Author: webrwanda
-
Impanuka 600 zimaze kubera mu muhanda mu mezi atandatu ashize #rwanda #RwOT
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera yavuze ko mu mezi atandatu ashize, impanuka 600 zo mu muhanda ari zo zimaze kuba mu Rwanda. -
Urukiko rwahinduye ibihano by’abahamijwe kwica umunyamakuru Jamal Khashoggi #rwanda #RwOT
Urukiko rwo muri Arabie Saoudite kuri uyu wa Mbere rwahinduye igihano cy’urupfu cyari cyahawe abantu batanu bashinjwa kwica umunyamakuru, Jamal Khashoggi, wiciwe muri Turikiya mu 2018. -
Kuki amasomero yakomeza kubamo ibitabo byanditswe mu ndimi z’amahanga kurusha Ikinyarwanda? #rwanda #RwOT
Mu mateka y’Isi, bigaragara ko ibihugu byagiye byihuta mu iterambere ry’ubukungu ndetse n’ Imiyoborere myiza bashingiye mu kwandika ibitabo biri mu rurimi rwabo kavukire ndetse n’izindi ndimi ariko cyane cyane baha agaciro ibitabo byanditswe mu rurimi rwabo gakondo. -
Inama ku bantu bashaka kujya kwiga mu mahanga n’amahirwe ya buruse ahari #rwanda #RwOT
Kwiga mu mahanga ni indoto ya benshi mu rubyiruko rw’u Rwanda birakushaho kubanezeza iyo aya mahirwe y’ishuri abonetse mu bihugu byateye imbere mu burezi kuko baba bumva ko hari icyo bazungukirayo cyazabafasha guteza imbere igihugu cyabo mu gihe bazaba basubiyeyo. -
Ally Niyonzima na Migi ntibaremererwa gukorera muri Tanzania #rwanda #RwOT

Abakinnyi babiri b’abanyarwanda bakina mu gihugu cya Tanzania, Mugiraneza Jean Baptiste ‘Migi’ na Ally Niyonzima ntibarabona icyangombwa kibemerera gukorera muri iki gihugu byanatumye basiba umunsi wa mbere wa shampiyona.
Migi ukinira KMC, mu kwezi gushize ni bwo yongereye amasezerano muri iyi kipe ibarizwa mu mujyi wa Kinondoni.
Ally Niyonzima na we yasinyiye ikipe ya Azam FC mu ntangiriro z’ukwezi gushize kwa Kanama, akaba ari n’umwe mu bakinnyi bagiye bafasha iyi kipe mu mikino imwe n’imwe ya gishuti yagiye ikina.
Aba bakinnyi bombi ntabwo bagaragaraye ku mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona y’iki gihugu umwaka w’imikino 2020-2021 bitewe n’uko batarabona icyongombwa kibemerera gukorera muri iki gihugu (work permit) gitangwa buri mwaka.
Migi ntabwo yagaragaye ku mukino ikipe ye yaraye itsinzemo Mbeya City 4-0, ni mu gihe Azam FC ya Ally Niyonzima yatsinze Tanzania Prisons 1-0.
Migi ategereje kubona work permit
Ally Niyonzima na we ntarabona work permitsource http://isimbi.rw/siporo/article/ally-niyonzima-na-migi-ntibaremererwa-gukorera-muri-tanzania
-
Inganda zitunganya amabuye y’agaciro mu Rwanda, igisubizo ku iterambere ry’ubucukuzi bwayo #rwanda #RwOT
Uko iterambere ry’Isi ryihuta hakenerwa ibikoresho byifashishwa mu nzego zinyuranye, aho hose icy’ingenzi ni amabuye y’agaciro avamo bya bikoresho bigezweho mu ikoranabuhanga ndetse n’ibyuma. -
Abambari ba Rusesabagina ntibariyumvisha neza ibyamubayeho #rwanda #RwOT
Hari imvugo ikunze gukoreshwa n’abanyamategeko b’abahanga, igira iti “niba udashyigikiwe n’ibimenyetso, buranya itegeko. Niba udashyigikiwe n’itegeko, buranya ibimenyetso. Niba udashyigikiwe na kimwe, kubita ameza usakuze cyane nk’uwahanzweho.” -
Karongi: Umukobwa w’imyaka 21 yasanzwe munsi y’umukingo yapfuye #rwanda #RwOT
Nikuze Josiane umukobwa w’imyaka 21, yasanzwe munsi y’umukingo yapfuye, mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere mu mudugudu wa Kabeza akagari ka Kibirizi umurenge wa Rubengera ho mu karere ka Karongi. -
Ingaruka zihariye COVID-19 imaze kugira ku bukungu bw’u Rwanda #rwanda #RwOT
Icyorezo cya COVID-19 kuva cyagera mu Rwanda muri Werurwe, ingaruka zacyo ni nyinshi uhereye ubwo igihugu cyose cyajyaga muri Guma mu Rugo, kugeza imirimo imwe n’imwe itangiye gukomorerwa, n’ubu imirimo yose ntirafungurwa ku buryo byaviriyemo benshi gutakaza akazi. -
District Kayonza : Remise de 271 habitations aux déshérités, 397 autres en construction #rwanda #RwOT

Cette vieille mere coupe le ruban, un geste ceremoniel montrant qu’elle prend officiellement possession de sa maison offerte par SACCALes mêmes autorités annoncent également le démarrage des travaux de construction d’un autre lot de 397 autres pour les habitants de ce district qui habitent sur des sites jugés à risque.
Ce 7 septembre, cinq habitations dûment finies ont été remises à leurs bénéficiaires au cours d’une cérémonie officielle. Ces habitations auront coûté chacune 3 millions de francs, soit environ 3.400 USD. Elles ont été construites par une ONG dénommée SACCA intervenant dans la récupération-resocialisation des enfants de la rue.
Numukobwa aux anges
« Ma vie était difficile sans possibilité d’élever décemment mes trois enfants. Je ne sais pas comment remercier mnos dirigeants qui ont pensé à ce geste », s’est éclatée devant la caméra d’IGIHE, Numukobwa, 46 ans, du Secteur Nyamirama, qui venait de bénéficier de cette habitation nouvelle avant d’ajouter décidée : « Dorénavant, je vais tout faire pour lutter contre ma pauvreté ». Ah ! Ce n’est pas très tôt.
Mais pourquoi ne l’as-tu pas fait avant ?
Pour Léocadie Mukambuguje, 65 ans, du Secteur Mukarange, une autre bénéficiaire de cette habitation moderne qui vivait en location, « avec ce généreux don, je vais travailler d’arrache-pied pour me prendre économiquement en charge. Je suis sûre que j’arriverai à passer le cap du seuil de la pauvreté ».
Valentine Mukamuyenzi, Directrice de SACCA, est fière de son partenariat avec les autorités du District et d’avoir contribué à l’effort de développement des habitants du district.
Une habitation tres invivable qu’occupait Numukobwa et ses trois enfantsSACCA a remis aux déshérités de ce district des maisons d’habitation comportant trois chambres à coucher et une salle de séjour entièrement meublées, une toilette et une cuisine.

La septuagenaire Leocadie Mukambuguje, est satisfaite de voir les autorites du pays en partenariat avec SACCA l’accompagner dans sa vieillesseIGIHE
source https://fr.igihe.com/District-Kayonza-Remise-de-271-habitations-aux-desherites-397-autres-en.html