Blog
-
Byitezwe ko Hakizimana Muhadjiri asinyira Rayon Sports uyu munsi
Nta gihindutse, Hakizimana Muhadjiri ararara abaye umukinnyi wa Rayon Sports nyuma y’uko impande zombi zamaze kumvikana ku bisabwa byose ndetse byitezwe ko uyu mukinnyi asinya umwaka umwe kuri uyu wa Gatanu. -
Amafoto: abakobwa ba perezida Putin yahishe itangazamakuru imyaka 30 bagiye hanze #rwanda #RwOT
Uwahoze ari inshuti ya Vladmir Putin yamuhemukiye ashyira hanze amafoto y’abakobwa babiri ba Putin batari bazwi na benshi mu baturage b’Uburusiya.

Aba bakobwa ba Putin ntibigeze bagaragara mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga ariko yashyizwe hanze n’umwe mu nshuti ze.
Maria na Katerina nibo bakobwa babiri Putin yabyaranye n’umwe mu bagore baheruka kubana ubwo yatangiraga kwinjira muri politiki hanyuma bagatandukana.
Aya mafoto yashyizwe hanze nyuma y’ikirego uwitwa Sergei Pugachev w’imyaka 57 yari amazemo iminsi ahanganyemo na Putin.
Uyu mugabo yasohoye ayo mafoto nk’uruhande rumwe rw’ikirego cya miliyoni 11.6 z’amapawundi yari ahanganyemo n’inshuti ye Putin.
Mu gihe cyose amaze ku butegetsi,Putin yahishe amasura y’aba bakobwa be bari mu myaka 30 ndetse ntabwo ajya abavugaho na rimwe.
Aba bakobwa bagaragaye bari mu myidagaduro itandukanye ndetse hari n’aho bari gukinira Billiards.Aba bakobwa bagaragaye mu nzu y’isomero ya Klemlin.


-
Airtel Rwanda yagabanyije igiciro cyo kohererezanya amafaranga ho 70 % #rwanda #RwOT
Guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Kamena 2020, Airtel Rwanda yashyizeho ibiciro bishya byo kohereza amafaranga hifashishijwe telefone (Airtel Money), aho byagabanyijwe ku kigero cya 70 % ugereranyije n’ibyari biriho mbere y’icyorezo cya Coronavirus. -
BAD yahaye u Rwanda miliyari 1 Frw yo gufasha mu kongera umusaruro w’inyama #rwanda #RwOT
Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD) yahaye u Rwanda miliyoni 1.1 z’amadolari ya Amerika, ni ukuvuga asaga miliyari imwe y’amafaranga y’u Rwanda yo gufasha mu guteza imbere umusaruro w’inyama. -
Minisiteri y’Ubuzima yasobanuye ibyashingiweho mu gushyira ibice bimwe bya Kigali muri Guma mu Rugo #rwanda #RwOT
Minisiteri y’Ubuzima yasobanuye ko gushyira imidugudu itandatu yo mu Mujyi wa Kigali mu Turere twa Kicukiro na Nyarugenge, muri guma mu rugo mu gihe cy’iminsi 15, byatewe n’uko kuva tariki ya 3 Kamena kugeza ku ya 24 Kamena, hari imidugudu ine yabonetsemo abarwayi ba Coronavirus bagera kuri 25. -
Abafana ba Liverpool birengagije Coronavirus bishimira igikombe begukanye nyuma y’imyaka 30 (Amafoto) #rwanda #RwOT
Birengagije amabwiriza yo guhana intera mu rwego rwo kwirinda Coronavirus, abafana batandukanye ba Liverpool mu Bwongereza bigabije imihanda nyuma y’uko ikipe yabo yegukanye igikombe cya Shampiyona yaherukaga mu myaka 30 ishize, mu ijoro ryakeye. -
Airtel Rwanda yagabanyije igiciro cyo kohererezanya amafaranga ho 70 %
Guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Kamena 2020, Airtel Rwanda yashyizeho ibiciro bishya byo kohereza amafaranga hifashishijwe telefone (Airtel Money), aho byagabanyijwe ku kigero cya 70 % ugereranyije n’ibyari biriho mbere y’icyorezo cya Coronavirus. -
BAD yahaye u Rwanda miliyari 1 Frw yo gufasha mu kongera umusaruro w’inyama
Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD) yahaye u Rwanda miliyoni 1.1 z’amadolari ya Amerika, ni ukuvuga asaga miliyari imwe y’amafaranga y’u Rwanda yo gufasha mu guteza imbere umusaruro w’inyama. -
Minisiteri y’Ubuzima yasobanuye ibyashingiweho mu gushyira ibice bimwe bya Kigali muri Guma mu Rugo
Minisiteri y’Ubuzima yasobanuye ko gushyira imidugudu itandatu yo mu Mujyi wa Kigali mu Turere twa Kicukiro na Nyarugenge, muri guma mu rugo mu gihe cy’iminsi 15, byatewe n’uko kuva tariki ya 3 Kamena kugeza ku ya 24 Kamena, hari imidugudu ine yabonetsemo abarwayi ba Coronavirus bagera kuri 25. -
Abafana ba Liverpool birengagije Coronavirus bishimira igikombe begukanye nyuma y’imyaka 30 (Amafoto)
Birengagije amabwiriza yo guhana intera mu rwego rwo kwirinda Coronavirus, abafana batandukanye ba Liverpool mu Bwongereza bigabije imihanda nyuma y’uko ikipe yabo yegukanye igikombe cya Shampiyona yaherukaga mu myaka 30 ishize, mu ijoro ryakeye.