Blog

  • Perezida Trump Avuye mu bitaro bya Walter reed asaba abantu kudatinya CV19 #Rwanda #Rwot

    I will be leaving the great Walter Reed Medical Center today at 6:30 P.M. Feeling really good! Don’t be afraid of Covid. Don’t let it dominate your life. We have developed, under the Trump Administration, some really great drugs & knowledge. I feel better than I did 20 years ago! – @RealDonaldTrump



    Source : Twitter

  • Theft in Rusizi market leaves traders counting losses worth more than Rwf 1.5 million #rwanda #RwOT

    “They called me and told me that we were robbed. I lost a bag of rice to the said theft,” said Donatien, a trader from the market.

    Another vendor, Uwineza Shadia also lost a sewing machine.

    'They took my sewing machine, and customers’ clothes; we don’t know who did such a thing because yesterday as we left, we locked doors and the security personnel were on duty. It’s confusing. 'She said.

    Mururu Sector Executive Secretary Ingabire Joyeux told IGIHE that the robbery was well planned and confirmed that Rwanda investigation Bureau (RIB) had arrested two suspects.

    'It was a well calculated plan; we opened a case file with RIB for more investigation. They have so far arrested two people, the security guards and the gate keeper; the two are under investigation and are now at the Kamembe RIB station.'

    The Rusizi Border Market consists of locker-rooms but only 45 are occupied.

    The Rusizi Border Market consists of locker-rooms but only 45 are occupied.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/theft-in-rusizi-market-leaves-traders-counting-losses-worth-more-than-rwf-1-5

  • AS Kigali iratangira umwiherero ku wa 3, iby’ibirarane bitarishyurwa… #rwanda #RwOT

    Nyuma y’uko MINISPORTS yemereye AS Kigali na APR FC zizahagararira u Rwanda mu mikino nyafurika gutangira imyitozo, AS Kigali izajya mu mwiherero ku wa Gatatu ni nyuma y’igikorwa cyo gupmisha abakinnyi icyorezo cya COVID-19 cyabaye uyu munsi.

    Ku wa 2 Ukwakira 2020, ni bwo MINISPORTS yemereye AS Kigali na APR FC gutangira imyitozo yitegura imikino nyafurika ariko basaba FERWAFA ko izakurikirana ko yubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19.

    Ku ikubitiro APR FC niyo yahise ujya mu mwiherero ku wa 3 Ukwakira 2020, aho irimo kuwukorera i Shyorongi.

    Uyu munsi AS Kigali ikaba yapimishije abakinnyi bayo, ni igikorwa cyabereye muri Stade Regional i Nyamirambo.

    Nyuma yo gupimwa byitezwe ko ku wa Gatatu tariki ya 7 Ukwakira 2020 bazahita bajya mu mwiherero uzabera Nyamirambo kuri Baobab Hotel, bakazajya bitoreza kuri Stade Regional i Nyamirambo.

    Amakuru yavugwaga ko abakinnyi batazajya mu mwiherero batabonye amafaranga y’ibirarane bafitiwe, umwe mu bakinnyi yabwiye ISIMBI ko atari byo, ngo bagomba kujya mu kazi uko byagenda kose, gusa ngo babwiwe ko uyu munsi bari burare bayabonye.

    Abakinnyi ba AS Kigali bapimwe COVID-19

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/as-kigali-iratangira-umwiherero-ku-wa-3-iby-ibirarane-bitarishyurwa

  • Charlotte Mukankusi wirirwa akoronga ajya yibuka ko amaherezo agatsiko ke ka RNC kazabazwa urupfu rw'inzirakane zazize gerenade zabo? #rwanda #RwOT

    Charlotte Mukankusi akunze kumvikana cyane kuri bya bitangazabinyoma byamamaza ubugome n' ubujiji bw'imitwe y'iterabwoba nka RNC abereye umwe mu bayobozi bakuru.

    Ibitutsi bye, gusebanya ubundi bitamenyerewe ku mutegarugori, ni byo yita 'diplomacy' ngo izabageza ku butegetsi mu Rwanda, akibagirwa ko Umunyarwanda w'iki gihe atakiri wa wundi ushukwa n'inzererezi zishakira amaramuko. Uyu mugore-gito, Charlotte Mukankusi aherutse kuvugira kuri RUGALI TV, yidoga cyane ngo bazafunguza Paul Rusesabagina,basangiye amaraso y'inzirakarengane z'Abanyarwanda.

    Imwe rero mu nzira ngo bazakoresha, ni ugukomeza gukoronga, bandagaza igihugu cyababyaye imbere y'amahanga, Ubu barakangisha kujya kurocangwa mu Muryango w'Abibumbye, nkaho iyo Loni ifite uburenganzira bwo guhitiramo Abanyarwanda uko bakwiye kubaho, Umwe mu basesenguzi twaganiriye tukimara kumva aya mateshwa ya Mukankusi, yaratubwiye ati:'Biriya ni ukwikiriga ugaseka, kuko na Mukankusi ubwe n'ibigarasha bigenzi bye, bazi neza ko isi yose yahagurukiye kurwanya iterabwoba, kandi Rusesabagina ubwe yiyemereye uruhare rwe mu bikorwa by'iterabwoba byabaye I Nyabimata na Nyamagabe'.

    Tugarutse kuri Charlotte Mukankusi, ni umugore wigize intyoza kandi mu by'ukuri ari inkotsa, Ni umuntu wahagarariye u Rwanda mu mahanga, aza guhunga atinya ko ubutabera bwazamuryoza ubuhemu yakoze ubwo yari mu myanya y'ubuyobozi, Bidatunguranye, nka ba bihemu bandi, yahise aboneza muri RNC, ka gatsiko k'abanyabusembwa, maze si ukuvuza iya Bahanda yiva inyuma, Byinshi mu bikorwa afatanyije na ba Kayumba Nyamwasa, babiterwamo inkunga na Perezida wa Uganda, Kaguta Museveni, wanamuhaye urwandiko rw'inzira rwa Uganda, kandi ari Umunyarwandakazi bizwi, kugirango ajye abona uko azererana amahomvu yabo, Mu nama zinyuranye zagaragaje ubushotoranyi bwa Uganda, abakuru b'ibihugu by' uRwanda, RDC na Angola, babajije Museveni impamvu yahaye Mukankusi pasiporo ya Uganda, nomero A000199979, akanamwakira mu biro bye, umusaza akanja amanwa. Nyuma abategetsi ba Uganda baje kuvuga ko bayimwambuye, nyamara amakuru yizewe avuga ko ariyo Mukankusi akigenderaho.

    Icyo abantu bibaza rero, ni ukuntu Charlotte Mukankusi n'amashumi ye badakura amasomo ku bikomeje kuba kuri bagenzi babo, barimo Paul Rusesabagina, Nsabimana Calixte'sankara', Laforge Fils Bazeye, Col J.Pierre Nsekanabo, Deo Mushayidi, n'abandi bari muri gereza y'uRwanda babazwa ubugambanyi n'amaraso y'abanyarwanda bamennye, By'umwihariko, ntibyumvikana uburyo Charlotte Mukankusi atagira ubwoba, azi neza urupfu rw' abantu 14 bazize grenades zatewe na RNC mu duce tunyuranye tw'uRwanda, abafatiwe muri ibyo bikorwa bakaba barivugiye ko babitumwe na RNC.

    Ubwo se akumva bizarangira gutyo gusaaa! Abababeshya ko muri intwari, umunsi mwaguye muri rwagakoco bazaceceka, mutangire murushye iminsi mu butabera!
    Amaherezo rero y'inzira ni mu nzu, si kera inkotsa Mukankusi ikibona I Kigali, Yasakuza yagira, ashatse abikore vuba kuko umwanya asigaranye ari muto.

    The post Charlotte Mukankusi wirirwa akoronga ajya yibuka ko amaherezo agatsiko ke ka RNC kazabazwa urupfu rw'inzirakane zazize gerenade zabo? appeared first on RUSHYASHYA.

    Source : https://rushyashya.net/charlotte-mukankusi-wirirwa-akoronga-ajya-yibuka-ko-amaherezo-agatsiko-ke-ka-rnc-kazabazwa-urupfu-rwinzirakane-zazize-gerenade-zabo/

  • Nyina wa Diamond yamusabye gukora ubukwe mbere y’uko apfa #rwanda #RwOT

    Sandra Kassim, akaba nyina w’umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Dimond Platnmuz yiginze umuhungu we ko akwiye gukora ubukwe mbere y’uko apfa.

    Ibi uyu mubyeyi yabitangarije kuri Wasafi TV, aho yavuze ko yifuza ko umuhungu we arongora umugore uzi kwita ku mugabo ndetse n’umuryango we.

    Yagize ati“Nsengera umuhungu wanjye ngo yubahe buri wese kandi afashe abantu. Icyo nsengera cyane ni uko yabona umugore agakora ubukwe. Ndashaka ko arongora umugore uzi kwita ku muryango. Umugore mwiza. Mu by’ukuri ndamusengera ngo arongore ntarapfa.”

    Atangaje ibi mu gihe umuhungu we amaze gutandukana n’abakobwa bagera muri 4 ari bo Wema Sepetu, Hamisa Mobetto, Zari Hassan na Tanasha Donna bose bamushinja ubuhehesi no kutubaha igitsina gore.

    Muri aba uko ari bane afitanye nabo abana 4, babiri na Zari, umwe na Hamisa Mobetto, undi na Tanasha, Wema Sepetu ni we batabyaranye.

    Mu minsi ishize mu bukwe bwa mushiki we Esma Khan, Diamond yari yijeje abantu ko azizihiza isabukuru y’amavuko(yabaye ku wa 2 Ukwakira 2020) ari umugabo afite umugore ariko ntabyabayeho.

    Nyina yamusabye ko yakora ubukwe atarapfa

    Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/nyina-wa-diamond-yamusabye-gukora-ubukwe-mbere-y-uko-apfa

  • Rusesabagina Paul siwe wenyine wo muri FLN uri kuburanishwa: Umushinjacyaha Mukuru #rwanda #RwOT

    Mu itangazo ryagenewe Abanyamakuru mu izina rya Aimable Havugiyaremye, Umushinjacyaha mukuru none kuwa 5 Ukuboza 2020 risobanura uko Paul Rusesabagina aregwa ibyaha bitandukanye birimo iterabwoba, gutera inkunga imitwe y'iterabwoba, gushyira abana mu mitwe yitwara gisirikare, gushimuta, gutwika no kurema imitwe y'iterabwoba. Ibi bikaba bijyanye n'umwanya w'ubuyobozi afite mu mutwe witwara gisirikare witwa MRCD/FLN.

    Umushinjacyaha Mukuru ati 'Nifuzaga gushimira inzego zishinzwe umutekano z'u Rwanda zagize uruhare mukumuta muri yombi, Ndanashimira mugenzi wanjye, Umushinjacyaha Mukuru w'u Bubiligi, wemeye gukorana natwe mu rwego rw'ubufatanye mpuzamahanga, bituma hasakwa aho Rusesabagina yari atuye. Ibyavuye muri iryo sakwa bizagaragazwa mu rukiko.
    Akomeza avuga ko yifuzaga kamenyesha itangazamakuru ko hari abarwanyi 16 ba FLN barimo abayobozi bakuru bafunzwe, bakekwaho kugira uruhare mu bitero byabaye mu majyepfo y'u Rwanda muri 2018, Muri aba harimo Felicien Nsanzubukire (uzwi nka Fred Irakiza), Anastase Munyaneza na Jean-Chretien Ndagijimana (akaba ari umwana w'uwahoze ayobora FLN, nyakwigendera Laurent Ndagijimana wari uzwi nka Wilson Irategeka).

    Urutonde rw'abo 16 bafunze muzaruhabwa.
    Ubushinjacyaha buzahuza ibirego by'aba 16 hamwe n'ibya Rusesabagina, Ubushinjacyaha buzasaba kandi Urukiko guhuza uru rubanza hamwe n'urwa Callixte Nsabimana hamwe na Herman Nsengimana.Ubishanjacyaha buti 'Turizera ko aba bakekwaho ibyaha uko ari 19 bazaburanishirizwa hamwe, Ibi bisanzwe bikorwa kandi biteganywa n'amategeko. Iyo abantu baregwa ibyaha bimwe bakoreye ahantu hamwe igihe kimwe, biba ari mu nyungu z'ubutabera ko baburanishirizwa hamwe'

    Tubibutse ko Uwari Moteli ngari ya FLN ari we Paul Rusesabagina yeretswe Itangazamakuru kuwa 31 Kanama 2020 aba akandagiye ku butaka bw'u Rwanda yaherukagaho mu mwaka wa 2004 yaje asanga abari abavugizi be Nsabimana Callixte ndetse n'uwamusimbuye utararambyeho Nsengimana Herman tutibagiwe n'abandi uruhuri bari bamaze iminsi berekanwe kuri Station ya Polisi ya Remera barimo Umuhungu wa Wilson Irategeka berekanwe kuwa 17 Nyakanga 2020.

