Blog

  • Polisi yaguye gitumo abantu basanze barimo gukora kanyanga #rwanda #RwOT

    Polisi ikorera mu Karere ka Nyagatare yakoze igikorwa cyo kurwanya ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Muri iki gikorwa hafashwe abantu Bane bafatanwa litiro 47 z'icyo kiyobyabwenge, muri izo litiro zose harimo 20, abapolisi basanze zirimo gukorerwa mu rugo rw'umuturage.

    Abafatanwe Kanyanga ni uwitwa Kayitsinga Jean de Dieu w'imyaka 35, yafatanwe litiro 20, Mukamwezi Merony w'imyaka 45, yafatanwe litiro 7, Nzabananabandi Jean Bosco w'imyaka 32 na Ntamahungiro Bosco w'imyaka 34 bafatanwe litiro 20. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27Ugushyingo 2020

    Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Iburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana avuga ko bariya bantu bafatiwe mu mirenge itandukanye yo mu Karere ka Nyagatare, bafatwa biturutse ku makuru yatanzwe n'abaturage. 

    Yagize ati 'Bariya bantu bose bafashwe umunsi umwe, harimo Nzabananabandi Jean Bosco na Ntamahungiro Bosco bafatiwe mu rugo rwa Sindikubwabo Boniface utuye mu Murenge wa Karangazi. Bafashwe barimo kunywa kiriya kiyobyabwenge cya Kanyanga, ariko iyo kanyanga ikaba ikorwa na Sindikubwabo. Uyu akaba yahise acika, ubu aracyari gushakishwa. Mukamwezi nawe yafashwe arimo kuzicururiza mu kabari ke, naho Kayitsinga yafatiwe mu nzira za magendu avuye kuyivana mu gihugu cya Uganda.'

    CIP Twizeyimana avuga ko bariya bantu bafatiwe mu mirenge ya Karangazi, Tabagwe n'Umurenge wa Musheri. 

    Ati 'Turashimira ubufatanye bukomeje kuranga abaturage bo mu Karere ka Nyagatare mu kurwanya ibiyobyabwenge, ariko cyane cyane abo muri iriya mirenge bafashije abapolisi gufata bariya bacuruzi b'ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Turasaba n'abandi gukomeza ubufatanye.'

    Yakomeje yibutsa abaturage ko Kanyanga ibarirwa mu biyobyabwenge byoroheje bityo amategeko y'u Rwanda akaba ahana umuntu wese uyifatanwe yaba ayinywa, ayicuruza cyangwa ayikwirakwiza. 

    Abafashwe bose bagiye bashyikirizwa urwego rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) kugira ngo bakorerwe iperereza. 
    Src: RNP

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/29/polisi-yaguye-gitumo-abantu-basanze-barimo-gukora-kanyanga/

  • Ethiopian PM Reiterates Firm Stance To Bring TPLF Leaders To Justice #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    The Ethiopian Prime Minister Abiy Ahmed on Friday reiterated his government's firm stance to bring leaders of the Tigray People's Liberation Front (TPLF) to justice amid the ongoing fighting between the Ethiopian federal government and an insurgent Northern Tigray regional state government.

    The Ethiopian PM made the remarks during his discussions with the three former African presidents, South Africa's Kgalema Motlanthe, Liberia's Ellen Johnson Sirleaf and Mozambique's Joaquim Chissano, who were appointed by the South Africa's President Ramaphosa, in his capacity as Chairperson of the African Union (AU) as his Special Envoys to try to resolve Ethiopia's ongoing situation.

    Ahmed, in his discussions with the three former African presidents in the Ethiopian capital, Addis Ababa, expressed the federal government's 'determination to apprehend and bring to justice the TPLF clique and their operatives who also perpetrated the grave crimes against humanity in Maikadra,' a statement from the Ethiopian Prime Minister's Office issued on Friday read.

    He also expressed his 'profound gratitude to the African Union Chairperson, President Cyril Ramaphosa for the utmost concern and understanding shared in Ethiopia's efforts to end impunity and bring the TPLF criminal clique to justice.'

    Ramaphosa's efforts came amid the Ethiopian government's ongoing military operations against the Tigray People's Liberation Front (TPLF), which rules over Ethiopia's northernmost Tigray regional state, since the early hours of Nov. 4.

