Author: webrwanda

  • Dr Ngirente yagaragaje urubyiruko nk’umusingi w’iterambere ry’ubuhinzi muri Afurika #rwanda #RwOT

    Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko urubyiruko rwa Afurika rukwiye kwifashishwa nk’umusingi hatezwa imbere urwego rw’ubuhinzi, by’umwihariko bugakorwa bijyanye n’igihe hifashishijwe ikoranabuhanga.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/dr-ngirente-yagaragaje-urubyiruko-nk-umusingi-w-iterambere-ry-ubuhinzi-muri

  • Agahugu umuco akandi uwako! Muri Gabola Church basenga biteretse amacupa y’inzoga #rwanda #RwOT

    Mu gihe mu madini menshi cyane cyane aya gikirisitu inzoga zifatwa nk’ikizira muri ‘Gabola Church’ yo muri Afurika y’Epfo siko bimeze kuko ahubwo inzoga ari igikoresho cy’ibanze cyifashishwa mu mihango y’itorero irimo n’uwo kubatiza.

    source https://igihe.com/amakuru/utuntu-n-utundi/article/agahugu-umuco-akandi-uwako-muri-gabola-church-basega-biteretse-amacupa-y-inzoga

  • Umunyamideli Charly Jordan ugezweho muri Amerika yasuye ingagi mu birunga #rwanda #RwOT

    Umunyamideli Charly Jordan ugezweho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba n’umwe mu bagezweho kuri Tik Tok n’izindi mbuga nkoranyambaga, amaze iminsi mu Rwanda aho yasuye ingagi mu birunga.

    source https://igihe.com/imyidagaduro/article/umunyamideli-charly-jordan-ugezweho-muri-amerika-yasuye-ingagi-mu-birunga

  • Isura ya Nyamagabe nyuma y’uko Coronavirus ihageze hagafatwa ingamba zikomeye #rwanda #RwOT

    Hagati mu kwezi kwa Nyakanga 2020 mu Karere ka Nyamagabe hagaragaye abantu banduye icyorezo cya COVID-19 bituma hafatwa ingamba zitandukanye zigamije gukumira ikwirakwira ryacyo zirimo no gushyira tumwe mu tugari muri gahunda ya Guma mu Rugo.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/isura-ya-nyamagabe-nyuma-y-uko-coronavirus-ihageze-hagafatwa-ingamba-zikomeye

  • Kigali : Polisi yataye muri yombi abashinzwe umutekano bakubise umuturage mu Gatsata #rwanda #RwOT

    Polisi y’u Rwanda ibinyujije ku rubuga rwa Twitter yagize iti : “Twafashe Sindayigaya Ildephonse, Karangwa Jean Bosco na Ndahiro Elisa bari mu bashinzwe umutekano ku rwego rw’ibanze bagaragaye mu mashusho ku itariki ya 08 Nzeri bakubita Tuyisenge Evode, byabereye mu murenge wa Gatsata mu karere ka Gasabo”.

    Polisi y’u Rwanda ikomeza ivuga ko abitwaza gushyira mu bikorwa iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kwirinda Coronavirus bagahohotera abaturage, batazigera bihanganirwa. Aha bagira bati : “Abitwaza kurwanya ikwirakwira rya Koronavirusi bagahohotera abaturage, ntibazihanganirwa. Abafashwe bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Gatsata mu gihe iperereza ririmo gukorwa n’urwego rubishinzwe.”

    Ni kenshi abantu batandukanye bagiye bagaragaza ko inzego z’umutekano zitandukanye zijya zibahohotera mu gihe batubahirije amabwiriza nyamara hari uburyo buteganywa n’amategeko baba bashobora guhanwamo bitabaye ngombwa ko abashinzwe umutekano bakoresha inkoni. Ibi byagiye byinumirwa ariko Polisi ishimangira ko itazigera yihanganira ababikora.

  • Civil Society question legalities of some COVID-19 prevention guidelines #rwanda #RwOT

    The letter is based on recent measures aimed at preventing the spread of Covid-19, especially regarding how people should behave and the penalties imposed on those who violate Covid-19 prevention guidelines.

    The Civil Society Organizations say that some measures are contrary to the decisions of the cabinet.

    The cabinet meeting on August 26 passed resolutions to further strengthen measures for the prevention of the spread of Covid-19.

    Among them was the resolution that “private (private) travels between the City of Kigali and other districts will continue to be carried out but in accordance with the regulations of the health authorities”.

    Another resolution was that “public gatherings are prohibited, except for those who have permission and have not more than 30 people.”

