Blog

  • Umukunzi wanjye yaranyanze ngo kubera ntaciye imyeyo none ndashaka umuhungu wakwemera kunkunda. #rwanda #RwOT

    Nitwa Uwera Sabine mfite imyaka 26 ntuye i Kigali. Nakundanye n’umusore turakundana cyane bigera ubwo dutangira gutekereza kuba twabana. Buri gihe iyo icyo kiganiro twatangiraga kukivugaho yahitaga ambwira ko mbere yo gutangira gupanga ubukwe tugomba kubanza kuryamana. Jye nari naramuhakaniye kuko nabyiyumvagamo ko umunsi twaryamanye ashobora kuzahita anyanga. Byakomeje gutyo dukomeza gukundana, ajya kunyerekana iwabo nanjye mwerekana iwacu ibyo byatumye mugirira ikizere mbona ko ankunda by’ukuri. Uretse n’ibyo, ibintu byose yankoreraga byanyerekaga ko ankunda nta buryarya. Maze kubyishyiramo ko twamaze guhuza, twongeye kugira ibiganiro byo kuba twapanga ubukwe, nawe yongera kunsubiriramo ko atapanga ubukwe tutararyamana. Bitewe n’uko nari namaze kumwizera narabyemeye kuko nubundi kuva yaramaze kunyerekana iwabo nari naratangiye kwitwara nk’aho ndi umugore we. Nyuma y’uko turyamanye yanyoherereje ubutumwa ambwira ko adashobora kubana nanjye. Namubajije impamvu ambwira ko kuba ntaraciye imyeyo byerekana ko ntazigera mufata neza mu buriri, ko ntazamushimisha, ko bizatuma ararikira abandi bagore bityo akanca inyuma. Ngo rero icyo yifuza n’ukubana n’umukobwa waciye imyeyo kuko ari byo bizamurinda kujya mu busambanyi. Uretse kuba narabyumvaga gutyo, ibyerekeranye no guca imyeyo nta muntu wundi wari warigeze abinganirizaho muri make sinari mbisobanukiwe kuko sinagize amahirwe yo kubana n’ababyeyi banjye, bitabye Imana nkiri muto, wenda bo bari kuba barabinsobanuriye. Ubu rero ndashaka umuntu twakundana tukibanira we akankunda by’ukuri kandi akanyizeza ko atazanca inyuma kandi ko atazanziza icyo kintu. Habaye hari uhari yanyandikira inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
    http://dlvr.it/Rdl7pT

  • TOP10! Abanyamakuru bahuza mu kiganiro bikaryohera ababakurikira kuri Radiyo na Televiziyo mu Rwanda #rwanda #RwOT

    Mu Rwanda, itangazamakuru ni rumwe mu nzego ziri kwiyubaka, ibitangazamakuru biri gukura umunsi ku wundi. Uko bikura ariko nanone ni ko bamwe mu banyamakuru barushaho gukuza amazina yabo. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe abanyamakuru icumi bakorana mu kiganiro bagahuza ndetse bikaryohera ababakurikira.
  • TOP10! Abanyamakuru bahuza mu kiganiro bikaryohera ababakurikira kuri Radiyo na Televiziyo mu Rwanda #rwanda #RwOT

    Mu Rwanda, itangazamakuru ni rumwe mu nzego ziri kwiyubaka, ibitangazamakuru biri gukura umunsi ku wundi. Uko bikura ariko nanone ni ko bamwe mu banyamakuru barushaho gukuza amazina yabo. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe abanyamakuru icumi bakorana mu kiganiro bagahuza ndetse bikaryohera ababakurikira.
  • Trump ashobora kwisubiraho akababarira Snowden yitaga umugambanyi ukwiriye kwicwa #rwanda #RwOT

    Perezida Donald Trump yatangaje ko ashobora kubabarira Edward J. Snowden wahoze akora mu nzego z’ubutasi za Amerika ukurikiranyweho ibyaha byo gushyira hanze amabanga y’ubutasi y’igihugu.
  • Umubare w’abanyarwandakazi basaba gukuramo inda ukomeje kwiyongera #rwanda #RwOT

    Kuva itegeko ryemerera abagore gukuramo inda ryavugururwa, abaganga n’abakora mu miryango yita ku buzima, basobanura ko abasaba iyi serivisi basigaye biyongera umunsi ku wundi.
  • USA: Umunyarwandakazi Makoma yegukanye ikamba rya Miss Rwanda Utah 2020 #rwanda #RwOT