    The federal government's operation followed the TPLF's attack on the Northern command base of the Ethiopian Defense Force, a division stationed in the region for over two decades and based in Mekelle city, capital of Tigray region.

    In recent weeks prior to the ongoing conflict, there have been rising tensions between Ethiopia's ruling Prosperity Party and the TPLF, with each side accusing the other of trying to destabilize the country.

    The Ethiopian government has been blaming the TPLF, which was one of the four coalition fronts of Ethiopia's former ruling party the Ethiopian People's Revolutionary Democratic Front (EPRDF), for masterminding various treasonous acts across different parts of the country with an overarching goal of destabilizing the country.

    Three of the former four EPRDF coalition members had last year joined other regional parties in establishing the Prosperity Party, as the TPLF refused to join.

    The mounting differences between the federal government and TPLF exacerbated in September this year, when the Tigray regional government decided to go with its planned regional elections, which the Ethiopian parliament had previously postponed due to the ongoing COVID-19 pandemic.

    Amid the efforts to de-escalate the fighting, three former African presidents discuss with the Ethiopian premier.

    According to the Ethiopian Prime Minister's Office, Ahmed 'appreciated the Special Envoys for their visit to Ethiopia, in elderly concern, reiterating the well-meaning endeavors of African brothers and sisters who are equally hopeful for a prosperous and stable Ethiopia.'

    My utmost gratitude to President ⁦@CyrilRamaphosa⁩ & his Special Envoys for their concerted effort to understand our rule of law operations. Receiving the wisdom & counsel of respected African elders is a precious continental culture that we value greatly in Ethiopia. pic.twitter.com/2utnEXG94o

    — Abiy Ahmed Ali 🇪🇹 (@AbiyAhmedAli) November 27, 2020

    According to the Ethiopian PM's office, Ahmed, who recounted the numerous attempts by the federal government to engage peacefully, reiterated that 'the premeditated attack on the Northern Command of the Ethiopian National Defense Force, which constitutes high treason under the Criminal Code of Ethiopia, was the final straw which forced the federal government to act in protection of the constitutional order of the country.'

    Ahmed also affirmed the federal government's 'constitutionally mandated responsibility to enforce rule of law in the region and across the country. Failure to do so would nurture a culture of impunity with devastating cost to the survival of the country, he emphasized.

    'He also emphasized the government's 'utmost commitment to the protection and security of civilians during the rule of law operations, demonstrated in the National Defense Force's avoidance to engage in combat within cities and densely populated areas, by weathering rough terrain instead.'

    Noting the establishment of a high-level committee of federal stakeholders to assess and respond to essential humanitarian needs of citizens in the region, Ahmed also emphasized identification and announcement of a humanitarian assistance route for the provision of necessary relief materials to citizens in the region coordinated through the Ministry of Peace in collaboration with UN agencies.

    0Shares
    0

    The post Ethiopian PM Reiterates Firm Stance To Bring TPLF Leaders To Justice appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/ethiopian-pm-reiterates-firm-stance-to-bring-tplf-leaders-to-justice/

  • Musanze: DASSO yasubije Umushinwa telefoni ze ebyiri zari zibwe #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Umunyamahanga yashimiye inzego z
    Umunyamahanga yashimiye inzego z’umutekano zagaruje telefoni ze zari zibwe

    Ngo abajura bafunguye imodoka ye barazitwara ubwo yari mu kazi ke atunganya imiyoboro y’amazi mu Murenge wa Muko, aho akorera akazi ko kubaka ibikorwa remezo muri Kompanyi yitwa SINOHYDRO COPORATION Ltd.

    Amakuru Kigali Today ikesha Hitayezu Irenée ushinzwe itumanaho mu rwego rw’igihugu rushinzwe kunganira akarere mu mutekano (DASSO) mu Karere ka Musanze, avuga ko nyuma y’uko uwo mugabo abwiye ubuyobozi bw’Umurenge wa Muko ko yibwe, DASSO n’inkeragutabara ngo zagiye gushakisha uwaba yibye izo telefoni, zifatirwa mu rugo rw’uwitwa Twizerimana Emmanuel w’imyaka 23 wahise anatoroka.

    Yagize ati “Ejo kuwa gatanu, abajura baje baramwiba ubwo aza kubibwira ubuyobozi bw’umurenge, Dasso dufatanyije n’Inkeragutabara dushakisha amakuru n’abaturage baradufasha turazifata”.

    Yongeye agira ati “Abaturage baduhaye amakuru kugeza ubwo tugera mu rugo rw’uwitwa Twizerimana Emmanuel telefoni tuzifatira iwe ahita atoroka”.

    Hitayezu avuga ko mbere y’uko izo telefoni zifatwa, uwo munyamahanga yari yababaye cyane kugeza n’ubwo yari yamaze no kubimenyesha Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda, ariko ngo ashimishwa no kongera kubona telefoni ze.

    Ati “Uwo munyamahanga yishimye cyane kuko ngo yari yahamagaye no muri Ambasade y’iwabo, avuga ngo Abanyarwanda bamwibye, ariko byamushinishije tuzimushyikirije aho yavuze ko inzego z’umutekano mu Rwanda zifite akamaro kanini”.

    Nyuma y’uko telefoni zifatiwe iwe, Twizerimana Emmanuel arashakishwa n’inzego z’umutekano ngo asobanure kuri ubwo bujura bwakorewe uwo munyamahanga.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/musanze-dasso-yasubije-umushinwa-telefoni-ze-ebyiri-zari-zibwe

  • Rwanda’s first Cardinal, Antoine Kambanda installed #rwanda #RwOT

    The cardinals were installed in a ceremony, known as a consistory that was markedly slimmed down because of the COVID-19 pandemic.

    The ceremony held on Saturday was attended by in-service Cardinals and 11 cardinal-elects among 13 recently appointed by Pope Francis on 25th October 2020.

    Cardinals from Brunei and the Philippines could not travel and will receive their ring and biretta from a papal delegate.

    Instead of the usual thousands, only 10 guests per cardinal were allowed in St. Peter’s Basilica as the pope gave the men their ring and traditional red hat, known as a biretta.

    Nine of the 13 are under 80 and eligible under Church law to enter a secret conclave to choose the next pope from among themselves after Francis dies or resigns.

    It was Francis’ seventh consistory since his election in 2013. He has now appointed 57% of the 128 cardinal electors, most of whom share his vision of a more inclusive and outward-looking Church.

    Thus far, he has appointed 18 cardinals from mostly far-flung countries that never had one, nearly all of them from the developing world including Antoine Kambanda becoming Rwanda’s first ever cardinal.

    While Europe still has the largest share of cardinal electors, with 41%, it is down from 52% in 2013 when Francis became the first Latin-American pope.

    With each consistory, Francis has increased the chances that his successor will be another non-European, having beefed up the church in places where it is either a tiny minority or where it is growing faster than in the stagnant West.

    The nine new electors come from Italy, Malta, Rwanda, the United States, the Philippines, Chile, Brunei and Mexico.

    In his homily, Francis told the men to keep their eyes on God, avoid all forms of corruption, and not succumb to a “worldly spirit” that can accompany the prestige and power of their new rank.

    Everyone in the basilica except the pope wore a mask. Each new cardinal removed his own when he knelt to be invested.

    Four non-electors over 80 were given the honor after a long service to the church. The most prominent is Archbishop Silvano Tomasi, an Italian-American who has worked around the world and is one of the church’s top experts on immigration.

    Rwanda’s Cardinal, Kambanda is expected to continue exercising his role as the Archbishop of Kigali Diocese though he is elevated in high rank of Cardinal.
    Rwanda becomes the 24th African country with a Cardinal.

    Kambanda was born on 10th November 1958. He is among Rwandans ordained priests by Pope Jean Paul II on 8th September 1990 during his visit to Rwanda.

    Pope Francis had appointed Kambanda Bishop of Kibungo Diocese in May 2013 and later in 2018 Archbishop of Kigali Diocese.

    Names of new Cardinals installed by Pope Francis

    - Archbishop Marcello Semeraro,73, Italian, prefect of the Vatican’s Congregation for the Causes of Saints.

    - Archbishop Antoine Kambanda, Rwandan, 62, Archbishop of Kigali.

    - Archbishop Wilton D. Gregory, American, 72, Archbishop of Washington D.C.

    - Archbishop Jose F. Advincula, 68, Filipino, Archbishop of Capiz.

    - Archbishop Celestino Aos Braco, 75, Spanish, archbishop of Santiago, Chile.

    - Archbishop Cornelius Sim, 69, Brunei, apostolic vicar of Brunei

    - Archbishop Augusto Paolo Lojudice, 56, Italian, archbishop of Siena, Italy.

    - Father Mauro Gambetti, 55, Italian, custodian of the Franciscan convent of St. Francis in Assisi.

    New cardinals over 80 years old and being honoured for their long service to the Church. They cannot enter a conclave.

    - Bishop Felipe Arizmendi Esquivel, 80, Mexican, bishop-emeritus of San Cristobal de las Casas, Mexico.

    - Archbishop Silvano Tomasi, 80, Italian, archbishop, former ambassador, expert on immigration.

    - Father Raniero Cantalamessa, 86, Italian, long-time preacher of the papal household

    - Father Enrico Feroci, 80, Italian, pastor of the Divino Amore sanctuary in Rome.
    The Church’s Code of Canon Law states, 'Those promoted as cardinals are men freely selected by the Roman Pontiff, who are at least in the order of presbyterate and are especially outstanding for their doctrine, morals, piety, and prudence in action; those, however, who are not yet bishops must receive episcopal consecration' (Canon 351).

    An earlier text in the Code describes the tasks that fall to cardinals. It remarks cardinals elect the pope and provide assistance when the pontiff summons them together to discuss matters of particular importance. Cardinals also assist the pope in less visible ways, such as when they serve as the administrative directors of various Vatican offices.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rwanda-s-first-cardinal-antoine-kambanda-installed

  • Afrobasket2021: Nigeria yatsinze u Rwanda amanota 83 kuri 62 (Amafoto) #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Muri uwo mukino u Rwanda rwatsinzwe n’ikipe y’igihugu ya Nigeria, amanota 83 kuri 62 y’u Rwanda.

    Mu mukino warwo wa mbere, u Rwanda na bwo rwari rwatsinzwe na Mali, amanota 70 kuri 64.

    Reba mu mafoto uko umukino w’u Rwanda na Nigeria wagenze:

    Kanda HANOurebe andi mafoto yo muru uyu mukino

    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/basketball/article/afrobasket2021-nigeria-yatsinze-u-rwanda-amanota-83-kuri-62-amafoto

  • Abiy Ahmed avuga ko ingabo ze zafashe umurwa mukuru wa Tigray #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Ugushyingo 2020, Minisitiri w'intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed avuga ko ingabo za leta y'iki gihugu ubu 'zigenzura' umurwa mukuru wa leta ya Tigray iri mu majyaruguru.

    Mu butumwa bwo kuri Twitter, Bwana Abiy yavuze ko ingabo za leta ya Ethiopia zirimo kugenzura umujyi wa Mekelle kandi ko ibi 'bivuze ko iyi ari impera y'icyiciro cya nyuma [cy'igitero cya gisirikare]'.

    Ati: 'Nejejwe no kubasangiza ko twarangije ndetse duhagarika ibikorwa bya gisirikare mu karere ka Tigray'.

    Bwana Abiy yavuze ko ingabo ze zabohoje abasirikare babarirwa mu bihumbi bari bafashwe na TPLF ndetse ko zigenzura ikibuga cy'indege n'ibiro bikuru by'ubutegetsi muri iyo leta.

    Yongeyeho ko icyo gikorwa cya gisirikare cyakozwe 'hitabwa mu buryo bwa ngombwa ku baturage [b'abasivile]'.

    Hari habayeho kugira ubwoba ko gishobora kuba ku baturage 500,000 baba mu mujyi wa Mekelle.

    Bwana Abiy yagize ati: 'Ubu akazi k'ingenzi dufite imbere yacu ni ukongera kubaka ibyashenywe… [no] gucyura abahunze'.

    Umukuru wa TPLF yabwiye ibiro ntaramakuru Reuters ko izakomeza 'kurwanirira uburenganzira bwacu bwo kwitegeka' no 'kurwanya aba bateye kugeza ku wa nyuma'.

    Iyi mirwano yatangiye mu ntangiriro z'uku kwezi kwa cumi na kumwe, nyuma yuko Bwana Abiy atangaje igitero kuri TPLF, ishyaka ryo muri iyo leta, arishinja kugaba igitero ku kigo gikuru cya gisirikare cy'i Mekelle — ibyo TPLF yahakanye.

    Gusa amakuru ajyanye n'imirwano biragoye kuyemeza kuko imirongo yose ya telefone na internet ihuza n'akarere ka Tigray yaciwe.


    Abantu babarirwa mu magana barishwe naho abandi babarirwa mu bihumbi bata ingo zabo kubera imirwano.
    Src: BBC

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/29/abiy-ahmed-avuga-ko-ingabo-ze-zafashe-umurwa-mukuru-wa-tigray/

  • Kibeho: Abakirisitu babanje kwiyandikisha ni bo bijihije isabukuru ya 39 y’amabonekerwa #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ubusanzwe kuri iyi tariki i Kibeho habaga hateraniye abakirisitu ibihumbi n’ibihumbi, ariko uyu munsi hitabiriye 400 mu misa ya mbere na 400 mu ya kabiri.

    Musenyeri Célestin Hakizimana, umushumba wa Diyosezi ya Gikongoro, yasabye abitabiriye kuzirikana ubutumwa Bikira Maria yahaye abakobwa batatu babonekewe.

    Yagize ati “Bikira Mariya wabonekeye i Kibeho ni nyina wa Jambo. Ni yo mpamvu tuzirikana ubutumwa yatanze, kwicuza, gusenga, kwigomwa,….”.

    Naho Musenyeri Simaragde Mbonyintege, umushumba wa Diyosezi ya Kabgayi na we wari uhari, akaba n’umwe mu bari bagize itsinda ryagenzuye amabonekerwa ya Kibeho kuva mu 1983, yavuze ko ubutumwa bw’aba bakobwa bwahise buba ubutumwa bwa Kiliziya, akaba ari yo mpamvu umwepiskopi wa Gikongoro aba agomba kubahiriza ubutumwa bwa Kibeho.

    Nubwo i Kibeho hateraniye abakirisitu bakeya kubera icyorezo cya Covid-19, kuzirikana amabonekerwa yabereye i Kibeho byanabereye mu maparuwasi yose yo mu Rwanda.

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/kibeho-abakirisitu-babanje-kwiyandikisha-ni-bo-bijihije-isabukuru-ya-39-y-amabonekerwa

  • Bobi Wine avuga ko adasanzwe mu guhatanira kuba perezida wa Uganda #rwanda #RwOT

    Umukandida w'ishyaka NUP mu matora yumukuru w;igihugu ateganyijwe muri Uganda mu mwaka utaha, Robert Kyagulanyi, yatangaje ko atari umukandida usanzwe nk'abandi igihugu cyabonye, ndetse ashimangira ko kuba mu bashaka guhatanira umwanya w'umukuru w'igihugu byatunguye Museveni amuhohotera.

    Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine mu ruhando rwa muzika, ubwo yari ari mu bikorwa bye byo kwiyamamarza kuzayobora Uganda,asobanurira abayoboke be.

    Yagize ati: 'Ntabwo ndi uhatanira kuba perezida usanzwe nk'abandi mwabonye. Mu by'ukuri ntabwo nari muri gahunda ya Perezida Museveni nk'uzaba ahanganye nawe kandi ibyo bisobanura ihohoterwa ryose nakorewe. Turi abatavuga rumwe n'ubutegetsi ba nyabo. Ubutegetsi buriho ntibwigeze buhura n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi nka twe.'

    Ibi Bobi Wine yabitangarije abayoboke be ku Ishuri ribanza rya Bikoma, mu Karere ka Kyankwanzi kuri uyu wa Gatanu, aho yatangarije ko ubu Museveni azaba ahanganye na benshi bahoze ari inshuti ze n'abajenerali.

    Yavuzemo nka Gen. Mugisha Muntu, wahoze ari umuyobozi w'ingabo ubu ubarizwa mu ishyaka ANT (Alliance for National Transformation), Gen Henry Tumukunde, wahoze akuriye ubutasi bwa Uganda na minisitiri w'umutekano, Amama Mbabazi wahoze ari minisitiri w'intebe n'abandi.

    Ubwo yabwiraga abamushyigikiye, ku ishuri ribanza rya Kawogo, mu Karere ka Kassanda, uburyo abapolisi bamwimye icumbi i Migyera muri Nakasongola, yiyemeje gusohoza ubutumwa yatangiye nk'uko iyi nkuru dukesha New Vision ikomeza ivuga.

    Ati: 'Naryamye mu muhanda kandi sinakarabye. Ntabwo ari cyo kibazo, ikibazo ni ukubohora Abagande ubucakara.'

    Yongeyeho ko nubwo yahuye n'ubugome bwa polisi, amasezerano ye yo guhemba umupolisi wo mu rwego rwo hasi umushahara wa miliyoni y'Amashilingi namara gutorerwa kuba perezida, ukiri muri gahunda ze z'ibanze.

    Ati: 'Ntimubange, barimo gushyira mu bikorwa amabwiriza yaturutse hejuru. Hejuru y'uwo mushahara, nzashyiraho gahunda y'ubwishingizi bw'indwara ku bashinzwe umutekano ndetse n'abagize imiryango yabo.'

    Yashinje ubutegetsi buriho guhindura Abagande abaturage bo mu cyiciro cya kabiri bubasezeranya kuzamura ubuhinzi, kuvugurura amahuriro y'amakoperative, gahunda nziza y'uburezi ku baturage ba Kiboga, Kyankwanzi, Nakasongola ndetse n'Abagande bose muri rusange.

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/29/bobi-wine-avuga-ko-adasanzwe-mu-guhatanira-kuba-perezida-wa-uganda/

  • #COVID19: Mu Rwanda habonetse abarwayi bashya 19, abakize ni 83 #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Abo barwayi bashya 19 babonetse mu bipimo 2,054 bakaba barimo ababonetse i Kigali: 6, Rubavu: 7, Musanze: 3, Nyamagabe: 1, Rusizi: 1, Nyabihu: 1.

    Kugeza kuri uyu wa Gatandatu mu Rwanda abari bamaze kwandura icyo cyorezo ni 5,891 muri bo abamaze gukira ni 5480, naho abakivurwa ni 364.

    Abamaze kwicwa na COVID-19 mu Rwanda bose hamwe ni 47.

    source https://www.kigalitoday.com/ubuzima/indwara/article/covid19-mu-rwanda-habonetse-abarwayi-bashya-19-abakize-ni-83

  • Tanasha yahishuye impamvu atazigera aherekeza umuhungu we Nasseb Jr muri Tanzania gusura se Diamond Platnumz #rwanda #RwOT

    Tanasha Donna yatangaje ko atazigera aherekeza umuhungu we Naseeb Jr muri Tanzania gusura se Diamond Platnumz bitewe n’uko azaba afite akazi kenshi ko gukora.

    Tanasha Donna, umunyamakurukazi akaba n’umuhanzi umaze kubaka izina muri Kenya, nyuma yo gutandukana n’umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz bakundanaga, ahamya ko ateganya kohereza umwana babyaranye akajya kumusura muri Tanzania we akaguma muri Kenya.

    Aganira na Maisha Radio yo muri Kenya yagize ati“twaratandukanye. Sinjye wa mbere dutandukanye ariko turimo gufatanya kurera umuhungu wacu mu nzira nziza. Tumeze neza. ku bijyanye no gutwara umwana kumureba mur Tanzania, ntibishoboka. Umwana ashobora kujyana n’umukozi ariko njye nzasigara hano muri Kenya kuko mfite akazi kenshi ko gukora.”

    Abajijwe niba uyu muhanzi ajya amufasha mu buryo bw’amafaranga, yavuze ko nta na kimwe amufasha uretse ko nta n’ubufasha bwe akeneye kuko yirya akimara akarera umwana kandi nta kintu na kimwe yabuze yabuze ari nacyo ashimira Imana.

    Diamond na Tanasha batandukanye muri Werurwe 2020, ni nyuma y’uko bari bamaze kubyarana umwana w’umuhungu Naseeb Jr mu Kwakira 2019.

    Tanasha avuga ko azohereza umwana yabyaranye na Diamond kumusura batari kumwe

    Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/tanasha-yahishuye-impamvu-atazigera-aherekeza-umuhungu-we-nasseb-jr-muri-tanzania-gusura-se-diamond-platnumz