Category: Uncategorized
-
Abanyempano bo muri ArtRwanda- Ubuhanzi baserutse neza muri Iwacu Muzika Festival yatangijwe na Bruce Melodie #rwanda #RwOT
Iwacu Muzika Festival yatangiye ku nshuro yayo ya kabiri. Ibitaramo by’uruhererekane bizakorwa muri iri serukiramuco byaganuwe na Bruce Melodie wabaye umuhanzi wabimburiye abandi. -
Akimana Alexia arashaka umuhungu bakundana ufite umutima wuzuyemo urukundo rw’ukuri. #rwanda #RwOT
Muri iki gihe sinzi ikibazo abasore bafite kuko usanga 90% yabo nta rukundo bakigira, usanga umusore umwe afite abakobwa barenga 10 bose abeshya ko akunda kandi mu by’ukuri ntanumwe akunda muri bo. Nanone kandi hari abasore bo usanga bafite urukundo rw’ukuri, akagusaba urukundo ukarumuha mugakundana igihe kinini ukazategereza ko mwaganira ibyo kubana ugaheba. Wabimubaza akakubwira nabi ndetse agahita anagukatira mugatandukana. Njye nitwa Akimana Alexia umuhungu wumva ntagahunda y’ubukwe afite ntampamagare ndetse ntananyandikire. Ndashaka gukundana n’umuhungu upanga ibintu bizima, umuhungu ufite umutima wuzuyemo urukundo rw’ukuri rutari pirate, umuhungu umpa gahunda ifatika y’igihe tuzabanira, kuburyo dutangirana urukundo twembi tubiziko dufite gahunda imwe yo kubana ubuziraherezo. Ubyujuje anyandikire inbox cyangwa ampamagare kuri 0782782650
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
*
*
*
*
*
*
http://dlvr.it/RZ1WNf -
Uwimana Rahab arashaka umusore mwiza k’umutima wakwemera ko bakundana. #rwanda #RwOT
Muraho abo kuri uru rubuga. Mbanje kubasuhuza mbifuriza ibihe byiza. Ndashimira abantu bazanye uru rubuga kugira ngo rudufashe kwibonera abakunzi tutavunitse. Ndasaba abarukoresha kugira ngo tugerageze twe kubikinisha ahubwo natwe dushyiremo ubunyangamugayo tujye tuvugisha ukuri kugira ngo hatazamo ibyo gutendekana. Ndi gushaka umusore mwiza k’umubiri no k’umutima twakundana, asabwa kuba afite urukundo rw’ukuri atazigera akina n’amarangamutima yanjye. Nanjye nzamukunda by’ukuri mubere inyangamugayo sinzamukinisha. Ubishaka yanyandikira inbox cyangwa akampamagara kuri 0787801233.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
*
*
*
*
http://dlvr.it/RZ1WN2 -
Gaspard arifuza umukobwa bakwibanira akamufasha kurera abana. #rwanda #RwOT
Nitwa Nduwamungu Gaspard mfite imyaka 36 umugore twari twarashakanye yitabye Imana azize impanuka y’imodoka ansigira abana 2. Icyo gihe umukuru yari afite imyaka 2 umuto afite amezi 3 ubu hashize imyaka 2 ngerageza kurera abo abana njyenyine ariko bikangora cyane bitewe n’uko akazi nkora hari igihe kansaba kujya hanze y’igihugu nkaba namarayo ukwezi kumwe cyangwa abiri abana nkabasiga bonyine. Niyo mpamvu nifuza umukobwa twabana akamfasha kurera abana banjye. Abaye nawe yarigeze gushaka cyangwa se akaba afite abana ntakibazo yaza tukabana akazana n’abana be nanjye nabafata neza nkabo nibyariye. Ndifuza umukobwa utarengeje imyaka 36 y’amavuko abaye yarize byaba ari akarusho kuko agomba kumfasha mu micungire y’umutungo. Abaye adafite akazi ntakibazo namushingira iduka cyangwa nkaba namushakira ikindi akora. Anyandikire inbox.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
-
Brésil yabaye igihugu cya kabiri kigize miliyoni y’abantu banduye Coronavirus #rwanda #RwOT
Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima muri Brésil yerekenye ko ku wa Gatanu tariki 19 Kamena 2020 icyo gihugu cyagize abanduye Coronavirus bagera kuri miliyoni imwe n’abagera hafi ku bihumbi 50 bamaze gupfa bazize icyo cyorezo. -
Haribukwa imiryango irenga ibihumbi 15 yazimye muri Jenoside yakorewe Abatutsi #rwanda #RwOT
Umuryango uhuza abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, GAERG, wateguye igikorwa cyo kwibuka imiryango yazimye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. -
Banze gutererana intama baragijwe: Abanyamadini barinze igihango muri Jenoside yakorewe Abatutsi #rwanda #RwOT
Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, benshi bahisemo guhungira mu nsengero cyane cyane muri za Kiliziya no mu bigo by’abihayimana, bizeye ko baharokokera kuko bumvaga ko nta kizira gishobora kwinjira ahera. Muri make batekerezaga ko nta bwicanyi bwahahinguka. -
Gatsibo: Ibuka yasabye ko abakomeje guhohotera abarokotse Jenoside babihanirwa #rwanda #RwOT
Ubuyobozi bwa Ibuka mu Karere ka Gatsibo, bwasabye ko abagaragara mu bikorwa by’urugomo rukomeje gukorerwa abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi muri ako karere, bakurikiranwa bagahanwa. -
Amerika yahagaritse gutanga viza ku Barundi #rwanda #RwOT
Leta zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyemezo cyo guhagarika gutanga viza ku Barundi bose keretse izihabwa abadipolomate n’abakozi bakorera imiryango mpuzamahanga, bazajya bazihabwa ari uko babanje kwerekana ko bagiye mu kazi.source https://igihe.com/amakuru/muri-afurika/article/amerika-yahagaritse-gutanga-viza-ku-barundi
-
Danny Vumbi na Bruce Melodie bahuriye mu ndirimbo ivuga umusore ukunda umukobwa kugera ashatse kwiyahura #rwanda #RwOT
Danny Vumbi uri kwitegura kumurikira abakunzi be album ye yise ‘Inkuru Nziza’ yashyize hanze indirimbo nshya yahuriyemo na Bruce Melodie igaragaza umusore ukunda umukobwa kugeza aho amukangisha ko namwanga aziyahura.


