I Bugesera habaye impanuka ikomeye cyane y’ikamyo ikandagiye umumotari uri mu kigero cy’imyaka 30 agahita apfa – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

I Bugesera habereye impanuka ikomeye cyane y'ikamyo ikandagiye umumotari uri mu kigero cy'imyaka 30 agahita apfa.

Mu Bugesera habaye impanuka y'ikamyo yahitanye umumotari uri mu kigero ky'imyaka 30.

Ibi byabereye mu murenge wa Mayange.

Ababonye impanuka iba, bavuga ko ikamyo yamukandagiye igice cyo hejuru ahita apfa ako kanya.

Source : https://yegob.rw/i-bugesera-habaye-impanuka-ikomeye-cyane-yikamyo-ikandagiye-umumotari-uri-mu-kigero-cyimyaka-30-agahita-apfa/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *