Blog

  • Perezida Magufuli yaburiye abaminisitiri bifata za selfies bari mu kazi n'abatangaza amabanga kuri WhatsApp #rwanda #RwOT

    Perezida wa Tanzania John Magufuli yaburiye abagize guverinoma nshya kwirinda 'indwara idasanzwe' yateye yo gutangaza ubutumwa bw'ibanga bw'akazi mu matsinda yo kuri WhatsApp.

    Perezida Magufuli yanaburiye abaminisitiri kwirinda kwifata amafoto kuri telefone zabo zigezweho — aya azwi nka 'selfies' — mu gihe bari mu kazi, avuga ko akazi kabo 'kazagaragarira' mu bikorwa bagezeho

    Yabivuze ku wa gatatu mu muhango wo kwakira indahiro z'abaminisitiri n'ababungirije wabereye mu murwa mukuru Dodoma.

    Ubutumwa bwo kuri Twitter bw'umuvugizi we busubiramo amagambo ya Bwana Magufuli agira ati: 'Muri guverinoma ubu hasigaye hari indwara idasanzwe aho n'amatangazo ya leta ashyirwa mu matsinda [groups] yo kuri WhatsApp. Amwe [amatangazo] y'ibanga arimo kumenwa. Mureke dukurikize indahiro zacu'.

    Mu kwezi kwa cumi ni bwo Bwana Magufuli yongeye gutorwa ku bwiganze bw'amajwi kuri manda ya kabiri y'imyaka itanu, mu matora abatavuga rumwe n'ubutegetsi bavuze ko yaranzwe n'uburiganya. Perezida Magufuli yagize amajwi 84%.

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/10/perezida-magufuli-yaburiye-abaminisitiri-bifata-za-selfies-bari-mu-kazi-nabatangaza-amabanga-kuri-whatsapp/

  • Somalia Suspends Visa-On-Arrival Plan For Kenyans #rwanda #RwOT

    Kenyans travelling to Somalia will now be required to apply for the visas at the embassy in Nairobi because the Somali government has suspended visas upon arrival for Kenyans.

    According to Somalia's Immigration and Naturalization Directorate, the directive took effect Sunday.

    The circular said the move is 'in line with the federal government's policy of ensuring security, improving migration management and reducing the risks of COVID-19 infections.'

    But the move follows strained relations between Kenya and Somalia after the latter accused Nairobi of meddling with her internal affairs. Kenya has denied the allegations.

    Somalia last week ordered Kenya's envoy General (Rtd) Lucas Tumbo to leave the country and recalled its representative in Nairobi for further consultations.

    The post Somalia Suspends Visa-On-Arrival Plan For Kenyans appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/somalia-suspends-visa-on-arrival-plan-for-kenyans/

  • Singapore Fintech Festival: SMEs in Poor Countries To Access Global Value Chains #rwanda #RwOT

    A partnership between the UNDP Global Centre for Technology, Innovation and Sustainable Development and the Monetary Authority of Singapore (MAS) is expected to help small enteprises in developing countries access global value chains.

    The partnership deal is the latest announcement made on the sidelines of the ongoing Singapore Fintech Festival.

    According to details, the partnership will provide SMEs with digital and financial tools to help them better leverage data and access financing solutions, as well as opportunities for SMEs, including fintechs, to expand to developing countries through the UNDP's global network of 170 offices.

    As a start, UNDP and MAS will bring together three existing programmes — Cultiv@te, Business sans Borders (BSB) and API Exchange (APIX) — to support SMEs in accessing solutions and selling their products.

    Cultiv@te is a UNDP agri-tech programme that sources for solutions from startups and research and development teams worldwide; BSB is a joint initiative by MAS and the Infocomm Media Development Authority to provide an open and global digital infrastructure for seamless trade discovery and digital business services connectivity.

    APIX is a cross-border open innovation platform supported by the MAS, which serves as a curated global marketplace for application programming interfaces (APIs) for financial institutions and fintechs.

    The combination of these three programmes will facilitate SMEs' global outreach and provide them access to innovative financial and digital tools, UNDP and MAS said.

    Solutions developed by finalists in the Cultiv@te programme will be listed on the BSB hub, making them accessible to SMEs across the UNDP's focus countries.

    SMEs can use the solutions to improve their agriculture production, and then sell the crops to a global market and take up financing options via the same BSB platform.

    UNDP and MAS plan to explore country-specific use cases in Africa to get more SMEs to adopt digital finance.

    SMEs with suitable capabilities would be provided access to the APIX platform and its financial sector APIs to test and develop financing solutions for trade, climate resilience, urban farming and more.

    In addition, UNDP and MAS will pilot the use of blockchain technology for product identification, validation and traceability in traditional supply chains such as agriculture and food products, building on UNDP's studies on blockchain applications for food traceability.

    Such technology solutions would give the SMEs and their products greater credibility in the eyes of international buyers, and help the businesses access more opportunities on a global level.

    Finally, UNDP is open to connecting its innovation efforts to the BSB hub Sandbox, a repository of data and problem statements, to help design and develop solutions to improve services for SMEs.

    Said Bradley Busetto, director of the UNDP Global Centre Singapore; 'SMEs drive growth in the developing world, and strong, digitally-linked SMEs are crucial to the world's recovery from the pandemic. We are thrilled to partner with MAS to help prototype and scale innovative financial solutions across the developing world.'

    Sopnendu Mohanty, chief fintech officer at MAS, noted that technology advances have made it possible to integrate financial-service solutions across sectors, such as using fintech to power agri-trades.

    'The close cooperation between MAS and UNDP to leverage Cultiv@te, BSB and APIX will make technology and financial services more accessible to parts of the regional and global economy and bring about more inclusive growth,' he said.

     

    The post Singapore Fintech Festival: SMEs in Poor Countries To Access Global Value Chains appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/singapore-fintech-festival-smes-in-poor-countries-to-access-global-value-chains/

  • Abiy Ahmed mu ruzinduko rwa mbere mu mahanga kuva haba imirwano muri Tigray #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Gatatu ku itariki ya 09 Ukuboza 2020, Minisitiri w'intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed aratangira uruzinduko rw'iminsi ibiri mu gihugu cya Kenya baturanye — rwa mbere agiriye mu mahanga kuva leta ye yatangira ibitero muri leta ya Tigray.

    Arakirwa na mugenzi we wa Kenya, Perezida Uhuru Kenyatta, mu mujyi wa Moyale uri ku mupaka w'ibihugu byombi, mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Kenya.

    Biteganyijwe ko aba bategetsi bataha ku mugaragaro ibikorwa-remezo ndetse bakanareba imishinga y'ibikorwa-remezo birimo kubakwa.

    Ibi birimo nk'ahakirirwa abantu ku mupaka wa Moyale hazwi nka One Stop Border Post (OSBP) n'icyambu gishya cya Lamu ndetse n'umushinga w'inzira w'ubwikorezi ihuza icyambu cya Lamu, Sudani y'epfo na Ethiopia.

    Umubano hagati y'ibihugu byombi umeze neza ndetse aba bategetsi bahuye inshuro nyinshi mbere yaho, ariko uku guhura kuri uyu wa gatatu kubaye mu gihe kidasanzwe.

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/09/abiy-ahmed-mu-ruzinduko-rwa-mbere-mu-mahanga-kuva-haba-imirwano-muri-tigray/

  • Museveni Looking For Votes In Boarder District Ntungamo #rwanda #RwOT

    Incumbent President Yoweri Museveni of Uganda is in Ntungamo district bordering Rwanda on his third day of engagements in Ankole region as he looks for votes.

    According to Museveni, he was born in Ntungamo Uganda at around September 15, 1944 in Kyamate village where he also attended Primary school.

    'Our third day of engagements in Ankole region will be in Ntungamo District where I will meet our youth and other NRM party leaders,' Museveni said.

    Museveni has been unveiling infrastructure projects along his campaign trail. The projects include tarmac roads, factories, central markets and other projects.

    'I commissioned the Kashenyi-Mitooma & Katabi seminary access road. This road was fully funded by your taxes and we expect it to ease the transportation of people and products (especially) for dairy farmers,' Museveni said on Tuesday while in Bushenyi district.

    Meanwhile, Presidential Candidate Robert Kyagulanyi under the National Unity Platform is combing through the West Nile Region of Uganda considered to be a major opposition stronghold. The region is birth place to former President Idi Amin.

    'This is history in the making! The people of Yumbe have spoken loud and clear, they want change. Thank you brothers and sisters for the massive welcome,' Kyagulanyi expressed his satisfaction at the massive turnout to his campaign rally.

    Kyagulanyi has managed to attract mammoth rallies in Koboko, Yumbe and Arua. However, despite such bigger crowds, the voters in this region are known to change their mind at the ballot box.

    Museveni Explains His Rwandan Roots

    The post Museveni Looking For Votes In Boarder District Ntungamo appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/museveni-looking-for-votes-in-boarder-district-ntungamo/

  • Mu Rwanda abantu babiri bishwe na #COVID19 #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Aba bantu babiri bahise buzuza umubare w’abantu 53 bamaze kwicwa n’iki cyorezo kuva cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020.

    Minisiteri y’Ubuzima kandi yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu mu Rwanda habonetse abantu 41 bashya banduye COVID-19, ni mu gihe ntawakize mu bari barwaye.

    Abo barwayi bashya 41 babonetse mu bipimo 3,654 bakaba barimo ababonetse i Kigali:32, Musanze: 3, Rubavu: 2, Nyagatare: 1, Gakenke: 1, Ngororero: 1, Huye: 1.

    Kugeza kuri uyu wa Gatatu, mu Rwanda abari bamaze kwandura icyo cyorezo ni 6,278 muri bo abamaze gukira ni 5,715, naho abakivurwa ni 510.

    source https://www.kigalitoday.com/ubuzima/indwara/article/mu-rwanda-abantu-babiri-bishwe-na-covid19

  • COVID-19: Perezida Joe Biden yiyemeje gutanga inkingo miliyoni 100 mu minsi 100 ya mbere y’ubutegetsi bwe #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Icyakora na none Biden yavuze ko amezi ye ya mbere akigera ku butegetsi bitamworoheye ko yahita arangiza iki cyorezo cya coronavirus ariko atanga ibisobanuro bike ku ngamba azakoresha aho yizeza ko n’ubwo atacyirangiza ariko azagica intege ku buryo bugaragara mu Banyamerika bose.

    Ku wa Kabiri tariki 08 Ukuboza 2020, nibwo hasohowe raporo itanga uruhushya kugira ngo urukingo rwa Pfizer/BioNTech rwemerwe kandi ruterwe Abanyamerika ku mugaragaro.

    Hagati aho Perezida Donald Trump yitabiriye inama yasohoye iyi raporo, ikaba yabereye muri White House higwa ku bikorwa byo gutangira gukingira Covid-19 yiswe “Operation Warp Speed” yerekana ko uru rukingo rwatangiye gukoreshwa mu Bwongereza ku nshuro ya mbere guhera ku wa Kabiri ari urwo kwizerwa no kuri Amerika.

    Nk’uko ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza ya Johns Hopkins bubitangaza, ngo Amerika imaze kubarura abantu barenga miliyoni 15 banduye covid-19, icyorezo kimaze kwica abandi ibihumbi 285.

    Ibice byinshi by’igihugu byongeye kwisanga ibitaro byongeye kurengerwa n’imibare iri hejuru y’abanduye bashya muri iyi minsi, aho impuguke zimwe zikaba zishinja ingendo zibarirwa muri za miliyoni abanyagihugu bakoze mu minsi mikuru yo gushimira izwi nka “ThanksGiving” ko ari yo yabaye intandaro yo kwiyongera kwa coronavirus.

    Perezida watowe Joe Biden yari yitabiriye ikiganiro n’abanyamakuru i Delaware aho yerekanye umushinjacyaha mukuru wa Californiya, Xavier Becerra nk’umukandida ku mwanya w’ubunyamabanga bukuru bw’urwego rw’ubuzima ndetse no guhitamo Rochelle Walensky kuba umuyobozi w’ikigo gishinzwe kurwanya no gukumira indwara.

    Bwana Biden yagize ati: “Iminsi 100 yanjye ya mbere ntabwo izarangiza virusi ya Covid-19. Sinshobora kubisezeranya. nkuo tutinjiye muri aka kajagari vuba. Ntabwo n’ubundi tuzagasohokamo vuba.”

    akomeza avuga ko icyo ashaka kumvikanisha aruko mu “minsi 100 ya mbere bashobora guhindura no kugabanya inzira n’ubukana bw’icyi cyorezo bityo ngo ubuzima bw’abanyamerika bukongera bukaruhuka igihe gito bukamera neza.

    Ariko ahishurako ko ingufu zo kurwanya coronavirus zishobora “gutinda no guhagarara cyangwa zikagenda gahoro ” mu gihe Kongere y’amerika itarangije ibiganiro by’ibice bibiri kandi byihutirwa gutanga inkunga ikenewe muri ibi bikorwa.

    Gusubiza abana ku ishuri nabyo biri mu mirongo y’ibizakorwa ku ikubitiro bidn akigera kubutegetsi nkuko yabyemeje.

    Bwana Biden yatanze ibisobanuro bike byerekana uburyo gahunda nini yo gukingira mu mateka ya Amerika izakorwa kandi mu gihe cyavuba gishoboka.

    gusa nanone arinubira ko mu cyumweru gishize nta gahunda yo gutangiza ubuyobozi yigeze ahabwa na prezida asasimbura ariwe Trump. Umuhanga mu bumenyi bukomeye bw’ibikorwa byo gukingira byiswe Operation Warp Speed yitwa Moncef Slaoui agomba guhura n’itsinda rya Joe Biden bikaba biteganijwe ko azabikora muri iki cyumweru.

    Mu bandi azakuramo abazamufasha Joe Biden harimo Dr Anthony Fauci nk’umujyanama mukuru w’amerika mu byu w’ubuvuzi cyane cyane muri iki cyorezo Covid 19. Impuguke akaba imwe mu nzobere za mbere kwisi mu buvuzi bw’indwara z’ibyorezo byandura ndetse akaba yarabaye hafi cyane nk’umujyanama w’itsinda rya Prezida Trump – nubwo akenshi yaguye nabi perezida kubera ibitekerezo bye aho yagaragaje kenshi ukuvuguruza prezida trump kubyo yatangazaga n’amakuru ku cyorezo cya coronavirus.

    source https://www.kigalitoday.com/politiki/amakuru/article/covid-19-perezida-joe-biden-yiyemeje-gutanga-inkingo-miliyoni-100-mu-minsi-100-ya-mbere-y-ubutegetsi-bwe

  • Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, arashinjwa akarimi gasize umunyu, gahumuriza abaturage, kandi umutekano muri icyo gihugu ukomeje kuba kure nk'ukwezi. #rwanda #RwOT

    Icyegeranyo kimaze gushyirwa ahagaragara n' Umuryango Uharanira Uburenganzira bwa muntu mu Burundi(Initiative pour les droits Humains au Burundi, IDHB), kiravuga ko imvugo ya Perezida Evariste Ndayishimiye yuzuyemo uburyarya no kuyobya uburari, ihabanye kure n'ukuri ku bibera muri icyo gihugu kimaze imyaka myinshi mu mutekano uri hafi ya ntawo. IDHB ivuga ko Perezida Ndayishimiye akunze kumvikana abwira amahanga ko mu Burundi hari umutekano usesuye, yirengagije ubwicanyi bwibasira abaturage bo mu bwoko bw'abatutsi ndetse n'abo mu mashyaka atavuga rumwe n'ubutegetsi bwa CNDD-FDD.

    Iki cyegeranyo cy'impapuro 83 gishinja ubu bugizi bwa nabi Imbonerakure, ari rwo rubyiruko rwa CNDD-FDD rwitwara gisirikari, ndetse n'inzego z'umutekano n'iz'iperereza mu Burundi.Ikibabaje kurushaho nk'uko IDHB ibisobanura, ngo ni uko iyo habaye ubwicanyi, ubusahuzi, gufungira abantu ubusa,kubarigisa n'ibindi bikorwa bishyira ubuzima bw'abantu mu kaga, hafatwa inzererezi gusa kandi nazo zigahita zirekurwa, naho abakomeye mu ishyaka ryica rigakiza ntibakorweho. Uyu muco wo kudahana rero ngo ushyigikiwe na Perezida Ndayishimiye ubwe n'ibindi bikomerezwa byo muri CNDD-FDD, ishyaka ngo rikomeje kugaragaza ubutagondwa n'imyitwarire ya gihubutsi. Mu bashyirwa mu majwi cyane, harimo Minisitiri w'intebe Alain Guillaume Bunyoni, we wanakomeje kuvugwa mu bwicanyi kuva no ku ngoma ya Pierre Nkurunziza.

    Mu gihe uBurundi bwingingira Umuryango w'Ibihugu by'Uburayi gusubukura umubano hagati y'impande zombi, IDHB irasaba ubuyobozi bw'uwo muryango gushishoza mbere yo kongera gutera inkunga uBurundi, abategetsi babwo bakabanza kubazwa impamvu badahagarika ibikorwa bigayitse byibasira abaturage b'inzirakarengane.Uretse ubugizi bwa nabi bw'Imbonerakure , abapolisi n'abashinzwe iperereza, imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwa CNDD-FDD nayo ngo si miseke igoroye, kuko hari abaturage yishe, irabasahura, abandi ibafata bugwate. By'umwihariko ngo ibi bikaba byarakajije umurego muri Kanama na Nzeri uyu mwaka, ubwo abantu bitwaje intwaro binjiraga mu ntara nyinshi z'uBurundi.

    Amakuru dukesha Radio yigenga RPA yo mu Burundi aravuga ko kuwa kabiri tariki 08 Ukuboza 2020, imbonerakure zo muri Zone ya Murambya, Komini Burambi, mu ntara ya Rumonge,zahawe imbunda 8, ababikurikiranira hafi bakaba batangiye kugira impungenge ko izo mbunda zaba zije kwica Abatutsi n'abandi batari muri CNDD-FDD.
    Kuva Perezida Ndayishimiye yatorerwa kuyobora uBurundi muri Gicurasi uyu mwaka, hari abibwiraga ko yaba agiye gukora ibitandukanye n'uwo yasimbuye, Petero Nkurunziza, ariko kwari ukwibeshya kuko imvugo ze z'amareshyamugeni, zitigeze zihagarika ihutazwa ry'ikiremwamuntu.

    Amahanga yakomeje gutabariza inzirirakarengane zihohoterwa mu Burundi, mu kugerageza gucecekesha abamagana ubwo bugizi bwa nabi, mu Gushyingo uyu mwaka, ubutegetsi bwa Generali'NEVA', buhambiriza Intumwa y'Umuryango w'Abibumye muri icyo gihugu, akaba agomba kuba yazinze utwangushye bitarenze tariki 31 z'uku kwezi. Ni hahandi ariko, ntawe utwika inzu ngo ahishe umwotsi!

    The post Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, arashinjwa akarimi gasize umunyu, gahumuriza abaturage, kandi umutekano muri icyo gihugu ukomeje kuba kure nk'ukwezi. appeared first on RUSHYASHYA.

    Source : https://rushyashya.net/perezida-wu-burundi-evariste-ndayishimiye-arashinjwa-akarimi-gasize-umunyu-gahumuriza-abaturage-kandi-umutekano-muri-icyo-gihugu-ukomeje-kuba-kure-nkukwezi/

  • Abafana bapfa kuba bataza ku kibuga – Kiyovu Sports ivuga ko yugarijwe n’umunaniro ukabije, nyamara abandi babona ari umubyibuho #rwanda #RwOT

    Nyuma yo gutsindwa na Marines FC 3-0 mu mukino w’umunsi wa 2 wa shampiyona, Kiyovu Sports ivuga ko byatewe n’umunaniro ukabije bitewe n’uko shampiyona imikino yegeranye.

    Ku munsi w’ejo Kiyovu Sports yari yakiriye Marines FC mu mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona umwaka w’imikino 2020-2021, hari nyuma y’uko ku wa Gatanu w’icyumweru gishize tariki ya 4 Ukuboza 2020 bari batsinze Mukura VS 3-1 mu mukino ufungura shampiyona.

    Mu mukino w’umunsi wa kabiri, Kiyovu Sports ikaba yaraye itunguwe na Marines ikayitsindira i Nyamirambo 3-0.

    Nyuma y’uyu mukino umutoza wungirije wa Kiyovu Sports, Kalisa Francois akaba yavuze ko byatewe n’umunaniro w’imikino yegeranye.

    Ati'ntabwo ari ikibazo cya fitness ngira ngo imikino igiye yegeranye rero habamo kunanirwa, biri mu byatumye dutakaza. Nta mpungenge abafana bakwiye kugira cyane ko bataza no ku kibuga, bizakosoka vuba babone ibyishimo'

    N’ubwo uyu mutoza avuga ibi, siko benshi babibona kuko nibwo shampiyona igitangira hamaze gukinwa imikino ibiri gusa, ntibumva aho uwo munaniro uturuka.

    Bamwe mu barebye uyu mukino, batunguwe n’ingano ya bamwe mu bakinnyi ba Kiyovu Sports bigaragara ko biyongereyeho ibiro byinshi nka kapiteni w’iyi kipe, umunyezamu Kimenyi Yves, umukinnyi wo hagati Ngendahimana Eric na rutahizamu Babuwa Samson.

    Uku kubyibuha kw’aba bakinnyi bikaba ari bimwe mubarebye umukino bemeza ko byaba batumye ikipe ititwara neza bitewe n’uko bitwaraga mu kibuga n’uko bari basanzwe bitwara.

    Kapiteni wa Kiyovu Sports, Kimenyi Yves ni umwe mu bakinnyi biyongereye ibiro

    Babuwa Samson yongereye ibiro byinshi

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/abafana-bapfa-kuba-bataza-ku-kibuga-kiyovu-sports-ivuga-ko-yugarijwe-n-umunaniro-ukabije-nyamara-abandi-babona-ari-umubyibuho

  • Tanzania Government Confused About Rising Cement Prices #rwanda #RwOT

    Tanzania's Prime Minister Kassim Majaliwa has warned traders against hording cement with profiteering motives saying the practice tantamount to economic sabotage and threatened that such people will be dealt with in accordance with the law.

    Majaliwa warned during a televised address to regional commissioners, Permanent Secretary in the Ministry of Industry and Trade, acting Permanent Secretary in the Ministry of Transport, regional trade officers and executives from various cement manufacturing firms.

    He has also directed the Ministry of Industry and Trade to set price caps for cement  in a deliberate move to stop what he described as haphazard price increases by unscrupulous traders.

    'We must understand what is happening on the ground, the cement which is produced in Dar-es-Salaam and Tanga should not be sold at highest Price in Morogoro, Majaliwa warned.

    The tough speaking Premier called upon the Fair Competition Commission (FCC) to conduct thorough investigations into the cement subsector with a view of establishing whether the product was being sold at fair prices or not in several locations of the country.

    'We expect FCC to come up with the report even before reaching to this stage, you must elaborate what is happening, why the price is going up while there is no increase of prices on raw materials,' Majaliwa said.

    Ministry of Industry and Trade has been ordered to undertake visits to cement manufacturers with a view to understand their concerns so that they can come up with solutions.

    Tanzania's Prime Minister Kassim Majaliwa

    The post Tanzania Government Confused About Rising Cement Prices appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/tanzania-government-confused-about-rising-cement-prices/