    The resolution further states that “the permission to host such meetings will be issued by the relevant authorities in collaboration with the RDB, and shall be based on the guidelines of the health authorities.”

    The next day, Rwanda Development Board, RDB, issued a statement on August 27 aimed at implementing the directives issued by the Cabinet Decisions.

    The statement said that the “applicants for the meeting permission should go through [email protected] and inform the relevant authorities.” Also the reception area does not exceed 30% of the capacity of the reception hall.

    The organizers of the meeting also should make sure that the participants should have a Covid-19 tests of not more than 72 hours, and pay a fee of $ 50 (Rwf48,442).

    Shortly afterwards, on August 31, the City of Kigali also issued a directive, imposing sanctions on those who violate Covid-19’s proposed measures.

    This also came after the Rwanda Utilities Regulatory Authority, RURA, on August 28, declared that “no public buses or motorcycle are allowed to transport anyone to or from Kigali City”.

    Non-governmental organizations say that these regulations are contrary to cabinet decisions, because, for example, RURA’s directive that private travels between the City of Kigali and other areas are prohibited, contrary to the Cabinet decision.

    The organizations also say that some of these regulations are unclear, making implementation difficult.

    Currently, it is alleged that the RDB’s regulations do not clearly define the meaning of “general meetings” or “necessary meetings” which must request for permission from the RDB and tests for COVID19 for all the participants.

    They point out that the meetings and conferences referred to are only happening in hotels, rather than in public places such as in markets, in bus stations, and so on.

    They also noted that the cost of Covid-19 testing, set at Rwf 48,442, is too expensive and Rwandans could not manage it every time they go to a meeting.

    The organizations and their partners say they are also affected by the decision because they have suspended various meetings and activities due to lack of capacity to test each invitee.

    They also observed the fines imposed by the City of Kigali on violators of the Covid-19 prevention guidelines are quite high, considering it is at a time when the pandemic has had a devastating economic impact.

    They added that testing measures for each participant at a meeting or wedding is not the best way to deal with Covid-19, but that standard measures such as frequent hand washing, social distance and wearing masks would be the best solution.

    Human rights are threatened

    The NGOs said a directive that requires people to meet after getting permission is contrary to the Constitution and other international laws to which Rwanda is a signatory, especially Article 39 of Rwanda constitution, defining the right of assembly as passed in 2003, and amended in 2015.

    They also said that measures for children under the age of two to wear masks were contrary to the United Nations World Health Organization (WHO) guidelines.

    They also emphasized the need to focus on business, especially in hotels, as meetings and conferences are one of the main sources of income, of which ban will have devastating effects on post-Covid-19 recovery.

    To address all these issues, these organizations have called for the establishment of a system to monitor all regulations in place to prevent the spread of Covid-19, to comply with national and international law, and not to violate human rights principles.

    They also said that regulations that violate human rights and should be removed, or revised. They requested that the guidelines set out in the RDB’s announcement and applying for permit at public meetings and testing the participants within 72 hours should be revised.

    As for the City of Kigali’s prohibitive fines for Covid-19 prevention regulations violators, they demanded that they be removed forthwith.

    They said the fines should be carried out to the fullest extent of the capacity of the citizens, and be approved after discussions with everyone concerned, including the public. Once approved, it must be announced through legal channels.

    They stressed the need for the government to work with its partners as they learn about strategies to prevent the Covid-19 pandemic, and to encourage them to step up their efforts to prevent the Covid-19 pandemic, including hand washing, wearing face masks and observing social distance. The government has been asked to continue its campaign to prevent Covid-19, instead of imposing harsher sanctions

    Elina Jonas Ruzindaza
    http://dlvr.it/RgKX6R

  • AfDB Approves $27M To Ramp Up AU's COVID-19 Response Initiative #rwanda #RwOT

    The African Development Bank's Board of Directors (www.AfDB.org) on Wednesday approved US$27.33 million in grants to boost the African Union's (AU) efforts to mobilize a continental response to curb the COVID-19 pandemic. The approval follows a meeting of the extended Bureau of the Conference of Heads of State and Government with Africa's private sector on April 22, 2020, chaired by Cyril Ramaphosa, President of South Africa and chairperson of the AU, at which the Bank's President, Akinwumi Adesina, pledged strong support for the AU's COVID-19 initiative.

    The AU Bureau meeting called for contributions to the African Union's COVID-19 Response Fund established by the AU Commission chairperson, Moussa Faki Mahamat, in March 2020. Speaking after the Board approval of this operation, President Adesina said: 'With this financing package, we are reaffirming our strong commitment to a coordinated African response in the face of COVID-19. Most importantly, we are sending a strong signal that collectively, the continent can address the pandemic, which is straining health systems and causing unprecedented socio-economic impacts on the continent.'

    The Bank's grant financing will support the Africa Centers for Disease Control and Prevention (Africa CDC) in providing technical assistance and building capacity for 37 African Development Fund (ADF) eligible countries, particularly the Transition States, to combat the COVID-19 pandemic and mitigate its impact. The ADF is the Bank's concessional window.

    Sourced from the ADF's Regional Operations/Regional Public Goods envelope and the Transition Support Facility, these two grants will support the implementation of Africa CDC's COVID-19 Pandemic Preparedness and Response Plan through strengthening surveillance at various points of entry (air, sea, and land) in African countries; building sub-regional and national capacity for epidemiological surveillance, and ensuring the availability of testing materials and personal protective equipment for frontline workers deployed in hotspots. The operation will also facilitate the collection of gender-disaggregated data and adequate staffing for Africa CDC's emergency operations center.

    At the beginning of February 2020, only two reference laboratories—in Senegal and in South Africa—could run tests for COVID-19 on the continent. The Africa CDC, working with governments, the World Health Organization, and several development partners and public health institutes, have increased this capacity to 44 countries currently. Despite this progress, Africa's testing capacity remains low, with the 37 ADF-eligible countries accounting for only 40% of completed COVID-19 tests to date.

    'Our response today and support to the African Union is timely and will play a crucial role in helping Africa look inward for solutions to build resilience to this pandemic and future outbreaks,' said Ms. Wambui Gichuri, Ag. Vice President, Agriculture, Human, and Social Development. This support will complement various national and sub-regional operations financed by the African Development Bank under its COVID-19 Response Facility to support African countries to contain and mitigate the impacts of the pandemic.

  • Meddy yashyize hanze amafoto aca amarenga kubukwe bwe n'umunya Ethiopia w'uburanga Mimi. #rwanda #RwOT

    Umuhanzi Meddy uherutse kwerekana umukunzi we I Kigali, ubu urukundo ni rwose doreko yanasohoye amafoto aca amarenga kubukwe bwe n'uyu mukobwa witwa Mimi ukomoka mu gihugu cya Ethiopia.

    Aba bamaze igihe kitari gito bakundana , baibinyujije kuri instagram basohoye amafoto aherekejwe n'amagambo meza ashimangira umubano mwiza bafitanye.

    Uyu mukobwa apositinga aya mafoto yarengejeho amagambo ati 'You're My Favorite distraction' ugenekereje mu kinyarwanda akaba yasobanuraga ko ariwe kigusha cye mu rukundo.

    Naho Meddy we mumagambo ye yagize ati 'MY MAIN SIDE CHICK ON MY SIDE ALWAYS' ashaka gusobanura ko uyu mukobwa umuba hafi nubundi ariwe uzamuhora iruhande.

    AMAFOTO YA MEDDY N'UMUKUNZI WE MIMI.

    Meddy yari yasohokanye n'umukunzi we avugako ariwe uzamuhora iruhande iteka ryose.
    Izi foto za imi na Meddy bazifotowe na Licky (Lick Lick)
    Mimi avugako Meddy ariwe kigusha cye mu rukundo.
    Urukundo ni rwose hagati ya Meddy n'uyu mukobwa Mimi wo muri Ethiopia.
    Mimi yahuriye na Meddy muri America.

    Share on:

    WhatsApp

    The post Meddy yashyize hanze amafoto aca amarenga kubukwe bwe n’umunya Ethiopia w’uburanga Mimi. first appeared on INGINGO.COM / Rwanda News & Story.

  • Ku myaka 82 Alpha Condé yemerewe kwiyamamariza manda ya gatatu #rwanda #RwOT

    Urukiko rurengera itegekonshinga rwa Guinea, ari narwo rukuru muri iki gihugu, rwemereye Perezida Alpha Condé w'imyaka 82 kwiyamamariza manda ya gatatu mu matora yo mu kwezi gutaha.

    Uru rukiko rwemereye n'abandi bakandida 11, barimo na Cellou Dalein Diallo uri mu bahabwa amahirwe wo mu batavuga rumwe n'ubutegetsi.

    Hashize amezi hari imyigaragambyo yo kwamagana ko Bwana Condé yongera kwitoza nyuma y'uko asabye ko itegekoshinga rihindurwa muri referendum yabaye mu kwezi kwa gatatu, kugira ngo abashe kwiyamamariza manda ya gatatu.

    Bwana Condé, wabaye imyaka myinshi mu ruhande rutavuga rumwe n'ubutegetsi, yatowe bwa mbere ku mwanya w'umukuru w'igihugu mu 2010, aho yijeje demokarasi no kurwanya ruswa.

    Yatorewe manda ya kabiri mu 2015.

    Kuwa kabiri, Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari yasabye abategetsi b'ibihugu bya Afurika y'iburengerazuba kubaha ingingo z'itegekoshinga kuri manda z'umukuru w'igihugu — avuga ko kunyuranya nazo aribyo soko y'ibibazo bya politiki n'akaga muri ako karere.

    Alpha Condé yatowe bwa mbere mu 2010


    Alpha Condé yemerewe kwiyamamariza manda ya gatatu

  • Kuva muri Werurwe uyu mwaka impanuka zimaze guhitana abantu 90 #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Impanuka zabaye guhera muri Weruwe yatwaye ubuzima bw
    Impanuka zabaye guhera muri Weruwe yatwaye ubuzima bw’abantu 90. Iyi na yo yabereye ku kamonyi mu ntangiriro z’uyu mwaka

    Ibyo ni ibyatangajwe n’umuvugizi wa Polisi y’igihugu, CP John Bosco Kabera, ubwo yari mu kiganiro Ubyumva Ute kuri KT Radio, ku wa Gatatu tariki 9 Nzeri 2020, aho yasubije ibibazo bitandukanye yabajijwe bishamikiye ku iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kwirinda Covid-19.

    Mu Kiganiro Ubyumva Ute cya KT Radio, CP Kabera yavuze ko impanuka ziyongereye ugereranyije amezi abiri abanza y’uyu mwaka no mu gihe icyo cyorezo cyageraga mu Rwanda.

    Ati “Kuva iki cyorezo cyagera mu Rwanda kugera ku itariki 2 Nzeri uyu mwaka, twagize impanuka zirenga 600 zikaba zarahitanye abantu bagera kuri 90, abo bantu ni benshi. Mu kwa mbere uyu mwaka tweretse Abanyarwanda uko ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro bwari buhagaze n’ukuntu impanuka zari zaragabanutse”.

    Agaruka kandi ku mpamvu nyamukuru zateye izo mpanuka, ahanini ngo zikaba ziterwa n’umuvuduko ukabije.

    Ati “Icya mbere ni umuvuduko ukabije, Covid-19 ntikwirukankana ngo irashaka kugufata kandi ntitwara imodoka. Icya kabiri ni ukugenda nabi mu muhanda, Covid-19 ntigutangatanga ngo itume ugenda nabi mu muhanda, icya gatatu ni uburangare, Covid-19 ntikurangaza kuko utanayibona n’amaso, naho ikindi cyateye impanuka ni ubusinzi”.

    Ati “Kugeza ubu kwirinda Covid-19 ntaho bihuriye n’impanuka, kwirinda Covid-19 ntibitera impanuka, abantu bakwiye kumva isaha yagenwe bakamenya umwanya bakoresha bajya mu ngo.

    Iyo bavuze ko saa moya abantu bagomba kuba batashye ntibivuze ko imodoka ziba zagabanutse mu muhanda, gusa abantu bo bagombye kuba baragabanutse kuko ahenshi hakora 50%, haba mu bakozi mu biro no mu masoko”.

    CP Kabera akomeza asaba Abanyarwanda kutadohoka ku kubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo, ariko kandi banakurikiza amategeko igihugu gishyiraho.

    CP Kabera ahamya ko Covid-19 atari yo iteza impanuka zo mu muhanda
    CP Kabera ahamya ko Covid-19 atari yo iteza impanuka zo mu muhanda

    Ati “Turasaba Abanyarwanda kumvira amabwiriza n’amategeko y’igihugu muri rusange. Barasabwa kandi by’umwihariko kwirinda Covid-19 kuko nta muti nta n’urukigo irabona, nibafate amabwiriza rero nk’urukingo bayirinde. Ndakangurira abantu gukomeza kwirinda impanuka, ariko bakabihuza na gahunda zo kwirinda icyo cyorezo”.

    Yibukije kandi abatunze ibinyabiziga biri ku rutonde rw’ibigomba kujyanwa muri Contrôle Technique, ko bakwihutira kubitwarayo kuko ngo muri ibyo bitarayikoresha harimo ibyateje zimwe mpanuka zavuzwe.


    source https://www.kigalitoday.com/umutekano/imbere-mu-gihugu/article/kuva-muri-werurwe-uyu-mwaka-impanuka-zimaze-guhitana-abantu-90