Blog

  • Munyakazi Sadate na Bagenzi Be Bari Abayobozi Ba Rayon Sport FC Bambuwe Ububasha bwo Gukomeza Kuyiyobora #rwanda #RwOT

    Munyakazi Sadate na bagenzi be bari abayobozi ba Rayon Sports FC bambuwe ububasha bwo gukomeza kuyobora iyi kipe, nyuma y'igihe kinini ivugwamo ibibazo byagejeje n'aho inzego za leta zifata iya mbere mu kubikemura.

    IBYEMEZO BYAFASHWE KU BIBAZO BIRI MU MURYANGO 'ASSOCIATION RAYON SPORT BINYUJIJWE MU ITANGAZO RIGENEWE  ABANYAMAKURU
    Kigali Kuwa 22/09/2020

    Kuva muri Gicurasi 2020 havutse amakimbirane muri Associations Rayon Sport
    ashingiye ku kutumvikana hagati ya Komite Nyobozi y'Umuryango, abigeze
    kuyobora umuryango ndetse na bamwe mu banyamuryango. Mu bihe
    bitandukanye aba bamaze kuvugwa bagiye bandikira Urwego rw'Igihugu
    rw'Imiyoborere rufite mu nshingano Imiryango Nyarwanda itari iya Leta,
    bakanamenyesha Minisiteri ya Siporo n'izindi nzego bagaragaza ibibazo biri
    muri uyu muryango.
    Igenzura ryakozwe n'Urwego rw'Igihugu rw'Imiyoborere (RGB) mu murayango
    Association Rayon Sport ryagaragaje ibibazo bikomeye birimo:
    ✓ Kuba uyu muryango wararanzwe n'imikorere itubahiriza Ibiteganywa
    n'Itegeko rigenga imitunganyirize n'imikorere y'Imiryango nyarwanda
    itari iya Leta ndetse no kutubahiriza guhuza n'amategeko mu bihe
    binyuranye ;
    ✓ Imicungire mibi y'umutungo n'imari yakomeje kuranga umuryango
    bigatuma uhora mu bibazo by'ubukene n'amadeni menshi no
    kutishyura imisoro;
    ✓ Kuba abayobozi mu bihe bitandukanye bavuga ko bagurije umuryango
    ariko bikaba bitarakozwe mu buryo bwemewe bw'inguzanyo;
    ✓ Kuba ibi bibazo bimaze kuvugwa byarakomeje gukurura amakimbirane
    mu muryango kandi abayoboye umuryango mu bihe binyuranye
    ntibashobore kubikemura;
    Hashingiwe ku Itegeko N°04/2012 ryo ku wa 17/02/2012 rigena imitunganyirize
    n'imikorere by'Imiryango Nyarwanda itari iya Leta cyane cyane mu ngingo
    zaryo za 16, 30 ziha Urwego rw' Igihugu rw'Imiyoborere (RGB) inshingano
    n'ububasha byo kwandika, gukurikirana, kugenzura, kwihanangiriza,
    guhagarika by'agateganyo cyangwa burundu umuryango wateshutse ku
    nshingano ;
    Mu rwego rwo gukemura mu buryo burambye, ibibazo byagaragaye mu
    muryango Rayon Sport, hafashwe ibyemezo bikurikira:

    1. RGB yihanangirije Umuryango Rayon Sport Association kuko wateshutse
    ku nshingano;
    2. Komite Nyobozi y'Umuryango iriho irahagaritswe kuko itabashije gusoza
    inshingano yahawe mu gukemura ibibazo by'umuryango.
    3. Mu rwego rwo kubungabunga ibikorwa by'umuryango, ibikorwa bya
    Rayon Sport biraragizwa mu buryo bw'agateganyo Komite y'inzibacyuho
    (care taker) ishinzwe gutegura ibijyanye no guhuza amategeko
    y'umuryango n'amategeko y'iguhugu, gushyiraho inzego z'umuryango
    zishingiye kandi zigendera ku mategeko ndetse no gutumiza Inteko
    rusange byakozwe mu gihe kitarenze iminsi 30.
    4. Ihererekanya bubasha hagati ya Komite yari isanzwe iriho na Komite
    y'Inzibacyuho rizakorwa bitarenze taliki ya 24/09/2020. Abazayobora iyi
    nzibacyuho bazamenyekana mbere y'iherekanya bubasha.
    5. Mu gihe Rayon Sport izaba itabashije gekemura ibibazo dushingiyeho
    tubihanangiriza mu gihe cy'ukwezi (iminsi 30), hazakurikizwa ibiteganywa
    n'ingingo ya 32 y'itegeko rigenga imiryango nyarwanda itari iya leta
    biteganya ihagarikwa ry'agateganyo ry'umuryango.
    Dr. KAITESI Usta
    Umukuru w'Urwego

    The post Munyakazi Sadate na Bagenzi Be Bari Abayobozi Ba Rayon Sport FC Bambuwe Ububasha bwo Gukomeza Kuyiyobora appeared first on RUSHYASHYA.

    Source : https://rushyashya.net/munyakazi-sadate-na-bagenzi-be-bari-abayobozi-ba-rayon-sport-fc-bambuwe-ububasha-bwo-gukomeza-kuyiyobora/

  • Burundi: Ndayishimiye na Madamu we bateruye ikibwana cy'ingurube bafite akanyamuneza [AMAFOTO] #rwanda #RwOT

    Ndayishimiye Evariste Perezida w'u Burundi, , yagaragaye we n'umugore we, Angeline Ndayubaha, bateruye ikibwana cy'ingurube bari bagiye koroza umwe mu miryango ngo kibafashe kwiteza imbere

    Aya mafoto hirya no hono ku mbuga nkoranyambaga akomeje kuvugisha benshi, yu mukuru w'igihugu cy'u Burundi na madamu we bacigatiye ingurube

    Ni ifoto yafatiwe mu ntara ya Cibitoke iherereye mu majyaruguru ashyira Uburenganzira bw'u Burundi, aho Perezida Ndayishimiye kuri uyu wa kabiri yagiriye urugendo rusoza izo amaze iminsi akorera mu ntara zitandukanye z'u Burundi.

    Aho mu Cibitoke Ndayishimiye yatashye ku mugaragaro ibikorwa bitandukanye by'amajyambere, aboneraho koroza abaturage amatungo magufi mu rwego rwo kubafasha kwiteza imbere.

    Si bwo bwa mbere Ndayishimiye akoze igikorwa kigatangarirwa cyane na benshi.

    Tariki ya 01 Kanama 2020 ari muri Komini Giheta ho mu ntara ya Gitega ahari hijihirijwe umunsi mukuru wahariwe amakomini, Perezida Ndayishimiye yagaragaye yikoreye ijerekani y'urwagwa anarusangira n'abaturage, ubwo yifatanyaga na bo.

    Mbere y'aho yari yagaragaye ari kuvuza ingoma n'abakaraza mu Burundi hizihizwa umunsi mukuru wo gushyigikirana.

    Uwo munsi kandi, Perezida Ndayishimiye yagaragaye yikoreye umufuka urimo ituro yageneye abaturage bo muri Komini Giheta mu ntara ya Gitega ari nako umufasha we Angelique Ndayishimiye nawe yari afashe igiseke.

    Perezida Ndayishimiye akunze kandi kugaragara afatanya n'abaturage imirimo itandukanye, irimo iy'ubuhinzi n'ubwikorezi.

    Source : https://impanuro.rw/2020/09/22/burundi-ndayishimiye-na-madamu-we-bateruye-ikibwana-cyingurube-bafite-akanyamuneza-amafoto/

  • Former President Of Ivory Cost Calls For Civil Disobedience #rwanda #RwOT

    Tensions are mounting in Côte d'Ivoire with less than six weeks of the presidential election, scheduled for October 31.

    Ivorian media reported on Sunday, September 20, that the opposition has decided to engage in a standoff with President Alassane Ouattara to obtain the withdrawal of his candidacy for a third term and a rethinking of the electoral process.

    Former head of state and leader of the Democratic Party of Côte d'Ivoire (PDCI), Henri Konan Bédié, has led the movement by calling for 'civil disobedience'. Two days later, Pascal Affi N'Guessan, whose candidacy was however validated by the Constitutional Council, gave him his support.

    However, Adama Bictogo the executive director of the Rassemblement des Houphouëtistes pour la Democratie et la Paix (RHDP, in power) argues that this pressure does not change the strategy of the presidential party; 'The election will take place on October 31. And President Alassane Ouattara will be there. '

    'It's really not our concern. It's the call of a desperate man who has no political offer. It is also the expression of liability and failure. The opposition is not ready to participate in this competition, so they believe that everything must be questioned. But we are right in our boots. Technically, legally, everything is in place for us to go to the elections,' Bictogo said in reaction to the call for civil disobedience.

    Reacting to the preconditions set by the opposition to participate in the October Presidential elections, Bictogo said The problem with this opposition is that it is neither constant nor consistent. A few days ago, the PDCI announced its participation in the central commission of the Independent Electoral Commission [CEI]. He was finally conspicuous by his absence. One day, the opposition goes to the elections, the other not … Once an actor has agreed to submit his candidacy file, he cannot question the entire process.'

    The ruling party says it will hold the presidential elections with or without the opposition.

    Disagreements have arisen since last month when President Alassane Ouattara declared he would run for a third term. His handpicked successor in July suffered a sudden death.

    'We will go to the presidential elections in October with or without the opposition. President Ouattara is ready and will go to these elections alone if necessary,' said Adama Bictogo, executive director of Ouattara's party.

    Ouattara's main challenger Henry Konan Bédié called for civil disobedience and reform of the electoral commission and the constitutional court, but opposition parties have stopped short of saying they would boycott the poll.

    Ivory Coast's Constitutional Council has cleared Ouattara, former president Bedie and two other candidates to contest in the vote.

     

    Source : https://taarifa.rw/former-president-of-ivory-cost-calls-for-civil-disobedience/

  • Umrah Pilgrimage For Muslims Resumes In October #rwanda #RwOT

    Saudi Arabia Interior Ministry said Tuesday that umrah pilgrimage for Muslims resumes from October 4.

    The Saudi King Salman, the kingdom's 84-year-old ruler, said holding the hajj in the shadow of the pandemic required 'double efforts' by Saudi authorities.

    The hajj and umrah pilgrimages are a massive logistical challenge, with colossal crowds cramming into relatively small holy sites, making them vulnerable to contagion.

    The kingdom had suspended the umrah in March and later scaled back the annual hajj in a blow to millions of pilgrims around the world amid fears that the coronavirus could spread to Islam's holiest sites.

    In the first stage, '6,000 citizens and residents within the kingdom will be allowed to perform the umrah per day from October 4', the ministry said in a statement published by the official Saudi Press Agency.

    Visitors from outside the kingdom will be permitted from November 1, when umrah's capacity will be raised to 20,000 pilgrims per day, the ministry added.

    The umrah, which refers to the Islamic pilgrimage to Mecca that can be undertaken at any time of year, usually attracts millions of Muslims from across the globe each year.

    The ministry said umrah would be allowed to resume at full 'natural capacity' once the threat of the pandemic is eliminated.

    The decision to resume umrah was in response to the 'aspirations of Muslims home and abroad' to perform the ritual and visit the holy sites, the ministry added.

    The decision comes after the kingdom organised the smallest hajj in modern history in late July, with only up to 10,000 Muslims allowed to take part in total — a far cry from the 2.5 million who participated last year.

    Health authorities said no coronavirus cases were reported at the holy sites during the hajj, one of the five pillars of Islam and a must for able-bodied Muslims at least once in their lifetime.

    Hajj pilgrims circled the sacred Kaaba — a cubic structure inside Mecca's Grand Mosque towards which Muslims around the world pray — along socially distant paths.

    The pilgrims were also subjected to regular temperature checks and required to go into mandatory quarantine after the ritual.

    Source : https://taarifa.rw/umrah-pilgrimage-for-muslims-resumes-in-october/