Category: Uncategorized

  • Liban:abayobozi bo kucyambu cya Beirut bafungishijwe ijisho nyuma yiturika ridasanzwe ryahabaye. #rwanda #RwOT

    Leta ya Liban (Lebanon) ivuga ko abategetsi benshi bo ku cyambu cya Beirut ubu bafungishijwe ijisho hategerejwe ko iperereza ritangira ku iturika rikaze ryo ku wa kabiri.
    Iryo turika ryahitanye abatari munsi ya 135 naho abarenga 4000 barakomereka. Hatangiye ibihe bidasanzwe bizamara ibyumweru bibiri.

    Perezida Michel Aoun wa Liban yavuze ko iryo turika ryatewe na toni 2,750 za ‘nitrate d’ammonium’ (ammonium nitrate) zari zibitse nabi mu nzu ibikwamo ibicuruzwa (warehouse/entrepôt).

    Badri Daher, umukuru wa gasutamo (ugenzura ibyo guca imisoro ibyinjira mu gihugu), yavuze ko ikigo akuriye cyasabye ko icyo kinyabutabire kihakurwa, ariko “ibi ntibyigeze biba”.

    Daher yagize ati: “Duhariye impuguke ngo zitahure impamvu zabiteye”.
    ‘Nitrate d’ammonium’ ikoreshwa mu buhinzi nk’ifumbire, igakoreshwa kandi nk’igiturika.

    Ubwo yatangizaga inama y’abaminisitiri yihutirwa y’ejo ku wa gatatu, Perezida Aoun yagize ati:
    “Nta magambo ashobora gusobanura ubwoba bwabase (bwibasiye) Beirut mu ijoro ryacyeye [ryo ku wa kabiri], igahinduka umujyi wugarijwe n’amakuba”.

    Inzobere zo kuri Kaminuza ya Sheffield mu Bwongereza zigereranya ko uko guturika kwari gufite imbaraga zingana na kimwe cya cumi cy’imbaraga z’igisasu kirimbuzi cya nikleyeri cyatewe ku mujyi wa Hiroshima mu Buyapani ku itariki nk’iyi ya 6 y’ukwa munani mu myaka 75 ishize.
    Icyo gihe hari mu ntambara ya kabiri y’isi.

    Izo nzobere zivuga ko iryo turika ry’i Beirut “nta gushidikanya ko ari rimwe mu guturika gukomeye cyane kudatewe n’ibisasu kirimbuzi bya nikleyeri kuranze amateka ya muntu”.

    The post Liban:abayobozi bo kucyambu cya Beirut bafungishijwe ijisho nyuma yiturika ridasanzwe ryahabaye. appeared first on KASUKU MEDIA.
    http://dlvr.it/Rd5zPj

  • U Bushinwa bwageze ku bushobozi bwo gupima COVID-19 abantu hafi miliyoni 5 ku munsi #rwanda #RwOT

    Mu gihe ibihugu byinshi bikirwana no kuzamura umubare w’abantu bishobora gupima icyorezo cya Covid-19, u Bushinwa bwo busa n’ubwamaze kwesa uyu muhigo, kuko bugeze ku bushobozi bwo gupima abantu barenga miliyoni 4.8 ku munsi.
  • Ubushakashatsi bwerekanye ko kunywa urumogi bitera indwara z’umutima #rwanda #RwOT

    Ishyirahamwe ry’Abanyamerika ryita ku mutima ryagiriye inama abantu yo kwirinda kunywa urumogi kuko rwangiza umutima, ibihaha ndetse n’imitsi ikwirakwiza amaraso.
  • Uruhare rw’umugore w’umunyarwandakazi ku rugamba rwo Kubohora Igihugu #rwanda #RwOT

    Twongere twibuke uruhare rw’abari n’abategarugori mu rugamba rwo kwibohora no kubohora igihugu cyacu.
  • Samsung Breaks New Rules With Galaxy S20 Ultra 5G #rwanda #RwOT

    Covid-19 Pandemic will for the next decades cause comprehensive adjustments in the way life is experienced and this means drastic technological innovations for the new normal.

    Samsung has unveiled a very seductive and mystical phone it has called the Galaxy S20 Ultra 5G– it is a masterpiece of futuristic 5th generation lifestyle.

    This magnificent Mystic Bronze coloured Galaxy premium neutral tone has a satin texture that is as timeless as it is on trend.

    “It has three powerful cameras that keep you honing your craft,” Samsung said Wednesday as it seduced its loyal and potential customers.

    This gadget is the first to merge a pen with a phone, Note put a whole new world in your pocket. As we face a new normal, life demands a new kind of device. This is not a smartphone as you know it.

    “This is a computer suite in your pocket. This is next-level gaming on mobile. This is a pro-grade 8K camera and editing suite. This is the power phone that forever changes how you work and play,” the manufacturer boasts from its website.

    The wonders of the S-Pen- its operable distance extends approximately 10 meters from the device in open space. Control range may vary depending on surroundings and other factors.

    The manufacturer says the gadget has improved wireless charging speeds with Fast Wireless Charging 2.0 USB PD 3.0 (PPS) certified Fast Charging for wired charging (AFC and QC2.0 compatible) *WPC certified Wireless charging.

    Recording quality is improved with the High AOP Mic that minimizes distortion in noisy environments. AOP: Acoustic Overload Point.

    source https://taarifa.rw/samsung-breaks-new-rules-with-galaxy-s20-ultra-5g/

  • Ibintu ukwiye kumenya ku mukunzi wa Cristiano Ronaldo, se yafunzwe azira gucuruza cocaine #rwanda #RwOT

    Georgina Rodriguez w’imyaka 26, ni umukunzi w’umukinnyi w’umupira w’amaguru w’ikirangirire ku Isi, Cristiano Ronaldo ukinira Juventus yo mu Butaliyani akaba akomoka muri Portugal.

    Georgina Rodriguez ni umunyamideli ukomoka muri Spian y’amajyaruguru mu Mujyi Jaca utuwe n’abantu ibihumbi 13, ni hafi y’umupaka w’Ubufaransa, ibirometero 450 uvuye mu mujyi wa Madrid, nyina yari umunya-Espagne na ho se akaba ari umunya-Argentine.

    Hari ibintu bimwe byihariye ukwiye kumenya kuri uyu mukunzi wa Cristiano babyaranye umwana w’umukobwa, Alana Martina dos Santos Aveiro w’imyaka 2.

    Muri 2011 ni bwo nyina umubyara, Ana María Hernández yitabye Imana azize impanuka. Se Jorge Rodríguez yafunzwe imyaka 10 azira gucuruza ikiyobyabwenge cyo mu bwoko bwa Cocaine.

    Uyu mukobwa wavukiye mu muryango utari wifashije cyane, mbere yo kujya mu mideli yari umubyinnyi.

    Yakuze yumva azaba umubyinnyi ariko kuko ababyeyi batemwereye kwitabira ishuri ryigisha kubyina ahitamo kwibera umunyamideli nk’uko The Mirror ibitangaza.

    Mbere y’uko we n’umuryango we bimukira muri Bristol, England , yakoranga nk’umuseriveri mu kabairi mu gace bari batuyemo.

    Mbere y’uko ahura na Cristiano Ronaldo muri 2016, yakoraga mu iduka muri Espagne ahembwa amapawundi 250 ku cyumweru, yabaga mu nzu ifunganye.

    We na Cristiano bahuriye mu iduka rya Gucci aho yakoraga, nyuma bakomeje kugenda bavugana kugeza babaye abakunzi.

    Cristiano arusha Rodriguez imyaka 9. Rodriguez yavutse mu 1994 mu gihe Cristiano yavutse mu 1985, gusa aba bombi bavuga ko imyaka ari imibare ntacyo ivuze mu rukundo, icya mbere ni uko baba bakundana.

    Umukunzi wa Cristiano yanakoze mu kabari

    source http://isimbi.rw/siporo/ibintu-ukwiye-kumenya-ku-mukunzi-wa-cristiano-se-yafunzwe-azira-gucuruza-cocaine

  • Inkomoko y’izina Yaoundé, agace kihariye i Musanze #rwanda #RwOT

    Mu Karere ka Musanze hari agace kazwi cyane nka Yaoundé, karimo amaduka menshi y’ubucuruzi, ndetse iri zina rizwi cyane muri ako karere.
  • U Rwanda rwihanganishije Liban nyuma y’iturika ryahitanye abarenga 100 #rwanda #RwOT

    Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije iya Liban ndetse n’imiryango y’abarenga 100 baguye mu iturika ry’ikintu kitaramenyekana ryabereye mu Murwa Mukuru w’iki gihugu i Beirut kuwa 4 Kanama 2020, runifuriza abakomeretse barenga ibihumbi bine gukira vuba.
  • Rwanda Launches Digital Platform To Allow International Bidders In Auctions #rwanda #RwOT

    The Ministry of Justice, in partnership with the Rwanda Development Board (RDB), today launched a digital bidding platform that is aimed at making the enforcement of orders efficient and transparent.

    The platform, accessible at https://cyamunara.gov.rw/auction/ will reduce the processes involved in the enforcement of orders and curtail malpractices occasioned by human interaction.

    Additionally, the platform will make it possible for potential bidders outside the country to participate in the auction exercise.

    Speaking at the launch, Johnston Busingye, Minister of Justice and Attorney General, said that the platform is a long-term solution to the challenges faced in the execution of enforcement of orders.“I would like to commend RDB and other partners for working closely with the Ministry of Justice to effect change in the execution of enforcement orders, from a manual to an electronic system that is in line with the Government’s vision of digitalizing all its services,” he said.

    Clare Akamanzi, the Chief Executive Officer of RDB, said that over the last 10 years, Rwanda has implemented focused reforms aimed at improving the doing business environment for the private sector to thrive.

    “Private sector contribution to the economic development of Rwanda is primary. We cannot talk about development without developing the private sector; activities such as this help the private sector to thrive in our economy.

    The net outcome of the electronic system is to improve the quality of auctions and recovery rate. We hope that this system will help banks and the private sector in general to thrive.”

    The new Registrar General instructions on Management, Lease, Auction, and Take-over of mortgages, in addition to electronic auctioning of collateral, also provide for a bid deposit to ensure that only genuine bidders participate in the auction.

    The instructions also provide for a possibility for the property owner to object to the price if it is less than 75% at the first and second rounds of auction.

    Read more of the instructions here: rdb.rw/wp-content/upl

    source https://taarifa.rw/rwanda-launches-digital-platform-to-allow-international-bidders-in-auctions/

  • Property Brokers Become Jobless As Rwanda Adopts Online Public Auction #rwanda #RwOT

    Rwandans on Wednesday begun online bidding for properties lined up for public auction bringing an end to age old cumbersome and emotional method that involved physical presence of bidders at the site of property.

    For any property available for auction valued at or above Rwf5million, interested bidders from wherever they are required to first deposit 5% of the price (reference price) as bid security. This is also refundable.

    This new system is aimed at preventing any form of manipulations, influence peddlers and various forms of corruption previously experienced in analogue public auctions.

    Martine Urujeni the Head of the Access to Justice Services in the Ministry of Justice explains that the new online method aims at weeding out ‘mafia rings’ formed by some brokers to distort prices and value.

    According to Urujeni, when a successful bidder pays the price within the time limits specified by law, he or she deducts the bid security from the price to be paid.

    The law provides that interested bidders enter offer prices through the electronic system where they are kept confidentially. Six hours before the auction hour, the prices are disclosed, again through the electronic system and also submitted by email to both the bailiff and each bidder.

    “This fee is deposited onto the bank account specified by the Ministry of Justice and is refunded if the bidder is not awarded the property in question within three working days,” Urujeni was quoted in an interview with a local publication.

    Meanwhile, Richard Kayibanda the Registrar General says, “It will be easier, faster and more transparent. The client can place their bid at any time and will be able to see the bidding results at the opening time, which will be communicated through email.”

    source https://taarifa.rw/property-brokers-become-jobless-as-rwanda-adopts-online-public-auction/