AMAFOTO : Uko igitaramo cyo gusingiza Intwari cyagenze #rwanda #RwOT

Written by

in

Ni igitaramo cyahuriyemo abaririmbyi bagezweho b’indirimbo zisanzwe ndetse n’abo muri gakondo bibukije Abanyarwanda umurya w’inanga wo hambere ndetse n’imyino zaranze abo dukomokabo.

Iki gitaramo kandi cyaririmbwemo n’itorere ry’ingabo z’Igihugu rizwi nka Army Jazz Band na ryo ryaririmbye indirimbo zirimo iz’urugamba.

Mu bahanzi baririmba indirimbo zisanzwe, harimo King James uri mu bahanzi nyarwanda bamaze igihe muri uru ruganda, Peace Jolis na we ufite abakunzi biganjemo abakiri bato kimwe na Alyn Sano.

AMAFOTO :

UKWEZI.RW

Source : http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/article/AMAFOTO-Uko-igitaramo-cyo-gusingiza-Intwari-cyagenze

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *