Umusore yabitse Papa we wapfuye mu buryo butangaje #rwanda #RwOT

Written by

in

Uyu musore usanzwe akora mu nzego z'urubyiruko muri Nigeria, yatangaje ko Shitani Nkuru yaraye ipfuye, ko Se yari imburamumaro bityo ko urupfu rwe ari ikibi bakize.

Mu byishimo byinshi ati: 'Ruhukira mu mahoro data w'imburamumaro. Bwa nyuma na nyuma ikibi kituvuyemo. Turishimye kuba tukubonye upfa.'

Abamkurikiye bamubajije icyo yari asanzwe apfa na Se, niba hari ikibi yamukoreye kugira ngo amubike bene ako kageni. Ntacyo yasubije kuri iyi ngingo.

Source : http://umuryango.rw/amakuru/mu-mahanga/article/umusore-yabitse-papa-we-wapfuye-mu-buryo-butangaje

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *