Nyarugenge: Inyubako zihuriramo benshi ziri gushyirwamo icyumba gifashirizwamo abafite ibimenyetso bya COVID-19 #rwanda #RwOT

Written by

in

Imiturirwa miremire 16 ikorerwamo n'abantu benshi mu Karere ka Nyarugenge iri gushyirwamo icyumba gifasha kwita ku bagaragaje ibimenyetso bya COVID-19, kigomba kuba kirimo umuganga n'ibyangombwa by'ibanze byo kwita ku murwayi.

Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/nyarugenge-inyubako-zihuriramo-benshi-ziri-gushyirwamo-icyumba-gifashirizwamo

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *