Uko Dr Sherti wafungiwe kuba icyitso yavuye mu gipadiri cyari cyuzuyemo ivangura #rwanda #RwOT

Written by

in

Dr Epimaque Sherti yamaze imyaka 12 irenga ari Umusaserodoti, yahawe Ubupadiri ku wa 2 Kanama 1987 aza gufata icyemezo cyo kubuvamo tariki 30 Ugushyingo 1999, bitewe n'ivangura yahuraga naryo no gutereranwa n'abari abayobozi be.

Source : https://igihe.com/diaspora/article/uko-dr-sherti-wafungiwe-kuba-icyitso-yavuye-mu-gipadiri-cyari-cyuzuyemo

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *