Author: webrwanda
-
Yoshihide Suga yatorewe kuba Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani #rwanda #RwOT
Yoshihide Suga kuri uyu wa Gatatu yatorewe kuba Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, asimbuye Shinzo Abe uheruka kwegura ku mpamvu z’uburwayi, aho afite inshingano zikomeye zo kuzahura ubukungu muri ibi bihe by’icyorezo cya Covid-19. -
Hatangijwe igihembwe cy’ihinga cya 2021A, abahinzi berekwa ibyo bakora bakagira umusaruro mwiza #rwanda #RwOT
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (Minagri) yatangije igihembwe cy’ihinga cya 2021A, abahinzi berekwa bumwe mu buryo bashobora kwifashisha bahinga bakabona umusaruro mwiza. -
ABC Group: For quality bathroom, toiletry facilities #rwanda #RwOT
Popular ABC groups in countries such as Qatar, Oman, China, Uganda, and Tanzania have now opened a branch in Chic, MIC room, where buyers can find modern Bathx and Toto toilets.
In this ABC group branch, one can find taps of the Grohe type of Germany, Toto of Japan, and Bathx.
In an interview with IGIHE, the Director of ABC Group Rwanda, Ajay Kumar said that they have decided to open a branch in Rwanda after realizing that the country has the best security systems in the region, backed by the ease with which investors are facilitated to do business.
Kumar says the uniqueness of ABC Group is that it has affordable and durable products.
In ABC Group Rwanda you can also find Estonian bathtubs, Bathx, and Toto bathtubs. Porcelain, Ceramic, and Smart toilets.
Kumar says there are plans to expand its operations in the near future and add lighting and kitchen appliances.
ABC Group is the pioneer enterprise engaged in the field of building material industry with the purpose of helping people to transform their world. It’s committed to make the world a better place through an innovative business which provides inspiration for luxury living. It has the largest collection of high-quality tiles, sanitary wares, bathroom fittings, and allied building materials.
ABC Group started its journey in December 1998 from Taliparamba, Kerala, India. It has been taking the high road of success for the last 20 years.
The Director of ABC Group Rwanda, Ajay Kumar said that they have decided to open a branch in Rwanda after realizing that it has the best security systems in the region
IGIHE
Source : https://en.igihe.com/news/article/abc-group-for-quality-bathroom-toiletry-facilities
-
Young entrepreneurs to hone skills #rwanda #RwOT
It is a training course called 'National Entrepreneurship Summer Camp-2020', which aims to 'help young people develop entrepreneurship and build their skills, hence continuing their work in these critical times of Coronavirus and beyond'.
The training will be attended by about 20 young people between the ages of 18 and 35. They are young people who have graduated from ULK University who already have profitable projects, but need technical and financial support.
There will also be young people in their final year of university at ULK, who have a good idea that may produce powerful business establishments, which will provide employment to other young people and benefit the country as a whole.
The training will focus on selected projects in the fields of agriculture, energy, and technology, and will have three objectives, namely: to promote a culture of self-reliance and innovation in the youth, especially in these times of Coronavirus; to enhance the level of knowledge and performance of the private sector, as well as to promote the cooperation of higher education and industry through collaboration and dialogue.
Inaugurating the training, the Director-General of Planning, Monitoring, and Evaluation, Jonas Munyurangabo, said the program would complement the government’s plan to encourage young people to be brave and create jobs, instead of waiting for jobs while they can create it.
'What we are doing is helping young people to have a mentality that leads to where everyone doing business is headed. This will help them to expand their mindset and take advantage of their opportunities, even if others find it difficult. It also builds capacity to help them make the most of the opportunities they have in general,' he said.
The training comes at a time when the global economy is facing the effects of the Coronavirus pandemic, which is particularly affecting small and medium enterprises (SMEs).
Munyurangabo said that to address these challenges, the Government of Rwanda has recently launched Energy Private Developers (EDP), where similar training is being advocated for as it does not discourage young people from entrepreneurship through to give them the knowledge they need.
'It’s one of the things that help in implementing that new policy, it will help people have a sense of entrepreneurship,' he said.
He added: 'Finding a job is not a bad thing, but there has been a change in the way people go about it, and instead of looking for a job, it would be better [for the national economy]. So that comes from the ideas, as well as from the capabilities and resources that young people receive from the relevant authorities. So today is what we are going to do to help them, to know that they can be self-sufficient, and then to make progress, based on the knowledge they will be given,' he said.
Munyurangabo said that, in particular, the fact these activities are taking place in these difficult times of Coronavirus, there is a lot that will help these young people.
The training will be conducted in a traditional way where the teacher is teaching the students who are with him, but there will also be the use of technology while the expert teachers from Kempten University of Applied Science will be contributing to these courses.
One of the directors of Kempten University of Applied Science, Prof. Dr. Tobias Peylo, said the training will not only provide knowledge, as it can also help participants get to know each other and work together in the future.
He added that the training “will help young people to innovate in their work, thus increasing the productivity of what they do”.
“These ideas will help the world to cope with its problems. These are not just money-making ideas, they are ideas that will make the world a better place because it will bring about a change in the lives of its inhabitants through solving the problems that the world has today.”
Becky Balinda, Chancellor of the University of Kigali, ULK, said they would use entrepreneurs who have achieved success and tell these students the process they went through and what they can do to make their ideas more profitable.
'Most importantly, we will bring in other entrepreneurs who have started like them, to tell them their journey from idea to where they are now.
'They will share with them how they got their money, their helpers and so on. The reason we will do this is that these advanced entrepreneurs have also started at the grassroots level, so they will share with them the path they have gone through to make progress,' she said.
She added that they will monitor the development of these entrepreneurs’ projects, two of which will be funded and monitored for six months thereafter.
Maria Knappstein, Director of SBFIC’s Rwanda branch, said entrepreneurs who saw the opportunity should not waste it, as it was the beginning of their entrepreneurial journey.
'We expect these entrepreneurs to be willing to learn and learn more. We want them to have an entrepreneurial mindset and are willing to implement it. “
Some of the lessons to be learned from this course include preparing and analyzing ideas for projects that can generate profits, making scholarships for developed institutions, creating ideas that can generate profits, and so on.
The National Entrepreneurship Summer Camp 2020 is being held for the first time but will continue in the coming years, to help young people with development projects make it productive.
The Coronavirus pandemic has changed the schedule of the workshop, as it was scheduled to take place in July, attended by 10 students from ULK, and 10 others from Kempten University of Applied Science in Germany. As the Coronavirus pandemic subsides, there are plans to continue on that schedule.
The Director-General of Planning, Monitoring, and Evaluation in the Ministry of Trade and Industry (MINICOM), Jonas Munyurangabo
Maria Knappstein, Director of SBFIC’s Rwanda branch, said entrepreneurs who saw the opportunity should not waste it,
Becky Balinda, Chancellor of the University of Kigali, ULK
A two-week training course will be launched, which will train young people with projects or ideas that can generate profits, which will result in strong business establishments.
Some of the lessons to be learned from this course include preparing and analyzing ideas for projects that can generate profitsIGIHE
Source : https://en.igihe.com/news/article/young-entrepreneurs-to-hone-skills
-
Imbamutima z'abanye-Congo batuye mu Rwanda: Ishuri n'isoko rya kijyambere mu mishinga yagutse bahanze amaso #rwanda #RwOT
Gutsura umubano hagati y'ibihugu bituranye ni umusingi ntakuka w'ibikorwa biteza imbere abaturage babyo kandi bikarushaho gutanga icyizere cyo kubaka no kwagura imbago mu bijyanye n’ubuhahirane, uburezi, itumanaho n'ibindi. -
IFOTO Y’ICYUMWERU : Perezida Kagame yaryohewe n’ibihe byiza yagize ku bw’Umwuzukuru we #rwanda #RwOT
Mu butumwa buherekeje iyi foto, Umukuru w’igihugu ati : “Nagize impera z’icyumweru naruhutsemo neza cyane kubera uyu mwana uhebuje ! Umugisha !!
Ubwo Perezida Paul Kagame yari mu kiganiro kuri Radio na Televiziyo by’igihugu, yabajijwe iby’uko aryohewe no kuba afite umwuzukuru maze asubiza agira ati : 'Ni bishya ariko ni byiza cyane, nari menyereye kuba Se w’abana, iyo wabaye noneho Sekuru w’abana uba wazamutse mu ntera, ni nko kuzamurwa mu ntera, nindangiza iyi mirimo mwanshinze, muhora munshinga, nindangiza mpora niteguye kujya mu yindi mirimo yo kureberera abuzukuru.'
Umunyamakuru yamubajije niba umwana ari umukobwa cyangwa umuhungu, Perezida ati 'Ni umukobwa muzima, arakura vuba, iyo amasaha yo Kugera mu Rugo ataragera hari ubwo nyaruka nkajya kumusura â¦'
Perezida ati 'Njyenda nka Kagame rwose !! Ibindi birankurikira ntanabishakaga [aha yavugaga abamurinda n’icyubahiro cy’Umukuru w’Igihugu]'
Ubwo Ange Kagame n’umugabo we bibarukaga imfura, byahushuwe bwa mbere na Perezida Kagame wabitanyaje abinyujije kuri twitter. Mu butumwa yanyujije kuri twitter, tariki ya 20 Nyakanga 2020, Perezida Kagame yagize ati 'Kuva ejo hashize, tunejejwe no kugira umwuzukuru. Turabashimiye A&B (Ange na Bertrand) .'
-
Joseph Kabila yinjiye muri Sena ya Kongo aho yemerewe kuzagumaho ubuzima bwe bwose #rwanda #RwOT
Umunyamakuru wa BBC i Kinshasa avuga ko uyu mwanya awuhabwa n’itegeko Nshinga ryemerera uwahoze ari umukuru w’igihugu cya DR Congo kuba umusenateri ubuzima bwe bwose. N’ubwo yari abyemerewe n’itegeko ariko, kuva yava ku butegetsi mu kwezi kwa mbere mu 2019 Bwana Kabila ntiyigeze ajya gufata izo nshingano zo kuba senateri.
Muri DR Congo hamaze iminsi hari uguhanganira ubutegetsi hagati y’uruhande rwa Joseph Kabila na Perezida wamusimbuye Félix Tshisekedi.
Mu kwezi kwa karindwi, inteko ishinga amategeko yagennye Ronsard Malonda – wo ku ruhande rwa Kabila – nka perezida wa komisiyo y’amatora, ibi byateye imyigaragambyo. Perezida wa Repubulika wagombaga kwemeza Ronsard Malonda kuri uwo mwanya, nawe ntarabikora.
Kuki ubu ari bwo Kabila aje ?
Ku cyumweru, ihuriro ry’amashyaka Front Commun pour le Congo (FCC) rya Joseph Kabila, ryakoze inama idasanzwe kuri ibi bibazo, inama yitabiriwe na Kabila ubwe.
Umunyamakuru wa BBC Mbelechi Msoshi uri i Kinshasa avuga ko kuba Joseph Kabila yahise aza muri sena bivuze byinshi ku kibazo cya perezida wa komisiyo y’amatora n’impaka ziriho z’uburyo perezida wa Repubulika akwiye gutorwa muri DR Congo.
Inteko ishinga amategeko ya DR Congo, muri uku kwezi kwa cyenda iratangira kwiga ingingo zitandukanye zirimo n’itegeko ry’amatora rusange azaba mu 2023.
FCC ifite benshi mu bagize inteko ishinga amategeko (imitwe yombi) na guverinoma z’intara, irifuza ko perezida wa repubulika azajya atorwa n’abahagarariye abaturage.
Uruhande rwa Perezida Félix Tshisekedi rwo si uko rubyifuza. Kuko ibi bishobora no guha Joseph Kabila amahirwe yo kugaruka ku butegetsi.
Mbelechi agira ati : “Kuba Kabila aje muri sena, kandi yari abyemerewe kuva yavaho ntabikore, ni nko kubwira Tshisekedi ati ‘ndagarutse ngo duhangane’”.
Nyuma yo gutorwa kwa Perezida Tshisekedi, uruhande rwe n’uruhande rwa FCC bamaze amezi arenga atandatu batarumvikana ku bagize guverinoma kugeza mu kwezi kwa karindwi mu 2019.
Izi mpande n’ubu ntiziri kumvikana ku buryo umukuru w’igihugu azatorwa, no k’ukuriye komisiyo y’igihugu y’amatora wagenwe n’inteko ishinga amategeko.
Umunyamakuru wa BBC avuga ko izi ari zimwe mu mpamvu zishobora kuba zigaruye Joseph Kabila “mu ruhando rwa politiki y’ahabona”.Source : BBC
-
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryabereye mu ngo mu gihe cya Guma mu rugo #rwanda #RwOT
Hari bamwe mu bagore n’abakobwa bavuga ko gahunda ya guma mu rugo kubera Covid-19, yabateje ibibazo by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina bya hato na hato. Ku ruhande rw’abagore babana n’abagabo, kuguma mu rugo byatumye bakoreshwa kenshi imibonano mpuza bitsina igihe babishaka cyangwa batabishaka. Bamwe bavuga ko babifashe nk’ihohoterwa bakorewe. N’ubwo kuryamana kw’abashakanye ari imwe mu nkingi ikomeye yubaka urugo ariko iyo bikozwe impande zombi zitabishaka hakabaho kubihatirwa bishobora gutera (…)
– Urugo

-
Icyizere! Mu minsi 15 birashoboka ko hazagaragara Rayon Sports nshya? – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Abakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda by’umwihariko abafana ba Rayon Sports, bicaye bahanze amaso i Remera ku cyicaro cya Minisiteri ya siporo kuko mu minsi micye biteganyijwe ko ibisubizo cy’ibibazo bya Rayon sports ariho bizava. -
Rayon Sports yatangaje ko ibibazo yari ifitanye na Ivan Minnaert byakemutse – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Nyuma y'igihe kitari gito uwahoze ari umutoza wa Rayon Sports Ivan Mianert yishyuza iyi kipe Miliyoni zirenga 14 Frws ndetse bakaburana igihe kirekire, byanashobokaga ko iyi kipe yafatirwa ibihano bikomeye, ariko byarangiye impande zombi zumvikanye, maze iyi kipe ihita itangaza ko ibibazo yari ifitanye n'uyu mutoza byakemutse.