    Umunyarwandakazi witwa Pauline Makoma yegukanye ikamba rya Miss Africa Utah 2020 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
  • Umukunzi wanjye yaranyanze ngo kubera ntaciye imyeyo none ndashaka umuhungu wakwemera kunkunda. #rwanda #RwOT

    Nitwa Uwera Sabine mfite imyaka 26 ntuye i Kigali. Nakundanye n’umusore turakundana cyane bigera ubwo dutangira gutekereza kuba twabana. Buri gihe iyo icyo kiganiro twatangiraga kukivugaho yahitaga ambwira ko mbere yo gutangira gupanga ubukwe tugomba kubanza kuryamana. Jye nari naramuhakaniye kuko nabyiyumvagamo ko umunsi twaryamanye ashobora kuzahita anyanga. Byakomeje gutyo dukomeza gukundana, ajya kunyerekana iwabo nanjye mwerekana iwacu ibyo byatumye mugirira ikizere mbona ko ankunda by’ukuri. Uretse n’ibyo, ibintu byose yankoreraga byanyerekaga ko ankunda nta buryarya. Maze kubyishyiramo ko twamaze guhuza, twongeye kugira ibiganiro byo kuba twapanga ubukwe, nawe yongera kunsubiriramo ko atapanga ubukwe tutararyamana. Bitewe n’uko nari namaze kumwizera narabyemeye kuko nubundi kuva yaramaze kunyerekana iwabo nari naratangiye kwitwara nk’aho ndi umugore we. Nyuma y’uko turyamanye yanyoherereje ubutumwa ambwira ko adashobora kubana nanjye. Namubajije impamvu ambwira ko kuba ntaraciye imyeyo byerekana ko ntazigera mufata neza mu buriri, ko ntazamushimisha, ko bizatuma ararikira abandi bagore bityo akanca inyuma. Ngo rero icyo yifuza n’ukubana n’umukobwa waciye imyeyo kuko ari byo bizamurinda kujya mu busambanyi. Uretse kuba narabyumvaga gutyo, ibyerekeranye no guca imyeyo nta muntu wundi wari warigeze abinganirizaho muri make sinari mbisobanukiwe kuko sinagize amahirwe yo kubana n’ababyeyi banjye, bitabye Imana nkiri muto, wenda bo bari kuba barabinsobanuriye. Ubu rero ndashaka umuntu twakundana tukibanira we akankunda by’ukuri kandi akanyizeza ko atazanca inyuma kandi ko atazanziza icyo kintu. Habaye hari uhari yanyandikira inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/umukunzi-wanjye-yaranyanze-ngo-kubera-ntaciye-imyeyo-none-ndashaka-umuhungu-wakwemera-kunkunda/

  • Ni nde uzabazwa ibikoresho bya Leta byibwe n’ibyangirikiye mu karere ka Rubavu? #rwanda #RwOT

    Imyaka ishize ari itatu mu karere ka Rubavu by’umwihariko mu biro by’akarere ndetse no mu mirenge hagaragayemo ubujura bw’ibikoresho bitandukanye ariko hakabura ibimenyetso.
  • Abanyafurika barenga miliyoni 13 bashobora kwisanga mu bukene bukabije kubera Coronavirus #rwanda #RwOT

    Abanyafurika babarirwa muri miliyoni 13 byitezwe ko bashobora kugirwaho ingaruka zikomeye na Coronavirus bakisanga munsi y’umurongo w’ubukene mu mpera z’uyu mwaka aho mu gihe ibintu byaba bigenze nabi cyane uyu mubare ushobora kwiyongera bakagera nibura kuri miliyoni 50.
  • Musanze: Igare rikomeje kugira uruhare mu guteza imbere ubukerarugendo bw’imbere mu gihugu #rwanda #RwOT

    Hashize amezi abiri gusa hatangijwe ku mugaragaro ubukerarugendo bushingiye ku igare, aho abifuza gutembera bihera ijisho ibyiza nyaburanga bitatse Igihugu by’umwihariko mu Karere ka Musanze, bifashisha igare bagakora siporo ari nako bateza imbere ubukerarugendo bwo mu gihugu imbere.