Rubanda ni bo biyica: Mu itabi haba harimo inyo zigenda n’ubwo benshi batari babizi (Videwo) – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Rubanda ni bo biyica: Mu itabi haba harimo inyo zigenda n'ubwo benshi batari babizi (Videwo)

Benshi mu banywa itabi babitangira bumva ko ari imikono gusa hari igihe kigera iryo tabi ukaba utashobora ku ryikuraho kuko muri ryo riba ryifitemo ikinyabutabire kitwa 'nikotine' gituma umuntu aba imbata yaryo.

Usibye ibyo iyo abaganga bakoresheje icyitwa Microscope gushobora ku bona ibitaboneshwa ijisho mu itabi hasangwamo udusimba duto tumeze nk'inyo na two dukora nkuburozi.

Reba video hasi..

Source : https://yegob.rw/rubanda-ni-bo-biyica-mu-itabi-haba-harimo-inyo-zigenda-nubwo-benshi-batari-babizi-videwo/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *