Blog

  • Mbarushimana Piyo yasohoye indirimbo”Turahamya” avuga imirimo y’Imana #rwanda #RwOT

    Umuhanzi ukizamuka mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Piyo, yashyize hanze indirimbo ya gatatu yise 'Turahamya' igaragaza uburyo Imana yo mu ijuru ikunda ubuzima bw’abayo.

    Mbarushimana Pio, ukoresha izina rya Piyo mu buhanzi, yatangiye kwinjira muri muzika muri uyu mwaka wa 2020, amaze gushyira hanze indirimbo 3. Uyu musore ukora muzika akabivanga n’akazi k’itangazamakuru aho akorera kuri RBA ishami rya Musanze, aganira na InyaRwanda, yavuze agomba gukorana imbaraga agakora muzika nk’uburyo bw’umwuga Imana nibimufashamo.

    Akomeza avuga ko azibanda cyane mu gutambutsa ubutumwa busana imitima ya benshi ku bazajya babasha kumva ibihangano bye. Mu gukora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana (Gospel), Piyo ahamya ko imbarutso yabaye kuba ari Umukirisito usanzwe usenga cyane mu itorero rya ADEPR, ashimangira ko azajya akora n’izindi ndirimbo zivuga ku bumwe bw’abanyarwanda, n’izindi zifite inyigisho zagira icyo zifasha abatuye Isi muri rusange.
    Piyo umuhanzi uzamukanye ibakwe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana

    Piyo, yahereye ku ndirimbo yitwa 'Udutabare', akurikizaho 'Iyitwa hari indi si' akaba yakurikije ho 'Turahamya' nk’indirimbo nshya. Avuga ko yashakaga kugaragaza urukundo rw’Imana, yagize ati: 'Ni indirimbo ya Gatatu nkoze muri uru rugendo ndimo rwo kuramya no guhimbaza Imana. Iyi ndirimbo yitwa Turahamya. Mu by’ukuri nashakaga kugaragaza ko hari byinshi Imana ikora mu buzima bwacu, tukaba dukwiye kubihamiriza isi. Ntabwo dukwiye kuba abana b’ingayi'.

    Akomeza agira ati: 'Muri iki gihe cya Covid-19 ukuboko kw’Imana niko kuri mu ruhande rwacu. Ndashaka kubwira buri umwe wese wagizweho ingaruka n’iki cyorezo ko kuba akiriho byonyine, ari uko Imana ikimufiteho umugambi. Muri iyi ndirimbo mfitemo ishimwe rikomeye, niyo mpamvu igice cyayo kinini ari ukwibyinira, tugatambira Imana kuko nta kindi kirenze twakora ngo tuyinezeze'.

    Indirimbo turahamya wayumvira hano

    Source: inyarwanda.com

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Mbarushimana-Piyo-yasohoye-indirimbo-Turahamya-avuga-imirimo-y-Imana.html

  • International Day of Persons with Disabilities #rwanda #RwOT

    Press Statement
    Michael R. Pompeo, Secretary of State
    December 2, 2020

    December 3 is the International Day of Persons with Disabilities, a fitting occasion for the United States to reaffirm its commitment to, and support for, the full inclusion of persons with disabilities in daily life of the community. We point with pride to robust public and private enforcement of the Americans with Disabilities Act and to other federal, state, and local laws that guarantee open and equal access to facilities, markets, jobs, goods, and services.

    It is also a fitting occasion to reaffirm that all members of the human family are 'created equal, and are endowed by their Creator with certain unalienable rights, that among these are Life, Liberty, and the pursuit of Happiness.' Each individual must have an equal opportunity to develop his or her unique talents and must be free to pursue their dreams.

    We applaud the participation and leadership of persons with disabilities and their representative organizations in efforts to assure equal access and opportunity, and we recognize those whose vision and hard work are the basis for the technologies on which we rely to ensure that no one is left behind.

    On this International Day of Persons with Disabilities, I am proud to announce the opening of the Access Center at the U.S. Department of State, an interactive facility showcasing assistive technologies that remove barriers for our employees with disabilities. The United States reaffirms our commitment to promoting and protecting the human rights of all and to achieving equal opportunity in education, employment, and participation in civic life for persons with disabilities.

    1

    The post International Day of Persons with Disabilities appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/03/international-day-of-persons-with-disabilities/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=international-day-of-persons-with-disabilities

  • ONU na Ethiopia bageze ku masezerano yo gutanga imfashanyo muriTigray #rwanda #RwOT

    Umuryango w'abibumbye (ONU/UN) na leta ya Ethiopia bemeranyijwe kwemerera imfashanyo ikagezwa muri leta ya Tigray yabayemo imirwano, nkuko abategetsi bo muri ONU babivuze.

    Umuvugizi w'ishami rya ONU Saviano Abreu yavuze ko igenzura ry'ibicyenewe ryatangiye ku mugoroba wo ku wa gatatu. Nta cyo leta ya Ethiopia yari yabivugaho kugeza ubu.

    Bivugwa ko ibiribwa n'imiti birimo gushirana abantu babarirwa muri za miliyoni bo muri leta ya Tigray.

    Amakuru avuga ko abantu babarirwa mu magana biciwe mu mirwano yamaze ukwezi hagati y'ingabo za Ethiopia n'iz'ishyaka Tigray People's Liberation Front (TPLF).

    Mu mpera y'icyumweru gishize, leta ya Ethiopia yavuze ko umurwa mukuru Mekelle wa Tigray yawufashe, ariko abasirikare ba TPLF bavuze ko bakirimo kurwanira hafi y'uwo mujyi.

    Iyo mirwano yakuye mu byabo abantu babarirwa mu bihumbi za mirongo, naho abandi bahungira muri Sudan baturanye.

    Mu yandi makuru, abategetsi ba Ethiopia bavuze ko umwe mu bategetsi bo hejuru ba TPLF yabishyikirije. Keriya Ibrahim yahoze ari umukuru w'inteko ishingamategeko yo muri leta ya Tigray.

    TPLF nta cyo yari yabivugaho ku mugaragaro.

    Ku bivugwa hagati ya ONU na Ethiopia haravugwa ko kubijyanye n'ayo masezerano, ONU izagera 'itabangamiwe, mu buryo burambye kandi mu mutekano' ku turere twafashwe n'ingabo za leta ya Ethiopia muri Tigray kugira ngo ishobore gutanga imfashanyo, nkuko bivugwa n'ishami rya ONU ryo guhuza ibikorwa by'imfashanyo (OCHA).

    Ku wa gatatu, umuvugizi waryo Saviano Abreu yavuze ko igikorwa cya mbere cyo kugenzura imfashanyo icyenewe cyari gutangira uwo munsi.

    Ibiro ntaramakuru AP byasubiyemo amagambo ya Bwana Abreu agira ati:

    'Birumvikana ko turimo gukora kuburyo ubufasha butangwa mu karere kose ndetse no kuri buri muntu wese ubucyeneye'.

    Mu yandi makuru, umukozi wa ONU yabwiye ibiro ntaramakuru Reuters ko ONU na leta ya Ethiopia bashyizeho itsinda ryo kwegeranya ibikoresho byo gutuma imfashanyo igezwa muri ako karere.

    Ariko, leta ya Ethiopia ifite icyicaro mu murwa mukuru Addis Abeba ntabwo yari yemeza iby'ayo masezerano.

    Mu bacyeneye imfashanyo yihutirwa bo muri Tigray, harimo n'impunzi zibarirwa mu bihumbi zavuye mu gihugu baturanye cya Eritrea. Bahunze gutotezwa muri politike muri icyo gihugu ndetse no guhatirwa kujya mu gisirikare bikozwe nk'itegeko.

    Hagati aho, itumanaho ryagarutse i Alamata — umujyi uri mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Tigray. Ariko mu mijyi yo mu burengerazuba bwa Tigray ho itumanaho ryagarutse mu buryo bucagase (bw'igice) gusa.

    Guhagarika itumanaho kuva mu ntangiriro y'imirwano, byatumye bigorana kugenzura ibyavugwaga n'impande zombi bijyanye nayo.

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/03/onu-na-ethiopia-bageze-ku-masezerano-yo-gutanga-imfashanyo-muritigray/

  • APR FC yaraye Nairobi aho igiye guhatana na Gor Mahia (AMAFOTO) #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 02/12/2020, ni bwo ikipe ya APR FC yafashe rutemikirere ya Rwandair yerekeza I Nairobi muri Kenya, aho igiye gukina umukino wo kwishyura na Gor Mahia, mu marushanwa ya CAF Champions League.

    Uyu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze, biteganyijwe ko uzaba ku wa Gatandatu tariki 05/12/2020, ukabera kuri Nyayo Stadium, aho APR FC kugira ngo ikomeze isabwa byibura kunganya, kuko umukino ubanza yari yawutsinze ku bitego 2-1.

    Abakinnyi 23 yajyanye i Nairobi muri Kenya

    Abanyezamu: Rwabugiri Umar, Ahishakiye Herithier.

    Ba myugariro: Omborenga Fitina, Ndayishimiye Dieudonne, Buregeya Prince, Manzi Thierry (Kapiteni), Mutsinzi Ange, Rwabuhihi Aimé Placide, Imanishimwe Emmanuel na Niyomugabo Claude.

    Abakina hagati: Mushimiyimana Mohammed, Ruboneka Jean Bosco, Niyonzima Olivier ‘Seifu’, Nsanzimfura Keddy, Manishimwe Djabel na Bukuru Christopher.

    Ba rutahizamu: Byiringiro Lague, Usengimana Danny, Mugunga Yves, Bizimana Yannick na Tuyisenge Jacques.

    Abakinnyi bava i Shyorongi

    Muri Rwandair berekeza Nairobi

    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/article/apr-fc-yaraye-nairobi-aho-igiye-guhatana-na-gor-mahia-amafoto

  • Shampiyona iratangira kuri uyu wa Gatanu, Mukura VS na Kiyovu Sports, Rayon Sports iramanuka i Rubavu #rwanda #RwOT

    Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru umwaka w’imikino 2020-2021, izatangira ku munsi w’ejo ku wa Gatanu, umukino witezwe na benshi ni uwo Mukura VS izakiramo Kiyovu Sports i Huye.

    Ni shampiyona igarutse nyuma y’amezi hafi 9, ni nyuma y’uko iya 2019-2020 yasubitswe muri Werurwe kubera icyorezo cya Coronavirus.

    Umwaka w’imikino 2020-2021, ukaba uzatangira ku munsi w’ejo hakinwa umunsi wa mbere, biteganyijwe ko imikino y’umunsi wa mbere yose izakinwa ejo.

    Imikino itazaba ni uwo AS Kigali yagombaga gukina na Police FC n’uwa APR FC na Musanze. Iyi mikino yahise ihinduka ibirarane kuko APR FC na AS Kigali ziri mu mikino nyafurika.

    Imikino iteganyijwe ku munsi wa mbere ni uwo Mukura VS izakiramo Kiyovu Sports i Huye, Rayon Sports isure Rutsiro FC i Rubavu ndetse n’uwo Sunrise FC izakiramo Gasogi United.

    Dore Gahunda yose y’umunsi wa mbere wa shampiyona

    Mukura VS vs Kiyovu Sports (Huye Stadium, 15:00′)
    Sunrise FC vs Gasogi United (Golgotha Stadium, 15:00′)
    Marines FC vs Gorilla FC (Umuganda Stadium, 13:00′)
    Rutsiro FC vs Rayon Sports (Umuganda Stadium, 15:30′)
    AS Muhanga vs Etincelles FC (Muhanga Stadium, 15:00′)
    Espoir FC vs Bugesera FC (Rusizi, 15:00′)

    Kiyovu Sports iratangira shampiyona isura Mukura VS i Huye

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/shampiyona-iratangira-kuri-uyu-wa-gatanu-mukura-vs-na-kiyovu-sports-rayon-sports-iramanuka-i-rubavu

  • USAID Rwanda launches 'Umurimo Kuri Bose’ to enable youth with disabilities access employment #rwanda #RwOT

    Youth, particularly youth with disabilities, struggle to obtain meaningful employment, and this situation has only been worsened by the COVID-19 pandemic. Recent statistics from the National Institute of Statistics of Rwanda (NISR 2017) place Rwanda’s overall unemployment rate at 16.7%; the rate is 18.5% of unemployment rate for persons with disabilities, and overall youth unemployment rate is even higher at 21%.

    The Umurimo Kuri Bose activity will tackle barriers that hinder youth with disabilities from attaining employment opportunities, addressing both the supply and demand sides of the labor market. The activity will also bridge disability inclusion gaps by increasing employability skills, empowerment, engagement, and equity for youth with disabilities through sign language and braille training; and a comprehensive package of training modules coupled with internships placement support to provide hands-on work experience.

    When asked about USAID’s commitment to inclusive education, USAID’s Mission Director in Rwanda, Leslie Marbury said:'USAID is partnering with the Government of Rwanda to equip youth with the skills they need for successful employment or self-employment, as well as to create a society in which people with disabilities participate fully.”

    The Umurimo Kuri Bose complements other USAID investments, including Huguka Dukore Akazi Kanoze. Positive youth development and inclusion of people with disabilities are strategic priorities through USAID’s activities in Rwanda.

    Rwanda National Union for the Deaf is one of the Umurimo Kuri Bose’s four target local disabled persons organizations and will support implementation through strengthening and empowering deaf and hard of hearing persons so that they are ready to tap into available employment opportunities and services.

    The Executive Director of the Rwanda National Union of the Deaf, Samuel Munana, explained that the goal is to minimise isolation and ensure that deaf and hard of hearing persons are not left behind.

    USAID Umurimo Kuri Bose will support employment and economic empowerment of 1,560 youth of which 1,200 are youth with disabilities in 12 districts in Rwanda. It is implemented by Education Development Center, Inc. (EDC), in partnership with Umbrella of Organizations of People with Disabilities in the Fight against HIV and AIDS in Health Promotion (UPHLS), Akazi Kanoze Access (AKA), Rwanda Union of the Blind (RUB), Rwanda National Union of the Deaf (RNUD), and UWEZO Youth Empowerment.

    Concerned delegates at the launch of ‘Umurimo Kuri Bose’ program.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/usaid-rwanda-launches-umurimo-kuri-bose-to-enable-youth-with-disabilities

  • Former French president, Valéry Giscard d’Estaing dies after Covid-19 diagnosis #rwanda #RwOT

    The former French president Valéry Giscard d’Estaing, a key architect of European integration in the early 1970s, has died at the age of 94 after contracting Covid-19.

    Giscard, who served as France’s leader from 1974 to 1981, had recently been hospitalised in Tours with respiratory problems, and was released only to return to hospital in mid-November.

    He died at his family home nearby after suffering from complications linked to the virus, according to a statement issued by the foundation he had set up and chaired.

    'His state of health had worsened and he died as a consequence of Covid-19,' his family said in a statement to AFP.

    The Foundation Valéry Giscard d’Estaing tweeted on Wednesday: 'In accordance with his wishes, his funeral will take place in the strictest family intimacy.'

    He made one of his last public appearances on 30 September last year for the funeral of another former president, Jacques Chirac, who had been his prime minister.

    Giscard was known for steering the modernisation of French society during his presidency, including allowing divorce by mutual consent and legalising abortion.

    He was elected president at 48, coming to power after years of Gaullist rule, and sought to liberalise the economy and social attitudes. He was credited with launching major projects including France’s high-speed TGV train network.

    He lost his re-election bid, however, to the socialist François Mitterrand in the aftermath of the global economic downturn of the 1970s.

    In France, Giscard is remembered for his radical reform drive which included the legalisation of abortion, the liberalisation of divorce and lowering the voting age to 18.

    Tributes poured in across the political spectrum in France on Wednesday. Former president Nicolas Sarkozy said Giscard had 'worked his whole life to reinforce relations between European nations'.

    The head of President Emmanuel Macron’s ruling party in parliament, Christophe Castaner, said: 'His modern and resolutely progressive policies … will long mark his legacy.'

    In Europe, he helped drive moves towards a monetary union, in close cooperation with his German counterpart chancellor Helmut Schmidt with whom he became friends and whose leadership years almost dovetailed with his own.

    Together they launched the European Monetary System (EMS), a precursor of today’s single currency, the euro.

    Michel Barnier, the lead EU negotiator in Brexit talks with Britain, said: 'For Valery Giscard d’Estaing, Europe needed to be a French ambition and France a modern nation. Respect.'

    He was also an ardent Anglophile, and took office a year after Britain joined the European Economic Community.

    'Complete love-hate relationship with our country,' Britain’s former Europe minister in the early 2000s, Denis MacShane, said in a tweet, calling Giscard a 'big politician' who changed Europe.

    It was at Giscard’s initiative that leaders of the world’s richest countries first met in 1975, an event that evolved into the annual summits of the Group of Seven club.

    With a more relaxed presidential style than his predecessors, 'VGE' was sometimes seen in public playing football, or the accordion. He also hosted garbage collectors to breakfast and invited himself to dinner at the homes of ordinary citizens.

    Giscard 'dominated almost naturally with his presence, his distinction, his language, his liveliness and intuitions,' said fellow centrist Francois Bayrou, a former minister and presidential candidate.

    Born to a well-to-do French family, Giscard was firmly part of the elite; he studied at France’s elite Ecole Polytechnique and the National Administration School.

    Aged just 18, he joined the French resistance and took part in the second world war liberation of Paris from its Nazi occupiers in 1944. He then served for eight months in Germany and Austria in the run-up to Germany’s capitulation.

    He launched his political career in 1959, becoming finance minister in 1969.

    In 1974, while in power, VGE — married since 1952 to the aristocratic Anne-Aymone (née) Sauvage de Brantes — was reported to have crashed a borrowed sports car into a milk lorry in Paris in the early hours, with a celebrated actress in the passenger seat. After leaving the Élysée he wrote books mentioning his affairs and a novel that hinted that Diana, the Princess of Wales, had not been able to resist his charms. He later insisted the stories were untrue and 'fiction'.

    After his defeat in 1981 — which he said left him with 'frustration at a job unfinished' — he remained active in centrist politics, first regaining a seat in the French parliament and then serving in the European parliament.

    In 2001 was selected by European leaders to lead work on the bloc’s constitutional treaty — which French voters then rejected. In 2004, after losing his legislative seat, Giscard ended his active political career.

    In 2020, he was accused of sexual harassment in a legal complaint lodged by a German journalist. Ann-Kathrin Stracke claimed he repeatedly touched her bottom during an interview at his office on Boulevard Saint-Germain, in Paris, at the end of 2018. She lodged a complaint on 10 March with the Paris public prosecutor’s office.

    Olivier Revol, VGE’s chief of staff, said the former president had 'no recollection' of the interview or the incident.

    Valéry Giscard d’Estaing during an interview with Reuters in his office in Paris in 2016. Photograph: Benoît Tessier/Reuters

    Source” The Guardian

    The Guardian

    Source : https://en.igihe.com/news/article/former-french-president-valery-giscard-d-estaing-dies-after-covid-19-diagnosis

  • APR FC yahinduye uruganda rwayambikaga, yerekanye imyambaro izakoresha muri 2020-21 n’ibindi bikoresho(AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Ikipe y’ingabo z’igihugu ‘APR FC’ yaraye yakiriye ibikoresho bitandukanye birimo imyambaro izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2020-2021, aho yahinduye uruganda rwayambikaga ikiba igiye kuzambikwa na Kappa.

    Ni ibikoresho yakiriye ku munsi w’ejo ku wa 1 Ukuboza 2020, byiganjemo imyambaro ikipe izajya yambara haba mu myitozo, mu mikino itandukanye, hanze y’ikibuga, no mu ngendo izajya ikora. Harimo n’ibindi bikoresho bigezweho by’ikoranabuhanga bizajya bifasha ikipe kunoza imyitozo yayo ya buri munsi.

    Ku kijyanye n’imyambaro, umwaka ushize iyi kipe yagiye ikinana imyambaro yakozwe n’inganda zitandukanye nka Errea, Addids ndetse Macron, uyu mwaka ikaba yahisemo guhindura.

    Ibi bikoresho byose birimo n’imyenda byakozwe n’uruganda rwa Kappa rufite icyicaro mu Butaliyani, nirwo rugiye kwambika iyi kipe mu mwaka w’imikino 2020-2021..

    Ibikoresho byose APR FC izakoresha mu mwaka utaha w’imikino

    Imyambaro APR FC izakoresha mu mwaka w’imikino 2020-2021

    Igikapu cyo gutwaramo ibikoresho

    Inkweto zo hanze y’ikibuga

    Inkweto zo gukorana ingendo

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/apr-fc-yahinduye-uruganda-rwayambikaga-yerekanye-imyambaro-izakoresha-muri-2020-21-n-ibindi-bikoresho-amafoto

  • Abakinnyi b'Amavubi U17 mu igitondo cyo kuri uyu wa 2 bapimwe Covid-19 bitegura Cecafa izatangira tariki ya 13 kugeza 28 zu kwa 12 #rwanda #RwOT

    abakinnyi b'Amavubi mu igikorwa cyo kwipimisha Covid-19

    Nyuma y'uko amatariki ya Cecafa U17 na U 20 CAF iyatangarije ikipe y'igihugu Amavubi abana 37 bahamagawe baturutse hirya no hino mu igihu bagacumbikirwa muri hotel imwe hano imbere mu igihugu.

    urutonde rw'Abakinnyi bipimishije hamwe na Staff

    Mu igitondo cyokuri uyu wa 2, Staff y'amavubi ndetse n'abakinnyi babyukiye mu kwipimisha Covid-19 nkuko byatangajwe na Ferwafa binyujijwe kuri twitter yabo.

    Amakuru dukesha bamwe muri Staff avugako igikorwa cyarangiye ntanumwe usanzwemo iki cyorezo cya Covid-19.

    Amakipe 10 niyo byemejwe ko azakina. Rwanda,Burundi,South sudan, Sudan, Uganda,Djibouti, Kenya,Ethiopia,Eritrea.

    Aya makipe akazagabanywamo amatsinda abiri hakazavamo Abiri muri buristinda akazakinda Semi Final hagashakwamo izakina Final.

    Tariki ya 13 na 28 Amarushanwa akazaba atangiye hano mu Igihugu cy'U Rwanda .

    The post Abakinnyi b'Amavubi U17 mu igitondo cyo kuri uyu wa 2 bapimwe Covid-19 bitegura Cecafa izatangira tariki ya 13 kugeza 28 zu kwa 12 appeared first on Kigalinews24.

    Source : https://kigalinews24.com/2020/12/02/abakinnyi-bamavubi-u17-mu-igitondo-cyo-kuri-uyu-wa-2-bapimwe-covid-19-bitegura-cecafa-izatangira-tariki-ya-13-kugeza-28-zu-kwa-12/

  • COVID-19: 28 recoveries, 14 new cases #rwanda #RwOT

    The statement from the Ministry released last night reads that new cases were found in Kigali: 4, Musanze: 9 and Rubavu: 1.

    Since the first case was confirmed on 14th March 2020 in Rwanda, the country has registered 5948 cases out of 629 131 sample tests of whom 5544 have recovered, 355 are active cases while 49 have succumbed to the pandemic.

    Coronavirus symptoms include coughing, flu, and difficulty in breathing. The virus is said to be transmitted through the mucous membranes of the respiratory tract.

    Rwandans are urged to adhere to COVID-19 health guidelines, washing hands frequently using soaps and safe water, wearing face masks and respecting social distancing.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/covid-19-28-recoveries-14-new-cases