Category: Uncategorized

  • Umunyamakurukazi wa RBA yambitswe impeta n’umuhanzi wa Gospel(AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbiza Imana, René Patrick yambitse impeta ya fiancailles umunyamakurukazi Tracy Agasaro ukorera KC2, televiziyo y’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru(RBA).

    Ni umuhango waraye ubaye mu ijoro ryo ku wa 17 Nyakanga 2020 aho yatunguye uyu mukobwa amusaba ko yazamubera umugore.

    Uyu musore wari wicaye imbere ya piano hagati y’indabyo ziteguye mu ishusho y’umutima ahantu hasa neza, inyuma ku rukuta handitse amagambo y’icyongereza agira ati“let the world know”. Bivuze ngo “reka isi ibimenye.” Aho Tracy yambikiwe impeta

    Patrick yari yambaye umupira w’umukara n’ipantalo y’umukara, na Tracy na we akaba yinjiye yambaye ikanzu y’umukara.

    Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Tracy yagiye ashyiraho amafoto atandukanye agaragaza ko yishimiye bikomeye kwambikwa iyi mpeta.

    Ifoto imwe yagize ati“navuze yego ku rukundo rw’ubuzima bwanjye.” Indi agira ati“urakoze Mana.” Ahandi ati“ndagukunda cyane rukundo rwanjye.”

    Rene Patrick umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yamenyekanye mu ndirimbo nka Arankunda, Ni byiza n’izindi zinyuranye. View this post on Instagram

    I love you sooo much My Love @renepatrickofficial

    A post shared by Tracy Agasaro (@tracyagasaro) on Jul 17, 2020 at 2:31pm PDT View this post on Instagram

    🥰Engaged to the Man of My Dreams🥰

    A post shared by Tracy Agasaro (@tracyagasaro) on Jul 17, 2020 at 2:19pm PDT View this post on Instagram

    THANKS GOD ❤

    A post shared by Tracy Agasaro (@tracyagasaro) on Jul 17, 2020 at 2:17pm PDT View this post on Instagram

    I said Yes to the Love of My Life 17❤07❤2020

    A post shared by Tracy Agasaro (@tracyagasaro) on Jul 17, 2020 at 2:16pm PDT
    http://dlvr.it/RbtSwl

  • Police release list of over 498 COVID-19 prevention-guidelines violators #rwanda #RwOT

    The list includes 495 people in the City of Kigali and three in the Northern Province.

    A statement from the police reads: “The National Police is informing drivers who violated COVID-19 prevention guidelines, to comply with the instructions issued by the police to report to the police authority not later than Friday, July 24, 2020 with their vehicles”.

    Residents of the City of Kigali are being asked to go to the headquarters of the Muhima Road Safety Police while upcountry violators should report to district police headquarters.

    “Those who do not comply will be arrested,” the National Police said.

    Since taking measures to prevent the spread of Coronavirus, police have repeatedly identified people in the non-compliance bracket mostly in violation of curfew and illegal activities such as driving lessons, meetings and opening bars.

    Police spokesman CP John Bosco Kabera says that people who violate government regulations will be punished by the law. Some residents have been arrested by police for violating COVID-19 prevention-guidelines

    Elina Jonas Ruzindaza
    http://dlvr.it/RbtSvv

  • AMAFOTO: Diane wakinaga muri City Maid yambitswe impeta #rwanda #RwOT

    Bahavu Jeannette wamenyekanye nka Diane muri filime y’uruhererekne ya City Maid yambitswe impeta ya fiançailles na Ndayikingurukiye Fleury amusaba ko bazabana.

    Ni ibirori byaraye bibaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 17 Nyakanga 2020, bikaba byahuriranye n’isabukuru y’uyu mukobwa. Byahuriranye n’isabukuru ya Diane

    Ibirori byo kumwambika impeta ya fiançailles byabereye kuri Scheba Hotel mu Kiyovu.

    Diane akaba yambitswe impeta na Ndayikingurukiye Fleury akunze kwita Legend, ni umusore usanzwe ukora akazi ko gufata no gutunganya amashusho.

    Akaba amwambitse impeta amusaba ko bazashyingiranwa nyuma y’imyaka irenga itatu aba bombi bakundana. Diane yambitswe impeta na Fleury

    Diane wamenyekanye muri City Maid akaba atazongera kuyigaragaramo kuko agace ka nyuma gaheruka gutambuka(iyi filime inyura kuri televiziyo Rwanda buri wa Kane), uyu mukobwa yari yitabye Imana, akaba atazongera kuyikinamo. Bamaze imyaka irenga 3 bakundana
    http://dlvr.it/RbtStK

  • Uwo twabyaranye yihakanye umwana none ndashaka umuhungu twakwibanira akamfasha kumurera. #rwanda #RwOT

    Nitwa Uwizeye Marie Aime ntuye i Kigali ninaho nkorera. Ubwo papa wanjye yitabaga Imana, nari mfite imyaka 22, umuhungu twakundaga twari tumaze imyaka 2 dutandukanye. Urupfu rwa papa wanjye rwarambabaje cyane kuko yari umuntu ukomeye cyane mu buzima bwanjye yari amfatiye runini kandi niwe wari udutunze kuko mama ntakazi yagiraga. Ku kiriyo cye ntakindi kintu nari mfite mu mutwe uretse kwibaza uko ubuzima bwanjye buzakomeza papa wanjye adahari, numvaga bitashoboka ko nakomeza kubaho ntamufite. Ibyo byatumaga nirirwa ndira nkarara ndira sinasinziraga. Ku kiriyo habaga hari abantu benshi, kuburyo twasasaga hasi kugira ngo abantu bose babashe kuhakwirwa. Ariko nubundi kuko bari benshi cyane, uwabaga afite ibitotsi yarihengekaga akaryama byagabanuka akabyuka agaha umwanya undi, kandi buri muntu akaryamisha urubavu kugira ngo tuhakwirwe, ibyo byatumaga turyama twivanze abakobwa n’abahungu kuko buri muntu yaryamaga ahari umwanya, ntabwo ibitotsi byari kukwica kandi ubona ko mu cyumba cy’abahungu harimo umwanya. Njye byari bigeze ku munsi wa 4 ntaryama, muri iryo joro numva ngize ibitotsi mba nihengetse ho gato agatotsi karanyiba ndasinzira. Nasinziye iminota mike cyane mu kujya gukanguka mpita numva hari umuntu wanturutse inyuma atangira kunsambanya, kuko nari naryamye iruhande rw’umuhungu ndyama namushyizeho ikibuno kwihangana biramunanira, ubwo rero nakangutse irimo. Nanjye nkikanguka numva nibyiza, numva nabishakaga, ndamureka arabikora ararangiza. Urabyumva ko atari yabipanze ntagakingirizo yari yitwaje, ibyo rero byatumye antera inda. Hashize ibyumweru 2 nahise menya ko ntwite, kandi umuntu twari twaryamanye sinamumenye kuko hari nijoro, ariko numvise impumuro ye ndamukeka kuko nari nzi umubavu akunda kwitera. Nkimara kumenya ko ntwite narabimubwiye, arabyemera ko ari we twaryamanye, ariko ambwira ko ntacyamwemeza ko umwana ari uwe kuko ntagihamya na kimwe kerekana ko iryo joro ari we wenyine twabikoze kuko kubwe abona ko hashobora kuba hari n’abandi twasambaniye ku kiriyo cya papa. Gusa kurundi ruhande byanamuteye isoni ukuntu yamfatanyije n’urupfu rwa papa akankorera ibintu nka biriya, kuko kubwanjye kuba narakakunze nkumva ari kubikora nkamureka, si uko gusa byari byiza ahubwo ninuko nari nihebye numva ejo hazaza hanjye ntahagirahari. Ariko uretse kwijijisha nawe arabizi ko umwana ari uwe gusa yamwihakanaga kugira ngo ntamwaka indezo. Kubw’amahirwe naje kurangiza kwiga kaminuza mbona akazi keza, mbasha kongera gufata ubuzima bwanjye mu biganza, nita k’umuryango wanjye no k’umwana wanjye. Uwo musore twabyaranye abonye ko maze gutera imbere, yaje kunsaba imbabazi ndetse ansaba ko twabana tugafatanya kurera umwana wacu, ariko nahise mbibona ko atari urukundo rumugenza ahubwo ari amayeri yo kugira ngo andye amafaranga. Ubu rero ndashaka umuhungu ufite gahunda twakundana tukibanira akamfasha kurera umwana. Nawe abaye afite umwana ntakibazo twafatanya kurera abo dufite ndetse tukabyara n’abandi. Ndashaka umusore uri hagati y’imyaka 30 na 35 kuko njye mfite 27 akaba atari mugufi kandi nawe abaye yarize byaba ari akarusho. Uwaba abyujuje yanyandikira inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://imbere.com/uwo-twabyaranye-yihakanye-umwana-none-ndashaka-umuhungu-twakwibanira-akamfasha-kumurera/

  • Umunyamakurukazi wa RBA yambitswe impeta n’umuhanzi wa Gospel(AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbiza Imana, René Patrick yambitse impeta ya fiancailles umunyamakurukazi Tracy Agasaro ukorera KC2, televiziyo y’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru(RBA).

    Ni umuhango waraye ubaye mu ijoro ryo ku wa 17 Nyakanga 2020 aho yatunguye uyu mukobwa amusaba ko yazamubera umugore.

    Uyu musore wari wicaye imbere ya piano hagati y’indabyo ziteguye mu ishusho y’umutima ahantu hasa neza, inyuma ku rukuta handitse amagambo y’icyongereza agira ati“let the world know”. Bivuze ngo “reka isi ibimenye.”

    Aho Tracy yambikiwe impeta

    Patrick yari yambaye umupira w’umukara n’ipantalo y’umukara, na Tracy na we akaba yinjiye yambaye ikanzu y’umukara.

    Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Tracy yagiye ashyiraho amafoto atandukanye agaragaza ko yishimiye bikomeye kwambikwa iyi mpeta.

    Ifoto imwe yagize ati“navuze yego ku rukundo rw’ubuzima bwanjye.” Indi agira ati“urakoze Mana.” Ahandi ati“ndagukunda cyane rukundo rwanjye.”

    Rene Patrick umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yamenyekanye mu ndirimbo nka Arankunda, Ni byiza n’izindi zinyuranye.

    View this post on Instagram

    I love you sooo much My Love @renepatrickofficial

    A post shared by Tracy Agasaro (@tracyagasaro) on

    View this post on Instagram

    🥰Engaged to the Man of My Dreams🥰

    A post shared by Tracy Agasaro (@tracyagasaro) on

    View this post on Instagram

    THANKS GOD ❤

    A post shared by Tracy Agasaro (@tracyagasaro) on

    View this post on Instagram

    I said Yes to the Love of My Life 17❤07❤2020

    A post shared by Tracy Agasaro (@tracyagasaro) on

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/umunyamakurukazi-wa-rba-yambitswe-impeta-n-umuhanzi-wa-gospel-amafoto

  • Rwanda trade volume grew by 29% in the first quarter of 2020 #rwanda #RwOT

    Exports were worth $ 207.95 million, imports worth $ 916.68 million while re-exports were worth $ 82.25 million.

    In the first quarter of 2020 [January-March], exports from Rwanda increased by 45.97 percent compared to the same quarter of 2019, from $ 142.47 million to $ 207.95 million. However, it fell 13.84% compared to the fourth quarter of 2019.

    NISR figures show that Rwanda’s exports in the first quarter of 2020 increased by 23.78 percent compared to the same quarter of 2019, from $ 739.97 million to $ 916.68 million.

    Rwanda’s imports and exports fell 2.85 percent from $ 84.66 million in the first quarter of 2019 to $82.25 million.

    The top six countries to which Rwanda exports are the United Arab Emirates, the Democratic Republic of Congo (DRC), Pakistan, Hong Kong and Uganda. All six countries account for 77.62 percent of Rwanda’s exports.

    Among the top countries that imported goods in the first quarter of 2020 are: China, India, the United Arab Emirates, Kenya and Tanzania. In all of these countries, Rwanda imported goods worth $ 518.38 million, meaning it’s 56.55% of all imports.

    Exports include food, livestock, and more while imports include machinery and transportation, industrial and petroleum products.

    Rwanda has been a member of the East African Community (EAC) for 13 years, which has boosted trade with other member states.

    In the first quarter of 2020, Rwanda’s exports to the EAC were worth $ 14.21 million, 7% of its exports.

    In all, 38.52% was exported to Uganda, worth $ 5.47 million.

    Rwanda’s EAC exports increased by 176 percent compared to the fourth quarter of 2019 but decreased by 48 percent compared to the first quarter of 2019.

    In the EAC, Rwanda exports most of its products in Uganda, followed by South Sudan.

    Imports from EAC is worth $ 138.66 million, meaning 15.13% of total import. Rwanda imported 56.72% from Kenya and 42.90% from Tanzania.

    Overall, Rwanda’s imports to the EAC in the first quarter of 2020 increased by 16.63 percent compared to the same quarter in 2019.

    Rwanda’s trade with COMESA in the first quarter of 2020 was $ 217.72 million from $ 217.72 million in the same quarter of 2019.

    Trade with the European Union (EU) in the first quarter of 2020 was $ 87.26 million from $ 106.70 million in the same quarter of 2019.

    Rwandan coffee is one of the exports

    Elina Jonas Ruzindaza

    source https://en.igihe.com/news/article/rwanda-trade-volume-grew-by-29-in-the-first-quarter-of-2020

  • Police release list of over 498 COVID-19 prevention-guidelines violators #rwanda #RwOT

    The list includes 495 people in the City of Kigali and three in the Northern Province.

    A statement from the police reads: “The National Police is informing drivers who violated COVID-19 prevention guidelines, to comply with the instructions issued by the police to report to the police authority not later than Friday, July 24, 2020 with their vehicles”.

    Residents of the City of Kigali are being asked to go to the headquarters of the Muhima Road Safety Police while upcountry violators should report to district police headquarters.

    “Those who do not comply will be arrested,” the National Police said.

    Since taking measures to prevent the spread of Coronavirus, police have repeatedly identified people in the non-compliance bracket mostly in violation of curfew and illegal activities such as driving lessons, meetings and opening bars.

    Police spokesman CP John Bosco Kabera says that people who violate government regulations will be punished by the law.

    Some residents have been arrested by police for violating COVID-19 prevention-guidelines

    Elina Jonas Ruzindaza

    source https://en.igihe.com/news/article/police-release-list-of-over-498-covid-19-prevention-guidelines-violators

  • Hashyizweho amabwiriza agenga imikoreshereze y’insengero mu gihe cya Coronavirus #rwanda #RwOT

    15 Werurwe 2020 zarafunzwe. Ni nyuma y’umunsi umwe Minisiteri y’Ubuzima itangaje ko mu Rwanda habonetse umurwayi wa mbere wa Coronavirus.

    - Mu mabwiriza ya Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu harimo ko insengero zizatangira gukoreshwa ari uko zibanje kugenzurwa n’itsinda ry’Umurenge rishinzwe gukurikirana ko zujuje ibisabwa mu kwirinda Coronavirus, bikemezwa n’ubuyobozi bw’Akarere kandi bikamenyeshwa mu nyandiko.

    - Mu bice biri muri gahunda ya Guma mu Rugo, insengero ntizifungurwa.

    - Mu gutanga amaturo, abayoboke bayatanga hakoreshejwe ikoranabuhanga [Momo, Money transfer, Bank Transfer, aho bidashoboka hakoreshwa ubundi buryo ariko hakubahirizwa ingamba zo kwirinda Coronavirus.

    Abakira amaturo y’ibitari amafaranga, hateganywa ahantu hihariye bizashyirwa mbere yo gusenga kandi hakubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Coronavirus.

    - Igaburo ryera/guhazwa biremewe ariko bigakorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Coronavirus.

    Uhazwa, uhaza ndetse n’abasangira igaburo ryera bagomba kubanza gukaraba neza. Bagomba kandi kwirinda guhererekanya cyangwa gusangirira ku bikoresho bikoreshwa muri icyo gikorwa. Aho bitabangamiye imyemerere, hakoreshwa uburyo bwo kwihereza (self-service) mu gusangira igaburo ryera.

    - Abakorerabushake bahuguwe bafasha mu kubahiriza ingamba zo kwirinda Coronavirus bagomba kuba bari ku rusengero igihe cyose hari igikorwa cyahabereye, kandi bafite ikibaranga.

    - Kuri buri rusengero hagomba kugaragara umubare ntarengwa w’abakwiye kurusengeramo muri iki gihe cya Covid-19, ukamanikwa ahagaragara.

    - Gahunda yo gusenga (iminsi n’amasaha), igomba kumanikwa ku rusengero ahagaragara kandi ikamenyeshwa ubuyobozi bw’Umurenge kugira ngo buzabashe gukurikirana no kugenzura.

    Ibibujijwe

    - Gukoranaho, guhoberana, guhana ibiganza birabujijwe

    - Birabujijwe kuramukanya cyangwa kwegerana cyane (metero imwe) mbere na nyuma yo gusenga.

    - Guhererekanya ibikoresho byo mu nsengero nk’indangururamajwi (Micro-phone), ibitabo n’ibindi ntabwo byemewe.

    - Abana bonka n’abafite munsi y’imyaka 12 ntibemerewe kuza mu materaniro.

    - Gusengera abantu babakoraho cyangwa babarambikaho ibiganza nabyo ntibyemewe.

    - Birabujijwe kujya mu nsengero mu masaha abantu batemerewe kugenda (curfew)

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Iyobokamana/article/Hashyizweho-amabwiriza-agenga-imikoreshereze-y-insengero-mu-gihe-cya-Coronavirus

  • Rwanda : 47 batawe muri yombi barenze ku mabwiriza yo kwirinda coronavirus #rwanda #RwOT

    Polisi y’u Rwanda yatangarije ku rubuga rwa Twitter ko abo bantu bafashwe ejo ku wa 17 kubera ko barenze ku mategeko abuza abantu guhurira hamwe mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.

    Mu Rwanda abantu bemerewe gukora imirimo yabo uko bisanzwe uretse imirimo ituma abantu bahurira hamwe ari benshi. Uduce turi muri guma mu rugo ni utugari tumwe two mu mujyi wa i Kigali, Nyamagabe na Nyamasheke.

    Umuvugizi w’igipolisi mu ntara y’Iburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Humdun Twizeyimana, avuga ko baronye amakuru y’abo bantu barimo bakoraniye hamwe bayahawe n’abaturage.

    Ati : “Abaturage baduhaye amakuru ko hari abantu barenze ku mabwiriza ya Leta yo kurwanya Koronavirusi.

    “Twahise dutegura igikorwa cyo kubafata, nibwo twabasanze bateraniye ahantu mu bisambu bari mu masengesho”.

    Leta y’u Rwanda iheruka gufungura insengero nyuma y’amezi ane zifunzwe kubera coronavirus, gusa yavuze ko inzego z’ibanze arizo zigomba kugenzura ko ayo mabwiriza zikazemerera insengero gufungura.

    CIP Twizeyimana ashinja abo bantu ko bari bateranye batubahirijwe n’ingingo n’imwe kandi bavuye mu mihana itandukanye.

    Avuga kandi ko ata n’umwe yari yambaye agapfukamunwa, batanubahirije ingingo yo kutegerana kandi ata n’amazi yo gukaraba yari ahari, ngo ivyo bigashobora gutuma banduzanya.

    Ati : “Bose bari bazi neza ko ibyo barimo bitemewe ariko babirenzeko barabikora…. Hariya bari bateraniye nta bwirinzi ubwo aribwo bwose bubahirije ku buryo umwe muri bo abaye yanduye yashobora kwanduza abandi.”

    Mu Rwanda, abantu bagera ku 1,473 nibo batangajwe ko banduye coronavirus, muri bo bane bakaba barapfuye.

    Iki gihugu cyamaze igihe cy’iminsi 45 mu mategeko ya guma mu rugo, ubu akaba yaratezuwe.

    Hagati aho, hari uturere duherutse gusubizwa muri ayo mategeko, ubutegetsi bukavuga ko bwafashe iyi ngingo nyuma y’ubusesanguzi bwakozwe n’inzego z’ubuzima ku cyorezo cya coronavirus” muri utwo turere.

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/2/article/Rwanda-47-batawe-muri-yombi-barenze-ku-mabwiriza-yo-kwirinda-coronavirus

  • AMAFOTO: Diane wakinaga muri City Maid yambitswe impeta #rwanda #RwOT

    Bahavu Jeannette wamenyekanye nka Diane muri filime y’uruhererekne ya City Maid yambitswe impeta ya fiançailles na Ndayikingurukiye Fleury amusaba ko bazabana.

    Ni ibirori byaraye bibaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 17 Nyakanga 2020, bikaba byahuriranye n’isabukuru y’uyu mukobwa.

    Byahuriranye n’isabukuru ya Diane

    Ibirori byo kumwambika impeta ya fiançailles byabereye kuri Scheba Hotel mu Kiyovu.

    Diane akaba yambitswe impeta na Ndayikingurukiye Fleury akunze kwita Legend, ni umusore usanzwe ukora akazi ko gufata no gutunganya amashusho.

    Akaba amwambitse impeta amusaba ko bazashyingiranwa nyuma y’imyaka irenga itatu aba bombi bakundana.

    Diane yambitswe impeta na Fleury

    Diane wamenyekanye muri City Maid akaba atazongera kuyigaragaramo kuko agace ka nyuma gaheruka gutambuka(iyi filime inyura kuri televiziyo Rwanda buri wa Kane), uyu mukobwa yari yitabye Imana, akaba atazongera kuyikinamo.

    Bamaze imyaka irenga 3 bakundana

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/amafoto-diane-wakinaga-muri-city-maid-yambitswe-impeta