    The post Rusesabagina Paul siwe wenyine wo muri FLN uri kuburanishwa: Umushinjacyaha Mukuru appeared first on RUSHYASHYA.

    Source : https://rushyashya.net/rusesabagina-paul-siwe-wenyine-wo-muri-fln-uri-kuburanishwa-umushinjacyaha-mukuru/

  • Rusesabagina hamwe n'abari abarwanyi ba FLN 18 bashobora kuburanishirizwa hamwe #rwanda #RwOT

    Ubushinjacyaha bw'u Rwanda bwatangaje ko mu bagize Umutwe wa FLN batawe muri yombi, hari abarwanyi 16 bari mu maboko y'ubutabera bw'u Rwanda ndetse ko n'abari abavugizi babiri bawo, aho bwifuza ko bose hamwe na Rusesabagina Paul bazaburanishirizwa hamwe.

    Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/rusesabagina-hamwe-n-abari-abarwanyi-ba-fln-18-bashobora-kuburanishirizwa-hamwe

  • Rusesabagina And Sankara's Cases To Be Merged #rwanda #RwOT

    Rwanda National Prosecution said on Monday that the two cases of Paul Rusesabagina and Nsabimana Callixte 'Sankara' were destined for a merger.

    Rusesabagina who is on record for declaring war against the government in a YouTube video, is now battling charges of 'terrorism', complicity in murder, and forming or joining an armed group, among other charges.

    Suspect Rusesabagina is the supreme leader of the opposition MRCD group which is said to have an armed wing, the FLN, which previously launched of attacks on Rwanda that Sankara took to international and social media to . claim responsibility for. Rusesabagina's name has repeatedly featured in Sankara's ongoing terrorism case- court had heard allegations that the National Liberation Front (FLN) rebel group had received help from Zambia's President Edgar Lungu because of his close friendship with Rusesabagina.

    Aimable Havugiyaremye as Prosecutor General speaking to Journalists on Monday when he announced the cases merger

    Source : https://taarifa.rw/rusesabagina-and-sankaras-cases-to-be-merged/

  • Inyeshyamba za Red Tabara zahishyuye impamvu ikomeye abarwanyi bazo bafatiwe mu Rwanda #rwanda #RwOT

    Umutwe w'inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bw'u Burundi Red-Tabara wemeza ko abarwanyi berekanywe uyu munsi kuwa mbere mu Rwanda ari abawo bahafatiwe 'bayobye'. Bamwe mu nyeshyamba za Red-Tabara zafashwe bafashwe beretswe abagize itsinda rya gisirikare rya EJVM.

    Muri weekend, igisirikare cy'u Rwanda cyavuze ko cyafatiye ku butaka bw'u Rwanda abarwanyi ba Red-tabara, uyu munsi beretswe itsinda ry'abasirikare bo mu karere bagenzura ibibazo byo ku mipaka (EJVM).

    Itangazo ry'igisirikare cy'u Rwanda, RDF, rivuga ko abarwanyi 19 bafashwe tariki 29 z'ukwezi gushize kwa cyenda mu ishyamba rya Nyungwe mu murenge wa Ruheru mu karere ka Nyaruguru, ari naho ryavuze ko bafungiwe.

    Itangazo RDF yasohoye mu Cyumweru gishize ryagiraga riti:

    'Taliki 29, Nzeri, 2020 ubwo abarwanyi 19 b'Abarundi biyemerera ko bakorera mu mutwe wa Red Tabara bafatwaga bageze mu Rwanda bavuye i Burundi. Bafatanywe intwaro, bafatirwa mu murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru ku gice cy'ishyamba rya Nyungwe'.

    Patrick Nahimana umuvigizi wa gisirikare w'inyeshyamba za Mouvement de la Résistance pour un État de Droit (RED)- Tabara, uyu munsi yabwiye BBC ati: 'Abo nibyo ni akarwi k'abahungu bacu bacyeya, bariho bagenda mu ishamba kimeza rya Kibira barazimira bisanga muri Nyungwe mu Rwanda'.

    Igisikare cy'u Rwanda kivuga ko cyamenyesheje itsinda rya EJVM ry'urwego mpuzamahanga ruhuza ibihugu byo mu karere (ICGLR), ari nabo beretswe abo barwanyi uyu munsi ngo bakore iperereza ryabo.

    Mu myaka itanu ishize hari umubano mubi hagati y'u Rwanda n'u Burundi, Mu gihe cya vuba, umutwe wa Red-Tabara wagabye ibitero byiciwemo abantu mu bice by'uburengerazuba bw'u Burundi.

    Bwana Nahimana yabwiye BBC ko bafite ibirindiro mu ishyamba rya Kibira (ishyamba rifatanye n'irya Nyungwe) n'ahandi mu Burundi, kandi ibikorwa byabo bizakomeza nubwo hari abafashwe muri bo.

    Mu kiganiro giheruka n'abanyamakuru, Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko abamaze iminsi batera u Burundi ari 'abasuma baza kwiba no kwica'.

    Kuri ibi Bwana Nahimana yagize ati:'Nta yindi mvugo yabwira abantu, reka twe dukore akazi niko kazerekana abo turi bo, kandi ko duharanira kubohoza u Burundi'.

    Bwana Ndayishimiye yanenze u Rwanda ko 'rufata inkozi z'ikibi' ku Burundi ntiruhite ruzitanga, nyamara ko bo iyo bafashe inkozi z'ikibi zavuye mu Rwanda 'bahita bazishyikiriza' u Rwanda.

    Leta y'u Burundi ntacyo iratangaza ku ifatwa ry'aba barwanyi ba Red-Tabara bafatanywe imbunda ubu bafungiwe mu Rwanda.

    Source : https://impanuro.rw/2020/10/05/inyeshyamba-za-red-tabara-zahishyuye-impamvu-ikomeye-abarwanyi-bazo-bafatiwe-mu-rwanda/

  • Ugandan Judge Badly Injured In Nasty Road Accident #rwanda #RwOT

    A Ugandan High court Judge Justice Justice Gadenya Paul Wolimbwa has been airlifted from Midwest of the country where he was involved in a very nasty road accident and taken for specialized medical handling in the capital Kampala.

    Details indicate that the accident early on Monday involved two cars which collided head-on in Masindi district along the Kampala — Masindi highway almost 200miles from the capital Kampala.

    Who is Justice Gadenya Paul Wolimbwa?

    He holds a holds a Bachelor's of Laws Degree from Makerere University (1993), post graduate diploma from Law Development Centre (1994) Master's degree of Laws in Human Rights and Democratization in Africa from University of Pretoria (2002).

    He joined public service in 1995 as a Magistrate Grade One, rising to the position of chief magistrate of the white collar criminal court in Uganda.

    Between May to August 2004, he was a Visiting Professional in the Legal Advisory Section of the International Criminal Court, The Hague, Netherlands.

    He has been instrumental in reforming the Judiciary into an accountable, business oriented and yet a people centric institution. In particular, he has worked on the restructuring of the Judiciary, designing a case backlog reduction strategy; reforming and rationalising the Inspectorate of Courts; developing a schedule of duties for Registrars and Magistrates; rationalising staff posting to the workload; open up the Judiciary to the public.

    In 2007, he was appointed deputy registrar, and served at the Civil Division of the High Court. Between July 2008 and August 2009, he served in the same capacity at the Anti-Corruption Division of the High Court.

    He took a break from the bench and went on to work as Senior Technical Advisor of the Justice Law and Order Sector between September 2009 and April 2014. Thereafter, he was appointed the chief registrar of the Judiciary before being appointed as Justice of the High Court of Uganda as Head of Executions and Bailiffs.

    Source : https://taarifa.rw/ugandan-judge-badly-injured-in-nasty-road-accident/