho bakurikirana ubuzima bwarwo no mu gihe nyina yaba akize COVID-19, agasubira mu muryango we.

    Kugeza ubu u Rwanda rukomeje kugira umwihariko wo kwita ku barwayi ba Coronavirus ari nayo mpamvu uyu mubyeyi ameze neza n’umwana we.

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Nyakanga 2020, habonetse abarwayi bashya 38 b’icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19) mu bipimo 5,556 byafashwe mu masaha 24 ashize, hataha abantu 16 bakize neza.

    Umubare w’abamaze gukira ugera kuri 770 mu 1,473 bamaze gutahurwaho icyo cyorezo mu Rwanda, mu bipimo 200,358 bimaze gufatwa kuva umurwayi wa mbere yatahurwa mu Rwanda kuwa 14 Werurwe 2020.

    Muri iki cyumweru Ubuyobozi bw’Ikigo k’Igihugu cy’Ubuzima bwatangaje ko mu Rwanda hafunguwe Laboratwari Nshya ebyiri zunganira izisanzweho zikomeje gufasha kwihutisha igikorwa cyo gupima icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19) mu bantu benshi bashoboka .

    Nyuma ya Laboratwari zashyizwe mu Karere ka Rubavu n’aka Rusizi,hafunguwe izindi Laboratwari ebyiri mu Bitaro Bikuru bya Kaminuza bya Butare (CHUB) mu Karere ka Huye ,no mu Bitaro Bikuru bya Gisirikare bya Kanombe mu Mujyi wa Kigali.

    Abaturarwanda barasabwa kurushaho kubahiriza amabwiriza yo kwirinda ari yo gusiga intera ya metero, kwambara udupfukamunwa no gukaraba intoki kenshi bakoresheje amazi meza n’isabune cyangwa arukoro yabugenewe.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Ubuzima/article/Umunyarwandazi-wanduye-coronavirus-atwite-yibarutse-umuhungu

  • ONU yasabye inkunga ya Miliyari 10,3$ inahishura ko abantu Miliyoni 265 bashobora kwicwa n’inzara mu 2020 #rwanda #RwOT

    Isi yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus, kimwe mu biri gutera ibihugu bitandukanye byaka inguzanyo bizishyura mu myaka izaza. Ubu naho Umuryango w’Abibumbye (ONU/UN) uri gusaba inkunga ya Miliyari 10,3 z’amadolari y’Amerika yo gufasha mu kurwanya iki cyorezo cya coronavirus.

    source https://rss.app/articles/862477a63bc37168a61ec4e0d85a68cbec5bb94447b309664e1fc4e5065d9ad817ebc1128c7f60a0da2fbdd185015abf524de344c0c991fd40fb47b4336871a74be16a8c5793fe357632c9c524c29230acea6bfeb6ad15cb7d07b515e14f4893164fe9eaa655db27eb76ce1835ccc203e1fe1a5ba1284ad648b7a63f86224d61e405f9173fd3b34a

  • OUT NOW: Chart-Topping Artist Adekunle Gold Returns With Brand New Single “AG Baby” #rwanda #RwOT

    Already setting the mood this year with a fine display on “Something Different”, chart-topping artist Adekunle Gold brings the heat with the release of his latest single “AG Baby”.

    The Nigerian has already made major strides, becoming a vanguard of the Afropop sound with his unique disposition and unmistakable voice.

    His newest single “AG Baby”, featuring Trinidadian artist Nailah Blackman, is another brilliant melding of sounds, bringing authentic Afro grooves, infectious rhythms, and sprinkles of pop influences.

    Adekunle channels charisma and confidence to the alluring sounds of the saxophone on the July 17th release, undoubtedly proving “AG Baby” to be another stellar release.

    Transcending from an African household name to a reputable global force, Adekunle Gold has seen incredible success to date, with his 2016 debut album “Gold” entering the Billboard World Album chart at #7 and the sophomore “About 30”, going onto make the consideration list for the 2019 Grammy Awards category, Best World Album.

    Capturing audiences as he continues to push creative boundaries with his art, the award-winning artist continues to receive support from key tastemakers to date incl. NOTION, BILLBOARD, OKAYAFRICA, NATIVE MAGAZINE, and COMPLEX.

     As he continues to tease his forthcoming project ‘Afro Pop Vol. 1’ with the strong intent he plans to continue, Adekunle Gold’s influential presence in the scene is certainly one to be celebrated.

    source https://taarifa.rw/out-now-chart-topping-artist-adekunle-gold-returns-with-brand-new-single-ag-baby/

  • YouTube Issues Notice Ahead Of API Services Changes For Newly Created Projects #rwanda #RwOT

    YouTube has informed all YouTube Content Developers that it will make changes to the YouTube API Services and that the changes will affect API projects created after July 28, 2020.

    “All videos uploaded via the videos.insert endpoint from unverified API Projects created after this date will be restricted to private viewing mode,” an announcement to all developers said.

    “To lift this restriction, each project must undergo an audit to verify compliance with the Terms of Service,” the statement said.

    Creators who use an affected project to upload video will receive an email explaining that their video is locked as private and that they can avoid the restriction by using an official or audited service.

    YouTube also noted that “Existing API projects will not be affected by this change, but we strongly recommend that all developers complete a compliance audit for their projects to ensure continued access to the YouTube API Services.”

    source https://taarifa.rw/youtube-issues-notice-ahead-of-api-services-changes-for-newly-created-projects/

  • Five-Star Recruit Jonathan Kuminga Signs With NBA G League #rwanda #RwOT

    Forward Jonathan Kuminga, a top high school basketball recruit, has signed to play in the NBA G League next season, it was announced today by NBA G League President Shareef Abdur-Rahim.  Kuminga is ranked by ESPN as the No. 4 player in the nation and the top player in New Jersey in the Class of 2020.

    A native of the Democratic Republic of the Congo, Kuminga played at The Patrick School in Hillside, New Jersey, last season after previously attending Huntington Prep School in West Virginia and Our Savior New American School in New York.

    The NBA G League gives top young prospects a chance to begin their professional careers while receiving mentorship and life skills training.  Kuminga will have the opportunity to accelerate his on-court development as he learns NBA-style basketball.

    Kuminga joins Jalen Green, Isaiah Todd, Daishen Nix and Kai Sotto as top high school recruits from the Class of 2020 who have signed to play in the NBA G League for the 2020-21 season.

    Five-time NBA champion Brian Shaw will serve as head coach of their team, which will be unaffiliated with any existing NBA G League franchise or NBA team.

    source https://taarifa.rw/five-star-recruit-jonathan-kuminga-signs-with-nba-g-league/