
Source : https://www.rba.co.rw/post/Ihuriro-ryimitwe-ya-politiki-rigiye-gutora-abasenateri-2-bashya
Ntibitangaje ko iki kibazo cyatera abantu urujijo kuko birumvikana ko umuntu adakeneye kujya mu rusengero cyangwa mu itorero kugirango abe umukristo kandi nanone niba atajya mu rusengero ntibivuga ko atari umukristo. Ni muri urwo rwego tugiye kurebera hamwe uburyo umuntu agomba kubyitwaramo.
Niba dushaka kugabanya icyo kuba umukristo bisobanura, ahantu heza ho kureba ni umwe mu bantu Yesu yavuze ko ari umukristo. Niba wibuka igisambo ku musaraba iruhande rwa Yesu (Luka 23: 39-43), Yesu yasezeranyije uyu mugabo ko azabana na we muri paradizo. Uyu mugabo ntabwo yigeze abona uko ajya mu rusengero, nyamara ni umukristo kuko yizera Yesu. Muri ubwo buryo rero ni ukuri kuvuga ko utagomba kuba umuyoboke w’itorero kugirango ube umukristo. Mubyukuri ukimara kuvuga ko “ugomba kugira icyo ukora” kugirango ube umukristo uba ufite ibyago byo kwakira ubutumwa bwiza nabi.
Ariko, Bibiliya ntisobanura imyumvire yumwuka y’umuntu ku giti cye. Ubukristo ntabwo ari ikintu cy’umuntu ku giti cye yihariye atagomba gusangizanya n’abandi. Ibi dushobora kubibona muri iki gice cyavuzwe haruguru, uburyo igisambo cyagaragaje ko cyizeye Yesu ni uko bihindura ubudahemuka bwe mubwami bwa Yesu, Maze abona ko Yesu ari umwami w’ukuri kandi yinjira mu bwami bwe, yinjira mu itsinda ry’abantu bayobowe na Yesu umwami.
Niba uri umukristo, bivuze ko uri umunyamuryango w’itorero ry’Imana. Itorero kugeza ubu ni umuryango wawe, kandi abo mu itorero n’impano Imana yaduhaye kugirango tubane mu buzima bwa gikristo. Mu rwandiko Pawulo yandikiye abaroma 8: 28-30 havuga ko abacunguwe bose Yesu yababereye imfura nabo bakaba abavandimwe be. Imana iri mu kazi ko gukora umuryango. iyi niyo mpamvu abakristo bakorera hamwe ari benshi kuko umuryango ugomba kuba ugizwe n’abantu benshi niyo mabwiriza, ariko sinzi niba habaho amabwirriza agenga umuntu umwe.
Ubuzima bwa gikristo ntibusobanuye kuba wenyine, Imana yahaye buri muntu wese wo mu itorero impano yo gufasha mugenzi we, ibyo ntiwabikora uri wenyine. Bisa nk’aho bidashoboka kuba mu buzima bwa gikristo uri wenyine. Mubyukuri igisambo ku musaraba nticyigeze kijya mu itorero kuko nta mahitamo cyari gifite mbere, ariko twe dufite amahitamo, dushobora guhinduka abanyamuryango b’itorero.
Mubyukuri kuba umukristo ariko utajya mu itorero bisa n’umuntu washyingiwe, akaba atajya agendana n’umugabo we na rimwe. Bishoboka ko umuntu yashyingirwa ntabane n’umugabo we, ibi cyaba ari ikibazo gikomeye cyane bibaye ngombwa ko umugore aba kure y’umugabo we kandi barasezeranye kubana akaramata. Urushako rutunganye rurangwa n’imibanire myiza. Guhinduka umukristo bisobanuye kuba umwe mu bagize umuryango w’Imana.
Muri macye, kujya mu itorero no guhura n’abandi bakristo ni ingenzi ku mukristo ugana mu ijuru. Mugihe yaba afite impamvu zimukomereye zituma atajyayo, twamugira inama yo kujya ategura umwanya wo guhura n’abakristo bagenzi be igihe runaka bagasoma Bibiliya ndetse bagasenga.
Source: fervr.net
Source : https://agakiza.org/Ese-ushobora-kuba-umukristo-utajya-mu-rusengero.html
Rwanda’s score this year was down 0.2 compared to last year’s report, as it had 71.1 points.
It is the second year that Rwanda has proven to be at a high level in the second category of free countries, as it includes all countries with a score of between 79.9 and 70. The other category includes countries with a score of between 100 and 80.
This report shows that over the past five years, the economy has grown due to the development of the agricultural sector, as well as investment in the private sector.
Rwanda is commended for being one of the African countries that has performed well in facilitating trade and contributing to the fight against corruption, which is where the score of being a country with integrity comes from.
In 2016 Rwanda had a score of 63.1, the following year it was 67.6 while in 2019 it was 71.1. In sub-Saharan African countries, Mauritius is above Rwanda, ranking first with 74.9 points, having increased by 1.9 points compared to the previous year.
In third place is Botswana with 69.6 points, Seychelles with 64.3 points in fourth place, Cap Vert with 63.6 points while Tanzania is the closest country in the region as it is in sixth place with score 61.7.
The top three countries in the world are Singapore, Hong Kong, and New Zealand while the other major countries in the world such as the UK are in seventh place, Canada in the ninth and the United States, the 17th.
Elina Jonas Ruzindaza
Abo bana bakekwaho gufatanya n’umubyeyi wabo kwica Habineza, ni Uwimana Joyce w’imyaka 16, Muhawenimana Angelique w’imyaka 19 na Mushimiyimana Jeanne w’imyaka 21.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatore, Ntagwabira Oswald, yemeje aya makuru avuga ko byabaye hagati ya saa moya na saa mbili za mu gitondo kuri uyu wa gatatu.
Uyu muyobozi yavuze ko amakuru bahawe ari uko Habineza yazindukiye mu murima hafi y’igishanga cy’Akagera, nyuma ngo umugore we n’abana be bamusangayo bamutemesha imihoro ku maguru no mu mutwe kugeza apfuye.
Uyu muyobozi yavuze ko uyu muryango wari usanganywe amakimbirane ashingiye ku mutungo, ko ndetse ku wa Kane w’icyumweru gishize ubuyobozi bwari bwagiye kubagabanya isambu kuko ari ko umugore yari yasabye, ariko ngo abayobozi bagezeyo umugore arabyanga.
Abaturage bahingaga hafi bumvise uwo mugabo ataka ngo bagerageje gutabara, ariko kuko uwo mugore n’abana be bari bafite imihoro n’amasuka bashaka kubatema ntibyakunda ko batabara Habineza atarapfa.
Amakuru avuga ko abaturage babashije gufata uwo mugore n’abakobwa be, bashyikirizwa unzego z’umutekano, ubu bakaba bagiye gukurikiranwa n’inzego zibishinzwe.
Umwe muri abo bakobwa na we yatemwe na bagenzi be, ubwo ngo yariho atema Habineza (se), abandi na bo mu gutema barahusha batema uwo mukobwa arakomereka, akaba ari kuvurwa.
Ntagwabira asaba abaturage kwirinda amakimbirane ayo ari yo yose, abantu bakabana mu mahoro, kandi bakirinda kwihanira kuko bitemewe n’amategeko.
Asaba kandi abaturage kwegera ubuyobozi ibibazo bafite bukabikemura bakongera kubana mu mahoro, byananirana bagatandukana aho kugira ngo bagere ubwo bamburana ubuzima.
Abaturage kandi barasabwa gutanga amakuru ku gihe, kugira ngo abantu bagirwe inama batarakora ibyaha.
