Abagore bo muri Amerika basigaye banywa inzoga kurusha ibindi bihe #rwanda #RwOT

Written by

in

Impfu zishingiye ku nzoga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kwiyongera, aho ubu raporo nyinshi zigaragaza ko abagore aribo bari kunywa inzoga cyane kurusha abagabo ndetse ko uyu mubare wiyongereye cyane mu bihe bya Coronavirus.

Source : https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/abagore-bo-muri-amerika-basigaye-banywa-inzoga-kurusha-ibindi-bihe

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *