Blog

  • Mozambique: Amnesty irashaka ko hakorwa iperereza ku mugore warashwe inshuro 36 yambaye ubusa #rwanda #RwOT

    Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu urasaba ko hakorwa iperereza ryigenga nyuma yuko abagabo bambaye imyenda ya gisirikare bishe umugore utwite wambaye ubusa mu majyaruguru y'iki gihugu. Aya marorerwa guverinoma ikaba iyashinja inyeshyamba zitwaje intwaro.

    Amashusho ya videwo yagaragaye ku cyumweru gishize yerekana abagabo bambaye imyenda y'ingabo bakubita umugore bashinjaga kuba mu mutwe w'ingabo hanyuma bamurasa mu mugongo ubwo yageragezaga guhunga.

    Amnesty yagize ati: 'Abantu bane bitwaje imbunda bamurashe inshuro 36 zose hamwe n'imbunda zitandukanye za Kalashnikov n'imbunda yo mu bwoko bwa PKM.' Umwe mu bagabo bambaye imyenda ya gisirikare yamukubise inkoni mu mutwe mbere yuko abandi barasa, muri video bavuga ko bamwicira iruhande rw'umuhanda.

    Aya mashusho yafatiwe mu ntara y'amajyaruguru ya Cabo Delgado, aho inyeshyamba zigometse ku butegetsi zikorera

    Umuyobozi wa Amnesty International muri Afurika y'Iburasirazuba n'Amajyepfo, Deprose Muchena yagize ati: 'Iyi videwo iteye ubwoba ni urundi rugero rubabaje rw'ihohoterwa rikabije ry'uburenganzira bwa muntu n'ubwicanyi butagira impuhwe bwabereye i Cabo Delgado kubanya Mozambike.'

    Ku wa kabiri, Minisitiri w'imbere mu gihugu Amade Miquidade yavuze ko abicanyi ari abarwanyi bitwaje imbunda bambaye imyenda 'isa' n'iy'ingabo za leta.

    Mu magambo ye yagize ati: 'Video yerekana amarorerwa akorerwa umugore utwite ni poropagande y'iterabwoba.' 'Iyi videwo yakozwe n'imitwe y'iterabwoba mu kujijisha rubanda kandi ntabwo ari ubwa mbere bibaye.'

    Mu mashusho yakwirakwijwe ku wa mbere, iri tsinda rivuga ko uyu mugore ari 'al-Shabab' — izina ry'umutwe witwaje intwaro ukorera mu majyaruguru y'igihugu kuva mu 2017.

    Igisirikare cya Mozambike, cyagiye mu ntambara n'inyeshyamba zo muri iyo ntara nacyo kibamo imishinga ya gaze irimo gutunganywa n'ibikorwa bya peteroli , cyavuze ko kibona ko aya mashusho atangaje kandi ateye ubwoba, kandi 'ikiruta byose, yamaganwa'

    Amnesty, yavuze ko abagabo bambaye imyenda ya gisirikare bamwishe kubera ko yari yabateye umugongo, yanga kubereka aho inyeshyamba zihisha.

    Mu cyumweru gishize, umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu wavuze ko wagenzuye amashusho yerekana kugerageza guca umutwe, iyicarubozo, gucamo ibice bivugwa ko ari abarwanyi batavuga rumwe n'ubutegetsi ndetse n'iyicwa ry'urukiko.

    Source:Aljazeera

    Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

    Source : http://www.intyoza.com/mozambique-amnesty-irashaka-ko-hakorwa-iperereza-ku-mugore-warashwe-inshuro-36-yambaye-ubusa/

  • Umugabo mubi cyane kurusha abandi kw'isi akomeje kuvugisha benshi [AMAFOTO] #rwanda #RwOT

    Godfrey Baguma w'imyaka 47 bakunze kwita Ssebabi, wegukanye igihembo cy'umugabo mubi kurusha abandi muri Uganda, nyuma yo kurongora umugore wa gatatu w'ikizungerezi byatangaje rubanda aho benshi bari kwibaza niba adakoresha amarozi.

    Godfrey Baguma yegukanye igihembo cy'umugabo mubi kurusha abandi muri Uganda mu mwaka wa 2002.

    Asanzwe ari umunyarwenya wabigize umwuga, gusa guca akagahigo ko kwegukana iki gihembo byamugize icyamamare ku buryo umwuga we wo gusetsa no gushimisha rubanda bimwinjiriza agatubutse.

    Ssebabi yigaruriye imitima ya benshi cyane cyane igitsinagore, bikaba bigoye kwiyumvisha uburyo amaze kurongora abagore batatu bakiri bato kandi b'ibizungerezi.

    Nyuma yo gukora ubukwe akarongora umugore wa gatatu w'ikizungerezi, imbuga nkoranyambaga yarazihariye, inkuru ye ni yo iri kuvugwa cyane, benshi bakaba bakomeje kwibaza niba nta marozi akoresha amufasha kwigarurira imitima y'abakobwa beza.

    Magingo aya Godfrey Baguma (Ssebabi) afite abana barindwi barimo babiri yabyaranye n'umugore wa mbere n'abandi batanu yabyaranye n'umugore wa kabiri.

    Ssebabi urongoye umugore wa 3 w'ikizungerezi, mu mwaka wa 2002 nibwo yegukanye igihembo cy'umugabo mubi kurusha abandi mu gihugu cya Uganda, ubu bukwe bwe  bukaba bwavugishije abantu ku mbuga nkoranyambaga.

    Source : https://impanuro.rw/2020/09/16/umugabo-mubi-cyane-kurusha-abandi-kwisi-akomeje-kuvugisha-benshi-amafoto/

  • Abakobwa bo muri diaspora: Ishyiga ry'inyuma ku mibereho y'abasore b'bahanzi n'abandi b'ibyamamare? #rwanda #RwOT

    Hambere aha ibintu bitaradogera ngo icyorezo cya Coronavirus cyugarize Isi, ababa mu mahanga bafite abakunzi babo b'ibyamamare mu Rwanda impeshyi iba yarabasanze i Kigali cyangwa i Rubavu ku mazi n'ahandi.

    Source : https://igihe.com/imyidagaduro/article/abakobwa-bo-muri-diaspora-ishyiga-ry-inyuma-ku-mibereho-y-abasore-b-bahanzi-n

  • Frank Mugambage yasezeweho nka Ambasaderi w'u Rwanda muri Uganda #rwanda #RwOT

    Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga ya Uganda yakoze umuhango wo gusezera kuri Gen Maj (Rtd) Frank Mugambage wari umaze imyaka 11 ari ambasaderi w'u Rwanda muri icyo gihugu.

    Source : https://igihe.com/amakuru/article/frank-mugambage-yasezeweho-nka-ambasaderi-w-u-rwanda-muri-uganda

  • Umukinnyi wa Rayon Sports wari utegerejwe mu Rwanda ntakije #rwanda #RwOT

    Alex Nyarko Harlley ukomoka muri Togo akaba mwishywa wa Adebayor wari utegerejwe i Kigali muri Rayon Sports, ntakije nyuma yo kubwirwa ko azabaho nabi.

    Tariki ya 19 Kanama 2020, Rayon Sports nibwo yatangaje ko yasinyishije umwana wa mushiki wa Emmanuel Adebayor, Alex Nyarko Harlley wakinaga muri Amerika, uyu mukinnyi na we yabyemeje binyuze mu mashusho yoherereje abakunzi b’iyi kipe.

    Mu kiganiro na Radio Flash kuri uyu wa Gatatu, Munyakazi Sadate yavuze ko uyu mukinnyi atakije gukinira Rayon Sports.

    Yavuze ko abantu benshi bamugiye mu matwi bamubwira ko muri iyi kipe azabaho nabi maze asaba ko amasezerano bari bagiranye bayasesa.

    Ati“Alex ni umukinnyi twari twaguriwe n’umwe mu bakunzi ba Rayon Sports bari kudufasha gushaka abafatanyabikorwa…muri abo, bafatanyabikorwa rero bari bifuje ko batuzanira umukinnyi Alex”

    Yakomeje agira ati ” Alex rero twamuhaye amasezerano turayisinyana ndetse mwabonye ko yabibatangarije ariko nyuma abantu baramwandikira kuri Twitter, bamubwira ko atazabona amafaranga, ko atazishyurwa, ko azabaho nabi , ko aje mu muriro bituma rero umukinnyi wari uri ku rwego nk’urwo yari ariho muri Amerika , abonye ayo makuru ahindura ibitekerezo.”

    Alex Nyarko Harlley w’imyaka 27 yari yasinye imyaka 2 muri Rayon Sports, yakinaga mu cyiciro cya 4 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yakiniraga ikipe yitwa Georgia Revolu.

    Alex ntakije muri Rayon Sports

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/umukinnyi-wa-rayon-sports-wari-utegerejwe-mu-rwanda-ntakije

  • Apple yashyize ku isoko Apple Watch na iPad bishya, n'uburyo budasanzwe bw'ifatabuguzi #rwanda #RwOT

    Uruganda rwa Apple rwashyize ku isoko ibikoresho bishya birimo Apple Watch ebyiri na iPad ebyiri, biherekejwe n'uburyo bushya bwo kugura ifatabuguzi rya serivisi z’iki kigo buri kwezi. Biteganyijwe ko ibi bikoresho bishya bizagera ku isoko ku wa Gatanu.

    Source : https://igihe.com/ikoranabuhanga/ibindi-bikoresho/article/apple-yashyize-ku-isoko-apple-watch-na-ipad-bishya-n-uburyo-budasanzwe-bw

  • Ikamba rya Notorious B.I.G. n'amabaruwa y'urukundo ya Tupac byatejwe cyamunara #rwanda #RwOT

    Amafoto yafotowe bwa nyuma Notorious B.I.G. yambaye ikamba ryatumye yitwa Umwami wa New York yaguzwe akabakaba kimwe cya kabiri cya miliyoni z'ama-pound, mu gihe amabaruwa 22 ya Tupac yaguzwe £58,629.

    Source : https://igihe.com/imyidagaduro/article/ikamba-rya-the-notorious-b-i-g-n-amabaruwa-y-urukundo-ya-tupac-byatejwe

  • Ubushakashatsi bwagaragaje ko gufashisha abakene amafaranga bibagirira akamaro kurusha kubafashisha ubundi buryo #rwanda #RwOT

    Ubushakashatsi bwakozwe n'ikigega cy'Abanyamerika cyita ku iterambere mpuzamahanga, USAID, bwagaragaje ko muri rusange, uburyo bwo gufasha abakene bahabwa amafaranga bagahitamo icyo bayakoresha, butanga umusaruro mwiza wo kubakura mu bukene, kurusha uburyo bwo kubahitiramo ibyo bahabwa.

    Source : https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/ubushakashatsi-bwagaragaje-ko-gufashisha-abakene-amafaranga-bibagirira-akamaro

  • Generation Africa Announces Two Grand Prize Winners Of US$100,000 GoGettaz Agripreneur 2020 #rwanda #RwOT

    The two winners of the 2020 GoGettaz Agripreneur Prize were announced this evening at the Africa Green Revolution Forum Virtual Summit in Rwanda: Moses Katala co-founder and CEO of Magofarm Limited (Tanzania) and Daniella Kwayu co-founder and CEO of Phema Agri (Tanzania). Each winner will receive US$50,000 to support and expand their agribusiness operations. Part of the Generation Africa youth initiative, the aim of this prize is to identify and inspire young people across Africa to seize the opportunities across the value chain of the $1Tn agrifood industry on the continent in the decades ahead.

    Four entrepreneurs were also named to receive a  $2,500 Impact Award: Elizabeth Gikebe, founder and CEO of  Mhogo Foods (Kenya), Millicent Agidipo, co-founder and production manager of Achiever Foods (Ghana), Dysmus Kisulu, co-founder and CEO of Solar Freeze (Kenya) and Paul Matovu, founder and CEO of Vertical Farm and Micro-Gardening (Uganda). These entrepreneurs were selected by the judges for the notable environmental or social impact of their businesses, each striving to reach the United Nations Sustainable Development Goals and benefit their communities. All 12 top finalists will receive mentorship, program linkages and other guidance to continue their entrepreneurial journeys.

    The second annual 2020 GoGettaz Agripreneur Prize competition began in April and closed in June of this year. Over 3,000 applicants between the ages of 18 and 35, from 29 African countries, registered to compete. Although their diverse ventures spanned the entire agrifood value chain from primary production to innovative digital technologies, all six young men and six young women entrepreneurs from nine African countries who made it to the Top-12 shared at least one thing in common: they saw problems and made bold plans to solve them by launching new companies in the agrifood sector across Africa.

    Top-12 finalist ventures and entrepreneurs this year hail from Ghana, Kenya, Malawi, Morocco, Nigeria, Rwanda, Sierra Leone, South Africa, Tanzania, and Uganda.

    At the finale pitch competition earlier this week, each finalist presented a live online three-minute pitch to eight judges who then had two minutes to ask questions. Here's a link to view the pitch competition which was broadcast globally at the AGRF Summit and on social media on 8 September 2020. https://bit.ly/3izr9ae

    This year the eight judges (see below) evaluated both the business founder and the venture based on five criteria:

    • Innovation
    • Business Model
    • Social & Environmental Impact
    • Market Potential and Traction
    • Management Team.

    To make it through to the Top-12, each finalist first had to submit a comprehensive online application by the June deadline. The Top-24 selected to be semi-finalists then had to produce their own pitch videos and participate in 30-minute online interviews with a panel of judges.

    'Throughout all the COVID challenges of 2020, the GoGettaz agripreneurs remained focused and driven, caring not only for their businesses and employees but their countries and fellow citizens as well. In the face of the global crisis, they adapted their business models to new demands and challenges,' said Dickson Naftali, Head of the Generation Africa initiative based in Nairobi. 'Our Top 12 young finalists this year are already driving forces for growth and transformation in their own communities. Their agribusinesses are each so different, but they are all steering Africa to become a continental superpower in agriculture'.

    2020 GOGETTAZ US$50,000 AGRIPRENEUR PRIZE WINNERS

    Daniella Kwayu, co-founder and CEO of Phema Agri in Tanzania. www.Phemaagri.com

    Phema Agri is a digital agriculture platform connecting investors looking to grow their money with smallholder farmers looking for working capital solutions. Via their crowdfunding platform (www.phemaagri.com) Phema Agri matches de-risked, vetted, trained, and market-linked farmers looking for investors. In return, farmers share their profits with their investors. The platform is a B2B2C business model linked directly to bank payments and mobile network operators for ease of transactions.

    'The Agricultural financing gap in Africa is US$150 billion as of 2019,' stated Daniella in her online application. 'There aren't any direct competitors for an agriculture crowdfunding platform in Tanzania. We are the first market entries in this sub-sector. investments in Agriculture. Our key unique differentiator is our ability to apply technology to provide safely structured market curated investment in a convenient way.'

    Phema Agri aims to achieve its goal of financing 1m farmers and controlling 5 value chains in the East African market. They are currently operating in 2 value chains (pig and poultry value chains) with the aim of adding other value chains (maize, potatoes, wheat) and training more farmers in these value chains. The financial support from the 2020 GoGettaz Agripreneur Prize will be utilized to secure market contracts and market analysis to structure and connect more farmers to markets.

    Moses Katala, co-founder and CEO of Magofarm Limited in Rwanda. www.Magofarms.com

    Magofarm Limited aims to solve the problem of rising costs of animal feeds and the increasing demand for sustainable, eco-friendly and nutrient-rich protein ingredients. According to the UN Food and Agriculture organization (FAO), commercial poultry farmers in Africa have experienced a 20% increase in the price of animal feeds containing soybeans and fishmeal as protein ingredients. The current protein ingredients in the market are not only expensive to produce, but their production cycles can have a strong negative impact on the environment, noted Katala in his Stage 1 application.

    'We are also on a mission to reduce food losses in the developing world,' Katala said. 'Food losses represent a waste of resources in terms of land, energy, water, and inputs, and leads to unnecessary CO2 emissions. According to the FAO, if food wastage were a country, it would be the third-largest CO2 emitting country in the world after China and the USA. The world urgently needs a sustainable solution to tackle food waste. The yearly cost of global food waste is estimated to be $990 billion'.

    'By breeding black soldier fly larvae, Magofarm acquires tremendous waste reduction capabilities. For every 1 tonne of black soldier fly larvae we breed, we contribute to upcycling 3 tons of food waste from the environment, which we use as a raw material. For each ton of fishmeal or soymeal replaced by our insect-derived protein (magomeal), an environmental saving of between $2,500 and $3,200 per ton is achieved in the form of avoided fossil fuel consumption, land usage, and carbon emission'.

    $2,500 — IMPACT AWARD WINNERS

    Elizabeth Gikebe, co-founder and CEO, Mhogo Foods Ltd in Kenya (https://www.Mhogofoods.com/):  Mhogo Foods is a socially conscious cassava processor making gluten-free flour, crisps, starch and animal feeds while also training and supporting women smallholder farmers. www.Mhogofoods.com

    Millicent Agidipo, co-founder and CEO of Achiever Foods Limited (https://AchieverFoods.net/en/) in Ghana: Achiever Foods is on a mission to save lives through indigenous and organically grown Turkey Berries that help promote blood health and a strong immune system, especially amongst pregnant women. www.AchieverFoods.net/en/

    Paul Matovu of Vertical and Micro Gardening (VMG) in Uganda (https://bit.ly/2E2IGbI): VMG builds autonomous farm towers to make urban farming a viable micro-enterprise for low- and middle-income households. www.VerticalandMicroGardening.org

    Dysmus Kisilu co-founder and CEO Solar Freeze (http://www.SolarFreeze.co.ke/) in Kenya: Solar Freeze helps battles post-harvest losses for smallholder farmers of perishable goods through potable solar-powered cold storage units and 'sharing economy' cold-chain logistics. www.SolarFreeze.co.ke

    Other top-12 2020 GoGettaz Agripreneur Prize finalists:

    Fadja Dijou Barry, GoMarkit SL, Sierra Leone. www.GoMarkitSL.com

    Dexter Tangocci, Integrated Aerial Systems, South Africa. www.IASystems.co.za

    Kharbouch Barhoum, Lombrisol, Morocco. www.Lombrisol.ma

    Brigitha Faustin, Obri Tanzania. www.ObriTanzania.com

    Ifeoluwa Olatayo, Soupah Farm-en-Market Ltd., Nigeria. www.Soupah.ng

    Agnes Kanjala, The Farm, Malawi. www.TheFarmmw.com

    GOGETTAZ AGRIPRENEUR PRIZE TOP-12 JUDGING PANEL

    Eleni Gabre-Madhin

    Founder & Chief Happiness Officer, bluMoon

    Generation Africa Ambassador

    Ada Osakwe

    Founder & CEO, Agrolay Ventures Nigeria
    Generation Africa Ambassador

    Ishmael Sunga

    CEO, Southern African Confederation of Agricultural Unions
    Generation Africa Ambassador

    Ellen Cathrine Rasmussen

    EVP for Scalable Enterprises, Norfund

    Edson Mpyisi

    Chief Financial Economist & Coordinator of ENABLE Youth Program, African Development Bank

    Ladé Araba

    Managing Director for Africa, Convergence Finance

    Co-founder/President, Visiola Foundation

    George Apaka
    Lead Agriculture Sector, Mastercard Foundation

    Zvichapera Katiyo

    Group CEO, Delta Philanthropies, Zimbabwe

    Distributed by APO Group on behalf of Generation Africa.

    Media Contact:
    Jane Machigere
    [email protected]

    Generation Africa Co-Founders and Technical Partners:
    Econet: https://www.Econetafrica.com/
    Yara International: https://www.Yara.com/
    Alliance for a Green Revolution in Africa: https://AGRA.org/
    Corteva Agriscience: https://www.Corteva.com/
    Southern African Confederation of Agricultural Unions: http://www.SACAU.org/
    Syngenta Foundation for Sustainable Agriculture: https://www.SyngentaFoundation.org/

    Co-Founding and Technical Partners:
    In 2019 the international technology group Econet (https://www.Econetafrica.com/) together with global crop nutrition leader Yara (https://www.Yara.com/), co-catalysed the Generation Africa initiative both to inspire and support youth agripreneurship in Africa and to bring together key like-minded institutions, organizations and youth-focused entities to strengthen the collaborative ecosystem in the agrifood sector across Africa.

    Launched in Davos in early 2019 the success of the GoGettaz Agripreneur Prize campaign attracted other industry leaders in the global and African agriculture sectors. In 2020 the Generation Africa initiative added four additional partners to its visionary team: The Alliance for a Green Revolution in Africa (AGRA)(https://Agra.org/) , Corteva Agriscience (https://www.Corteva.com/), the Southern African Confederation of Agricultural Unions (SACAU)(http://www.SACAU.org/) and the Syngenta Foundation for Sustainable Agriculture (https://www.SyngentaFoundation.org/).

    Source : https://taarifa.rw/generation-africa-announces-two-grand-prize-winners-of-us100000-gogettaz-agripreneur-2020/